• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Umubare w’abandikishwa ko bapfuye mu Rwanda wazamutseho 4%

radiotv10by radiotv10
13/05/2026
in MU RWANDA
0
Umubare w’abandikishwa ko bapfuye mu Rwanda wazamutseho 4%
Share on FacebookShare on Twitter

Ikigo cy’Igihigu cy’Ibarurishamibare NISR, kigaragaza ko mu mwaka wa 2025 abantu bandikishijwe mu irangamimerere ko bapfuye ari ibihumbi 39 bangana na 50,5% mu gihe umwaka wa 2024 hari handitswe abangana na 46,1%.

Byatangajwe na NISR mu mibare yashyize hanze kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Gicurasi 2026, igaragaza ko abantu banditswe umwaka ushize wa 2025, ari 39 355.

Iki Kigo cy’Igihugu kivuga ko “handitswe kimwe cya kabiri cy’abapfuye (50.5%) bangana n’abantu 39 355, bivuye kuri 46.1% mu mwaka wa 2024, aho byazamutseho 4.4%.”

Iki Kigo kandi cyagaragaje uko imibare yagiye ihinduka kuva muri 2019, aho muri uwo mwaka hari handitswe abangana na 31,4%, mu mwaka ukurikiyeho wa 2020 baragabanuka bagera kuri 29,9%.

Mu mwaka wa 2021, imibare y’abanditswe mu irangamimerere ko bapfuye, yongeye kumanuka, igera kuri 26,2%, mu mwaka wakurikiyeho wa 2022 yongera kuzamuka igera kuri 31,1%.

Mu myaka itatu ishize bwo, imibare y’abandikwa ko bapfuye yagiye izamukaho nibura 4%, kuko mu mwaka wa 2023 handitswe abantu bangana na 41,8%, umwaka wakurikiyeho wa 2024 handikwa 46,1%, mu gihe umwaka ushize wa 2025 wo handitswe abapfuye 50,5%.

NISR ivuga ko “Mu ntego z’iterambere rirambye, SDG hateganyijwe ko nibura mu mwaka wa 2030 abitabye Imana bazaba bandikishwa ku kigero cya 80%.”

Kwandikisha abapfuye mu irangamimerere, bisabwa n’inzego za Leta, kuko bifasha mu igenamigambi, kuko bituma Igihugu kimenya imibare ya nyayo y’abaturage bateganyirizwa muri bikorwa bya buri ngengo y’imari ya Leta.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

twenty + sixteen =

Previous Post

Hitezwe iki kuri Trump mu ruzinduko agiyemo mu Bushinwa

Next Post

Amashusho: Perezida w’u Bufaransa yishimiye ibihe yagiriye muri Kenya birimo gusonga kawunga no kuyirya

Related Posts

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

by radiotv10
02/06/2026
0

Abagore babiri bakekwaho kurogera abaturanyi babo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, babafatanywe ibyo bakekwaho gukoresha mu burozi...

How people stay financially stable

How people stay financially stable

by radiotv10
02/06/2026
0

Have you ever wondered how some people always seem financially comfortable? They rarely appear stressed about money, they handle unexpected...

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

by radiotv10
01/06/2026
0

Urukiko Ruhoraho Nkemurampaka rwatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda itazishyurwa miliyoni £50 (arenga miliyari 100 Frw) mu kirego yari yarezemo iy’u...

Rusizi: Uwarokotse Jenoside yahawe inzu n’abo basengana banamuremera butike

Rusizi: Uwarokotse Jenoside yahawe inzu n’abo basengana banamuremera butike

by radiotv10
01/06/2026
0

Nyuma yo kumara igihe aba mu nzu imeze nabi yanatumaga agira impungenge ku mutekano w’umuryango we, Ngonga Yves Maurice wo...

Eng.-Minister Nduhungirehe Attends Korea-Africa Foreign Ministers’ Meeting in Seoul to Address Global Challenges

Eng.-Minister Nduhungirehe Attends Korea-Africa Foreign Ministers’ Meeting in Seoul to Address Global Challenges

by radiotv10
01/06/2026
0

The Minister of Foreign Affairs and International Cooperation, Amb. Olivier Nduhungirehe, is currently in Seoul, South Korea, where he is...

Next Post
Amashusho: Perezida w’u Bufaransa yishimiye ibihe yagiriye muri Kenya birimo gusonga kawunga no kuyirya

Amashusho: Perezida w’u Bufaransa yishimiye ibihe yagiriye muri Kenya birimo gusonga kawunga no kuyirya

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.