• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Thursday, June 25, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Minisitiri Olivier Nduhungirehe yishimiye amateka yakozwe n’ikipe ya Afurika y’Epfo mu Gikombe cy’Isi

radiotv10by radiotv10
25/06/2026
in MU RWANDA, POLITIKI
0
Minisitiri Olivier Nduhungirehe yishimiye amateka yakozwe n’ikipe ya Afurika y’Epfo mu Gikombe cy’Isi
Share on FacebookShare on Twitter

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olvier Nduhungirehe yishimiye kuba Ikipe y’Igihugu ya Afurika y’Epfo ‘Bafana Bafana’ yageze mu kindi cyiciro mu Gikombe cy’Isi nyuma yo kugira intangiro zabanje kuyigora. Aherutse i Pretoria mu ruzinduko rwasize u Rwanda na S.Africa bemeranyijwe kuzahura umubano.

Mu mikino yabaye mu rucyerera rwo kuri uyu wa Kane tariki 25 Kamena 2026, Ikipe y’Igihugu ya Afurika y’Epfo, yatsinze yabonye intsinzi ya mbere imbere ya Korea y’Epfo, mu mukino warangiye ari igitego 1-0.

Ibi byatumye Bafana Bafana ihita iza ku mwanya wa kabiri mu itsinda A yari irimo, aho ikurikiye Mexico yazamutse mu kindi cyiciro n’amanota icyenda (9) mu gihe iya Afurika y’Epfo, yazamutse ku manota 4, aho yari yanganyije umukino umwe, igatsindwa undi.

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yagaragaje ko yishimiye kuba iyi kipe yo ku Mugabane wa Afurika yazamutse mu kindi cyiciro nubwo itari yorohewe mu gutangira.

Yagize ati “Nyuma yo gutangirana n’ibibazo no guhangana na byo, Bafana Bafana ya Afurika y’Epfo, yabikoze.”

Amb. Olivier Nduhungirehe atangaje ibi nyuma y’icyumweru kimwe agiriye uruzinduko muri Afurika y’Epfo rugamije kubyutsa umubano w’iki Gihugu n’u Rwanda umaze igihe utifashe neza.

Muri ruzinduko rwaranzwe n’ibikorwa binyuranye birimo ibiganiro byahuje Nduhungirehe na mugenzi we wa Afurika y’Epfo, Ronald Lamola, rwatanze umusaruro, kuko Afurika y’Epfo yemeye ko bitarenze umwaka utaha wa 2027 izongera guha Visa Abanyarwanda bafite pasiporo zisanzwe.

Minisitiri Olivier Nduhungirehe uherutse muri Afurika y’Epfo yakiriwe na mugenzi we Ronald Lamola

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

20 + 4 =

Previous Post

Umunyamakuru Robert McKenna yasezeranye n’umukunzi we yari aherutse kwambika impeta

Next Post

AMAKURU MASHYA: Hatangajwe ibyavuye mu biganiro byongeye guhuza u Rwanda na Congo

Related Posts

AMAKURU MASHYA: Hatangajwe ibyavuye mu biganiro byongeye guhuza u Rwanda na Congo

AMAKURU MASHYA: Hatangajwe ibyavuye mu biganiro byongeye guhuza u Rwanda na Congo

by radiotv10
25/06/2026
0

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zahuriye i London mu Bwongereza mu nama yanitabiriwe n'Ibihugu by'ibihuza, aho...

Key elements of what Rwanda and DRC agreed in talks that bring them together again

Key elements of what Rwanda and DRC agreed in talks that bring them together again

by radiotv10
25/06/2026
0

The Governments of Rwanda and the DRC met in London in talks attended by mediating countries, where both sides agreed...

Inzego n’ibigo byagaraweho gukoresha nabi umutungo wa Leta mu Rwanda biratangira kubitangaho ibisobanuro mu ruhame

Inzego n’ibigo byagaraweho gukoresha nabi umutungo wa Leta mu Rwanda biratangira kubitangaho ibisobanuro mu ruhame

by radiotv10
25/06/2026
0

Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta (PAC) iratangira kubariza mu ruhame inzego n’ibigo 76 ku...

Umunyeshuri yajombye ikaramu umwarimu aramukomeretsa bikomeye

Umunyeshuri yajombye ikaramu umwarimu aramukomeretsa bikomeye

by radiotv10
24/06/2026
0

Umwarimu wigisha mu Rwunge rw’Amashuri (GS) rwa Cyanika mu murenge wa Coko mu Karere ka Gakenke, yajyanywe kwa muganga nyuma...

Umusore ukekwaho gusambanya ku ngufu Shaddyboo yafunzwe

Umusore ukekwaho gusambanya ku ngufu Shaddyboo yafunzwe

by radiotv10
24/06/2026
0

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwataye muri yombi Iradukunda Aimable uzwi nka Yugi Umukaraza ukekwaho gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato Mbabazi...

Next Post
AMAKURU MASHYA: Hatangajwe ibyavuye mu biganiro byongeye guhuza u Rwanda na Congo

AMAKURU MASHYA: Hatangajwe ibyavuye mu biganiro byongeye guhuza u Rwanda na Congo

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abarwanyi ba Twirwaneho ikorana na AFC/M23 bemeje ko bahaye isomo abasirikare b’u Burundi na FARDC

AMAKURU MASHYA: Hatangajwe ibyavuye mu biganiro byongeye guhuza u Rwanda na Congo

Minisitiri Olivier Nduhungirehe yishimiye amateka yakozwe n’ikipe ya Afurika y’Epfo mu Gikombe cy’Isi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.