• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Thursday, July 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Abagiye guterera ivi ku munara ufite uburebre bwa metero 440 bakomeje kuvugisha benshi ku Isi

radiotv10by radiotv10
02/07/2026
in IMYIDAGADURO
0
Abagiye guterera ivi ku munara ufite uburebre bwa metero 440 bakomeje kuvugisha benshi ku Isi
Share on FacebookShare on Twitter

Couple y’Abarusiya Angela Nikolau w’imyaka 33 na Ivan Beerkus w’imyaka 32 buriye umunara w’inyubako ya Empire State izwi cyane mu mujyi wa New York, barangije umusore aterera ivi umukobwa amusaba ko bazabana, bagahita banatabwa muri yombi, bakomeje kuvugisha benshi.

Aba bombi buriye uyu munara muremure usanzwe ari ikimenyabose mu mujyi wa New York muri Leta Zunze Ubumwe za America, barangije barambura ibendera ryanditseho amagambo agira ati “When the power of love beats the love of power the world knows peace.” Cyangwa se ngo “iyo imparaga z’urukundo zihuye n’imbaraga z’urukundo isi ibona amahoro.”

Nyuma babaye nk’abamanuka, bagera ahantu hasa nk’ahaterereye, uyu musore ahita yambika impeta umukobwa, amusaba ko urukundo rwo kuzabana, anamwambikirayo impeta.

Ubwo ba hejuru y’inyubako ifite uburebure bwa metero 443, bahamaze nibura iminota 10. Bivugwa kandi ko aba bombi, bakoze ibintu nk’ibi hirya no hino ku isi, basanzwe ari n’abakinnyi ba filimi, banamenyekanye mu yitwa Skywalkers: A Love Story yagiye hanze muri 2024.

Ishami rya polisi rya New York (NYPD) ryatangaje ko ryahise rita muri yombi aba bantu bombi, nyuma yo kujya kubamanura kuri uriya munara.

Bakurikiranyweho ibyaha birimo ubujura, gushyira ubuzima bwabo mu kaga, kwangiza inyubako y’abandi no kuyitesha agaciro, ubugizi bwa nabi, no guteza akajagari.

Umuvugizi w’iyi nyubako yavuze ko nubwo ibi “byabaye bidatangiye uburenganzira” ariko nta kaga byateje ku batuye hariya, abahasura, ndetse n’abashyitsi bari bicaye hasi baje gusura iyi nyubako.

Bambikaniyeyo impeta y’urukundo

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

four × 3 =

Previous Post

Ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yafatiwe mu Budage

Next Post

Hasobanuwe imikorere y’intwaro za rutura zamuritswe n’igisirikare cy’u Burundi

Related Posts

Umusore ukekwaho gusambanya ku ngufu Shaddyboo yafunzwe

Dosiye iregwamo Umukaraza ukekwaho gusambanya ku gahato Shaddyboo yazamuwe mu Bushinjacyaha

by radiotv10
30/06/2026
0

Dosiye ikubiyemo ikirego kiregwamo Iradukunda Aimable uzwi nka Yugi Umukaraza ushinjwa gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato Mbabazi Shadia uzwi nka...

Undi munyamakuru w’umunyabigwi mu Rwanda yafashe ikiruhuko

Igitekerezo cy’umuhanzi akaba n’umunyamakuru Uncle Austin cyazamuye impaka

by radiotv10
29/06/2026
0

Umuhanzi wanamanyekanye mu mwuga w’itangazamakuru, Uncle Austin yanenze abategura ibitaramo byitabirwa ku buntu, mu gihe ababitangaho ibitekerezo bavuga ko mu...

Umunyarwanda Kagarara yongeye kwandika amateka

Umunyarwanda Kagarara yongeye kwandika amateka

by radiotv10
29/06/2026
0

Uwizeye Enock uzwi nka Kagarara, nyuma yo guhura n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Umunyamerika IShowSpeed, yahuye noneho na Ashton Hall na...

Ubutumwa bwa Bruce Melodie bwazamuye impaka n’urujijo

Ubutumwa bwa Bruce Melodie bwazamuye impaka n’urujijo

by radiotv10
29/06/2026
0

Umuhanzi Bruce Melodie ufashwa mu bikorwa bye bya muzika na Komponyi ya 1:55 AM y’umunyemari Gael Karomba uzwi nka Coach...

Why spending on your health is never wasted

Why spending on your health is never wasted

by radiotv10
29/06/2026
0

Many people hesitate when it comes to spending money on health. A gym membership feels “expensive,” quality food seems “too...

Next Post
Hasobanuwe imikorere y’intwaro za rutura zamuritswe n’igisirikare cy’u Burundi

Hasobanuwe imikorere y’intwaro za rutura zamuritswe n’igisirikare cy’u Burundi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abayobozi banyuranye mu Nteko ya Uganda batawe muri yombi

Hashyizwe hanze uko kunywa inzoga mu Banyarwanda bihagaze

Hasobanuwe imikorere y’intwaro za rutura zamuritswe n’igisirikare cy’u Burundi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.