Saturday, October 25, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Ababyeyi b’abana bafite ubumuga bukomatanyije baratakambira Minisiteri y’uburezi

radiotv10by radiotv10
07/09/2021
in MU RWANDA
0
Ababyeyi b’abana bafite ubumuga bukomatanyije baratakambira Minisiteri y’uburezi
Share on FacebookShare on Twitter

Hari ababyeyi bafite abana bafite ubumuga bukomatanyije bavuga ko  bahangayikishijwe n’uko ntamashuri ahari yigisha aba bana bakifuza ko minisiteri y’uburezi yashyiraho amashuri yigisha abafite ubumuga bw’abafite ubumuga bukomatanyije ihuriro ry’abafite ubumuga bukomatanyije bavuga ko bakomeje gukora ubuvugizi ngo hashyirweho amashuri.

Umwe mu babyeyi unafite umwana ufite ubumuga bukomatanyije avuga ko kurera uyu mwana bitamworohera bitewe n’uko usanga imirimo yose umuntu akenera ariwe uyimukorera kuko ariwe babasha kumvikana ku rurimi bakoresha ;ariko ngo ikimugoye kurusha ibindi ni uko kugeza ubu mu rwanda ntashuri ryigisha abafite ubumuga bukomatanyije bwo kutabona no kutumva rihari.

Yagize ati «Nkanjye mfite umwana ufite ubumuga bukomatanyije, nagiye  gushakisha ishuri ahantu hose ariko nabuze aho narikura, ujyayo bati uwo mwana ntabwo twamwakira kuko ntitubifitiye ubushobozi”

Mugenzi we nawe yagize ati « Njyewe nakwifuje ko abana bacu bafite ubumuga bukomatanyije nabo bahabwa amashuri yo kwigiramo kuko ahantu hose ugiye usanga ntashuri rihari.”

Umunyamabanga w’ihuriro ry’abafite ubumuga bukomatanyije bwo kutumva no kutabona Hakuzumuremyi Joseph nawe  yemeza ko mu bushakashatsi bakoze muri tumwe mu turere basanze nta muntu n’umwe wize ufite ubumuga bukomatanyije  bwo kutumva no kutabona kuko ngo nabize kugeza ubu babikoze bataragira ubukomatanyije bakifuza ko hashyirwaho amashuri y’abafite ubumuga bukomatayije kuko byatuma batera imbere.

“Nibyo koko abantu bafite ubumuga bukomatanyije bwo kutumva no kutabona  ntashuri bagira mu Rwanda. Dukomeje gukora ubuvugizi ngo nabo bashyirirweho amashuri. Gusa ni ibintu bigoye kuko usanga bakenera umwihariko, ntabwo wavuga ngo bigane n’abandi kuko usanga buri mwana akeneye umwarimu we by’umwihariko.” Hakuzumuremyi

Minisitiri y’uburerezi ntiyigeze igira icyo ivuga kuri iki kibazo, iyo tubabona twari kubabaza niba. Bazi ko abafite ubumuga bukomatanyije batagira amashuri mu Rwanda tukanababaza icyo baba bateganya gukora ngo  nabo bagire amahirwe yo kwiga nk’uko gahunda ya leta  cy’abafite ubumuga bukomatanyije batagira ishuri bakwigiramo mu rwanda,nyamara mu rwanda hari gahunda y’uburezi ivuga ko ari uburezi budaheza kandi kuri bose.

Inkuru ya MURAGIJEMALIYA Juventine/RadioTv10

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one + twenty =

Previous Post

Rusororo: Umuturage ahamya ko amakimbirane afitanye n’umuyobozi w’umudugudu atuma atabona ubutabera

Next Post

VOLLEYBALL: Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yahawe ibendera n’impanuro mbere yo kwinjira mu gikombe cya Afurika

Related Posts

Guhangana biruta gusabiriza- Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba

Guhangana biruta gusabiriza- Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba

by radiotv10
24/10/2025
0

Perezida Paul Kagame yibukije Abanyarwanda ko mu bibazo Igihugu cyabo gifite harimo n’ibituruka hanze birimo ibyo kwegekwaho amakosa y’Ibihugu by’ibituranyi,...

Igisubizo ku bibazaga iherezo ry’ibiganiro byari byatangiye hagati y’u Rwanda n’u Burundi

Igisubizo ku bibazaga iherezo ry’ibiganiro byari byatangiye hagati y’u Rwanda n’u Burundi

by radiotv10
24/10/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko ibiganiro byari byatangiye hagati ya Guverinoma y’u Rwanda n’iy’u Burundi byari...

Rusizi: Umukinnyi w’umupira w’amaguru yishwe n’amazi agerageza kujya muri Congo mu mukino wa gicuti

Rusizi: Umukinnyi w’umupira w’amaguru yishwe n’amazi agerageza kujya muri Congo mu mukino wa gicuti

by radiotv10
24/10/2025
0

Musirikare Obed wari umukinnyi w’ikipe y’umupira w’amaguru ya Muganza Trainning center ibarizwa mu kiciro cya gatatu mu Rwanda wageragezaga kwambuka   Rusizi...

Rutsiro: Ibyabanjirije inkuru y’akababaro ku mugabo n’umwana we muto birakekwa ko ari byo nyirabayazana

Rutsiro: Umugabo wari wagiye kwivuza yatashye yakirwa n’inkuru y’incamugongo

by radiotv10
24/10/2025
0

Umugore w’imyaka 26 wo mu Murenge wa Gihango yakubiswe n’inkuba ahita yitaba Imana ubwo umugabo we yari yagiye kwivuza, yataha...

Menya umubare w’imanza zakijijwe zitaregewe Inkiko hakoreshejwe ‘Plea Bargain’-ibiganiro by’Ubushinjacyaha n’abaregwa

Ibitekerezo bitangwa nyuma yuko hagaragajwe ko umubare w’imanza zisubirishwamo mu Rwanda wiyongera

by radiotv10
24/10/2025
0

Nyuma yuko raporo y’Urwego rw'Umuvunyi igaragaje ko imanza zisubirishwamo zikomeje kwiyongera, abasesenguzi bavuga ko izindi nzego zishinzwe gusesengura imikirize y’imanza,...

IZIHERUKA

Guhangana biruta gusabiriza- Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba
MU RWANDA

Guhangana biruta gusabiriza- Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba

by radiotv10
24/10/2025
0

Igisubizo ku bibazaga iherezo ry’ibiganiro byari byatangiye hagati y’u Rwanda n’u Burundi

Igisubizo ku bibazaga iherezo ry’ibiganiro byari byatangiye hagati y’u Rwanda n’u Burundi

24/10/2025
Umuti uzarandura ikibazo cy’imisifurire kiri mu bizambya ruhago nyarwanda uri mu nzira

Umuti uzarandura ikibazo cy’imisifurire kiri mu bizambya ruhago nyarwanda uri mu nzira

24/10/2025
Rusizi: Umukinnyi w’umupira w’amaguru yishwe n’amazi agerageza kujya muri Congo mu mukino wa gicuti

Rusizi: Umukinnyi w’umupira w’amaguru yishwe n’amazi agerageza kujya muri Congo mu mukino wa gicuti

24/10/2025
Impanuka ikomeye yatewe n’ipikipiki yatumye benshi bitaba Imana mu Buhindi

Impanuka ikomeye yatewe n’ipikipiki yatumye benshi bitaba Imana mu Buhindi

24/10/2025
Rutsiro: Ibyabanjirije inkuru y’akababaro ku mugabo n’umwana we muto birakekwa ko ari byo nyirabayazana

Rutsiro: Umugabo wari wagiye kwivuza yatashye yakirwa n’inkuru y’incamugongo

24/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
VOLLEYBALL: Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yahawe ibendera n’impanuro mbere yo kwinjira mu gikombe cya Afurika

VOLLEYBALL: Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yahawe ibendera n’impanuro mbere yo kwinjira mu gikombe cya Afurika

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Guhangana biruta gusabiriza- Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba

Igisubizo ku bibazaga iherezo ry’ibiganiro byari byatangiye hagati y’u Rwanda n’u Burundi

Umuti uzarandura ikibazo cy’imisifurire kiri mu bizambya ruhago nyarwanda uri mu nzira

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.