Sunday, May 11, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Ababyeyi b’abana bafite ubumuga bukomatanyije baratakambira Minisiteri y’uburezi

radiotv10by radiotv10
07/09/2021
in MU RWANDA
0
Ababyeyi b’abana bafite ubumuga bukomatanyije baratakambira Minisiteri y’uburezi
Share on FacebookShare on Twitter

Hari ababyeyi bafite abana bafite ubumuga bukomatanyije bavuga ko  bahangayikishijwe n’uko ntamashuri ahari yigisha aba bana bakifuza ko minisiteri y’uburezi yashyiraho amashuri yigisha abafite ubumuga bw’abafite ubumuga bukomatanyije ihuriro ry’abafite ubumuga bukomatanyije bavuga ko bakomeje gukora ubuvugizi ngo hashyirweho amashuri.

Umwe mu babyeyi unafite umwana ufite ubumuga bukomatanyije avuga ko kurera uyu mwana bitamworohera bitewe n’uko usanga imirimo yose umuntu akenera ariwe uyimukorera kuko ariwe babasha kumvikana ku rurimi bakoresha ;ariko ngo ikimugoye kurusha ibindi ni uko kugeza ubu mu rwanda ntashuri ryigisha abafite ubumuga bukomatanyije bwo kutabona no kutumva rihari.

Yagize ati «Nkanjye mfite umwana ufite ubumuga bukomatanyije, nagiye  gushakisha ishuri ahantu hose ariko nabuze aho narikura, ujyayo bati uwo mwana ntabwo twamwakira kuko ntitubifitiye ubushobozi”

Mugenzi we nawe yagize ati « Njyewe nakwifuje ko abana bacu bafite ubumuga bukomatanyije nabo bahabwa amashuri yo kwigiramo kuko ahantu hose ugiye usanga ntashuri rihari.”

Umunyamabanga w’ihuriro ry’abafite ubumuga bukomatanyije bwo kutumva no kutabona Hakuzumuremyi Joseph nawe  yemeza ko mu bushakashatsi bakoze muri tumwe mu turere basanze nta muntu n’umwe wize ufite ubumuga bukomatanyije  bwo kutumva no kutabona kuko ngo nabize kugeza ubu babikoze bataragira ubukomatanyije bakifuza ko hashyirwaho amashuri y’abafite ubumuga bukomatayije kuko byatuma batera imbere.

“Nibyo koko abantu bafite ubumuga bukomatanyije bwo kutumva no kutabona  ntashuri bagira mu Rwanda. Dukomeje gukora ubuvugizi ngo nabo bashyirirweho amashuri. Gusa ni ibintu bigoye kuko usanga bakenera umwihariko, ntabwo wavuga ngo bigane n’abandi kuko usanga buri mwana akeneye umwarimu we by’umwihariko.” Hakuzumuremyi

Minisitiri y’uburerezi ntiyigeze igira icyo ivuga kuri iki kibazo, iyo tubabona twari kubabaza niba. Bazi ko abafite ubumuga bukomatanyije batagira amashuri mu Rwanda tukanababaza icyo baba bateganya gukora ngo  nabo bagire amahirwe yo kwiga nk’uko gahunda ya leta  cy’abafite ubumuga bukomatanyije batagira ishuri bakwigiramo mu rwanda,nyamara mu rwanda hari gahunda y’uburezi ivuga ko ari uburezi budaheza kandi kuri bose.

Inkuru ya MURAGIJEMALIYA Juventine/RadioTv10

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

nineteen + 7 =

Previous Post

Rusororo: Umuturage ahamya ko amakimbirane afitanye n’umuyobozi w’umudugudu atuma atabona ubutabera

Next Post

VOLLEYBALL: Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yahawe ibendera n’impanuro mbere yo kwinjira mu gikombe cya Afurika

Related Posts

Umusore uregwa kwica ‘boss’ we yabitanzeho amakuru mu ibazwa rye

by radiotv10
10/05/2025
0

Umusore w’imyaka 27 y’amavuko ukekwaho kwica uwari umukoresha we mu Murenge wa Ruli mu Karere ka Gakenke, yarangiza akamuzingazingira mu...

Moses Turahirwa imbere y’Urukiko yafashwe n’ikiniga akora ibyazamuye amarangamutima

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

by radiotv10
09/05/2025
0

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwafashe icyemezo cyo gufunga by’agateganyo iminsi 30 Moses Turahirwa uzwi mu guhanga imideri wanashinze inzu yayo...

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

by radiotv10
09/05/2025
0

Umugore w’imyaka 58 wo mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza ukurikiranyweho kwica umugabo we w’imyaka 80, avuga ko...

Ubutumwa bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda ku itorwa rya Papa mushya

Ubutumwa bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda ku itorwa rya Papa mushya

by radiotv10
09/05/2025
0

Ubuyobozi bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda bwashimiye Imana ku itorwa ry’Umushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Nyirubutungane Lewo XIV...

Rusizi: Umuyobozi watumye umubiri w’uwazize Jenoside umara imyaka itanu mu Kagari yatangiye gukurikiranwa

Rusizi: Umuyobozi watumye umubiri w’uwazize Jenoside umara imyaka itanu mu Kagari yatangiye gukurikiranwa

by radiotv10
09/05/2025
0

Uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kizura mu Murenge wa Gikundamvura mu Karere ka Rusizi, yatawe muri yombi nyuma yuko mu...

IZIHERUKA

MU RWANDA

Umusore uregwa kwica ‘boss’ we yabitanzeho amakuru mu ibazwa rye

by radiotv10
10/05/2025
0

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

09/05/2025
Moses Turahirwa imbere y’Urukiko yafashwe n’ikiniga akora ibyazamuye amarangamutima

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

09/05/2025
Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

09/05/2025
Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

09/05/2025
AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

09/05/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
VOLLEYBALL: Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yahawe ibendera n’impanuro mbere yo kwinjira mu gikombe cya Afurika

VOLLEYBALL: Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yahawe ibendera n’impanuro mbere yo kwinjira mu gikombe cya Afurika

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Umusore uregwa kwica ‘boss’ we yabitanzeho amakuru mu ibazwa rye

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.