Monday, January 5, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Ababyeyi b’abana bafite ubumuga bukomatanyije baratakambira Minisiteri y’uburezi

radiotv10by radiotv10
07/09/2021
in MU RWANDA
0
Ababyeyi b’abana bafite ubumuga bukomatanyije baratakambira Minisiteri y’uburezi
Share on FacebookShare on Twitter

Hari ababyeyi bafite abana bafite ubumuga bukomatanyije bavuga ko  bahangayikishijwe n’uko ntamashuri ahari yigisha aba bana bakifuza ko minisiteri y’uburezi yashyiraho amashuri yigisha abafite ubumuga bw’abafite ubumuga bukomatanyije ihuriro ry’abafite ubumuga bukomatanyije bavuga ko bakomeje gukora ubuvugizi ngo hashyirweho amashuri.

Umwe mu babyeyi unafite umwana ufite ubumuga bukomatanyije avuga ko kurera uyu mwana bitamworohera bitewe n’uko usanga imirimo yose umuntu akenera ariwe uyimukorera kuko ariwe babasha kumvikana ku rurimi bakoresha ;ariko ngo ikimugoye kurusha ibindi ni uko kugeza ubu mu rwanda ntashuri ryigisha abafite ubumuga bukomatanyije bwo kutabona no kutumva rihari.

Yagize ati «Nkanjye mfite umwana ufite ubumuga bukomatanyije, nagiye  gushakisha ishuri ahantu hose ariko nabuze aho narikura, ujyayo bati uwo mwana ntabwo twamwakira kuko ntitubifitiye ubushobozi”

Mugenzi we nawe yagize ati « Njyewe nakwifuje ko abana bacu bafite ubumuga bukomatanyije nabo bahabwa amashuri yo kwigiramo kuko ahantu hose ugiye usanga ntashuri rihari.”

Umunyamabanga w’ihuriro ry’abafite ubumuga bukomatanyije bwo kutumva no kutabona Hakuzumuremyi Joseph nawe  yemeza ko mu bushakashatsi bakoze muri tumwe mu turere basanze nta muntu n’umwe wize ufite ubumuga bukomatanyije  bwo kutumva no kutabona kuko ngo nabize kugeza ubu babikoze bataragira ubukomatanyije bakifuza ko hashyirwaho amashuri y’abafite ubumuga bukomatayije kuko byatuma batera imbere.

“Nibyo koko abantu bafite ubumuga bukomatanyije bwo kutumva no kutabona  ntashuri bagira mu Rwanda. Dukomeje gukora ubuvugizi ngo nabo bashyirirweho amashuri. Gusa ni ibintu bigoye kuko usanga bakenera umwihariko, ntabwo wavuga ngo bigane n’abandi kuko usanga buri mwana akeneye umwarimu we by’umwihariko.” Hakuzumuremyi

Minisitiri y’uburerezi ntiyigeze igira icyo ivuga kuri iki kibazo, iyo tubabona twari kubabaza niba. Bazi ko abafite ubumuga bukomatanyije batagira amashuri mu Rwanda tukanababaza icyo baba bateganya gukora ngo  nabo bagire amahirwe yo kwiga nk’uko gahunda ya leta  cy’abafite ubumuga bukomatanyije batagira ishuri bakwigiramo mu rwanda,nyamara mu rwanda hari gahunda y’uburezi ivuga ko ari uburezi budaheza kandi kuri bose.

Inkuru ya MURAGIJEMALIYA Juventine/RadioTv10

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

20 − eighteen =

Previous Post

Rusororo: Umuturage ahamya ko amakimbirane afitanye n’umuyobozi w’umudugudu atuma atabona ubutabera

Next Post

VOLLEYBALL: Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yahawe ibendera n’impanuro mbere yo kwinjira mu gikombe cya Afurika

Related Posts

BREAKING: Herekanywe abakekwaho ubujura buhambaye bw’imodoka zirimo izihenze

Icyo Umuvugizi wa RIB yasubije uwamubajije niba kugurira agafanta Umugenzacyaha byemewe

by radiotv10
03/01/2026
0

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr Murangira B. Thierry yavuze ko umuntu wagira icyo agurira umukozi w’uru Rwego amushimira serivisi...

Ibyo wamenya ku ndwara yongewe mu zitangirwa urukingo ku bana bakivuka mu Rwanda

Ibyo wamenya ku ndwara yongewe mu zitangirwa urukingo ku bana bakivuka mu Rwanda

by radiotv10
03/01/2026
0

Inzego z’ubuzima mu Rwanda ziratangaza ko hatangijwe gahunda yo gutanga urukingo rw’indwara y’Umwijima wo mu bwoko bwa B rwiyongereye mu...

Let’s Talk About Abortion: A Simple Debate

Let’s Talk About Abortion: A Simple Debate

by radiotv10
03/01/2026
0

Abortion is a topic that often makes people feel strongly, and it can be hard to talk about. Today, let’s...

Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zageneye ubutumwa Gen.Ekenge wa FARDC uherutse gukoresha imvugo yamaganiwe kure

Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zageneye ubutumwa Gen.Ekenge wa FARDC uherutse gukoresha imvugo yamaganiwe kure

by radiotv10
02/01/2026
0

“Abagore b’Abatutsi turubaha kandi turi indahemuka.” Ni bumwe mu butumwa bw’Impunzi z’Abanyekongo ziri mu nkambi zinyuranye mu Rwanda, zongeye gukora...

Eng.-Congolese Refugees in Rwanda Send a Message to FARDC Gen. Ekenge

Eng.-Congolese Refugees in Rwanda Send a Message to FARDC Gen. Ekenge

by radiotv10
02/01/2026
0

Congolese refugees living in Rwanda have sent a message to FARDC Major General Sylvain Ekenge, who recently used language that...

IZIHERUKA

Ibivugwa nyuma yuko America ifatiye Perezida wa Venezuela mu Gihugu cye muri operasiyo rurangiza
AMAHANGA

Ibivugwa nyuma yuko America ifatiye Perezida wa Venezuela mu Gihugu cye muri operasiyo rurangiza

by radiotv10
04/01/2026
0

Ibyo twamenye ku isakara ry’amashusho agaragaramo umuhanzi Nyarwanda akomeje kurikoroza

Ubutumwa bwuzuye agahinda bw’umuhanzi Yampano bw’ibyamubayeho muri 2025

03/01/2026
BREAKING: Herekanywe abakekwaho ubujura buhambaye bw’imodoka zirimo izihenze

Icyo Umuvugizi wa RIB yasubije uwamubajije niba kugurira agafanta Umugenzacyaha byemewe

03/01/2026
Ibyo wamenya ku ndwara yongewe mu zitangirwa urukingo ku bana bakivuka mu Rwanda

Ibyo wamenya ku ndwara yongewe mu zitangirwa urukingo ku bana bakivuka mu Rwanda

03/01/2026
Let’s Talk About Abortion: A Simple Debate

Let’s Talk About Abortion: A Simple Debate

03/01/2026
Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zageneye ubutumwa Gen.Ekenge wa FARDC uherutse gukoresha imvugo yamaganiwe kure

Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zageneye ubutumwa Gen.Ekenge wa FARDC uherutse gukoresha imvugo yamaganiwe kure

02/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
VOLLEYBALL: Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yahawe ibendera n’impanuro mbere yo kwinjira mu gikombe cya Afurika

VOLLEYBALL: Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yahawe ibendera n’impanuro mbere yo kwinjira mu gikombe cya Afurika

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ibivugwa nyuma yuko America ifatiye Perezida wa Venezuela mu Gihugu cye muri operasiyo rurangiza

Ubutumwa bwuzuye agahinda bw’umuhanzi Yampano bw’ibyamubayeho muri 2025

Icyo Umuvugizi wa RIB yasubije uwamubajije niba kugurira agafanta Umugenzacyaha byemewe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.