Sunday, June 29, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abana bafite ubumuga bwo kutabona bari gufashwa kugendana n’abandi mu muco wo gusoma

radiotv10by radiotv10
18/11/2021
in Uncategorized
0
Abana bafite ubumuga bwo kutabona bari gufashwa kugendana n’abandi mu muco wo gusoma
Share on FacebookShare on Twitter

Ku bufatanye bw’imiryango irengera abafite ubumuga mu Rwanda, hashyizwe hanze inkoranyamagambo y’abafite ubumuga bwo kutabona yanditswe mu buryo bwa Braille ikazaba imwe mu bikorwa bigamije gafasha abana bafite ubu bumuga kwisanga muri gahunda yo gukundisha abana gusoma.

Iyi nkoranyamagambo y’abafite ubumuga bwo kutabona kandi igiye hanze mu gihe hanasohotse iy’abafite ubumuga bwo kutumva.

Umuyobozi mukuru w’muryango Nyarwanda w’abafite ubumuga bwo kutumva mu Rwanda, Samuel Munana, avuga ko iriya nkoranyamagambo izazamura urwego rw’uburezi ku bana bafite ubumuga bwo kutabona no kutavuga.

Yagize ati “Twishimiye ko abafite ubumuga bwo kutavuga bagiye kujya babasha kwiga bakoresheje inkoranyamagambo irimo ururimi rw’amarenga rw’ikinyarwanda, mu gihe gito ziraba zageze hanze”

Ibi byose kandi biri gukorwa mu gihe mu Rwanda hamaze iminsi hariho ibikorwa bigamije gukundisha abana gusoma.

Umushinja Soma Umenye w’ikigo cy’Abanyamerika USAID, umaze imyaka itatu ni umwe mu bikorwa byagize uruhare mu kuzamura urwego rwo gucengeza mu bana bato umuco wo gusoma.

Ubwo hishimirwaga ibyagezweho muri uyu mushinga ku bufatanye n’Ikigo Gishinzwe Uburezi bw’Ibanze mu Rwanda (REB) n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), hagaragajwe ko mu bigo by’amashuri hongerewemo amasomero ku buryo buri mwana azajya abasha kubona ibitabo byo gusoma.

Umuyobozi wa USAID, Jonathan Kamin avuga go bahisemo gutera inkunga ibikorwa byo gusoma mu rurimi kavukire nk’uburyo buzabafasha gutegura ejo habo hazaza.

Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Amashuri Abanza n’Ayisumbuye, Gaspard Twagirayezu yashimangiye umumaro w’iyi gahunda ku banyeshuli by’umwihariko avuga ko bazakomeza gukurikirana abanyeshuri cyane abafite ubumuga butandukanye.

Gaspard Twagirayezu avuga ko umuco wo gusoma ukomeje gucengera mu bana
Umuyobozi wa USAID, Jonathan Kamin

Denyse MBABAZI
RadioTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

fifteen − 4 =

Previous Post

I Kampala habayeho kwikanga iturika ry’ikindi gisasu ku isoko

Next Post

Bamporiki yibiye ibanga Miss Ingabire Grace rizatuma acyura ikamba rya Miss World

Related Posts

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

by radiotv10
09/05/2025
0

Ntazinda Erasme wahoze ari Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza uregwa Icyaha cy’ubushoreke n’icyo guta urugo, yafatiwe icyemezo cyo kurekurwa nyuma yuko...

Ibirambuye ku cyatumye u Rwanda ruhagarika imikoranire n’u Bubiligi

Icyo u Rwanda rwizeza Ababiligi nyuma yuko ruciye umubano n’Igihugu cyabo

by radiotv10
21/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guca umubano w’iki Gihugu n’u Bubiligi, bitazagira ingaruka ku Babiligi bari mu Rwanda cyangwa abifuza...

Belgium: Hidden agenda to “repossess” DR Congo

Belgium: Hidden agenda to “repossess” DR Congo

by radiotv10
20/03/2025
0

Comité National du Kivu (CNKI): CNKI was a colonial-era organization created by the Belgians to manage resources and economic activities...

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ngamba rwafatiwe na Canada

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ngamba rwafatiwe na Canada

by radiotv10
04/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda iravuga ko ibyatangajwe n’iya Canada mu itangazo ry’ingamba yafatiye u Rwanda ku birebana n’ibibazo biri mu burasirazuba...

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Afurika y’Epfo zahise zivugana zigira n’ibyo zemeranyaho

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Afurika y’Epfo zahise zivugana zigira n’ibyo zemeranyaho

by radiotv10
31/01/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, na mugenzi we wa Afurika, Ronald Lamola bagiranye ikiganiro kuri telefone,...

IZIHERUKA

Iburengerazuba: Haravugwa abaremye itsinda riva mu Karere kamwe rikajya mu kandi kubangamira abahatuye
IMIBEREHO MYIZA

Iburengerazuba: Haravugwa abaremye itsinda riva mu Karere kamwe rikajya mu kandi kubangamira abahatuye

by radiotv10
28/06/2025
0

Iby’ingenzi mu masezerano y’amahoro u Rwanda na Congo basinyiye muri America

Iby’ingenzi mu masezerano y’amahoro u Rwanda na Congo basinyiye muri America

28/06/2025
Rubavu: Amaso yaheze mu kirere ku giceri cya 10Frw bari bizejwe kongererwa ku kazi bakora

Rubavu: Amaso yaheze mu kirere ku giceri cya 10Frw bari bizejwe kongererwa ku kazi bakora

28/06/2025
Eng.-Key points in the Peace Agreement signed between Rwanda and DRC

Eng.-Key points in the Peace Agreement signed between Rwanda and DRC

28/06/2025
Abandi Bofisiye bakuru mu Ngabo z’u Rwanda barangije amasomo mu Gihugu cy’igituranyi

Abandi Bofisiye bakuru mu Ngabo z’u Rwanda barangije amasomo mu Gihugu cy’igituranyi

27/06/2025
“Belgium acts as gatekeeper when Europeans seek partnership with Rwanda”

“Belgium acts as gatekeeper when Europeans seek partnership with Rwanda”

27/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Bamporiki yibiye ibanga Miss Ingabire Grace rizatuma acyura ikamba rya Miss World

Bamporiki yibiye ibanga Miss Ingabire Grace rizatuma acyura ikamba rya Miss World

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Iburengerazuba: Haravugwa abaremye itsinda riva mu Karere kamwe rikajya mu kandi kubangamira abahatuye

Iby’ingenzi mu masezerano y’amahoro u Rwanda na Congo basinyiye muri America

Rubavu: Amaso yaheze mu kirere ku giceri cya 10Frw bari bizejwe kongererwa ku kazi bakora

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.