Friday, January 30, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abana bafite ubumuga bwo kutabona bari gufashwa kugendana n’abandi mu muco wo gusoma

radiotv10by radiotv10
18/11/2021
in Uncategorized
0
Abana bafite ubumuga bwo kutabona bari gufashwa kugendana n’abandi mu muco wo gusoma
Share on FacebookShare on Twitter

Ku bufatanye bw’imiryango irengera abafite ubumuga mu Rwanda, hashyizwe hanze inkoranyamagambo y’abafite ubumuga bwo kutabona yanditswe mu buryo bwa Braille ikazaba imwe mu bikorwa bigamije gafasha abana bafite ubu bumuga kwisanga muri gahunda yo gukundisha abana gusoma.

Iyi nkoranyamagambo y’abafite ubumuga bwo kutabona kandi igiye hanze mu gihe hanasohotse iy’abafite ubumuga bwo kutumva.

Umuyobozi mukuru w’muryango Nyarwanda w’abafite ubumuga bwo kutumva mu Rwanda, Samuel Munana, avuga ko iriya nkoranyamagambo izazamura urwego rw’uburezi ku bana bafite ubumuga bwo kutabona no kutavuga.

Yagize ati “Twishimiye ko abafite ubumuga bwo kutavuga bagiye kujya babasha kwiga bakoresheje inkoranyamagambo irimo ururimi rw’amarenga rw’ikinyarwanda, mu gihe gito ziraba zageze hanze”

Ibi byose kandi biri gukorwa mu gihe mu Rwanda hamaze iminsi hariho ibikorwa bigamije gukundisha abana gusoma.

Umushinja Soma Umenye w’ikigo cy’Abanyamerika USAID, umaze imyaka itatu ni umwe mu bikorwa byagize uruhare mu kuzamura urwego rwo gucengeza mu bana bato umuco wo gusoma.

Ubwo hishimirwaga ibyagezweho muri uyu mushinga ku bufatanye n’Ikigo Gishinzwe Uburezi bw’Ibanze mu Rwanda (REB) n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), hagaragajwe ko mu bigo by’amashuri hongerewemo amasomero ku buryo buri mwana azajya abasha kubona ibitabo byo gusoma.

Umuyobozi wa USAID, Jonathan Kamin avuga go bahisemo gutera inkunga ibikorwa byo gusoma mu rurimi kavukire nk’uburyo buzabafasha gutegura ejo habo hazaza.

Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Amashuri Abanza n’Ayisumbuye, Gaspard Twagirayezu yashimangiye umumaro w’iyi gahunda ku banyeshuli by’umwihariko avuga ko bazakomeza gukurikirana abanyeshuri cyane abafite ubumuga butandukanye.

Gaspard Twagirayezu avuga ko umuco wo gusoma ukomeje gucengera mu bana
Umuyobozi wa USAID, Jonathan Kamin

Denyse MBABAZI
RadioTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

19 − seven =

Previous Post

I Kampala habayeho kwikanga iturika ry’ikindi gisasu ku isoko

Next Post

Bamporiki yibiye ibanga Miss Ingabire Grace rizatuma acyura ikamba rya Miss World

Related Posts

Ibindi byagiye hanze bitari byavuzwe kuri dosiye y’umwarimu wa Kaminuza ufunzwe

Andi makuru yamenyekanye kuri dosiye y’Umwarimu wa kaminuza uherutse gufungwa hamwe n’abakobwa batatu

by radiotv10
27/01/2026
0

Umwarimu wo muri Kaminuza uherutse gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rumukurikiranyeho gusambanya abana b’abakobwa biga mu mashuri yisumbuye, hari...

Behind Every Success, There’s a Woman

Behind Every Success, There’s a Woman

by radiotv10
02/12/2025
0

In every great achievement, every celebrated milestone, and every story of resilience, there is often someone whose name is rarely...

Umugabo basanze amanitse mu mugozi yapfuye hari abakeka ibindi bitari ukwiyahura

Umugabo basanze amanitse mu mugozi yapfuye hari abakeka ibindi bitari ukwiyahura

by radiotv10
19/11/2025
0

Mu Kagari ka Mpare mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye, hagaragaye umurambo w’umugabo w’imyaka 25 umanitse mu giti,...

Bugesera FC yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gukina n’ikipe yo hanze yemerewe gukinda Shampiyona y’u Rwanda

Bugesera FC yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gukina n’ikipe yo hanze yemerewe gukinda Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
04/11/2025
0

Ikipe ya Bugesera FC yahakanye amakuru yavugaga ko igiye gukina na Al Hilal, mu gihe iyi kipe yo yari yamaze...

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

by radiotv10
25/08/2025
0

Umuryango wa Ngarambe François Xavier wifurije isabukuru nziza y’umwaka umwe umuhungu we Ngarambe Rwego usanzwe ari Umunyamabanga wa Leta muri...

IZIHERUKA

AMAKURU MASHYA: Hatanzwe iminsi ibiri y’ikuruhuko yikurikiranya mu Rwanda
MU RWANDA

Hatangajwe Konji rusange mu Rwanda

by radiotv10
30/01/2026
0

Eng.-AFC/M23 releases distressing footage of atrocities committed by opposing forces

Itangazo ry’akababaro ka AFC/M23 ku bikorwa by’ubugome byakozwe n’uruhande bahanganye

30/01/2026
Umutoza wa Senegal nyuma yo gucibwa 100,000$ yageneye ubutumwa abari batangiye kuyamukusanyiriza

Umutoza wa Senegal nyuma yo gucibwa 100,000$ yageneye ubutumwa abari batangiye kuyamukusanyiriza

30/01/2026
General (Rtd) James Kabarebe yabonye umwungiriza mu nshingano afite muri Perezidansi y’u Rwanda

General (Rtd) James Kabarebe yabonye umwungiriza mu nshingano afite muri Perezidansi y’u Rwanda

30/01/2026
Hashyizwe hanze imibare igaragaza uko ruswa y’igitsina muri za kaminuza zo mu Rwanda ihagaze

Hashyizwe hanze imibare igaragaza uko ruswa y’igitsina muri za kaminuza zo mu Rwanda ihagaze

30/01/2026
Filimi mpuzamahanga igezweho muri iyi minsi igiye kwerekanwa i Kigali muri gahunda ikiri nshya

Filimi mpuzamahanga igezweho muri iyi minsi igiye kwerekanwa i Kigali muri gahunda ikiri nshya

30/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Bamporiki yibiye ibanga Miss Ingabire Grace rizatuma acyura ikamba rya Miss World

Bamporiki yibiye ibanga Miss Ingabire Grace rizatuma acyura ikamba rya Miss World

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Hatangajwe Konji rusange mu Rwanda

Itangazo ry’akababaro ka AFC/M23 ku bikorwa by’ubugome byakozwe n’uruhande bahanganye

Umutoza wa Senegal nyuma yo gucibwa 100,000$ yageneye ubutumwa abari batangiye kuyamukusanyiriza

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.