Wednesday, December 24, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Afurika Y’Epfo: Perezida Cyrill Ramaphosa yasuye uduce twazahajwe n’ibikorwa by’abigaragambyaga

radiotv10by radiotv10
19/07/2021
in MU RWANDA
0
Afurika Y’Epfo: Perezida Cyrill Ramaphosa yasuye uduce twazahajwe n’ibikorwa by’abigaragambyaga
Share on FacebookShare on Twitter

Mu mpera z’iki Cyumweru dusoje, perezida w’igihugu cya Afurika y’Epfo, Cyrill Ramaphosa yasuye uduce twazahajwe n’ibikorwa by’abigaragambya agamije kureba uko babayeho no kubahumuriza no kubafasha gusana ibyangiritse.

Inkuru ya African News ivuga ko Perezida Ramaphosa uduce yasuye dutatu tw’umucuruzi muri Soweto atanga ubufasha bwo gusana ibyangijwe.

Ubusanzwe uduce tubarurwa nk’utwangijwe n’imyigaragambyo cyane ni inkuta z’intara ya  Kwazulu Natal na Guateng mu minsi 10.

Iyi myigaragambyo yahagurukijwe n’abantu bashyigikiye uwahoze ari Perezida w’iki gihugu, Jacob Zuma, bigaragambirizaga igifungo yahawe ku bwo gusuzugura urukiko akanga kwerekana ibimenyetso mu iperereza ku byaha bya ruswa ashinjwa.

From recovering economic status to securing more vaccines: 5 key points  from Cyril Ramaphosa's address

Perezida w’igihugu cya Afurika y’Epfo, Cyrill Ramaphosa yasuye uduce twazahajwe n’ibikorwa by’abigaragambya

Uyu mugabo yakatiwe gufungwa amezi 15. Kuva ubwo abamushyigikiye batangiye kwigabiza imihanda, basahura amaduka, banangiza ibikorwaremezo bitandukanye.

Perezida Ramaphosa yabwiye ikinyamakuru The Nation ko abaturage barenga ibihumbi 2500 bafashwe bari gukurikirwaho ibi bikorwa byo kwangiza iyi mitungo mu gihe abagera kuri 212 aribo bamenyekanye bapfiriye muri zi mvururu.

Ni mugihe kandi urubanza rwa Jacob Zuma biteganijwe ko rusubukurwa kuri uyu wa mbere.

Inkuru ya: Vedaste Kubwimana/RadioTv10 Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 × three =

Previous Post

U Burayi: Abantu barenga 160 bamaze guhitanwa n’umwuzure wibasiye u Budage

Next Post

DR Congo: Imiryango itegamiye kuri leta irasaba ko umuhanda wa Beni-Kisangani wafungurwa

Related Posts

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

by radiotv10
24/12/2025
0

For many young adults in Kigali and across Rwanda, living with parents after university or in the early years of...

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

by radiotv10
24/12/2025
0

Mu Murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke, habereye impanuka y’imodoka y’ikamyo yari ipakiye Sima, yaguye mu manga, ariko ntiyagira...

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zongeye gushimirwa akazi k’indashyikirwa zakoze zigira n’icyo zisabwa

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zongeye gushimirwa akazi k’indashyikirwa zakoze zigira n’icyo zisabwa

by radiotv10
24/12/2025
0

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Mozambique, yasuye inzego z’Umutekano z’u Rwanda ziri mu butumwa muri Mocímboa da Praia,...

Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

by radiotv10
23/12/2025
0

Umunyamakuru Gakuru Emmanuel wamenyekanye nka Muzehe Gakuru uri mu bamaze igihe bakora itangazamakuru mu Rwanda, yatawe muri yombi akurikiranyweho gutanga...

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

by radiotv10
23/12/2025
0

Nyuma y’imyaka igera kuri ibiri, abaturage bo mu Karere ka Rutsiro na Rubavu batabaje kubera ikibazo cy’umugezi wa Bihongora ugabanya...

IZIHERUKA

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules
MU RWANDA

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

by radiotv10
24/12/2025
0

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

24/12/2025
Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

24/12/2025
Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zongeye gushimirwa akazi k’indashyikirwa zakoze zigira n’icyo zisabwa

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zongeye gushimirwa akazi k’indashyikirwa zakoze zigira n’icyo zisabwa

24/12/2025
Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

23/12/2025
Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

23/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
DR Congo: Imiryango itegamiye kuri leta irasaba ko umuhanda wa Beni-Kisangani wafungurwa

DR Congo: Imiryango itegamiye kuri leta irasaba ko umuhanda wa Beni-Kisangani wafungurwa

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.