Monday, December 15, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA IMIBEREHO MYIZA

Aka mbere gakubye aka nyuma 10: Menya uko Uturere dukurikirana mu miryango yasezeranye

radiotv10by radiotv10
21/08/2023
in IMIBEREHO MYIZA, MU RWANDA
0
Aka mbere gakubye aka nyuma 10: Menya uko Uturere dukurikirana mu miryango yasezeranye
Share on FacebookShare on Twitter

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yagaragaje uko Uturere dukurikirana mu kugira imiryango yasezeranye mu mwaka ushize wa 2022, tuyobowe n’aka Gasabo kasezeranyemo imiryango irenga 2 000, mu gihe aka nyuma hasezeranye imiryango 263.

Akarere ka Gasabo kaza ku mwanya wa Mbere kuri uru rutonde, muri 2022, hasezeranye imiryango 2 451, kagakurikirwa n’aka Gicumbi ko kasezeranyemo imiryango 2 396.

Mu tundi Turere tuza mu myaka itanu ya mbere, hari aka Rusizi kaza ku mwanya wa gatatu, ko kasezeranyemo imiryango 2 057, kagakurikirwa na Nyamasheke, yo yasezeranyemo imiryango 1 853, mu gihe Akarere ka Nyamagabe kaza ku mwanya wa gatanu, ko kasezeranyemo imiryango 1 853.

Utundi Turere dutanu tuza mu myanya 10 ya mbere, hari aka Kicukiro kaza ku mwanya wa gatandatu, ko kasezeranyemo imiryango 1 822.

Hari Akarere ka Nyaruguru kaza ku mwanya wa karindwi, kasezeranyemo imiryango 1 628, kagakurikirwa n’aka Gakenke, ko kasezeranyije imiryango 1 548.

Ku mwanya wa cyenda, hari Akarere ka Bugesera, kasezeranyemo imiryango 1 407, ndetse n’Akarere ka Muhanga kaza ku mwanya wa 10, ko kasezeranyemo imiryango 1 354.

Naho mu Turere dutanu twa nyuma, aka Kayonza kaza ku mwanya wa nyuma wa 30, ko kasezeranyemo imiryango 263, aka Burera kakaza ku mwanya wa 29, ko kasezeranyemo imiryango 294.

Akarere ka Karongi kaza ku mwanya wa 28, ko kasezeranyemo imiryango 458, kakabanzirizwa na Ngororero iri ku mwanya wa 27, yo yasezeranyemo imiryango 540, mu gihe Akarere ka Kirehe kaza ku mwanya wa 26 ko kasezeranyemo imiryango 605.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

ten − 2 =

Previous Post

DRCongo: Habaye isanganya ridasanzwe mu nkambi y’abakuwe mu byabo n’ibiza

Next Post

Inkuru nziza ku Banyarwanda bifuza kugenda mu ndege

Related Posts

Me Evode yagaragaje inzira ishobora kuganisha Minisitiri ku gukurikiranwa na RIB

Wari wabona imbeba ikora pompaje hejuru ya rwagakoco?-Hon.Evode avuga ku Burundi bwifuza gutera u Rwanda

by radiotv10
15/12/2025
0

Umusesenguzi mu bya Politiki, Hon. Evode Uwizeyimana, avuga ko ibyakunze gutangazwa na Perezida w’u Burundi ko yifuza gutera u Rwanda,...

U Rwanda rwagaragarije Isi amatariki y’ingenzi yabayeho ibibi byakorewe Abanyamulenge

U Rwanda rwagaragarije Isi amatariki y’ingenzi yabayeho ibibi byakorewe Abanyamulenge

by radiotv10
15/12/2025
0

Uhagarariye u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Amb. Martin Ngoga, yagaragarije Akanama k’uyu Muryango gashinzwe Amahoro n’Umutekano ku Isi, amatariki yagiye...

MoMo Rwanda Launches Holiday Cashback Rewards for MoMoApp Customers

MoMo Rwanda Launches Holiday Cashback Rewards for MoMoApp Customers

by radiotv10
15/12/2025
0

Kigali, Rwanda - Mobile Money Rwanda Ltd (MoMo Rwanda ) is excited to announce an exclusive 5% cashback for MoMoApp...

Eng.-Rwanda presents to the World key dates of atrocities committed against the Banyamulenge

Eng.-Rwanda presents to the World key dates of atrocities committed against the Banyamulenge

by radiotv10
15/12/2025
0

Rwanda’s Permanent Representative to the United Nations, Ambassador Martin Ngoga, presented to the UN Security Council key dates marking atrocities...

How to Make a Good CV as a First-Time Worker-Tips to Create an Attractive and Professional Resume

How to Make a Good CV as a First-Time Worker-Tips to Create an Attractive and Professional Resume

by radiotv10
15/12/2025
0

Creating a Curriculum Vitae (CV) for the first time can feel intimidating, especially when you do not have much work...

IZIHERUKA

Amakuru mpamo aturuka mu biboneye abasirikare benshi b’u Burundi berecyeza muri Congo
AMAHANGA

Eng.-Burundian troops and heavy weapons have been deployed along the country’s border with Rwanda

by radiotv10
15/12/2025
0

Igikekwa ku mpanuka ikomeye ya Bisi yavaga muri Uganda yerecyeza mu Rwanda

Igikekwa ku mpanuka ikomeye ya Bisi yavaga muri Uganda yerecyeza mu Rwanda

15/12/2025
Ibivugwa ku basirikare benshi n’intwaro zikomeye u Burundi bwohereje ku mupaka wabwo n’u Rwanda

Ibivugwa ku basirikare benshi n’intwaro zikomeye u Burundi bwohereje ku mupaka wabwo n’u Rwanda

15/12/2025
Icyemezo cy’ubutegetsi bw’u Burundi cyashyize mu ihurizo Abanyekongo bagiyeyo mbere yuko AFC/M23 ifata Uvira

Icyemezo cy’ubutegetsi bw’u Burundi cyashyize mu ihurizo Abanyekongo bagiyeyo mbere yuko AFC/M23 ifata Uvira

15/12/2025
Me Evode yagaragaje inzira ishobora kuganisha Minisitiri ku gukurikiranwa na RIB

Wari wabona imbeba ikora pompaje hejuru ya rwagakoco?-Hon.Evode avuga ku Burundi bwifuza gutera u Rwanda

15/12/2025
Australia yahise ifata icyemezo nyuma y’igitero gifatwa nk’igikomeye kibayeho mu myaka 30 ishize

Australia yahise ifata icyemezo nyuma y’igitero gifatwa nk’igikomeye kibayeho mu myaka 30 ishize

15/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Inkuru nziza ku Banyarwanda bifuza kugenda mu ndege

Inkuru nziza ku Banyarwanda bifuza kugenda mu ndege

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Eng.-Burundian troops and heavy weapons have been deployed along the country’s border with Rwanda

Igikekwa ku mpanuka ikomeye ya Bisi yavaga muri Uganda yerecyeza mu Rwanda

Ibivugwa ku basirikare benshi n’intwaro zikomeye u Burundi bwohereje ku mupaka wabwo n’u Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.