Monday, January 5, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA IMIBEREHO MYIZA

Aka mbere gakubye aka nyuma 10: Menya uko Uturere dukurikirana mu miryango yasezeranye

radiotv10by radiotv10
21/08/2023
in IMIBEREHO MYIZA, MU RWANDA
0
Aka mbere gakubye aka nyuma 10: Menya uko Uturere dukurikirana mu miryango yasezeranye
Share on FacebookShare on Twitter

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yagaragaje uko Uturere dukurikirana mu kugira imiryango yasezeranye mu mwaka ushize wa 2022, tuyobowe n’aka Gasabo kasezeranyemo imiryango irenga 2 000, mu gihe aka nyuma hasezeranye imiryango 263.

Akarere ka Gasabo kaza ku mwanya wa Mbere kuri uru rutonde, muri 2022, hasezeranye imiryango 2 451, kagakurikirwa n’aka Gicumbi ko kasezeranyemo imiryango 2 396.

Mu tundi Turere tuza mu myaka itanu ya mbere, hari aka Rusizi kaza ku mwanya wa gatatu, ko kasezeranyemo imiryango 2 057, kagakurikirwa na Nyamasheke, yo yasezeranyemo imiryango 1 853, mu gihe Akarere ka Nyamagabe kaza ku mwanya wa gatanu, ko kasezeranyemo imiryango 1 853.

Utundi Turere dutanu tuza mu myanya 10 ya mbere, hari aka Kicukiro kaza ku mwanya wa gatandatu, ko kasezeranyemo imiryango 1 822.

Hari Akarere ka Nyaruguru kaza ku mwanya wa karindwi, kasezeranyemo imiryango 1 628, kagakurikirwa n’aka Gakenke, ko kasezeranyije imiryango 1 548.

Ku mwanya wa cyenda, hari Akarere ka Bugesera, kasezeranyemo imiryango 1 407, ndetse n’Akarere ka Muhanga kaza ku mwanya wa 10, ko kasezeranyemo imiryango 1 354.

Naho mu Turere dutanu twa nyuma, aka Kayonza kaza ku mwanya wa nyuma wa 30, ko kasezeranyemo imiryango 263, aka Burera kakaza ku mwanya wa 29, ko kasezeranyemo imiryango 294.

Akarere ka Karongi kaza ku mwanya wa 28, ko kasezeranyemo imiryango 458, kakabanzirizwa na Ngororero iri ku mwanya wa 27, yo yasezeranyemo imiryango 540, mu gihe Akarere ka Kirehe kaza ku mwanya wa 26 ko kasezeranyemo imiryango 605.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five × five =

Previous Post

DRCongo: Habaye isanganya ridasanzwe mu nkambi y’abakuwe mu byabo n’ibiza

Next Post

Inkuru nziza ku Banyarwanda bifuza kugenda mu ndege

Related Posts

BREAKING: Herekanywe abakekwaho ubujura buhambaye bw’imodoka zirimo izihenze

Icyo Umuvugizi wa RIB yasubije uwamubajije niba kugurira agafanta Umugenzacyaha byemewe

by radiotv10
03/01/2026
0

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr Murangira B. Thierry yavuze ko umuntu wagira icyo agurira umukozi w’uru Rwego amushimira serivisi...

Ibyo wamenya ku ndwara yongewe mu zitangirwa urukingo ku bana bakivuka mu Rwanda

Ibyo wamenya ku ndwara yongewe mu zitangirwa urukingo ku bana bakivuka mu Rwanda

by radiotv10
03/01/2026
0

Inzego z’ubuzima mu Rwanda ziratangaza ko hatangijwe gahunda yo gutanga urukingo rw’indwara y’Umwijima wo mu bwoko bwa B rwiyongereye mu...

Let’s Talk About Abortion: A Simple Debate

Let’s Talk About Abortion: A Simple Debate

by radiotv10
03/01/2026
0

Abortion is a topic that often makes people feel strongly, and it can be hard to talk about. Today, let’s...

Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zageneye ubutumwa Gen.Ekenge wa FARDC uherutse gukoresha imvugo yamaganiwe kure

Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zageneye ubutumwa Gen.Ekenge wa FARDC uherutse gukoresha imvugo yamaganiwe kure

by radiotv10
02/01/2026
0

“Abagore b’Abatutsi turubaha kandi turi indahemuka.” Ni bumwe mu butumwa bw’Impunzi z’Abanyekongo ziri mu nkambi zinyuranye mu Rwanda, zongeye gukora...

Eng.-Congolese Refugees in Rwanda Send a Message to FARDC Gen. Ekenge

Eng.-Congolese Refugees in Rwanda Send a Message to FARDC Gen. Ekenge

by radiotv10
02/01/2026
0

Congolese refugees living in Rwanda have sent a message to FARDC Major General Sylvain Ekenge, who recently used language that...

IZIHERUKA

Ibivugwa nyuma yuko America ifatiye Perezida wa Venezuela mu Gihugu cye muri operasiyo rurangiza
AMAHANGA

Ibivugwa nyuma yuko America ifatiye Perezida wa Venezuela mu Gihugu cye muri operasiyo rurangiza

by radiotv10
04/01/2026
0

Ibyo twamenye ku isakara ry’amashusho agaragaramo umuhanzi Nyarwanda akomeje kurikoroza

Ubutumwa bwuzuye agahinda bw’umuhanzi Yampano bw’ibyamubayeho muri 2025

03/01/2026
BREAKING: Herekanywe abakekwaho ubujura buhambaye bw’imodoka zirimo izihenze

Icyo Umuvugizi wa RIB yasubije uwamubajije niba kugurira agafanta Umugenzacyaha byemewe

03/01/2026
Ibyo wamenya ku ndwara yongewe mu zitangirwa urukingo ku bana bakivuka mu Rwanda

Ibyo wamenya ku ndwara yongewe mu zitangirwa urukingo ku bana bakivuka mu Rwanda

03/01/2026
Let’s Talk About Abortion: A Simple Debate

Let’s Talk About Abortion: A Simple Debate

03/01/2026
Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zageneye ubutumwa Gen.Ekenge wa FARDC uherutse gukoresha imvugo yamaganiwe kure

Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zageneye ubutumwa Gen.Ekenge wa FARDC uherutse gukoresha imvugo yamaganiwe kure

02/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Inkuru nziza ku Banyarwanda bifuza kugenda mu ndege

Inkuru nziza ku Banyarwanda bifuza kugenda mu ndege

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ibivugwa nyuma yuko America ifatiye Perezida wa Venezuela mu Gihugu cye muri operasiyo rurangiza

Ubutumwa bwuzuye agahinda bw’umuhanzi Yampano bw’ibyamubayeho muri 2025

Icyo Umuvugizi wa RIB yasubije uwamubajije niba kugurira agafanta Umugenzacyaha byemewe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.