Monday, January 12, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA IMIBEREHO MYIZA

Aka mbere gakubye aka nyuma 10: Menya uko Uturere dukurikirana mu miryango yasezeranye

radiotv10by radiotv10
21/08/2023
in IMIBEREHO MYIZA, MU RWANDA
0
Aka mbere gakubye aka nyuma 10: Menya uko Uturere dukurikirana mu miryango yasezeranye
Share on FacebookShare on Twitter

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yagaragaje uko Uturere dukurikirana mu kugira imiryango yasezeranye mu mwaka ushize wa 2022, tuyobowe n’aka Gasabo kasezeranyemo imiryango irenga 2 000, mu gihe aka nyuma hasezeranye imiryango 263.

Akarere ka Gasabo kaza ku mwanya wa Mbere kuri uru rutonde, muri 2022, hasezeranye imiryango 2 451, kagakurikirwa n’aka Gicumbi ko kasezeranyemo imiryango 2 396.

Mu tundi Turere tuza mu myaka itanu ya mbere, hari aka Rusizi kaza ku mwanya wa gatatu, ko kasezeranyemo imiryango 2 057, kagakurikirwa na Nyamasheke, yo yasezeranyemo imiryango 1 853, mu gihe Akarere ka Nyamagabe kaza ku mwanya wa gatanu, ko kasezeranyemo imiryango 1 853.

Utundi Turere dutanu tuza mu myanya 10 ya mbere, hari aka Kicukiro kaza ku mwanya wa gatandatu, ko kasezeranyemo imiryango 1 822.

Hari Akarere ka Nyaruguru kaza ku mwanya wa karindwi, kasezeranyemo imiryango 1 628, kagakurikirwa n’aka Gakenke, ko kasezeranyije imiryango 1 548.

Ku mwanya wa cyenda, hari Akarere ka Bugesera, kasezeranyemo imiryango 1 407, ndetse n’Akarere ka Muhanga kaza ku mwanya wa 10, ko kasezeranyemo imiryango 1 354.

Naho mu Turere dutanu twa nyuma, aka Kayonza kaza ku mwanya wa nyuma wa 30, ko kasezeranyemo imiryango 263, aka Burera kakaza ku mwanya wa 29, ko kasezeranyemo imiryango 294.

Akarere ka Karongi kaza ku mwanya wa 28, ko kasezeranyemo imiryango 458, kakabanzirizwa na Ngororero iri ku mwanya wa 27, yo yasezeranyemo imiryango 540, mu gihe Akarere ka Kirehe kaza ku mwanya wa 26 ko kasezeranyemo imiryango 605.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

four × four =

Previous Post

DRCongo: Habaye isanganya ridasanzwe mu nkambi y’abakuwe mu byabo n’ibiza

Next Post

Inkuru nziza ku Banyarwanda bifuza kugenda mu ndege

Related Posts

Why Some People Are Subject to Harsher Penalties in the New Road Use Law

Why Some People Are Subject to Harsher Penalties in the New Road Use Law

by radiotv10
12/01/2026
0

The Minister of Infrastructure announced that drivers of vehicles carrying many passengers such as public transport vehicles and school buses...

Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

by radiotv10
12/01/2026
0

Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, yatangaje ko abashoferi b’imodoka zitwara abantu benshi nk’ab’izitwara abagenzi mu buryo bwa rusange, n’izitwara abanyeshuri, ari bo...

Ibyavugiwe mu iperereza ry’abagabo batatu bakekwaho gusambanya ku gahato umugore mu gihe kimwe

Ibyavugiwe mu iperereza ry’abagabo batatu bakekwaho gusambanya ku gahato umugore mu gihe kimwe

by radiotv10
12/01/2026
0

Abasore babiri n’umugabo umwe bakurikiranyweho icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umugore w’imyaka 47 bamutegeye mu nzira mu ijoro...

Urujijo n’igihirahiro ku byo babonye nyuma yuko babaruje ubutaka bwabo

Urujijo n’igihirahiro ku byo babonye nyuma yuko babaruje ubutaka bwabo

by radiotv10
12/01/2026
0

Bamwe mu batuye mu Kagari ka Kirambi mu Murenge wa Nyagisozi mu Karere ka Nyanza, baravuga ko babaruje ubutaka bwabo...

What emotional intelligence means and why it’s important

What emotional intelligence means and why it’s important

by radiotv10
12/01/2026
0

For a long time, intelligence was measured by grades, IQ scores, and how fast someone could solve problems. But in...

IZIHERUKA

Why Some People Are Subject to Harsher Penalties in the New Road Use Law
MU RWANDA

Why Some People Are Subject to Harsher Penalties in the New Road Use Law

by radiotv10
12/01/2026
0

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

12/01/2026
Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

12/01/2026
Ibyavugiwe mu iperereza ry’abagabo batatu bakekwaho gusambanya ku gahato umugore mu gihe kimwe

Ibyavugiwe mu iperereza ry’abagabo batatu bakekwaho gusambanya ku gahato umugore mu gihe kimwe

12/01/2026
Mu magambo aryohereye umunyarwenya uzwi mu Rwanda yagaragaje umukunzi we bwa mbere

Mu magambo aryohereye umunyarwenya uzwi mu Rwanda yagaragaje umukunzi we bwa mbere

12/01/2026
Habayeho kurasana gukomeye hagati ya FARDC n’inyeshyamba z’umutwe umwe muri Congo

Habayeho kurasana gukomeye hagati ya FARDC n’inyeshyamba z’umutwe umwe muri Congo

12/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Inkuru nziza ku Banyarwanda bifuza kugenda mu ndege

Inkuru nziza ku Banyarwanda bifuza kugenda mu ndege

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Why Some People Are Subject to Harsher Penalties in the New Road Use Law

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.