Sunday, January 11, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

AMAFOTO: Amavubi atahanye akanyamuneza nyuma yo guserukana ishema

radiotv10by radiotv10
27/03/2024
in FOOTBALL, SIPORO
0
AMAFOTO: Amavubi atahanye akanyamuneza nyuma yo guserukana ishema
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe y’Igihugu Amavubi, nyuma yo gukina imikino ibiri ya gicuti igatsindamo umwe ikanganya undi, irahagaruka i Antananariro muri Madagascar yerecyeza i Kigali mu Rwanda.

Amakuru dukesha Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yagiye hanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Werurwe 2024, avuga ko abakinnyi bafata rutemikirere mu masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu.

Ubutumwa bwashyizwe hanze na FERWAFA bugira buti “Ikipe y’Igihugu  Amavubi ihagurutse aho yari icumbitse igana ku kibuga cy’indege mu rugendo rugaruka mu rugo.”

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ryakomeje rivuga ko ikipe y’Igihugu “Ihaguruka 14h40 za Antananarivo ari zo 13h40 za Kigali igere i Kigali 00.40 z’igicuku.”

Ikipe y’Igihugu itashye nyuma y’imikino ibiri ya gicutsi irimo uwo yakinnye na Madagascar ku wa Mbere, igatsindira iyi kipe iwabo ibitego 2-0, bya Mugisha Gilbert bakunda kwita Barafinda ndetse na kapiteni Bizimana Djihad.

Ni mu gihe umukino wa mbere wakinwe mu cyumweru gishize, Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi yanganyije na Botswana 0-0.

Mugisha Gilbert Barafinda waboneye Amavubi igitego cya mbere
Myugariro Manzi Thierry
Muhadjiri Hakizimana wa Police FC na Ishimwe Christian wa APR
Niyigena Clement
Mitima Isaac wa Rayon Sports
Rubanguka Steve

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

thirteen − six =

Previous Post

DRCongo: Umudepite w’Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi yavuze icyo agiye guharanira

Next Post

Impanuka idasanzwe muri America yakurikiwe n’ibindi bibazo birimo abantu baburiwe irengero

Related Posts

Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

by radiotv10
10/01/2026
0

In a world full of intense workout trends and gym culture, walking is often overlooked. Many people believe that if...

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

by radiotv10
09/01/2026
0

Nyuma y’imyitozo ya nyuma bitegura umukino wa nyuma w’Igikombe cya Super Cup, umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yatangaje ko...

Ubutumwa Maj.Gen.Nyakarundi yahaye abakinnyi ba APR mbere yo guhura na Rayon

Ubutumwa Maj.Gen.Nyakarundi yahaye abakinnyi ba APR mbere yo guhura na Rayon

by radiotv10
09/01/2026
0

Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi yasuye abakinnyi b’ikipe ya APR FC, abibutsa ko intego yayo...

Ibyo kwitega mu mikino imaze kwigarurira imitima ya benshi mu Rwanda yagarutse

Ibyo kwitega mu mikino imaze kwigarurira imitima ya benshi mu Rwanda yagarutse

by radiotv10
09/01/2026
0

Imikino yo kwishyura ya shampiyona y’icyiciro cya mbere muri volleyball mu bagabo no mu bagore iratangira kuri uyu wa Gatanu...

Umufana wa Congo wazanye uburyo bwihariye bw’imifanire akomeje gusekerwa n’amahirwe nyuma yo kurira

Umufana wa Congo wazanye uburyo bwihariye bw’imifanire akomeje gusekerwa n’amahirwe nyuma yo kurira

by radiotv10
09/01/2026
0

Michel Kuka Mboladinga, umufana wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika ubwo yafanaga ikipe y’Igihugu ya DRC mu buryo bwihariye yigaragaza...

IZIHERUKA

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life
IMIBEREHO MYIZA

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

by radiotv10
10/01/2026
0

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

10/01/2026
Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

10/01/2026
Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

09/01/2026
Eng.-AFC/M23 decides to withdraw from Uvira City after holding it for a few days

Eng.-AFC/M23 Reportedly Reinforcing Its Presence in a Certain Area

09/01/2026
Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

09/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Impanuka idasanzwe muri America yakurikiwe n’ibindi bibazo birimo abantu baburiwe irengero

Impanuka idasanzwe muri America yakurikiwe n’ibindi bibazo birimo abantu baburiwe irengero

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.