Sunday, May 11, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

AMAFOTO: Dore Imodoka ya Siporo ingana amara imaze imyaka 7 iyoboye mu kugurwa cyane

radiotv10by radiotv10
26/04/2022
in IMYIDAGADURO, SIPORO
0
AMAFOTO: Dore Imodoka ya Siporo ingana amara imaze imyaka 7 iyoboye mu kugurwa cyane
Share on FacebookShare on Twitter

Imodoka yo mu bwoko bwa Ford Mustang yongeye kuba iya mbere mu zizwi nk’imodoka za Sports yaguzwe cyane kurusha izindi ku Isi. Ikaba imaze imyaka irindwi ica aka gahigo.

Urubuga Moto 1 ruvuga ko mu mwaka ushize ku isoko ry’imodoka, hari hariho omodoka ibihumbi 70 kandi ko haguzwe izigera izigera mu bihumbi 32.

Ibi byatumye yongera kwisubiza agahigo ko kuba ari yo modoka ya Siporo yaguzwe kurusha izindi muri ubu bwoko [zitwa ko ari iza siporo ariko abantu banazigendamo bisanzwe].

Mu mwaka wa 2020 bwo hari hagurikishwe izi modoka ibihumbi 61 mu gihe uwa 2019 hari haguzwe ibihumbi 72 naho muri 2018 hakaba haragurishijwe ibihumbi 75,8.

Ubu muri uyu mwaka umaze amezi ane, hamaze kugurishwa imodoka zo muri ubu bwoko ibihumbi 13.

Mu mwaka ushize, nko muri Leta Zunze Ubumwe za America, imodoko za Mustang 76% muri New Zealand hagurishwa 54,3%, muri Brazil hagurishwa 37,3% naho muri Koreya y’Epfo hagurishwa 16,6%.

Kumar Galhotra uyobora kompanyi ya Ford Blue yavuze ko iyi modoka ya Ford Mustang yaciye aka gahigo kubera imamvu zinyuranye.

Yagize ati “Harimo gukundirwa uburyo iteye bunogeye ijisho, uburyo ikoreshwa bworoshye ndetse n’umuhate w’abacuruzi bacu bagaragaje mu myaka irindwi.”

Ford Mustang ni imodoka nto yo mu bwoko bw’ivatiri ariko yihagazeho kuko igiciro cyayo gihera mu mafaranga agera mu bihumbi 20 USD (Miliyoni 20 Frw).

Iyi modoka yatangiye gukorwa mu 1964, izwiho kunyaruka bidasanzwe aho ishobora kugenda ibilometero 250 mu isaha imwe.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 × three =

Previous Post

Amajyepfo: Abarokotse bahabwa inkunga y’ingoboka bavuga ko itakijyanye n’uko ibiciro bihagaze ku isoko

Next Post

Umuyobozi wa Kompanyi itegura Miss Rwanda yatawe muri yombi

Related Posts

Abahanzi bazaririmba mu birori bya Basketball bitegerejwe mu Rwanda bamenyekanye

Abahanzi bazaririmba mu birori bya Basketball bitegerejwe mu Rwanda bamenyekanye

by radiotv10
09/05/2025
0

Abazitabira imikino nyafurika ya BAL 2025, bazasusurutswa n’abahanzi barimo uzwi ku Mugabane wa Afurika, King Promise wamenyekanye mu ndirimbo nka...

Harimo iyari imaze imyaka 11: Amakipe yazamutse mu cyiciro cya mbere mu Rwanda yamenyekanye

Harimo iyari imaze imyaka 11: Amakipe yazamutse mu cyiciro cya mbere mu Rwanda yamenyekanye

by radiotv10
08/05/2025
0

Ikipe ya AS Muhanga yaherukaga mu cyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru mu Rwanda muri 2014 na Gicumbi FC yagiherukagamo muri...

Kiyovu na Gasogi mu nzira yo gucutswa, As Kigali igasigara ku ibere yonyine

Kiyovu na Gasogi mu nzira yo gucutswa, As Kigali igasigara ku ibere yonyine

by radiotv10
08/05/2025
0

Ubuyozi bw’Umujyi wa Kigali, bugiye gukuraho inkunga bwahaga andi makipe azwi muri ruhago nyarwanda nka Kiyovu Sports na Gasogi United,...

Zabyaye amahari hagati ya Rayon n’umukinnyi yasinyishije avuye muri mucyeba wayo

Zabyaye amahari hagati ya Rayon n’umukinnyi yasinyishije avuye muri mucyeba wayo

by radiotv10
07/05/2025
0

Myugariro w’ikipe y’Igihugu Amavubi na Rayon Sports, Ombolenga Fitina yandikiye iyi kipe iherutse kumugura, ayisaba ko basesa amasezerano kubera kutubahiriza...

Hamenyekanye amakuru y’undi mukinnyi mu Rwanda wahagaritse ruhago akiri muto akajya mu mahanga

Hamenyekanye amakuru y’undi mukinnyi mu Rwanda wahagaritse ruhago akiri muto akajya mu mahanga

by radiotv10
07/05/2025
0

Ndayishimiye Thierry wakinaga mu bwugarizi bw’ikipe ya AS Kigali, yahagaritse gukina umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga, aho yerecyeje ku Mugabane w’u...

IZIHERUKA

MU RWANDA

Umusore uregwa kwica ‘boss’ we yabitanzeho amakuru mu ibazwa rye

by radiotv10
10/05/2025
0

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

09/05/2025
Moses Turahirwa imbere y’Urukiko yafashwe n’ikiniga akora ibyazamuye amarangamutima

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

09/05/2025
Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

09/05/2025
Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

09/05/2025
AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

09/05/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Umuyobozi wa Kompanyi itegura Miss Rwanda yatawe muri yombi

Umuyobozi wa Kompanyi itegura Miss Rwanda yatawe muri yombi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Umusore uregwa kwica ‘boss’ we yabitanzeho amakuru mu ibazwa rye

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.