Thursday, December 18, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

AMAFOTO: Dore Imodoka ya Siporo ingana amara imaze imyaka 7 iyoboye mu kugurwa cyane

radiotv10by radiotv10
26/04/2022
in IMYIDAGADURO, SIPORO
0
AMAFOTO: Dore Imodoka ya Siporo ingana amara imaze imyaka 7 iyoboye mu kugurwa cyane
Share on FacebookShare on Twitter

Imodoka yo mu bwoko bwa Ford Mustang yongeye kuba iya mbere mu zizwi nk’imodoka za Sports yaguzwe cyane kurusha izindi ku Isi. Ikaba imaze imyaka irindwi ica aka gahigo.

Urubuga Moto 1 ruvuga ko mu mwaka ushize ku isoko ry’imodoka, hari hariho omodoka ibihumbi 70 kandi ko haguzwe izigera izigera mu bihumbi 32.

Ibi byatumye yongera kwisubiza agahigo ko kuba ari yo modoka ya Siporo yaguzwe kurusha izindi muri ubu bwoko [zitwa ko ari iza siporo ariko abantu banazigendamo bisanzwe].

Mu mwaka wa 2020 bwo hari hagurikishwe izi modoka ibihumbi 61 mu gihe uwa 2019 hari haguzwe ibihumbi 72 naho muri 2018 hakaba haragurishijwe ibihumbi 75,8.

Ubu muri uyu mwaka umaze amezi ane, hamaze kugurishwa imodoka zo muri ubu bwoko ibihumbi 13.

Mu mwaka ushize, nko muri Leta Zunze Ubumwe za America, imodoko za Mustang 76% muri New Zealand hagurishwa 54,3%, muri Brazil hagurishwa 37,3% naho muri Koreya y’Epfo hagurishwa 16,6%.

Kumar Galhotra uyobora kompanyi ya Ford Blue yavuze ko iyi modoka ya Ford Mustang yaciye aka gahigo kubera imamvu zinyuranye.

Yagize ati “Harimo gukundirwa uburyo iteye bunogeye ijisho, uburyo ikoreshwa bworoshye ndetse n’umuhate w’abacuruzi bacu bagaragaje mu myaka irindwi.”

Ford Mustang ni imodoka nto yo mu bwoko bw’ivatiri ariko yihagazeho kuko igiciro cyayo gihera mu mafaranga agera mu bihumbi 20 USD (Miliyoni 20 Frw).

Iyi modoka yatangiye gukorwa mu 1964, izwiho kunyaruka bidasanzwe aho ishobora kugenda ibilometero 250 mu isaha imwe.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

10 − five =

Previous Post

Amajyepfo: Abarokotse bahabwa inkunga y’ingoboka bavuga ko itakijyanye n’uko ibiciro bihagaze ku isoko

Next Post

Umuyobozi wa Kompanyi itegura Miss Rwanda yatawe muri yombi

Related Posts

Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4

Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4

by radiotv10
18/12/2025
0

Umuhanzi w’icyamamare Israel Mbonyi yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru avuga inkomoko y’igitaramo akora buri mwaka kuri Noheli kitwa ICYAMBU, ukuntu yanganga amazina...

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Rayon yatanze umucyo ku Munya-Misiri wagaragaye mu myitozo yayo n’uko yiteguye kugura abakinnyi

by radiotv10
18/12/2025
0

Umunyamabanga akaba n’Umuvugizi wa Rayon Sports, Gakwaya Olivier, yatangaje ko nta gahunda iyi kipe ifite yo gusinyisha Umunya-Misiri Ali Ismael...

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

by radiotv10
17/12/2025
0

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA, yemeje amafaranga angana na miliyoni 620 z’amayero (€620 M) azagenerwa ibihugu 48 bizitabira igikombe...

Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

Hatangajwe icyemezo cyafatiwe abarimo umunyamakuru Djihad baregwa gusakaza amashusho y’urukozasoni

by radiotv10
17/12/2025
0

Abarimo umunyamakuru Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, na bagenzi be baregwa ibyaha birimo gusakaza amashusho y’urukozasoni, bafatiwe icyemezo cyo gufungwa...

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

by radiotv10
16/12/2025
0

Muhammed Kagawa Ssenoga, rutahizamu uca ku ruhande wakiniraga Express yo muri Uganda na Ali Ismael Ahmed EL SAYED Moussa ukomoka...

IZIHERUKA

Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4
IBYAMAMARE

Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4

by radiotv10
18/12/2025
0

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

18/12/2025
Haravugwa gukaza umurego kw’imirwano hagati ya AFC/M23 na Wazalendo

AFC/M23 yemeje ko abarwanyi bayo batangiye kuva muri Uvira inavuga igihe bose bazaba bahavuye

18/12/2025
Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Rayon yatanze umucyo ku Munya-Misiri wagaragaye mu myitozo yayo n’uko yiteguye kugura abakinnyi

18/12/2025
Who are eligible to work from home in Kigali, and how is it transforming the City?

Who are eligible to work from home in Kigali, and how is it transforming the City?

18/12/2025
Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

18/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Umuyobozi wa Kompanyi itegura Miss Rwanda yatawe muri yombi

Umuyobozi wa Kompanyi itegura Miss Rwanda yatawe muri yombi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

AFC/M23 yemeje ko abarwanyi bayo batangiye kuva muri Uvira inavuga igihe bose bazaba bahavuye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.