Monday, May 19, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

AMAFOTO: Dore Imodoka ya Siporo ingana amara imaze imyaka 7 iyoboye mu kugurwa cyane

radiotv10by radiotv10
26/04/2022
in IMYIDAGADURO, SIPORO
0
AMAFOTO: Dore Imodoka ya Siporo ingana amara imaze imyaka 7 iyoboye mu kugurwa cyane
Share on FacebookShare on Twitter

Imodoka yo mu bwoko bwa Ford Mustang yongeye kuba iya mbere mu zizwi nk’imodoka za Sports yaguzwe cyane kurusha izindi ku Isi. Ikaba imaze imyaka irindwi ica aka gahigo.

Urubuga Moto 1 ruvuga ko mu mwaka ushize ku isoko ry’imodoka, hari hariho omodoka ibihumbi 70 kandi ko haguzwe izigera izigera mu bihumbi 32.

Ibi byatumye yongera kwisubiza agahigo ko kuba ari yo modoka ya Siporo yaguzwe kurusha izindi muri ubu bwoko [zitwa ko ari iza siporo ariko abantu banazigendamo bisanzwe].

Mu mwaka wa 2020 bwo hari hagurikishwe izi modoka ibihumbi 61 mu gihe uwa 2019 hari haguzwe ibihumbi 72 naho muri 2018 hakaba haragurishijwe ibihumbi 75,8.

Ubu muri uyu mwaka umaze amezi ane, hamaze kugurishwa imodoka zo muri ubu bwoko ibihumbi 13.

Mu mwaka ushize, nko muri Leta Zunze Ubumwe za America, imodoko za Mustang 76% muri New Zealand hagurishwa 54,3%, muri Brazil hagurishwa 37,3% naho muri Koreya y’Epfo hagurishwa 16,6%.

Kumar Galhotra uyobora kompanyi ya Ford Blue yavuze ko iyi modoka ya Ford Mustang yaciye aka gahigo kubera imamvu zinyuranye.

Yagize ati “Harimo gukundirwa uburyo iteye bunogeye ijisho, uburyo ikoreshwa bworoshye ndetse n’umuhate w’abacuruzi bacu bagaragaje mu myaka irindwi.”

Ford Mustang ni imodoka nto yo mu bwoko bw’ivatiri ariko yihagazeho kuko igiciro cyayo gihera mu mafaranga agera mu bihumbi 20 USD (Miliyoni 20 Frw).

Iyi modoka yatangiye gukorwa mu 1964, izwiho kunyaruka bidasanzwe aho ishobora kugenda ibilometero 250 mu isaha imwe.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 × 3 =

Previous Post

Amajyepfo: Abarokotse bahabwa inkunga y’ingoboka bavuga ko itakijyanye n’uko ibiciro bihagaze ku isoko

Next Post

Umuyobozi wa Kompanyi itegura Miss Rwanda yatawe muri yombi

Related Posts

Umwe mu bagize Guverinoma yagize icyo avuga kuri Album y’umuhanzi Nyarwanda

Umwe mu bagize Guverinoma yagize icyo avuga kuri Album y’umuhanzi Nyarwanda

by radiotv10
19/05/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko yanyuzwe na Album ‘25Shades’ y'umuhanzikazi Bwiza aherutse gushyira hanze. Ni nyuma...

Bitunguranye Bugesera FC yahagaritse abatoza babiri mbere yo guhura na Rayon

Bitunguranye Bugesera FC yahagaritse abatoza babiri mbere yo guhura na Rayon

by radiotv10
16/05/2025
0

Ikipe ya Bugesera FC yahagaritse Ndayishimiye Eric Bakame usanzwe ari umutoza w’Abanyezamu, ndetse na Peter Otema wongerera ingufu Abakinnyi, habura...

Sadate yahakanye inkuru y’incurano yavugaga ko agiye gukora ibyumvikana nk’ibidashoboka

Sadate yahakanye inkuru y’incurano yavugaga ko agiye gukora ibyumvikana nk’ibidashoboka

by radiotv10
16/05/2025
0

Umunyemari Munyakazi Sadate wigeze kuyobora ikipe ya Rayon Sports, yahakanye inkuru yacuzwe n’umuntu utazwi, ivuga ko agiye kugura Sitade Amahoro,...

Umuhanzi w’ikirangirire wigeze gufungirwa gukubita umukunzi we yongeye gufungiwe urugomo

Umuhanzi w’ikirangirire wigeze gufungirwa gukubita umukunzi we yongeye gufungiwe urugomo

by radiotv10
16/05/2025
0

Umuhanzi w’Umunyamerika Chris Brown yatawe muri yombi na polisi yo mu Bwongereza kubera ibyaha by’urugomo ashinjwa kuba yarakoreye mu kabyiniro...

Dore ibikubiye mu ibaruwa yo gutakamba iturutse mu bakinnyi ba Rayon WFC

Dore ibikubiye mu ibaruwa yo gutakamba iturutse mu bakinnyi ba Rayon WFC

by radiotv10
16/05/2025
0

Abakinnyi b’Ikipe ya Rayon Sports WFC banditse ibaruwa yo ‘Gutakamba’ basaba ubuyobozi bw’iyi kipe kubahemba imishahara y’amezi butabishyuye no kubaha...

IZIHERUKA

Impamvu nyamukuru yatumye amasengesho yo kwa ‘Yezu Nyirimpuhwe’ mu Ruhango yabaye ahagaritswe
IMIBEREHO MYIZA

Impamvu nyamukuru yatumye amasengesho yo kwa ‘Yezu Nyirimpuhwe’ mu Ruhango yabaye ahagaritswe

by radiotv10
19/05/2025
0

Umwe mu bagize Guverinoma yagize icyo avuga kuri Album y’umuhanzi Nyarwanda

Umwe mu bagize Guverinoma yagize icyo avuga kuri Album y’umuhanzi Nyarwanda

19/05/2025
Huye: Ibyo abazi umugabo ukekwaho kwica mugenzi we amukubise inyundo bamuvugaho

Huye: Ibyo abazi umugabo ukekwaho kwica mugenzi we amukubise inyundo bamuvugaho

17/05/2025
Icyifuzo cyo kwambura ubudahangarwa uwayoboye DRCongo ntikivugwaho rumwe n’abahawe kugisuzuma

Icyifuzo cyo kwambura ubudahangarwa uwayoboye DRCongo ntikivugwaho rumwe n’abahawe kugisuzuma

17/05/2025
Hatangajwe igikekwa kuri ‘Bishop Gafaranga’ watawe muri yombi

Dosiye ya ‘Bishop Gafaranga’ uregwa ihohotera rishingiye ki gitsinda yazamuwe

16/05/2025
Bitunguranye Bugesera FC yahagaritse abatoza babiri mbere yo guhura na Rayon

Bitunguranye Bugesera FC yahagaritse abatoza babiri mbere yo guhura na Rayon

16/05/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Umuyobozi wa Kompanyi itegura Miss Rwanda yatawe muri yombi

Umuyobozi wa Kompanyi itegura Miss Rwanda yatawe muri yombi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Impamvu nyamukuru yatumye amasengesho yo kwa ‘Yezu Nyirimpuhwe’ mu Ruhango yabaye ahagaritswe

Umwe mu bagize Guverinoma yagize icyo avuga kuri Album y’umuhanzi Nyarwanda

Huye: Ibyo abazi umugabo ukekwaho kwica mugenzi we amukubise inyundo bamuvugaho

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.