Saturday, January 31, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

AMAFOTO: Tunisia yisubije igikombe cya #AFROBASKET, Senegal yongera kuba iya gatatu

radiotv10by radiotv10
06/09/2021
in SIPORO
0
AMAFOTO: Tunisia yisubije igikombe cya #AFROBASKET, Senegal yongera kuba iya gatatu
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe y’igihugu ya Tunisia yatwaye igikombe cya Afurika cy’ibihugu mu mukino w’intoki wa Basketball nyuma yo gutsinda Ivory Coast amanota 78-75 (25-18, 22-16,18-25,13-16) ku mukino wa nyuma wakinwe ku mugoroba w’iki cyumweru muri Kigali Arena.

Ikipe y’igihugu ya Tunisia yatwaye igikombe cya Afurika 2021

Tunisia yatwaye igikombe cya Afurika ku nshuro yayo ya gatatu iba inshuro ya kabiri bikurikiranya kuko bagitwaye mu 2017 batsinze Nigeria ku mukino wa nyuma.

Ikipe y’igihugu ya Senegal yongeye gutwara umwanya wa gatatu itsinze Cape Verde amanota 86-73.

Muri uyu mukino, Salah Mejri wa Tunisia niwe wagize umusaruro rusange urusha abandi (+27) kuko yanatsinze amanota 22, ebounds 6, akora blocks eshatu. Gusa nta mupira wabyaye amanota mu minota 23’37” yamaze mu kibuga. Undi wafashije Tunisia kuzamura amanota ni Michael Roll wakinnye iminota 33’45” yatsinze amanota 18.

Salah Mejri wa Tunisia niwe wagize umusaruro rusange urusha abandi (+27)

Jean Francois Kebe wa Ivory Coast yagize umusaruro wa +14, amanota 10, rbounds 3 anatanga imipira ine yabyaye amanota.

Souleyman Diabate wa Ivory Coast yakinnye iminota 28’59” yatsinze amanota 20, Matt Costello yakinnye 36’43” atsinda amanota icyenda.

Tunisia yakinaga AfroBasket ku nshuro nshuro ya 23 ikaba igihugu kimaze kuritwara inshuro eshatu (2011, 2017, 2021), yabaye iya kabiri mu 1965 mu gihe yasoje ku mwanya wa gatatu inshuro enye (1970, 1974, 2009, 2015).

Makram Ben Romdhane (Tunisia) niwe wabaye umukinnyi w’irushanwa (MVP) mu gihe u Rwanda rwahawe igihembo nk’igihugu cyagaragaje ubworoherane mu kibuga (Fair Play award).

Makram Ben Romdhane (Tunisia) kandi yaje mu ikipe y’irushanwa (Team of the Tourney) ari kumwe na mugenzi we Omar Abada, Gorgui Dieng (Senegal), Matt Costello (Cote d’Ivoire) and Walter Tavares (Cape Verde).

Ikipe y’irushanwa ry’uyu mwaka wa 2021

Aurore Mimosa Munyangaju ashyikiriza Tunisia igikombe cya Afurika

Cote d’Ivoire yasoje ku mwanya wa kabiri

Abakinnyi ba Tunisia bishimira intsinzi

Umukino wa nyuma wahuje Tunisia na Cote d’Ivoire

PHOTOS: FIBA

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

nineteen − 4 =

Previous Post

AFROBASKET2021: Imikino ya ½ cy’irangiza irakinwa kuri uyu wa gatandatu, Tunisia ibitse igikokombe izahura na Cape Verde

Next Post

CRICKET: Ikipe y’igihugu y’abagore yahawe ibendera n’impanuro mbere yo kujya muri Botswana

Related Posts

Umutoza wa Senegal nyuma yo gucibwa 100,000$ yageneye ubutumwa abari batangiye kuyamukusanyiriza

Umutoza wa Senegal nyuma yo gucibwa 100,000$ yageneye ubutumwa abari batangiye kuyamukusanyiriza

by radiotv10
30/01/2026
0

Nyuma yo guhanishwa na CAF imikino itanu no gucibwa amande angana n’amadolari ibihumbi 100 ($100,000), umutoza w’ikipe y’igihugu ya Senegal,...

Amakuru mpamo ku igurwa rya myugariro uhagaze neza mu Rwanda ryagizwe ubwiru n’ikipe ye

Amakuru mpamo ku igurwa rya myugariro uhagaze neza mu Rwanda ryagizwe ubwiru n’ikipe ye

by radiotv10
29/01/2026
0

Nubwo Umuyobozi wa APR FC Brig Gen Deo Rusanganwa abihakana, amakuru ava imbere mu ikipe ya Al Hilal aremeza ko...

Hatangajwe ibihano byafashwe kubera ibidasanzwe byabaye kuri ‘Final’ y’icya Afurika bitabonywe na benshi

Hatangajwe ibihano byafashwe kubera ibidasanzwe byabaye kuri ‘Final’ y’icya Afurika bitabonywe na benshi

by radiotv10
29/01/2026
0

Impuzamashyihamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika CAF, yatangaje ibihano byafashwe ku mpande zombi kuri Maroc na Senegal, kubera imvururu zabaye ku...

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

by radiotv10
28/01/2026
0

Ikipe ya APR FC yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Ubutwari cya 2026 nyuma yo gutsinda As Kigali ibitego 3-0...

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

by radiotv10
28/01/2026
0

Nyuma y'iminsi ari mu biruhuko iwabo mu Gihugu cya Cameroun yagiyemo nyuma y'imvune, Aziz Bassané Koulagna yagarutse mu ikipe ye...

IZIHERUKA

Minisitiri w’Intebe yibibukije igisobanuro cy’Umuganda gikwiye gutuma buri wese yumva ko kuwusiba bidakwiye
IMIBEREHO MYIZA

Minisitiri w’Intebe yibibukije igisobanuro cy’Umuganda gikwiye gutuma buri wese yumva ko kuwusiba bidakwiye

by radiotv10
31/01/2026
0

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa

Iby’umusore uba muri America ukurikiranyweho kwica agongeye mugenzi we i Kigali bigeze he

31/01/2026
RIB yataye muri yombi Perezida w’Urukiko ukurikiranyweho ishimishamubiri rishingiye ku gitsina

Umugabo ukiri muto ukekwaho kwica umugore babanaga yavuze ko yamuhoye kumutuka ‘imbwa’

31/01/2026
Ibigo 17 bya Leta byungutse abafite ubumenyi bwisumbuyeho mu ikusanyamibare ryifashisha AI

Ibigo 17 bya Leta byungutse abafite ubumenyi bwisumbuyeho mu ikusanyamibare ryifashisha AI

31/01/2026
The Power of Storytelling: Podcast Culture Rising in Rwanda

The Power of Storytelling: Podcast Culture Rising in Rwanda

31/01/2026
AMAKURU MASHYA: Hatanzwe iminsi ibiri y’ikuruhuko yikurikiranya mu Rwanda

Hatangajwe Konji rusange mu Rwanda

30/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
CRICKET: Ikipe y’igihugu y’abagore yahawe ibendera n’impanuro mbere yo kujya muri Botswana

CRICKET: Ikipe y’igihugu y’abagore yahawe ibendera n’impanuro mbere yo kujya muri Botswana

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Minisitiri w’Intebe yibibukije igisobanuro cy’Umuganda gikwiye gutuma buri wese yumva ko kuwusiba bidakwiye

Iby’umusore uba muri America ukurikiranyweho kwica agongeye mugenzi we i Kigali bigeze he

Umugabo ukiri muto ukekwaho kwica umugore babanaga yavuze ko yamuhoye kumutuka ‘imbwa’

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.