Thursday, January 15, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

AMAFOTO: Tunisia yisubije igikombe cya #AFROBASKET, Senegal yongera kuba iya gatatu

radiotv10by radiotv10
06/09/2021
in SIPORO
0
AMAFOTO: Tunisia yisubije igikombe cya #AFROBASKET, Senegal yongera kuba iya gatatu
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe y’igihugu ya Tunisia yatwaye igikombe cya Afurika cy’ibihugu mu mukino w’intoki wa Basketball nyuma yo gutsinda Ivory Coast amanota 78-75 (25-18, 22-16,18-25,13-16) ku mukino wa nyuma wakinwe ku mugoroba w’iki cyumweru muri Kigali Arena.

Ikipe y’igihugu ya Tunisia yatwaye igikombe cya Afurika 2021

Tunisia yatwaye igikombe cya Afurika ku nshuro yayo ya gatatu iba inshuro ya kabiri bikurikiranya kuko bagitwaye mu 2017 batsinze Nigeria ku mukino wa nyuma.

Ikipe y’igihugu ya Senegal yongeye gutwara umwanya wa gatatu itsinze Cape Verde amanota 86-73.

Muri uyu mukino, Salah Mejri wa Tunisia niwe wagize umusaruro rusange urusha abandi (+27) kuko yanatsinze amanota 22, ebounds 6, akora blocks eshatu. Gusa nta mupira wabyaye amanota mu minota 23’37” yamaze mu kibuga. Undi wafashije Tunisia kuzamura amanota ni Michael Roll wakinnye iminota 33’45” yatsinze amanota 18.

Salah Mejri wa Tunisia niwe wagize umusaruro rusange urusha abandi (+27)

Jean Francois Kebe wa Ivory Coast yagize umusaruro wa +14, amanota 10, rbounds 3 anatanga imipira ine yabyaye amanota.

Souleyman Diabate wa Ivory Coast yakinnye iminota 28’59” yatsinze amanota 20, Matt Costello yakinnye 36’43” atsinda amanota icyenda.

Tunisia yakinaga AfroBasket ku nshuro nshuro ya 23 ikaba igihugu kimaze kuritwara inshuro eshatu (2011, 2017, 2021), yabaye iya kabiri mu 1965 mu gihe yasoje ku mwanya wa gatatu inshuro enye (1970, 1974, 2009, 2015).

Makram Ben Romdhane (Tunisia) niwe wabaye umukinnyi w’irushanwa (MVP) mu gihe u Rwanda rwahawe igihembo nk’igihugu cyagaragaje ubworoherane mu kibuga (Fair Play award).

Makram Ben Romdhane (Tunisia) kandi yaje mu ikipe y’irushanwa (Team of the Tourney) ari kumwe na mugenzi we Omar Abada, Gorgui Dieng (Senegal), Matt Costello (Cote d’Ivoire) and Walter Tavares (Cape Verde).

Ikipe y’irushanwa ry’uyu mwaka wa 2021

Aurore Mimosa Munyangaju ashyikiriza Tunisia igikombe cya Afurika

Cote d’Ivoire yasoje ku mwanya wa kabiri

Abakinnyi ba Tunisia bishimira intsinzi

Umukino wa nyuma wahuje Tunisia na Cote d’Ivoire

PHOTOS: FIBA

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

twenty − 6 =

Previous Post

AFROBASKET2021: Imikino ya ½ cy’irangiza irakinwa kuri uyu wa gatandatu, Tunisia ibitse igikokombe izahura na Cape Verde

Next Post

CRICKET: Ikipe y’igihugu y’abagore yahawe ibendera n’impanuro mbere yo kujya muri Botswana

Related Posts

APR yihanganishije Rayon ku byago yagize byashenguye Aba-Rayon benshi

APR yihanganishije Rayon ku byago yagize byashenguye Aba-Rayon benshi

by radiotv10
14/01/2026
0

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwihanganishije ikipe ya Rayon Sports ku bw’ibyago yagize byo gupfusha uwari umuganga w’iyi kipe Dr....

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe

by radiotv10
14/01/2026
0

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Adel Amrouche wari umutoza Mukuru w'Ikipe y'Igihugu Amavubi, yirukanywe nyuma yo gukorerwa...

Rayon yagize ibyago ipfusha uwari umaze igihe kinini ayikorera

Rayon yagize ibyago ipfusha uwari umaze igihe kinini ayikorera

by radiotv10
14/01/2026
0

Dr. Charles Mugemana wari umaze imyaka irenga 30 ari umuganga w’ikipe ya Rayon Sports, yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye...

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

by radiotv10
12/01/2026
0

Ubuyobozi bw'Ikipe y'Amgaju FC, bwirukanye abatoza bose bayitozaga, ibashinja umusaruro mubi, harimo no kuba banyagiwe ibitego 8-0 na Al Hilal,...

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

by radiotv10
12/01/2026
0

Munyakazi Sadate wigeze kuba Perezida wa Rayon Sports, yavuze ko ubwo iyi kipe yatsindwaga na mucyeba wayo ibitego 4-1 ku...

IZIHERUKA

RIB yataye muri yombi abantu bafite amadolari 10.000 y’Amerika y’amiganano
IMIBEREHO

RIB yataye muri yombi abantu bafite amadolari 10.000 y’Amerika y’amiganano

by radiotv10
15/01/2026
0

“ Ariko ahari bandambiwe” – Bwiza yahakanye ibyo gufatirwa irembo

“ Ariko ahari bandambiwe” – Bwiza yahakanye ibyo gufatirwa irembo

15/01/2026
Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Impamvu abo mu muryango w’umusore wasanzwe yapfuye yarakaswemo ibice bari mu bakekwa

15/01/2026
Menya Ibihugu 75 America igiye guhagarika guha Visa abaturage b’abimukira babiturukamo

Menya Ibihugu 75 America igiye guhagarika guha Visa abaturage b’abimukira babiturukamo

15/01/2026
AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica

AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica

14/01/2026
Amakuru agezweho ku Bajenerali b’igisirikare cya Congo bafunze barimo uwahoze ari Umugaba Mukuru

Amakuru agezweho ku Bajenerali b’igisirikare cya Congo bafunze barimo uwahoze ari Umugaba Mukuru

14/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
CRICKET: Ikipe y’igihugu y’abagore yahawe ibendera n’impanuro mbere yo kujya muri Botswana

CRICKET: Ikipe y’igihugu y’abagore yahawe ibendera n’impanuro mbere yo kujya muri Botswana

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

RIB yataye muri yombi abantu bafite amadolari 10.000 y’Amerika y’amiganano

“ Ariko ahari bandambiwe” – Bwiza yahakanye ibyo gufatirwa irembo

Impamvu abo mu muryango w’umusore wasanzwe yapfuye yarakaswemo ibice bari mu bakekwa

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.