Friday, December 26, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

AMAFOTO: Ycee na Jaywillz twabakiriye bongera gukurira ingofero Kigali

radiotv10by radiotv10
18/03/2022
in Uncategorized
0
Bifunze bukwasi: Amafoto y’udukoryo y’abakobwa bahatanira ikamba rya Miss Rwanda

Twanabakiriye muri studio ya TV10

Share on FacebookShare on Twitter

Abahanzi Oludemilade Martin Alejo uzwi nka Ycee na Victor Ome Uzwi nka Jaywillz bo muri Nigeria bari mu Rwanda, bakiriwe muri Studio za Radio 10 na TV 10, bongera kugaragaza ko batunguwe n’ubwiza bw’Umujyi wa Kigali.

Ycee na Jaywillz bageze mu Rwanda ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 16 Werurwe 2022, bucyeye bwaho bakiriwe muri studios za RADIOTV10, bongera kuvuga uko bumva bamerewe nyuma yo gusesekara i Kigali.

Aganira n’Umunyamakuru wa Radio 10, Jaywillz yavuze ko yishimiye Kigali kuko akigera ku Kibuga cy’Indege cya Kanombe, akabona Kigali yatunguwe n’ubwiza bw’uyu Mujyi.

Yavuze ko yahise abaza abari baje kumwakira niba Kigali atari umujyi washushanyijwe ukarimbishwa [designed] kubera ubwiza bwawo.

Jaywillz watangiye kwamamara umwaka ushize, yavuze ko mu Gihugu cyabo cya Nigeria buri mwaka hagaragara abanyempano b’agatangaza.

Gusa ngo bisaba gukora cyane kugira ngo umuhanzi amenyekane kuko haba hari abahanzi benshi kandi bose bifuza kuba inyenyeri.

Naho ku muziki nyarwanda, Jaywillz yavuze ko ataragira amahirwe yo kumva abahanzi benshi bo mu Rwanda ariko ko yumvise umuhanzi Comfy uri mu bagezweho muri iki gihe kandi yumvise afite impano idasanzwe.

Yararikiye abaturarwanda igitaramo cy’imbaturamugabo abasaba kuza kumushyigikira.

Ycee we watangiye umuziki kuva muri 2012, we yavuze ko yakunze abahanzi bo mu Rwanda by’umwihariki Ish Kevin bari gukorana indimbo dore ko yanaje mu bikorwa byo gufata amashusho y’indirimbo bakoranye.

Ycee muri Studio za Radio 10
Jaywillz yavuze ko akigera i Kigali yatunguwe kubera ubwiza bwayo
Twanabakiriye muri studio ya TV10

Ish Kevin ni umwe mu bahanzi bazwi muri Nigeria

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

16 + sixteen =

Previous Post

Bifunze bukwasi: Amafoto y’udukoryo y’abakobwa bahatanira ikamba rya Miss Rwanda

Next Post

Umuryango ubana n’abana 6 mu nzu y’icyumba kimwe ngo iby’akabariro bahengera basinziriye

Related Posts

Behind Every Success, There’s a Woman

Behind Every Success, There’s a Woman

by radiotv10
02/12/2025
0

In every great achievement, every celebrated milestone, and every story of resilience, there is often someone whose name is rarely...

Umugabo basanze amanitse mu mugozi yapfuye hari abakeka ibindi bitari ukwiyahura

Umugabo basanze amanitse mu mugozi yapfuye hari abakeka ibindi bitari ukwiyahura

by radiotv10
19/11/2025
0

Mu Kagari ka Mpare mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye, hagaragaye umurambo w’umugabo w’imyaka 25 umanitse mu giti,...

Bugesera FC yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gukina n’ikipe yo hanze yemerewe gukinda Shampiyona y’u Rwanda

Bugesera FC yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gukina n’ikipe yo hanze yemerewe gukinda Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
04/11/2025
0

Ikipe ya Bugesera FC yahakanye amakuru yavugaga ko igiye gukina na Al Hilal, mu gihe iyi kipe yo yari yamaze...

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

by radiotv10
25/08/2025
0

Umuryango wa Ngarambe François Xavier wifurije isabukuru nziza y’umwaka umwe umuhungu we Ngarambe Rwego usanzwe ari Umunyamabanga wa Leta muri...

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

by radiotv10
31/07/2025
0

Nyuma yuko bamwe mu bagize Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA, banditse basaba ko amatora y’iri Shyirahamwe asubikwa,...

IZIHERUKA

Ibyari isengesho muri Nigeria byahindutse amarira mu kanya nk’ako guhumbya
AMAHANGA

Ibyari isengesho muri Nigeria byahindutse amarira mu kanya nk’ako guhumbya

by radiotv10
25/12/2025
0

Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

25/12/2025
Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

25/12/2025
Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

25/12/2025
Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

25/12/2025
Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Why Celebrating Christmas Is a Big Thing All Over the World

24/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Umuryango ubana n’abana 6 mu nzu y’icyumba kimwe ngo iby’akabariro bahengera basinziriye

Umuryango ubana n'abana 6 mu nzu y’icyumba kimwe ngo iby’akabariro bahengera basinziriye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ibyari isengesho muri Nigeria byahindutse amarira mu kanya nk’ako guhumbya

Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.