Thursday, July 3, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

AMAFOTO: Ycee na Jaywillz twabakiriye bongera gukurira ingofero Kigali

radiotv10by radiotv10
18/03/2022
in Uncategorized
0
Bifunze bukwasi: Amafoto y’udukoryo y’abakobwa bahatanira ikamba rya Miss Rwanda

Twanabakiriye muri studio ya TV10

Share on FacebookShare on Twitter

Abahanzi Oludemilade Martin Alejo uzwi nka Ycee na Victor Ome Uzwi nka Jaywillz bo muri Nigeria bari mu Rwanda, bakiriwe muri Studio za Radio 10 na TV 10, bongera kugaragaza ko batunguwe n’ubwiza bw’Umujyi wa Kigali.

Ycee na Jaywillz bageze mu Rwanda ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 16 Werurwe 2022, bucyeye bwaho bakiriwe muri studios za RADIOTV10, bongera kuvuga uko bumva bamerewe nyuma yo gusesekara i Kigali.

Aganira n’Umunyamakuru wa Radio 10, Jaywillz yavuze ko yishimiye Kigali kuko akigera ku Kibuga cy’Indege cya Kanombe, akabona Kigali yatunguwe n’ubwiza bw’uyu Mujyi.

Yavuze ko yahise abaza abari baje kumwakira niba Kigali atari umujyi washushanyijwe ukarimbishwa [designed] kubera ubwiza bwawo.

Jaywillz watangiye kwamamara umwaka ushize, yavuze ko mu Gihugu cyabo cya Nigeria buri mwaka hagaragara abanyempano b’agatangaza.

Gusa ngo bisaba gukora cyane kugira ngo umuhanzi amenyekane kuko haba hari abahanzi benshi kandi bose bifuza kuba inyenyeri.

Naho ku muziki nyarwanda, Jaywillz yavuze ko ataragira amahirwe yo kumva abahanzi benshi bo mu Rwanda ariko ko yumvise umuhanzi Comfy uri mu bagezweho muri iki gihe kandi yumvise afite impano idasanzwe.

Yararikiye abaturarwanda igitaramo cy’imbaturamugabo abasaba kuza kumushyigikira.

Ycee we watangiye umuziki kuva muri 2012, we yavuze ko yakunze abahanzi bo mu Rwanda by’umwihariki Ish Kevin bari gukorana indimbo dore ko yanaje mu bikorwa byo gufata amashusho y’indirimbo bakoranye.

Ycee muri Studio za Radio 10
Jaywillz yavuze ko akigera i Kigali yatunguwe kubera ubwiza bwayo
Twanabakiriye muri studio ya TV10

Ish Kevin ni umwe mu bahanzi bazwi muri Nigeria

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

19 − six =

Previous Post

Bifunze bukwasi: Amafoto y’udukoryo y’abakobwa bahatanira ikamba rya Miss Rwanda

Next Post

Umuryango ubana n’abana 6 mu nzu y’icyumba kimwe ngo iby’akabariro bahengera basinziriye

Related Posts

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

by radiotv10
09/05/2025
0

Ntazinda Erasme wahoze ari Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza uregwa Icyaha cy’ubushoreke n’icyo guta urugo, yafatiwe icyemezo cyo kurekurwa nyuma yuko...

Ibirambuye ku cyatumye u Rwanda ruhagarika imikoranire n’u Bubiligi

Icyo u Rwanda rwizeza Ababiligi nyuma yuko ruciye umubano n’Igihugu cyabo

by radiotv10
21/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guca umubano w’iki Gihugu n’u Bubiligi, bitazagira ingaruka ku Babiligi bari mu Rwanda cyangwa abifuza...

Belgium: Hidden agenda to “repossess” DR Congo

Belgium: Hidden agenda to “repossess” DR Congo

by radiotv10
20/03/2025
0

Comité National du Kivu (CNKI): CNKI was a colonial-era organization created by the Belgians to manage resources and economic activities...

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ngamba rwafatiwe na Canada

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ngamba rwafatiwe na Canada

by radiotv10
04/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda iravuga ko ibyatangajwe n’iya Canada mu itangazo ry’ingamba yafatiye u Rwanda ku birebana n’ibibazo biri mu burasirazuba...

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Afurika y’Epfo zahise zivugana zigira n’ibyo zemeranyaho

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Afurika y’Epfo zahise zivugana zigira n’ibyo zemeranyaho

by radiotv10
31/01/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, na mugenzi we wa Afurika, Ronald Lamola bagiranye ikiganiro kuri telefone,...

IZIHERUKA

AMAFOTO: APR FC irimo amasura mashya yatangiye imyitozo
FOOTBALL

AMAFOTO: APR FC irimo amasura mashya yatangiye imyitozo

by radiotv10
03/07/2025
0

Perezida Trump yahaye Hamas inama z’icyatuma intambara yayo na Israel irangira burundu

Perezida Trump yahaye Hamas inama z’icyatuma intambara yayo na Israel irangira burundu

02/07/2025
Bubakiwe isoko rishya rinagezweho ariko bamaze umwaka baricururizamo bafite amaganya

Bubakiwe isoko rishya rinagezweho ariko bamaze umwaka baricururizamo bafite amaganya

02/07/2025
Umukinnyi ukomoka muri America umaze iminsi atanga ibyishimo mu Rwanda yamaze kuba Umunyarwanda bidasubirwaho

Umukinnyi ukomoka muri America umaze iminsi atanga ibyishimo mu Rwanda yamaze kuba Umunyarwanda bidasubirwaho

02/07/2025
Hazafatwa imboni z’amaso, intoki zose,…: Ibindi ku irangamuntu-Koranabuhanga igiye gutangira gutangwa mu Rwanda

Eye scans, fingerprints to be collected,…: New digital ID to be rolled out in Rwanda

02/07/2025
Rubavu: Bashingiwe amapoto none imyaka ibaye ibiri bategereje amashanyarazi barahebye

Rubavu: Bashingiwe amapoto none imyaka ibaye ibiri bategereje amashanyarazi barahebye

02/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Umuryango ubana n’abana 6 mu nzu y’icyumba kimwe ngo iby’akabariro bahengera basinziriye

Umuryango ubana n'abana 6 mu nzu y’icyumba kimwe ngo iby’akabariro bahengera basinziriye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

AMAFOTO: APR FC irimo amasura mashya yatangiye imyitozo

Perezida Trump yahaye Hamas inama z’icyatuma intambara yayo na Israel irangira burundu

Bubakiwe isoko rishya rinagezweho ariko bamaze umwaka baricururizamo bafite amaganya

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.