Sunday, July 13, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Amagare: Hagiye gukinwa isiganwa ryihariye ribaye ku nshuro ya kabiri mu Rwanda

radiotv10by radiotv10
26/08/2024
in SIPORO
0
Amagare: Hagiye gukinwa isiganwa ryihariye ribaye ku nshuro ya kabiri mu Rwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Isiganwa rizwi nka ‘Umusambi Gravel Race’ risanzwe rikinirwa mu mihanda y’igitaka, rigiye kuba ku nshuro ya kabiri mu Rwanda nyuma yuko ribaye umwaka ushize.

Ni isiganwa ritegurwa ku bufatanye bw’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) na Rwanda Wildlife Conservation Association.

Iri siganwa ribaye ku nshuro ya kabiri rifite umwihariko wo kuba rinyura mu mihanda y’igitaka, rizakinwa ku Cyumweru tariki 01 Nzeri 2024 mu Turere twa Gicumbi na Burera mu Ntara y’Amajyaruguru.

Ni isiganwa rinyura mu mihanda izengurutse igishanga cya Rugezi gikora kuri utu Turere twombi kigaragaramo urusobe rw’ibinyabuzima byiganjemo imisambi n’izindi nyoni z’ubwoko bwinshi.

Iri siganwa ubwo riheruka gukinwa umwaka ushize, mu bagabo ryegukanywe na Niyonkuru Samuel wa Les Amis Sportif y’i Rwamagana, ndetse na Nirere Xaverine waryegukanye mu cyiciro cy’abangavu.

Jean Cluade KANYIZO
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

12 − 3 =

Previous Post

Hatangajwe igihe abanyeshuri bazatangirira gusubira ku mashuri na gahunda yose y’ingendo

Next Post

Nyabihu: Inzoga z’inkorano zitwa ‘Igisabasaba’ na ‘Nzogejo’ ziravugwaho gukoresha bamwe ibidakorwa

Related Posts

Iby’ingenzi wamenya ku mukinnyi w’Umunyekongo wasinyiye Rayon Sports

Iby’ingenzi wamenya ku mukinnyi w’Umunyekongo wasinyiye Rayon Sports

by radiotv10
09/07/2025
0

Ikipe ya Rayon Sports FC yasinyishije rutahizamu w’Umunyekongo, Chadrack Bingi Belo, aba umukinnyi mushya wa 6 uyisinyiye iyi kipe avuye...

Uwayezu wayoboye Rayon yongeye kugaragarizwa ibyishimo n’abakunzi b’iyi kipe

Uwayezu wayoboye Rayon yongeye kugaragarizwa ibyishimo n’abakunzi b’iyi kipe

by radiotv10
09/07/2025
0

Uwayezu Jean Fidèle wigeze kuba Perezida wa Rayon Sports akaza kwegura, yagaragarijwe urukundo n’abakunzi b’iyi kipe, bamweretse ko bazirikana ibyo...

Rwanda welcomes three internation women football players following the visit of other legends

Rwanda welcomes three internation women football players following the visit of other legends

by radiotv10
08/07/2025
0

Rwanda is delighted to welcome three Arsenal Women Football Club Players Katie McCabe, Caitlin Foord and Laia Codina who landed...

APR FC yamanuye rutahizamu wari umaze iminsi ategerejwe wanakinnye i Burayi

APR FC yamanuye rutahizamu wari umaze iminsi ategerejwe wanakinnye i Burayi

by radiotv10
07/07/2025
0

Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda APR FC yasinyishije rutahizamu w’Umunya- Côte d'Ivoire, William Togui Mel wari umaze iminsi avugwaho kuzinjira muri...

We are here to showcase how beautiful Rwanda is- Legend Jay-Jay Okocha after arriving in Rwanda

We are here to showcase how beautiful Rwanda is- Legend Jay-Jay Okocha after arriving in Rwanda

by radiotv10
07/07/2025
0

Two football icons with global recognition, Jay-Jay Okocha and Didier Domi, have arrived in Rwanda as part of a five-day...

IZIHERUKA

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period
MU RWANDA

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period

by radiotv10
12/07/2025
0

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

12/07/2025
Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

12/07/2025
LIBERATION vs INDEPENDENCE:

LIBERATION vs INDEPENDENCE:

11/07/2025
Abacamanza barenga 100 muri Congo bagiye kwigaragambiriza imbere ya Minisiteri

Abacamanza barenga 100 muri Congo bagiye kwigaragambiriza imbere ya Minisiteri

11/07/2025
Amakuru agezweho: Ubujurire bwa Kazungu wahamijwe kwica abarenga 10 bwateshejwe agaciro

Amakuru agezweho: Ubujurire bwa Kazungu wahamijwe kwica abarenga 10 bwateshejwe agaciro

11/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Nyabihu: Inzoga z’inkorano zitwa ‘Igisabasaba’ na ‘Nzogejo’ ziravugwaho gukoresha bamwe ibidakorwa

Nyabihu: Inzoga z’inkorano zitwa 'Igisabasaba' na 'Nzogejo' ziravugwaho gukoresha bamwe ibidakorwa

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.