• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Amashuri yisumbuye ya Leta yashyiriweho umwihariko ku musanzu ntarengwa utangwa n’ababyeyi

radiotv10by radiotv10
25/08/2025
in MU RWANDA
0
Hatangajwe itariki yo gutangiriraho amashuri n’iyo gutangarizaho amanota y’ibizamini bya Leta
Share on FacebookShare on Twitter

Minisiteri y’Uburezi yibukije amashuri ya Leta n’afashwa na Leta ku bw’amasezerano, kubahiriza amabwiriza yashyizweho muri 2022 agena umusanzu utangwa n’ababyeyi, icyakora ayisumbuye yemererwa kongeraho 7 000 Frw ariko na byo bikagira inzira binyuramo.

Uku kwibutsa aya mabwiriza bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze na Minisiteri y’Uburezi, rivuga ko “hashingiwe ku mabwiriza yo ku wa 14 Nzeri 2024 ya Minisiteri agena umusanzu w’ababyeyi mu mashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye ya Leta ndetse n’afatanya na Leta ku bw’amasezerano, Minisiteri y’Uburezi iributsa amashuri kubahiriza ayo mabwiriza.”

MINEDUC yaboneyeho kwibutsa uwo musanzu muri buri cyiciro, aho mu mashuri yisumbuye acumbikira abanyeshuri, ababyeyi bishyura ibihumbi 85 Frw ku gihembwe, ayisumbuye ariko abanyeshuri bigamo bataha, bakishyurirwa 19 500 Frw mu gihe mu y’incuke n’abanza, umusanzu w’ababyeyi ari 975 Frw.

Iri tangazo rya MINEDUC rigakomeza rigira riti “Amashuri yisumbuye ashobora kongera ku mafaranga yavuzwe haruguru 7 000 Frw ariko bibanje kwemezwa n’Inama Rusange y’ababyeyi barerera muri iryo shuri.”

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko andi mafaranga yishyurwa na Leta binyuze muri Capitation Grant, yavuze ko kugira ngo ishuri rikore ibinyuranyije n’ariya mabwiriza, bigomba kubanza kwemezwa n’inama rusange y’ababyeyi barerera muri iryo shuri, ndetse n’ubuyobozi bw’Akarere riherereyemo kimwe n’iyi Minisiteri.

Aya mabwiriza atangajwe habura ibyumweru bibiri ngo umwaka w’amashuri wa 2025-2026 utangire, aho uzatangira tariki 08 Nzeri 2025.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 × 1 =

Previous Post

Abagabo babiri bafatanywe udufuka tubiri tw’urumogi babitanzeho ibisobanuro

Next Post

Eng.- FARDC and FDLR launch attacks in areas including Goma

Related Posts

How people stay financially stable

How people stay financially stable

by radiotv10
02/06/2026
0

Have you ever wondered how some people always seem financially comfortable? They rarely appear stressed about money, they handle unexpected...

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

by radiotv10
01/06/2026
0

Urukiko Ruhoraho Nkemurampaka rwatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda itazishyurwa miliyoni £50 (arenga miliyari 100 Frw) mu kirego yari yarezemo iy’u...

Rusizi: Uwarokotse Jenoside yahawe inzu n’abo basengana banamuremera butike

Rusizi: Uwarokotse Jenoside yahawe inzu n’abo basengana banamuremera butike

by radiotv10
01/06/2026
0

Nyuma yo kumara igihe aba mu nzu imeze nabi yanatumaga agira impungenge ku mutekano w’umuryango we, Ngonga Yves Maurice wo...

Eng.-Minister Nduhungirehe Attends Korea-Africa Foreign Ministers’ Meeting in Seoul to Address Global Challenges

Eng.-Minister Nduhungirehe Attends Korea-Africa Foreign Ministers’ Meeting in Seoul to Address Global Challenges

by radiotv10
01/06/2026
0

The Minister of Foreign Affairs and International Cooperation, Amb. Olivier Nduhungirehe, is currently in Seoul, South Korea, where he is...

Minisitiri Nduhungirehe ari muri Korea y’Epfo mu nama y’ubufatanye ku guhangana n’ibibazo byugarije Isi

Minisitiri Nduhungirehe ari muri Korea y’Epfo mu nama y’ubufatanye ku guhangana n’ibibazo byugarije Isi

by radiotv10
01/06/2026
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe ari i Seoul muri Korea y’Epfo, aho yitabiriye Inama y’ubufatanye bw’iki Gihugu n’Umugabane...

Next Post
Eng.- FARDC and FDLR launch attacks in areas including Goma

Eng.- FARDC and FDLR launch attacks in areas including Goma

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

How people stay financially stable

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.