Friday, December 26, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

APR izacakirana n’ikipe y’igihangange mu karere mu irushanwa ryo muri Tanzania

radiotv10by radiotv10
20/12/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
APR izacakirana n’ikipe y’igihangange mu karere mu irushanwa ryo muri Tanzania
Share on FacebookShare on Twitter

Tombola y’uko amakipe azahura mu gikombe cya Mapinduzi Cup, yasize ikipe y’Ingabo z’u Rwanda APR FC yatumiwe muri iri rushanwa, imenye itsinda iherereyemo ririmo ikipe ya Simba SC iri no kwitwara neza muri CAF Champions League.

Iyi tombola yabaye kuri uyu wa Kabiri, mu gihe iri rushanwa rizatangira tariki 28 Ukuboza 2023 rigasozwa ku ya 13 Mutarama 2023.

Ni irushanwa ryari risanzwe rihuza amakipe yo muri Tanzania na Zanzibar, ariko iry’uyu mwaka rikaba ryaratumiwemo amakipe ya mbere mu karere, ari na ho APR FC yaboneye umwanya wo kuzaryitabira.

Itsinda B, ari na ryo ririmo APR FC, rinarimo Jamhuri, Singida Big Stars na Simba SC iri mu makipe akomeye mu karere, dore ko ejo yanitwaye neza ubwo hakinwaga umukino wa 1/4 muri CAF Champions League igatsinda Wydad Athletic Club yo muri Morocco, ibifashijwemo na Onana wakiniye Rayon Sports yo mu Rwanda.

APR FC yitegura kwitabira iki gikombe, yaranamaze gusubukura imyitozo yo kwitegura iri gukorera ku kibuga cyayo i Shyorongi Aho APR FC.

Ubuyobozi bwa APR FC, nyuma yo kumenya amakipe ari mu itsinda rimwe n’iyi, bwahise buvuga ko iyi kipe yambariye kuzirwara neza muri iri rushanwa.

Mu butumwa bwanyujijwe kuri X, APR FC yagize iti “Mapinduzi Cup yaje, kandi twiteguye guhangana mu itsinda B hamwe na Simba SC, Singida BS, na Jamhuri SC.

 

ANDI MATSINDA

  • Itsinda A: Azam FC, Mlandege, Chipukizi FC, URA
  • Itsinda C: Yanga SC, Bandari FC, KVZ & Vital’O’

Jean Claude KANYIZO
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one × three =

Previous Post

Bwa mbere abagore muri RDF bagiye kwambara ‘ibirokoroko’: Mu bazamuwe harimo 7 b’igitsinagore

Next Post

BREAKING: RDF yungutse undi Mu-General Full usanzwe ari n’Umugaba Mukuru

Related Posts

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

by radiotv10
25/12/2025
0

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwatangaje ko bwasubitse inama y’Inteko Rusange yari iteganyijwe kuba ku wa Gatandatu tariki ya 27 Ukuboza...

Bidasubirwaho ubu Rayon ifite umutoza mushya mukuru: Menya amasezerano yasinye

Bidasubirwaho ubu Rayon ifite umutoza mushya mukuru: Menya amasezerano yasinye

by radiotv10
22/12/2025
0

Ubuyobozi bw'ikipe ya Rayon Sports bwemeje ku mugaragaro umutoza mushya, Bruno Ferry, ukomoka mu Bufaransa, nyuma yo gushyira umukono ku...

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

by radiotv10
19/12/2025
0

Rurangiranwa muri ruhago y’Isi, Cristiano Ronaldo, yagaragaje ifoto avuye mu bwotero (Sauna) yerekana uburyo yubatse umubiri mu buryo bwihariye. Ni...

Umutoza mushya wa Rayon akigera i Kigali atanze ubutumwa bunyura Abakunzi b’iyi kipe

Umutoza mushya wa Rayon akigera i Kigali atanze ubutumwa bunyura Abakunzi b’iyi kipe

by radiotv10
19/12/2025
0

Umufaransa Bruno Ferry wageze mu Rwanda aje gutangira akazi ko gutoza ikipe ya Rayon Sports, yavuze ko yifuza gukorana amateka...

Hagiye hanze amakuru y’umwuga rurangiranwa Cristiano Ronaldo ashobora kuzerekezamo nyuma ya ruhago

Hagiye hanze amakuru y’umwuga rurangiranwa Cristiano Ronaldo ashobora kuzerekezamo nyuma ya ruhago

by radiotv10
19/12/2025
0

Hari amakuru avuga ko ubwo Cristiano Ronaldo azaba arangije amasezerano ye muri Al Nassr muri 2027 ashobora guhindura ubuzima akajya...

IZIHERUKA

Ibyari isengesho muri Nigeria byahindutse amarira mu kanya nk’ako guhumbya
AMAHANGA

Ibyari isengesho muri Nigeria byahindutse amarira mu kanya nk’ako guhumbya

by radiotv10
25/12/2025
0

Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

25/12/2025
Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

25/12/2025
Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

25/12/2025
Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

25/12/2025
Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Why Celebrating Christmas Is a Big Thing All Over the World

24/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
BREAKING: RDF yungutse undi Mu-General Full usanzwe ari n’Umugaba Mukuru

BREAKING: RDF yungutse undi Mu-General Full usanzwe ari n’Umugaba Mukuru

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ibyari isengesho muri Nigeria byahindutse amarira mu kanya nk’ako guhumbya

Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.