Tuesday, November 25, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Busanza: Irimbi riri kuvugururwa nyuma y’ubuvugizi bwa Radio & TV10

radiotv10by radiotv10
16/06/2021
in MU RWANDA
0
Busanza: Irimbi riri kuvugururwa nyuma y’ubuvugizi bwa Radio & TV10
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’amezi abiri Radiotv10 ikoze inkuru y’abaturage basaba ubuvugizi ko irimbi ryabusanza ryasanwa bitewe n’uko ryari ryarangiritse kuburyo bukabije, aho imva zari zararangaye amasanduku agaragaramo abantu. Kuri ubu iryo rimbi riri gusanwa.

Mu mezi abiri ashize nibwo Radiotv10 yaherukaga gukora inkuru y’abaturage basaba  ko irrimbi ryo mu busanza , mu murenge wa Kanombe ho mu karere ka Kicukiro risanwa imva zimwe zarizasamye bamwe mu bahaturiye bishimira ko ryasanwe.

Mu nkuru yabanje aba baturage bagaragazaga akababaro baterwa no kwangirika kwa zimwe mu mva ziri muri iri rimbi bitewe no kutaryitaho. Uwitwa Nkurunziza Patrick uhaturiye yagize ati” Reba nawe ukuntu hameze ,aha ni ahantu haruhukiye abavandimwe bacu ababyeyi ndetse n’ishuti zacu, ntabwo hakwiye gufatwa gutya”

Ubuyobozi bw’umurenge wa kanombe bwari bwemereye TV10 ko iki kibazo kigiye gucyemuka. Kuri iyi nshuro ubwo umunyamakuru wa TV10 ubwo yahageraga yasanze abaturage bashima ko iki kibazo cyakemutse nyuma y’igihe bakivuga mu itangazamakuru.

Irimbi rya busanza urirebesheje ijisho rigaragara nk’irikuze dore ko abo twaganiriye bavuga ko ntamuntu ukirishyinguramo,icyakora iyo tubona ubuyobozi twarikubabaza ingamba bafite zizatuma ritongera kwangirika dore ko abaturage babashinjaga kutaryitaho mu buryo buhoraho.

Olivier TUYISENGE

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

three − 3 =

Previous Post

Urubyiruko ruhamya ko gahunda ya leta yo guhanga imirimo itarubuza guhangayika rushaka akazi

Next Post

Bandari FC ya Cassa Mbungo yatsinzwe na Ulinzi Stars, yuzuza umukino wa 6 itabona amanota 3

Related Posts

Dore ibyavugiwe mu rubanza rw’umwarimu uvugwaho kurya ibiraha by’abana b’abakobwa yarangiza akabasambanya

Dore ibyavugiwe mu rubanza rw’umwarimu uvugwaho kurya ibiraha by’abana b’abakobwa yarangiza akabasambanya

by radiotv10
25/11/2025
0

Umwarimu w’imyaka 50 wigisha muri Nyanza TSS waregwaga gusambanya abana b’abakobwa babiri bacuruza ibiraha, yanabanje no kubirya ubundi akaboshyoshya akabajyana...

Ibyo bakeka nyuma yo kubona umurambo wari umaze iminsi ibiri mu nzu itabamo abantu

Ibyo bakeka nyuma yo kubona umurambo wari umaze iminsi ibiri mu nzu itabamo abantu

by radiotv10
25/11/2025
0

Mu Murenge wa Rwabicuma mu Karere ka Nyanza, abaturage basanze umurambo w'umugabo mu nzu itabamo abantu, bigaragara ko wari umazemo...

Hadutse udusimba twatumye bamwe batangira kwikanga inzara

Hadutse udusimba twatumye bamwe batangira kwikanga inzara

by radiotv10
25/11/2025
0

Bamwe mu bahinzi bo mu Murenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro, batangiye kwikanga ko bashobora kugarizwa n’amapfa nyuma yuko...

Rwanda’s Visa-Free Leap: How Removing Barriers for All African Nationals Is Powering Trade and Economic Growth

Rwanda’s Visa-Free Leap: How Removing Barriers for All African Nationals Is Powering Trade and Economic Growth

by radiotv10
25/11/2025
0

In June 2025, Rwanda took a bold step by introducing visa-free travel for all African Union nationals, a landmark policy...

Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Umugabo wakekaga ko umwana umwe muri batandatu yabyaranye n’umugore we atari uwe bamusanze yapfuye

by radiotv10
24/11/2025
0

Umugabo w’imyaka 47 y’amavuko wo mu Murenge wa Murunda mu Karere ka Rutsiro, wari ufitanye amakimbirane n’umugore we amushinja kumuca...

IZIHERUKA

Icyo umunyabigwi muri ruhago y’u Rwanda Haruna avuga ku gutsindwa kw’amakipe akomeye arimo Rayon
FOOTBALL

Icyo umunyabigwi muri ruhago y’u Rwanda Haruna avuga ku gutsindwa kw’amakipe akomeye arimo Rayon

by radiotv10
25/11/2025
0

Imiterere mishya ya Michelle Madamu wa Obama wayoboye America yazamuye impaka z’urudaca

Imiterere mishya ya Michelle Madamu wa Obama wayoboye America yazamuye impaka z’urudaca

25/11/2025
Ubutumwa bw’umukinnyi w’Umunya-Senegal ukina i Burayi nyuma yo gukubita urushyi uwo bakinana

Ubutumwa bw’umukinnyi w’Umunya-Senegal ukina i Burayi nyuma yo gukubita urushyi uwo bakinana

25/11/2025
Mahama: Abana biga mu ishuri ry’impunzi bahaye Leta y’u Rwanda icyifuzo bamaranye igihe

Mahama: Abana biga mu ishuri ry’impunzi bahaye Leta y’u Rwanda icyifuzo bamaranye igihe

25/11/2025
Dore ibyavugiwe mu rubanza rw’umwarimu uvugwaho kurya ibiraha by’abana b’abakobwa yarangiza akabasambanya

Dore ibyavugiwe mu rubanza rw’umwarimu uvugwaho kurya ibiraha by’abana b’abakobwa yarangiza akabasambanya

25/11/2025
Ibyo bakeka nyuma yo kubona umurambo wari umaze iminsi ibiri mu nzu itabamo abantu

Ibyo bakeka nyuma yo kubona umurambo wari umaze iminsi ibiri mu nzu itabamo abantu

25/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Bandari FC ya Cassa Mbungo yatsinzwe na Ulinzi Stars, yuzuza umukino wa 6 itabona amanota 3

Bandari FC ya Cassa Mbungo yatsinzwe na Ulinzi Stars, yuzuza umukino wa 6 itabona amanota 3

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Icyo umunyabigwi muri ruhago y’u Rwanda Haruna avuga ku gutsindwa kw’amakipe akomeye arimo Rayon

Imiterere mishya ya Michelle Madamu wa Obama wayoboye America yazamuye impaka z’urudaca

Ubutumwa bw’umukinnyi w’Umunya-Senegal ukina i Burayi nyuma yo gukubita urushyi uwo bakinana

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.