Abanyamakuru b’ibitangazamakuru bitandukanye bagiye gutara amakuru y’imyigaragambyo yabereye mu mujyi wa Goma, basanze amazi atari ya yandi, polisi irasa amasasu mu kirere n’ibyuka biryana mu maso, bakizwa n’amaguru, bamwe muri...
Read moreImpanuka y’indege yo mu bwoko bwa kajugujugu yasandariye hafi y’irerero ry’abana muri Kyiv mu murwa mukuru wa Ukraine, yahitanye abantu 16 barimo abayobozi mu nzego nkuru, nka Minisitiri w’Umutekano wari...
Read moreAbanyekongo bo mu mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bongeye kwirara mu mihanda bamagana ingabo ziri mu butumwa bw’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba, bazisaba kugaba ibitero kuri M23...
Read moreClare Akamanzi yamubajije icyabuze ngo akemure ibibazo bimaze igihe; Kuki adashaka gukorana n'abafite ubushake bwatanga umusaruro. Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi ubwo yari mu kiganiro i...
Read moreIkipe ya Golden State Warriors yegukanye shampiyona ikomeye ku Isi mu mukino wa Basketball (NBA) yakiriwe mu Biro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, aho umukinnyi Stephen Curry...
Read moreMadamu wa Perezida Ndayishimiye Evariste w'u Burundi, Angeline Ndayishimiye yagaragaje ko yishimiye guhura na Madamu wa Sylvestre Ntibantunganya na we wabaye Perezida w’u Burundi. Angeline Ndayishimiye Ndayubaha yabitangaje kuri uyu...
Read moreMONUSCO yasezeranyije ko izishingira ubuvuzi bw’abakomerekejwe na bombe yaturikanye abakirisitu bari bagiye gusenga mu rusengero rwo muri Komini ya Kasindi muri Teritwari ya Beni, bagaturikanwa n’igisasu, bamwe bavuga ko babanje...
Read moreUmuryango urengera ingagi wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, watangaje ko kohereza umutwe wa M23 muri Sabyinyo bizabangamira ingagi zo muri Pariki y’Igihugu ya Virunga. Byatangajwe n’itangazo ry’itabaza ryatanzwe...
Read moreAmbasaderi wa Uganda muri Kenya, Dr Hassan Waswa Ggaliwango yapfiriye i Nairobi aho yari yajyanywe mu bitaro igitaraganya kubera uburwayi. Umwe mu bo mu muryango wa nyakwigendera Dr Hassan Waswa...
Read moreUmutwe wa M23 wungutse abarwanyi babiri mu cyiciro cy’Abajenerali nyuma yo kubazamura mu ntera ibakuye ku ipeti rya Colonel ikabaha irya Brigadier General. Abazamuwe ku ipeti rya Brigadier General, ni...
Read more