Mu gihe muri Maroc habarwa abantu 2 900 bishwe n’umutingito, ubuyobozi muri Libya na bwo bwatangaje abantu barenga ibihumbi bibiri...
Read moreByari bimaze iminsi binugwanugwa ko Perezida wa Korea ya Ruguru, Kim Jong-un ategerejwe mu Burusiya, guhura na mugenzi we Vladimir...
Read moreMuri Montenegro, hari kuba irushanwa ridasanzwe ryo gushaka umuntu w’umunebwe kurusha abandi, aho abaryitabiriye, bari kuryama ntacyo bakora, ngo bagaragaze...
Read moreAmafoto y’abakuru b’Ibihugu bikomeye ku Isi byo mu muryango wa G20 w’ibikize kurusha ibindi, bari mu muhanda batambaye inkweto, akomeje...
Read moreUruhinja rwatangiriye ubuzima mu kangaratete rwavutse mbere gato y’uko muri Maroc haba umutingito, aho inzu y’ababyeyi barwo yangiritse bikabije badahari,...
Read morePerezida wa Madagascar, Andry Rajoelina umaze ukwezi kumwe agiriye uruzinduko mu Rwanda, yeguye nyuma y’iminsi ine atangaje ko azahatana mu matora y’Umukuru...
Read moreAbantu bataramenyekana babarirwa muri 40, biraye mu mirima ituburirwamo imbuto y’ibirayi barabirandura, bashyira mu mifuka barabitwara. Iyo mirima iherereye mu...
Read morePerezida Paul Kagame yihanganishije abaturage ba Maroc bibasiwe n’umutingito, wahitanye benshi abandi barakomereka. Perezida Kagame yihanganishije Maroc ku bw’ibyago by’umutingito...
Read moreAbanya-Cuba 17 batawe muri yombi bakurikiranyweho gucuruza urubyiruko rw’Abanya-Cuba, rwoherezwaga kurwanira u Burusiya mu ntambara ihanganishije iki Gihugu na Ukraine....
Read moreRadio10 Studio:
Phone: +2501234567
Email: onair@radiotv10.rw
Tv10 Studio:
Phone: +2501234567
Email: onset@radiotv10.rw
Marketing & Sales:
Phone: +2501234567
Email: onlinemarketing@radiotv10.rw
Editorial & Press:
Phone: +2501234567
Email: press@radiotv10.rw
Management:
Phone: +2501234567
Email: admin@radiotv10.rw