Umukecuru w’imyaka 95 y’amavuko, wo muri Nigeria, yavuze ko arinze agira iyi myaka atarashaka umugabo kuko se umubyara yamubujije agendeye...
Read moreDetailsIbihumbi by’abaturage mu mujyi wa Derna muri Libya, ahaherutse kuba ibiza byahitanye abarenga ibihumbi 20, bakoze imyigaragambyo, bamagana Leta bayishinja...
Read moreDetailsUmunara ukomeye wa kompanyi ikora ibituruka kuri Peteroli yo mu mujyi wa Khartoum muri Sudani, wadukiriwe n’inkongi y’umuriro ifite imbaraga...
Read moreDetailsAmakuru yacicikanaga avuga ko Perezida Denis Sassou-N’Guesso wa Repubulika ya Congo (Congo-Brazzaville), yahiritswe ku butegetsi n’Igisirikare, yamaganiwe kure na Guverinoma...
Read moreDetailsMinisiteri y’Itumanaho, Ikoranabuhanga n’Itangazamakuru mu Burundi yanyomoje amakuru yavugwaga ko hari ubwoba bw’uko hashobora kuba coup d’état. Amakuru yatangiye kuvugwa nyuma y’aho...
Read moreDetailsMuri Libya Abakora mu nzego z’ubutabazi bakomeje ibikorwa byo gushakisha abantu barenga ibihumbi 20 baburiwe irengero mu mujyi wa Derna. Ibiro...
Read moreDetailsIshami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima OMS, ryatanze intabaza ko ubuzima bw’abarokotse ibiza byibasiye Libya bigahitana abantu 11 000, buri...
Read moreDetailsUmunyapolitiki Jean-Marc Kabund wigeze kuba Perezida w’ Ishyaka rya Perezida Félix Tshisekedi, wari wanatangaje ko bazahangana mu matora, washinjwaga ibyaha birimo...
Read moreDetailsMu ruzinduko rw’amateka Perezida wa Korea ya Ruguru, Kim Jong Un yagiriye mu Burusiya, akakirwa na Putin, bombi bagaragarizanyije ubucuti...
Read moreDetails