Abakoresha ikiraro cya Mwogo gihuza Uturere twa Nyanza, Ruhango na Nyamagabe mu ntara y’Amajyepfo, bavuga ko kijya kirengerwa n’amazi bigatuma...
Read moreDetailsAbaturage batujwe hafi y’igororero rya Huye, mu Karere ka Huye, n’abakunze kurinyuraho, bavuga ko haba umunuko ukabije uterwa w’umwanda uvanwa...
Read moreDetailsMu rwego rwo kubahiriza amabwiriza y’ubucuruzi bw’inyama mu Rwanda, amabagiro agera muri 80 yarafunzwe nyuma y’ubugenzuzi bwakozwe bukagaragaza ko atujuje...
Read moreDetailsUmuryango Mpuzamahanga Ushinzwe Ikoranabuhanga, uvuga ko u Rwanda rumaze gutera intambwe mu gufasha abaturage kuba babasha kubona serivisi bakoresheje ikoranabuhanga...
Read moreDetailsBamwe mu baturage bo mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Rutsiro, baravuga ko batangiye gucika intege muri gahunda y’ubwizigamire...
Read moreDetailsBamwe mu bari n'abategarugori bakunze gukora ingendo zinyura muri Gare ya Ngoma mu Karere Ngoma, bishimira icyumba cy'umukobwa cyashyizwe muri...
Read moreDetailsBamwe mu baturage bo mu Murenge wa Nyarubuye mu Karere ka Kirehe, bavuga hashize umwaka bahagaritswe kubaka kasho ya Nyarubuye...
Read moreDetailsI Ntunga mu Karere ka Rwamagana ahasanzwe hacukurwa amabuye y'agaciro yo mu bwoko bwa Gasegereti, hagaragaye iryo mu bwoko bwa...
Read moreDetailsBamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu bavuga ko batibuka igihe baherukira kurya ibirayi mu gihe byari ibiryo by'ibanze...
Read moreDetails