Sunday, February 23, 2025
\n
\"\"
Minisitiri w'Intebe kuri uyu wa Mbere mu Ngoro y'Inteko Ishinga Amategeko<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n

RADIOTV10<\/strong><\/p>\n","post_title":"Menya iby\u2019ingenzi bizagerwaho n\u2019u Rwanda mu cyerekezo 2035","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"menya-ibyingenzi-bizagerwaho-nu-rwanda-mu-cyerekezo-2035","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-09 16:43:37","post_modified_gmt":"2024-09-09 14:43:37","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48813","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48398,"post_author":"1","post_date":"2024-09-04 05:53:32","post_date_gmt":"2024-09-04 03:53:32","post_content":"Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Edouard Ngirente yavuze ko Ibihugu byose bigomba gushyira imbaraga mu iterambere ry\u2019ubuhinzi, kuko iyo butitaweho buteza ibibazo bidindiza iterambere ry\u2019izindi nzego zigize ubukungu bw\u2019Igihugu.<\/em>\r\n\r\nDr Ngirente yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Nzeri 2024, ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama Mpuzamahanga yiga kuri politike ziteza imbere ubuhinzi iteraniye i Kigali.\r\n\r\nInzego zishinzwe ubuhinzi zigaragaza ko Umugabane wa Afurika wihariye 60% y\u2019ubutaka buhingwa, ariko 20% by\u2019abawutuye ntibabasha kubona ibyo kurya bihagije. Ibi kandi bituma 32% y\u2019abana bari munsi y\u2019imyaka itanu muri Afurika, bagaragarwaho ikibazo cy\u2019igwingira.\r\n\r\nIgikomeye kuruta ibindi ni uko Leta z\u2019Ibihugu bya Afurika zidashora imari ifatika mu buhinzi, dore ko bishoramo 4,6% by\u2019ingengo y\u2019imari, mu gihe amasezerano y\u2019i Malabo yo muri 2014 asaba Ibihugu gushora mu buhinzi 10% by\u2019ingengo y\u2019imari.\r\n\r\nUmuyobozi w\u2019Inama y\u2019Ubutegetsi y\u2019Ihuriro Mpuzamahanga ryita ku Iterambere ry\u2019Ubuhinzi muri Afurika (AGRA), Hailemariam Desalegn avuga ko igisubizo kigomba gushakirwa kuri iyo ngingo.\r\n\r\nYagize ati \u201cUbuhinzi muri Afurika ntibuhabwa agaciro n\u2019ubwitange mu buryo bwa politike bigomba uwo mwuga. Umbajije impamvu mvuze ntyo; nakubwira ngo reba amafarnga mushora mu buhinzi. Icyo kirahagije, twe twerekanye neza ko politiki nziza, gushyigikirwa no kwitabwaho; abahinzi bacu bashobora kwikura mu bukene.\u201d<\/em>\r\n\r\nMinisitiri w\u2019intebe w\u2019u Rwanda, Dr Edouard Ngirente avuga ko kwirengagiza ubuhinzi bishobora kugira ingaruka no ku bindi bikorwa binini by\u2019Igihugu.\r\n\r\nAti \u201cIyo Igihugu kitihagije ku biribwa; gishora amafaranga menshi mu gushakira abaturage ibiribwa, ibyo bituma amafaranga yari agenewe gushyirwa mu nzego zikomeye nk\u2019ubuhinzi, uburezi, ibikorwa remezo n\u2019ubuzima ataboneka.\u201d<\/em>\r\n\r\nMinisitiri Ngirente avuga ko Ibihugu bigomba gushora imari mu buhinzi burambye, bikongerera agaciro umusaruro ubuvamo, ndetse bikanagabanya umusaruro wangirika.\r\n\r\nAti \u201cKugira ngo tubigereho mu Rwanda, twashyize imbaraga mu gukoresha ikoranabuhanga mu buhinzi. Guverinoma kandi iri kwagura ubwishingizi no kubona inguzanyo zihendutse kugira ngo abahinzi babashe gushora imari muri uyu mwuga banahangane n\u2019imihindagurikire y\u2019ikirere. Ibyo tubihuje na politike zo guteza imbere ibikorwaremezo mu cyaro; bituma uru rwego rutanga umusaruro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nAbahanga bagaragaza ko buri mwaka Abanyafurika bakenera ibiribwa bingana na toni miliyari 1.3, kugeza ubu 85% y\u2019ibyo biribwa biboneka imbere muri Afururika, naho 15% bigatumiza hanze ya Afurika.\r\n\r\nKubera ikibazo cy\u2019ibiribwa Abanyafurika bafite, 95% y\u2019ibyo bahinga ntibirenga uyu Mugabane, naho 5% y\u2019umusaruro babona ni wo bagurisha ku yindi Migabane.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_48400\" align=\"alignnone\" width=\"2048\"]\"\" Iyi nama yitabiriwe n'impuguke ziturutse mu Bihugu binyuranye[\/caption]\r\n\r\n\"\"\r\n\r\n[caption id=\"attachment_48401\" align=\"alignnone\" width=\"1567\"]\"\" Hagaragajwe imishinga yazamura ubuhinzi[\/caption]\r\n\r\nDavid NZABONIMPA\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Minisitiri Dr Ngirente yagaragaje uko ubuhinzi bufatiye runini izindi nzego ziteza imbere Ibihugu","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"minisitiri-dr-ngirenye-yagaragaje-uko-ubuhinzi-bufatiye-runini-izindi-nzego-ziteza-imbere-ibihugu","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-05 11:08:13","post_modified_gmt":"2024-09-05 09:08:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48398","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48146,"post_author":"1","post_date":"2024-09-02 13:18:13","post_date_gmt":"2024-09-02 11:18:13","post_content":"Banki Nkuru y\u2019u Rwanda iratangaza ko inote nshya y\u2019ibihumbi bitanu (5 000 Frw) n\u2019iy\u2019ibihumbi bibiri (2 000 Frw) ziherutse gushyirwa hanze, zitazasimbura izisanzweho, ahubwo ko zose zizakomeza gukoreshwa.<\/em>\r\n\r\nIzi note nshya ziteganywa n\u2019Igazeti ya Leta idasanzwe yashyizwe hanze ku wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024 y\u2019Iteka rya Perezida N\u00b0 073\/01 ryo ku wa 29\/08\/2024 rishyiraho inoti nshya ya Frw 5 000 n\u2019iya Frw 2 000.\r\n\r\nIngingo ya kabiri y\u2019iri Teka rya Perezida, igira iti \u201cInoti nshya ya FRW 5.000 n\u2019iya FRW 2.000 zikoreshwa hamwe n\u2019inoti zisanzweho, iya FRW 500, iya FRW 1.000, iya FRW 2.000 n\u2019iya FRW 5.000, kandi zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe hari bamwe bakekaga ko izi note nshya zigiye gusimbura izari zisanzweho, banibaza uko bizagenda ku zo abantu bari bafite, aho bamwe bakekaga ko zigiye guta agaciro.\r\n\r\nBanki Nkuru y\u2019u Rwanda yatanze umucyo kuri izi mpungenge, ivuga ko \u201cInoti nshya ya Frw 5000 n\u2019iya Frw 2000 zizakoreshwa hamwe n\u2019izindi noti zari zisanzwe zikoreshwa kandi zose zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nHabumugisha Denis ushinzwe ikoreshwa ry'ifaranga no kwishyurana muri Banki Nkuru y'u Rwanda, BNR, yagize ati \u201cInote za bibiri n\u2019inote za bitanu zisanzwe zikoreshwa, zizakomeza zikoreshwe mu buzima bwacu bwa buri munsi, zose zizakoreshwa mu gihe kimwe.\u201d<\/em>\r\n\r\nHabumugisha yatangaje ko izi note nshya zizatangira gukoreshwa kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Nzeri 2024, aho zizatangira gushyirwa muri Banki z\u2019ubucuruzi mu Rwanda, kugira ngo zizagere ku baturage.\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"Hatanzwe umucyo ku rujijo rwari ruhari ku mikoreshere y\u2019inote nshya n\u2019igihe zizatangira gukoreshwa","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"hatanzwe-umucyo-ku-rujijo-rwari-ruhari-ku-mikoreshere-yinote-nshya-nigihe-zizatangira-gukoreshwa","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-02 13:18:13","post_modified_gmt":"2024-09-02 11:18:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48146","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48099,"post_author":"1","post_date":"2024-09-02 06:06:11","post_date_gmt":"2024-09-02 04:06:11","post_content":"MTN Rwanda is thrilled to announce the launch of its latest promotional campaign \u201cRecharge and Win!\u201d aimed at keeping its loyal customers connected and rewarding them with an array of incredible prizes. To participate, MTN Rwanda customers need only to buy a voice pack or an internet bundle as they normally do and stand a chance to win. \u00a0The more packs and bundles they buy, the higher their chances of winning big!<\/em>\r\n\r\nThe promotion offers cash rewards ranging from Rwf 10,000 to a grand prize of Rwf 5,000,000 which will be awarded to two lucky winners. Additionally, participants stand a chance to win non-monetary prizes such as helicopter rides in partnership with Akagera Aviation, motorcycles, bicycles, solar kits, smartphones and telco prizes like voice and data bundles. This promotion portrays MTN Rwanda's commitment to empowering its customers to stay connected to their friends and families.\r\n\r\nFor customers to be eligible, all they need to do, is to increase their spend by buying more data bundles, voice packs or airtime. Participation is simple, as customers just need to increase their spending on data bundles, voice packs, or airtime. There\u2019s no need to opt-in; every purchase will automatically enter you into the promotion. The more you reload, the higher your chances of winning, with winners selected via a random draw.\r\n\r\nThis promotion is open to customers across all regions, ensuring that no matter where you are in Rwanda\u2014whether in Kigali, or any other region \u2014your chance to win is just a reload away.\r\n\r\n\u201cAt MTN Rwanda, our customers are at the heart of everything we do. We are deeply committed to keeping them connected to their loved ones and this campaign is one of the many ways we\u2019re empowering through connectivity and enhancing their digital experience. We encourage all our customers to continue recharging and take advantage of our MTN voice packs and data bundles, allowing them to stay connected with family and friends,\u201d<\/em> said Acting Chief Consumer and Digital Officer Rosine Dusabe.<\/em>\r\n\r\n\u00a0\u201cWe also have something special for our agents, as they play a crucial role in ensuring our customers can access our products and services. We want to empower and appreciate them for being the bridge between us and our customers. We prioritize our customers' needs and strive to ensure they always feel valued and appreciated,\u201d <\/em>Dusabe added.\r\n\r\nMTN Rwanda is offering attractive incentives to its agents, with an exciting weekly rewards program. Agents will be categorized based on their respective provinces, and winners will be selected each week. Those who excel by achieving or exceeding the daily bundle\/pack or airtime sales of 3,000 RWF, will stand a chance to win impressive prizes, including motorcycles and 100,000 RWF weekly to 10 agents.\r\n\r\nMTN Rwanda remains committed to providing a modern, connected life to its customers and agents. This promotion is designed to empower all MTN Rwanda customers and agents, enhancing their experience and ensuring seamless connectivity.\r\n\r\n\"\"","post_title":"Fly high with MTN\u2019s \u201cRecharge and Win!\u201d promo and stand a chance to win prizes worth over RWF 200,000,000","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"fly-high-with-mtns-recharge-and-win-promo-and-stand-a-chance-to-win-prizes-worth-over-rwf-200000000","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-02 06:06:11","post_modified_gmt":"2024-09-02 04:06:11","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48099","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47909,"post_author":"1","post_date":"2024-08-30 14:02:26","post_date_gmt":"2024-08-30 12:02:26","post_content":"Hatangajwe inote nshya z\u2019ibihumbi bitanu (5 000 Frw) n\u2019iy\u2019ibihumbi bibiri (2 000 Frw) mu mafaranga y\u2019u Rwanda, zirimo izaba ifitemo ibiyiranga birimo inyubako ya Kigali Convention Center.<\/em>\r\n\r\nIzi note zashyizwe hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024, nk\u2019uko bigaragazwa n\u2019Igazeti ya Leta idasanzwe yashyizwe hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024 y\u2019Iteka rya Perezida N\u00b0 073\/01 ryo ku wa 29\/08\/2024 rishyiraho inoti nshya ya Frw 5 000 n\u2019iya Frw 2 000.\r\n\r\nIngingo ya kabiri y\u2019iri Teka rya Perezida, igira iti \u201cInoti nshya ya FRW 5.000 n\u2019iya FRW 2.000 zikoreshwa hamwe n\u2019inoti zisanzweho, iya FRW 500, iya FRW 1.000, iya FRW 2.000 n\u2019iya FRW 5.000, kandi zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nUmugereka w\u2019iri Teka ugaragaza ibizajya bigaragaza izi note, aho nk\u2019inote ya bitanu (5 000 Frw), izajya igaragazwa n\u2019ibimenyetso binyuranye ibirimo kuba ifite ibara ryiganjemo ibihogo bijya gusa n\u2019ibara rya roza.\r\n\r\nNanone kandi iyi note izaba irangwa n'igishushanyo cy'ishusho y\u2019inyubako ya Kigali Convention Center iherereye mu Mujyi wa Kigali, yabaye ikimenyabose ku Mugabane wa Afurika kubera imiterere yayo yihariye, ikaba iri mu nyubako za mbere kuri uyu Mugabane zatwaye amafaranga menshi kurusha izindi.\r\n\r\nNi mu gihe inote ya bibiri (2 000 Frw) yo izajya irangwa no kuba ifite ibara ryiganjemo ni umweru ucyeye ndetse n'igishushanyo kigaragara cy\u2019imisozi y\u2019Ikiyaga cya Kivu,\u00a0na byo biri mu biranga Igihugu cy\u2019u Rwanda gisanzwe kizwi nk\u2019Igihugu cy\u2019imisozi igihumbi.\r\n\r\nInote y\u2019Ibihumbi bitanu isanzwe ikoreshwa mu mafaranya y\u2019u Rwanda, iri mu bwoko bubiri, bwombi buhuriye ku kuba zifite ibara ry\u2019iroza, zikaba kandi zombi ziriho ishuro y\u2019Ingagi iri muri Pariki y\u2019Igihugu y\u2019Ibirunga ndetse n\u2019uruziga rw\u2019umweru rubengeranamo utuzu dutatu dufatanye ndetse n\u2019ikirangantego cya repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019inyubako ya BNR.\r\n\r\nUbu bwoko buri bw\u2019Inote ya Bitanu (5 000 Frw), burimo iyakozwe muri 2004 mu gihe indi yakozwe mu mwaka wa 2014.\r\n\r\nInote y\u2019ibihumbi bibiri na yo iri mu bwoko bubiri, buhuriye ku kuba zose ziri mu ibara rya move itijimye, aho ku ruhande rumwe hariho umunara w\u2019itumanaho n\u2019uwa Televiziyo, ndetse n\u2019ikirangantego cya Repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019ikirango cya BNR.\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"Ibyo wamenya ku miterere y\u2019inoti nshya zashyizwe hanze n\u2019u Rwanda","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"ibyo-wamenya-ku-miterere-yinoti-nshya-zashyizwe-hanze-nu-rwanda","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-30 14:07:03","post_modified_gmt":"2024-08-30 12:07:03","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47909","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47569,"post_author":"1","post_date":"2024-08-24 05:03:45","post_date_gmt":"2024-08-24 03:03:45","post_content":"Bamwe mu baturage barasaba ko amabanki yagabanya inyungu ku nguzanyo, kuko ikiri hejuru bituma bamwe batinya kwaka inguzanyo, ndetse n\u2019abazatse bamwe bakagwa mu bihombo bituma imitungo yabo itezwa cyamunara, mu gihe Banki Nkuru y\u2019u Rwanda ivuga ko hari ibiri gukorwa bizatuma inyungu igabanuka.<\/em>\r\n\r\nImibare igaragaza ko impuzandengo y\u2019inyungu amabanki yaka ku nguzanyo, ari 15.81%. Uyu mubare ugaragazwa n\u2019abaturage ko akiri hejuru kuko ubagusha mu gihombo.\r\n\r\nUmwe mu batse inguzanyo akananirwa kuyishyura kubera inyungu iri hejuru, yabwiye RADIOTV10 ko byatumye agwa mu uhurizo rikomeye.\r\n\r\nYagize ati \u201cKubera inyungu ku nguzanyo y\u2019umurengera byatumye nanirwa kwishyura icyakora nza gufata n\u2019andi mafaranga nari nizigamiye ku ruhande mbona ndishyuye. Twifuza ko amabanki yagabanya inyungu ku nguzanyo.\u201d<\/em>\r\n\r\nUmuyobozi wa Banki ya Kigali, Diane Karusisi avuga ko mu gushyiraho igipimo cy\u2019inyungu ku nguzanyo, hari byinshi biba byagendeweho kugira ngo na Banki itisanga mu bihombo.\r\n\r\nAti \u201cIyo dushyiraho ibiciro tureba ku bintu byinshi, tureba ku kiguzi cy\u2019amafaranga aho tuyakura n\u2019ibyo tuyakoresha byose turabireba tukabona gushyiraho igiciro.\u201d<\/em>\r\n\r\nKarusisi avuga ko inyungu ku nguzanyo iyi Banki yaka abaturage iri hasi ugereranyije n\u2019uko bihagaze mu bindi Bihugu byo muri Afurika y\u2019Iburasirazuba.\r\n\r\nImpuguke mu bukungu, Ruziga Emmanuel Masantura agaragaza ko amabanki yagakwiye gufungura ihiganwa mu bucuruzi kugira ngo abaturage bafate inguzanyo mu buryo buborohereye.\r\n\r\nAti \u201cIkiguzi cy\u2019inguzanyo uyu munsi mu Rwanda wavuga ko kiri hejuru ugereranyije n\u2019ubushobozi bw\u2019Abanyarwanda n\u2019inyungu iva mu gushora imari iyo bigurije aya mafaranga. Byaba byiza habaye gufunguka kw\u2019ihatana ry\u2019amabanki ku isoko kugira ngo amabanki areshye abaturage bitewe no kumanura ibiciro ku nguzanyo.\u201d<\/em>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwagomba atanga icyizere ko mu bihe biri imbere inyungu ku nguzanyo zitangwa n\u2019amabanki zizagenda zimanuka bitewe no kunoza imikorere.\r\n\r\nAti \u201cAbantu imyenda barayifata bigakomeza bizamuka, ntabwo abananirwa kwishyura imyenda bari hejuru, nta bintu tubona bidasanzwe bitera ibibazo mu gufata amafaranga kubera yuko inyungu ziri hejuru, uko ubukungu bugenda butera imbere ni uko umubare w\u2019amafaranga ugenda uboneka, uko abantu bagenda banoza imikorere yabo, ni nako inyungu zizagenda zigabanuka.\u201d<\/em>\r\n\r\nNubwo Banki Nkuru y\u2019u Rwanda igaragaza ko abaturage bafata imyenda bakomeza kuzamuka ndetse n\u2019abagira ubushobozi bwo kuyishyura neza bari hejuru ya 90%, kugeza ubu imibare igaragaza ko abaturage baka inguzanyo zikabananira kwishyura bangana na 5%.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_47571\" align=\"alignnone\" width=\"1024\"]\"\" Guverineri wa Banki Nkuru y'u Rwanda, John Rwangombwa yatanze icyizere[\/caption]\r\n\r\nNTAMBARA Garleon\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Icyizere kirahari ku kibazo gituma abaka inguzanyo Banki bahomba bamwe bagaterezwa cyamunara","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"icyizere-kirahari-ku-kibazo-gituma-abaka-inguzanyo-banki-bahomba-bamwe-bagaterezwa-cyamunara","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-24 05:03:46","post_modified_gmt":"2024-08-24 03:03:46","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47569","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"1","filter":"raw"},{"ID":47419,"post_author":"1","post_date":"2024-08-22 06:14:01","post_date_gmt":"2024-08-22 04:14:01","post_content":"Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Gisagara bahinga mu gishanga cya Duwane, bavuga ko bategetswe n\u2019ubuyobozi guhinga urusenda none rwararumbye, bakaba bari no kwishyuzwa amafaranga na rwiyemezamirimo wabahaye ingemwe, bavuga ko byakozwe ku kagambane ke n\u2019ubuyobozi.<\/em>\r\n\r\nAba baturage bavuga ko guhinga iki gihingwa, babitegetswe n\u2019Ubuyobozi bw\u2019Umurenge wabo, kandi batabanje kubijyaho inama nk\u2019abanyamuryango ba Koperative.\r\n\r\nUmwe ati \u201cTwagiye kubona tubona Agoronome w\u2019Umurenge araje aratubwira ngo tugomba guhinga urusenda kandi mbere twahingagamo ibigori ndetse n\u2019indi myaka. Babidutegetse batarabanje kutugisha inama nk\u2019abanyamuryango ba koperative none rwararumbye twakoreye mu gihombo.\u201d<\/em>\r\n\r\nAba baturage bavuga, igitekerezo cy\u2019ubu buhinzi cyaganiriweho n\u2019ubuyobozi ndetse na rwiyemezamirimo wabahaye imbuto, ariko hakirengagizwa uruhande rwabo.\r\n\r\nUndi ati \u201cAgoronome w\u2019Umurenge yagambanye na rwiyemezamirimo\u00a0 badutegeka guhinga urusenda tutarabivuganye, none ubu ntacyo twasaruyemo.\u201d<\/em>\r\n\r\nBavuga ko ikibabaje ari uko rwiyemezamirimo wabahaye ifumbire n\u2019ingemwe, ari kubishyuza miliyoni 3 Frw, kandi uyu mushinga batarawugizemo uruhare ndetse baranahombye.\r\n\r\nUndi ati \u201cUbu imyaka yagombaga kweramo ntiyezemo, twarahombye none bari no kuduca amafaranga, ubu se babona twayakura he?\u201d<\/em>\r\n\r\nUmunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Kibilizi, Giraneza Clisante avuga ko iki kibazo akizi, ariko ko hari kurebwa uko cyakemuka habayeho ubwumvikane bw\u2019aba bahinzi na rwiyemezamirimo wari inyuma y\u2019uyu mushinga.\r\n\r\nIkibazo cy'aba bahinzi cyumvikanye nyuma y'ibindi bimaze iminsi bivugwa n'abahinga umuceri, bo babonye umusaruro mwiza uhagije, ariko bakabura isoko.\r\n\r\nIki kibazo cyanagarutsweho na Perezida Paul Kagame, ubu cyatangiye gushakirwa umuti, aho umusaruro w'aba bahinzi watangiye kugurwa, bihereye ku bo mu Kibaya cya Bugarama mu Karere ka Rusizi, RADIOTV10 yari iherutse gutangazaho inkuru, ari na bo banagarutsweho n'Umukuru w'Igihugu.\r\n\r\nINKURU MU MASHUSHO<\/strong>\r\n\r\nhttps:\/\/www.youtube.com\/watch?v=JRJfAMJZQEs\r\n\r\nPrince Theogene NZABIHIMANA\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Abandi bahinzi bagaragaje ikindi kibazo cyo gitandukanye n\u2019icyagarutsweho na Perezida Kagame","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"abandi-bahinzi-bagaragaje-ikindi-kibazo-cyo-gitandukanye-nicyagarutsweho-na-perezida-kagame","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-22 06:14:31","post_modified_gmt":"2024-08-22 04:14:31","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47419","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47455,"post_author":"1","post_date":"2024-08-21 11:48:33","post_date_gmt":"2024-08-21 09:48:33","post_content":"Banki Nkuru y\u2019u Rwanda yagabanyije urwunguko rwayo, irukura kuri 7% irushyira kuri 6,5%, igaragaza ko ibi byatewe no kuba umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko uhagaze neza kandi hari n\u2019icyizere ko ari ko bizakomeza kugenda mu myaka ibiri iri imbere.<\/em>\r\n\r\nByatangajwe kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Kanama 2024 ubwo hagaragazwaga Raporo z\u2019Akanama gashinzwe Politiki y\u2019Ifaranga ndetse n\u2019iy\u2019Akanama gashinzwe kutajegajega k\u2019urwego rw\u2019Imari muri Banki Nkuru y\u2019u Rwanda.\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwangombwa yavuze ko ubukungu bw\u2019Isi buri kugerageza gutera imbere ugereranyije n\u2019uko byari bimeze mu bihe bya Covid, ariko ko Ibihugu bisanzwe bifite ubukungu bwo hejuru bitaragera ku gipimo cyo hejuru.\r\n\r\nAti \u201cIbihugu bifite ubukungu bunini nka America n\u2019u Burayi ntabwo birashobora kuzahura ubukungu bwabo neza, ariko icyiza ni uko nta Gihugu na kimwe kiri mu kuzagira ubukungu busubira hasi. Ubukungu bwose buratera imbere ariko mu buryo buciriritse.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe ahubwo muri Afurika ubukungu buri kuzamuka ku kigero gishimishije kurusha ku rwego rw\u2019Isi, kuko uyu mwaka byitezwe ko buzazamukaho 3,7% bivuye kuri 3,4% byariho umwaka ushize, ndetse uyu muvuduko ukazakomeza kuri 4,1% umwaka utaha.\r\n\r\nUmuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro, ku rwego mpuzamahanga na wo waragabanutse, kuko muri 2022 wari warenze 8%, umwaka ushize wa 2023, bigera kuri 6,7%, uyu mwaka bikazagabanuka bikagera kuri 5,9% mu gihe umwaka utaha bizagera kuri 4,4%.\r\n\r\nJohn Rwangombwa avuga ko iyi mibare y\u2019igabanuka ry\u2019umuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro, izanagira uruhare ku igabanuka ry\u2019ibiciro by\u2019imbere mu Gihugu. Ati \u201cIbyo dukura hanze biragenda bigabanuka, biza no kugaragara no ku muvuduko wo ku masoko yacu.\u201d<\/em>\r\n\r\n \r\n\r\nMu Rwanda bihagaze bite?<\/strong>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwangombwa avuga ko ubukungu bw\u2019u Rwanda bukomeza gutera imbere neza, ndetse ko biherutse no kugaragazwa n\u2019Ikigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Ibarurishamibare cyagaragaje ko mu gihembwe cya mbere cy\u2019uyu mwaka, ubukungu bwari buhagaze ku 9,7%.\r\n\r\nAti \u201cIyo turebye no mu gihembwe cya kabiri na bwo birakomeza gutera imbere neza, imibare dukurikirana iragaragaza ko yateye imbere 17,9%. Ntabwo ari bwo bukungu nyirizina, ibyo bizatangazwa n\u2019Ikigo cy\u2019Ibarurishamirabe muri uku kwezi gutaha, ariko twebwe ibyo tubona nk\u2019uko bigaragara, ni uko mu gihembwe cya kabiri cy\u2019uyu mwaka, ubukungu bwateye imbere.\u201d<\/em>\r\n\r\nGusa haracyari imbogamizi mu kinyuranyo kikiri mu byo u Rwanda rwohereza hanze n\u2019ibyo ruhatumizayo, aho ibyoherezwa hanze byazamutseho 0,9% muri iki gihembwe cya kabiri, mu gihe ibyatumijwe hanze byo byari byazamutseho 6,4%.\r\n\r\nAti \u201cIbi byatumye icyuho cy\u2019ibyo dukura mu mahanga n\u2019ibyo twohereza mu mahanga kiyongeraho 9,5% bikagira ingaruka ku isoko ry\u2019ivunjisha aho tubona ko ifaranga rigenda rikomeza guta agaciro.\u201d<\/em>\r\n\r\nJohn Rwangombwa avuga ko nubwo guta agaciro kw\u2019ifaranga ry\u2019u Rwanda bigihari, ariko biri kugenda bigabanuka ugereranyije n\u2019uko byari bimeze umwaka ushize.\r\n\r\n \r\n\r\nUrwunguko rwa BNR rwagabanyijwe<\/strong>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda kandi yavuze ko umuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro ku masoko, ugenda ugabanuka ugeraranyije n\u2019uko byari bihagaze mu myaka ibiri ishize yaranzwe n\u2019izamuka ry\u2019ibiciro rinini.\r\n\r\nMu gihembwe cya mbere cy\u2019uyu mwaka wa 2024, umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko wari uri kuri 4,7%; mu gihe mu gihembwe cya kabiri wageze kuri 5,1%.\r\n\r\nAti \u201cAriko mu mibare tubona mu mwaka wose, ntabwo bizarenza 5%, tubona ko muri uyu mwaka n\u2019umwaka utaha nibura mu biciro ku masoko bitazarenza 5% ari mu gipimo cya Banki Nkuru twifuza ko bitagomba kurenga.\u201d<\/em>\r\n\r\nAkomeza agira ati \u201cKubera iyo mpamvu rero y\u2019uko umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko uri mu gipimo twifuza ko wagombye kugumaho, twasanze ari ngombwa ko twagabanya urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019Igihugu rukurwa kuri 7% kugeza kuri 6,5% kugira ngo tugendane n\u2019uko ubukungu tubona bumeze.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe mu myaka ibiri ishize, urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda rwari rwazamuwe bitewe n\u2019uko umuvuduko ku masoko wari ukabije.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_47459\" align=\"alignnone\" width=\"1728\"]\"\" Banki Nkuru y'u Rwanda yagaragarije abanyamakuru raporo igaragaza ishusho y'ubukungu bw'u Rwanda[\/caption]\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"AMAKURU AGEZWEHO: Urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda rwagabanyijwe hagaragazwa n\u2019ibyashingiweho","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"urwunguko-rwa-banki-nkuru-yu-rwanda-rwagabanyijwe-hagaragazwa-nibyashingiweho","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-21 12:01:13","post_modified_gmt":"2024-08-21 10:01:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47455","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"}],"next":false,"prev":true,"total_page":4},"paged":1,"column_class":"jeg_col_2o3","class":"jnews_block_7"};

Page 4 of 24 1 3 4 5 24

IZIHERUKA

ADVERTISEMENT
\n

Uruhare rw\u2019ishoramari ku musaruro mbumbe w\u2019Imbere mu Gihugu, muri uwo mwaka wa 2035 uzaba ugeze kuri 32,6%; naho icyizere cyo kubaho kikazaba kigeze ku myaka 71,7; mu gihe ikigereranyo cy\u2019ubushomeri mu baturage kikaza kigeze kuri 7%.<\/p>\n\n\n\n

\"\"
Minisitiri w'Intebe kuri uyu wa Mbere mu Ngoro y'Inteko Ishinga Amategeko<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n

RADIOTV10<\/strong><\/p>\n","post_title":"Menya iby\u2019ingenzi bizagerwaho n\u2019u Rwanda mu cyerekezo 2035","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"menya-ibyingenzi-bizagerwaho-nu-rwanda-mu-cyerekezo-2035","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-09 16:43:37","post_modified_gmt":"2024-09-09 14:43:37","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48813","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48398,"post_author":"1","post_date":"2024-09-04 05:53:32","post_date_gmt":"2024-09-04 03:53:32","post_content":"Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Edouard Ngirente yavuze ko Ibihugu byose bigomba gushyira imbaraga mu iterambere ry\u2019ubuhinzi, kuko iyo butitaweho buteza ibibazo bidindiza iterambere ry\u2019izindi nzego zigize ubukungu bw\u2019Igihugu.<\/em>\r\n\r\nDr Ngirente yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Nzeri 2024, ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama Mpuzamahanga yiga kuri politike ziteza imbere ubuhinzi iteraniye i Kigali.\r\n\r\nInzego zishinzwe ubuhinzi zigaragaza ko Umugabane wa Afurika wihariye 60% y\u2019ubutaka buhingwa, ariko 20% by\u2019abawutuye ntibabasha kubona ibyo kurya bihagije. Ibi kandi bituma 32% y\u2019abana bari munsi y\u2019imyaka itanu muri Afurika, bagaragarwaho ikibazo cy\u2019igwingira.\r\n\r\nIgikomeye kuruta ibindi ni uko Leta z\u2019Ibihugu bya Afurika zidashora imari ifatika mu buhinzi, dore ko bishoramo 4,6% by\u2019ingengo y\u2019imari, mu gihe amasezerano y\u2019i Malabo yo muri 2014 asaba Ibihugu gushora mu buhinzi 10% by\u2019ingengo y\u2019imari.\r\n\r\nUmuyobozi w\u2019Inama y\u2019Ubutegetsi y\u2019Ihuriro Mpuzamahanga ryita ku Iterambere ry\u2019Ubuhinzi muri Afurika (AGRA), Hailemariam Desalegn avuga ko igisubizo kigomba gushakirwa kuri iyo ngingo.\r\n\r\nYagize ati \u201cUbuhinzi muri Afurika ntibuhabwa agaciro n\u2019ubwitange mu buryo bwa politike bigomba uwo mwuga. Umbajije impamvu mvuze ntyo; nakubwira ngo reba amafarnga mushora mu buhinzi. Icyo kirahagije, twe twerekanye neza ko politiki nziza, gushyigikirwa no kwitabwaho; abahinzi bacu bashobora kwikura mu bukene.\u201d<\/em>\r\n\r\nMinisitiri w\u2019intebe w\u2019u Rwanda, Dr Edouard Ngirente avuga ko kwirengagiza ubuhinzi bishobora kugira ingaruka no ku bindi bikorwa binini by\u2019Igihugu.\r\n\r\nAti \u201cIyo Igihugu kitihagije ku biribwa; gishora amafaranga menshi mu gushakira abaturage ibiribwa, ibyo bituma amafaranga yari agenewe gushyirwa mu nzego zikomeye nk\u2019ubuhinzi, uburezi, ibikorwa remezo n\u2019ubuzima ataboneka.\u201d<\/em>\r\n\r\nMinisitiri Ngirente avuga ko Ibihugu bigomba gushora imari mu buhinzi burambye, bikongerera agaciro umusaruro ubuvamo, ndetse bikanagabanya umusaruro wangirika.\r\n\r\nAti \u201cKugira ngo tubigereho mu Rwanda, twashyize imbaraga mu gukoresha ikoranabuhanga mu buhinzi. Guverinoma kandi iri kwagura ubwishingizi no kubona inguzanyo zihendutse kugira ngo abahinzi babashe gushora imari muri uyu mwuga banahangane n\u2019imihindagurikire y\u2019ikirere. Ibyo tubihuje na politike zo guteza imbere ibikorwaremezo mu cyaro; bituma uru rwego rutanga umusaruro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nAbahanga bagaragaza ko buri mwaka Abanyafurika bakenera ibiribwa bingana na toni miliyari 1.3, kugeza ubu 85% y\u2019ibyo biribwa biboneka imbere muri Afururika, naho 15% bigatumiza hanze ya Afurika.\r\n\r\nKubera ikibazo cy\u2019ibiribwa Abanyafurika bafite, 95% y\u2019ibyo bahinga ntibirenga uyu Mugabane, naho 5% y\u2019umusaruro babona ni wo bagurisha ku yindi Migabane.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_48400\" align=\"alignnone\" width=\"2048\"]\"\" Iyi nama yitabiriwe n'impuguke ziturutse mu Bihugu binyuranye[\/caption]\r\n\r\n\"\"\r\n\r\n[caption id=\"attachment_48401\" align=\"alignnone\" width=\"1567\"]\"\" Hagaragajwe imishinga yazamura ubuhinzi[\/caption]\r\n\r\nDavid NZABONIMPA\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Minisitiri Dr Ngirente yagaragaje uko ubuhinzi bufatiye runini izindi nzego ziteza imbere Ibihugu","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"minisitiri-dr-ngirenye-yagaragaje-uko-ubuhinzi-bufatiye-runini-izindi-nzego-ziteza-imbere-ibihugu","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-05 11:08:13","post_modified_gmt":"2024-09-05 09:08:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48398","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48146,"post_author":"1","post_date":"2024-09-02 13:18:13","post_date_gmt":"2024-09-02 11:18:13","post_content":"Banki Nkuru y\u2019u Rwanda iratangaza ko inote nshya y\u2019ibihumbi bitanu (5 000 Frw) n\u2019iy\u2019ibihumbi bibiri (2 000 Frw) ziherutse gushyirwa hanze, zitazasimbura izisanzweho, ahubwo ko zose zizakomeza gukoreshwa.<\/em>\r\n\r\nIzi note nshya ziteganywa n\u2019Igazeti ya Leta idasanzwe yashyizwe hanze ku wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024 y\u2019Iteka rya Perezida N\u00b0 073\/01 ryo ku wa 29\/08\/2024 rishyiraho inoti nshya ya Frw 5 000 n\u2019iya Frw 2 000.\r\n\r\nIngingo ya kabiri y\u2019iri Teka rya Perezida, igira iti \u201cInoti nshya ya FRW 5.000 n\u2019iya FRW 2.000 zikoreshwa hamwe n\u2019inoti zisanzweho, iya FRW 500, iya FRW 1.000, iya FRW 2.000 n\u2019iya FRW 5.000, kandi zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe hari bamwe bakekaga ko izi note nshya zigiye gusimbura izari zisanzweho, banibaza uko bizagenda ku zo abantu bari bafite, aho bamwe bakekaga ko zigiye guta agaciro.\r\n\r\nBanki Nkuru y\u2019u Rwanda yatanze umucyo kuri izi mpungenge, ivuga ko \u201cInoti nshya ya Frw 5000 n\u2019iya Frw 2000 zizakoreshwa hamwe n\u2019izindi noti zari zisanzwe zikoreshwa kandi zose zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nHabumugisha Denis ushinzwe ikoreshwa ry'ifaranga no kwishyurana muri Banki Nkuru y'u Rwanda, BNR, yagize ati \u201cInote za bibiri n\u2019inote za bitanu zisanzwe zikoreshwa, zizakomeza zikoreshwe mu buzima bwacu bwa buri munsi, zose zizakoreshwa mu gihe kimwe.\u201d<\/em>\r\n\r\nHabumugisha yatangaje ko izi note nshya zizatangira gukoreshwa kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Nzeri 2024, aho zizatangira gushyirwa muri Banki z\u2019ubucuruzi mu Rwanda, kugira ngo zizagere ku baturage.\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"Hatanzwe umucyo ku rujijo rwari ruhari ku mikoreshere y\u2019inote nshya n\u2019igihe zizatangira gukoreshwa","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"hatanzwe-umucyo-ku-rujijo-rwari-ruhari-ku-mikoreshere-yinote-nshya-nigihe-zizatangira-gukoreshwa","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-02 13:18:13","post_modified_gmt":"2024-09-02 11:18:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48146","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48099,"post_author":"1","post_date":"2024-09-02 06:06:11","post_date_gmt":"2024-09-02 04:06:11","post_content":"MTN Rwanda is thrilled to announce the launch of its latest promotional campaign \u201cRecharge and Win!\u201d aimed at keeping its loyal customers connected and rewarding them with an array of incredible prizes. To participate, MTN Rwanda customers need only to buy a voice pack or an internet bundle as they normally do and stand a chance to win. \u00a0The more packs and bundles they buy, the higher their chances of winning big!<\/em>\r\n\r\nThe promotion offers cash rewards ranging from Rwf 10,000 to a grand prize of Rwf 5,000,000 which will be awarded to two lucky winners. Additionally, participants stand a chance to win non-monetary prizes such as helicopter rides in partnership with Akagera Aviation, motorcycles, bicycles, solar kits, smartphones and telco prizes like voice and data bundles. This promotion portrays MTN Rwanda's commitment to empowering its customers to stay connected to their friends and families.\r\n\r\nFor customers to be eligible, all they need to do, is to increase their spend by buying more data bundles, voice packs or airtime. Participation is simple, as customers just need to increase their spending on data bundles, voice packs, or airtime. There\u2019s no need to opt-in; every purchase will automatically enter you into the promotion. The more you reload, the higher your chances of winning, with winners selected via a random draw.\r\n\r\nThis promotion is open to customers across all regions, ensuring that no matter where you are in Rwanda\u2014whether in Kigali, or any other region \u2014your chance to win is just a reload away.\r\n\r\n\u201cAt MTN Rwanda, our customers are at the heart of everything we do. We are deeply committed to keeping them connected to their loved ones and this campaign is one of the many ways we\u2019re empowering through connectivity and enhancing their digital experience. We encourage all our customers to continue recharging and take advantage of our MTN voice packs and data bundles, allowing them to stay connected with family and friends,\u201d<\/em> said Acting Chief Consumer and Digital Officer Rosine Dusabe.<\/em>\r\n\r\n\u00a0\u201cWe also have something special for our agents, as they play a crucial role in ensuring our customers can access our products and services. We want to empower and appreciate them for being the bridge between us and our customers. We prioritize our customers' needs and strive to ensure they always feel valued and appreciated,\u201d <\/em>Dusabe added.\r\n\r\nMTN Rwanda is offering attractive incentives to its agents, with an exciting weekly rewards program. Agents will be categorized based on their respective provinces, and winners will be selected each week. Those who excel by achieving or exceeding the daily bundle\/pack or airtime sales of 3,000 RWF, will stand a chance to win impressive prizes, including motorcycles and 100,000 RWF weekly to 10 agents.\r\n\r\nMTN Rwanda remains committed to providing a modern, connected life to its customers and agents. This promotion is designed to empower all MTN Rwanda customers and agents, enhancing their experience and ensuring seamless connectivity.\r\n\r\n\"\"","post_title":"Fly high with MTN\u2019s \u201cRecharge and Win!\u201d promo and stand a chance to win prizes worth over RWF 200,000,000","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"fly-high-with-mtns-recharge-and-win-promo-and-stand-a-chance-to-win-prizes-worth-over-rwf-200000000","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-02 06:06:11","post_modified_gmt":"2024-09-02 04:06:11","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48099","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47909,"post_author":"1","post_date":"2024-08-30 14:02:26","post_date_gmt":"2024-08-30 12:02:26","post_content":"Hatangajwe inote nshya z\u2019ibihumbi bitanu (5 000 Frw) n\u2019iy\u2019ibihumbi bibiri (2 000 Frw) mu mafaranga y\u2019u Rwanda, zirimo izaba ifitemo ibiyiranga birimo inyubako ya Kigali Convention Center.<\/em>\r\n\r\nIzi note zashyizwe hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024, nk\u2019uko bigaragazwa n\u2019Igazeti ya Leta idasanzwe yashyizwe hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024 y\u2019Iteka rya Perezida N\u00b0 073\/01 ryo ku wa 29\/08\/2024 rishyiraho inoti nshya ya Frw 5 000 n\u2019iya Frw 2 000.\r\n\r\nIngingo ya kabiri y\u2019iri Teka rya Perezida, igira iti \u201cInoti nshya ya FRW 5.000 n\u2019iya FRW 2.000 zikoreshwa hamwe n\u2019inoti zisanzweho, iya FRW 500, iya FRW 1.000, iya FRW 2.000 n\u2019iya FRW 5.000, kandi zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nUmugereka w\u2019iri Teka ugaragaza ibizajya bigaragaza izi note, aho nk\u2019inote ya bitanu (5 000 Frw), izajya igaragazwa n\u2019ibimenyetso binyuranye ibirimo kuba ifite ibara ryiganjemo ibihogo bijya gusa n\u2019ibara rya roza.\r\n\r\nNanone kandi iyi note izaba irangwa n'igishushanyo cy'ishusho y\u2019inyubako ya Kigali Convention Center iherereye mu Mujyi wa Kigali, yabaye ikimenyabose ku Mugabane wa Afurika kubera imiterere yayo yihariye, ikaba iri mu nyubako za mbere kuri uyu Mugabane zatwaye amafaranga menshi kurusha izindi.\r\n\r\nNi mu gihe inote ya bibiri (2 000 Frw) yo izajya irangwa no kuba ifite ibara ryiganjemo ni umweru ucyeye ndetse n'igishushanyo kigaragara cy\u2019imisozi y\u2019Ikiyaga cya Kivu,\u00a0na byo biri mu biranga Igihugu cy\u2019u Rwanda gisanzwe kizwi nk\u2019Igihugu cy\u2019imisozi igihumbi.\r\n\r\nInote y\u2019Ibihumbi bitanu isanzwe ikoreshwa mu mafaranya y\u2019u Rwanda, iri mu bwoko bubiri, bwombi buhuriye ku kuba zifite ibara ry\u2019iroza, zikaba kandi zombi ziriho ishuro y\u2019Ingagi iri muri Pariki y\u2019Igihugu y\u2019Ibirunga ndetse n\u2019uruziga rw\u2019umweru rubengeranamo utuzu dutatu dufatanye ndetse n\u2019ikirangantego cya repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019inyubako ya BNR.\r\n\r\nUbu bwoko buri bw\u2019Inote ya Bitanu (5 000 Frw), burimo iyakozwe muri 2004 mu gihe indi yakozwe mu mwaka wa 2014.\r\n\r\nInote y\u2019ibihumbi bibiri na yo iri mu bwoko bubiri, buhuriye ku kuba zose ziri mu ibara rya move itijimye, aho ku ruhande rumwe hariho umunara w\u2019itumanaho n\u2019uwa Televiziyo, ndetse n\u2019ikirangantego cya Repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019ikirango cya BNR.\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"Ibyo wamenya ku miterere y\u2019inoti nshya zashyizwe hanze n\u2019u Rwanda","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"ibyo-wamenya-ku-miterere-yinoti-nshya-zashyizwe-hanze-nu-rwanda","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-30 14:07:03","post_modified_gmt":"2024-08-30 12:07:03","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47909","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47569,"post_author":"1","post_date":"2024-08-24 05:03:45","post_date_gmt":"2024-08-24 03:03:45","post_content":"Bamwe mu baturage barasaba ko amabanki yagabanya inyungu ku nguzanyo, kuko ikiri hejuru bituma bamwe batinya kwaka inguzanyo, ndetse n\u2019abazatse bamwe bakagwa mu bihombo bituma imitungo yabo itezwa cyamunara, mu gihe Banki Nkuru y\u2019u Rwanda ivuga ko hari ibiri gukorwa bizatuma inyungu igabanuka.<\/em>\r\n\r\nImibare igaragaza ko impuzandengo y\u2019inyungu amabanki yaka ku nguzanyo, ari 15.81%. Uyu mubare ugaragazwa n\u2019abaturage ko akiri hejuru kuko ubagusha mu gihombo.\r\n\r\nUmwe mu batse inguzanyo akananirwa kuyishyura kubera inyungu iri hejuru, yabwiye RADIOTV10 ko byatumye agwa mu uhurizo rikomeye.\r\n\r\nYagize ati \u201cKubera inyungu ku nguzanyo y\u2019umurengera byatumye nanirwa kwishyura icyakora nza gufata n\u2019andi mafaranga nari nizigamiye ku ruhande mbona ndishyuye. Twifuza ko amabanki yagabanya inyungu ku nguzanyo.\u201d<\/em>\r\n\r\nUmuyobozi wa Banki ya Kigali, Diane Karusisi avuga ko mu gushyiraho igipimo cy\u2019inyungu ku nguzanyo, hari byinshi biba byagendeweho kugira ngo na Banki itisanga mu bihombo.\r\n\r\nAti \u201cIyo dushyiraho ibiciro tureba ku bintu byinshi, tureba ku kiguzi cy\u2019amafaranga aho tuyakura n\u2019ibyo tuyakoresha byose turabireba tukabona gushyiraho igiciro.\u201d<\/em>\r\n\r\nKarusisi avuga ko inyungu ku nguzanyo iyi Banki yaka abaturage iri hasi ugereranyije n\u2019uko bihagaze mu bindi Bihugu byo muri Afurika y\u2019Iburasirazuba.\r\n\r\nImpuguke mu bukungu, Ruziga Emmanuel Masantura agaragaza ko amabanki yagakwiye gufungura ihiganwa mu bucuruzi kugira ngo abaturage bafate inguzanyo mu buryo buborohereye.\r\n\r\nAti \u201cIkiguzi cy\u2019inguzanyo uyu munsi mu Rwanda wavuga ko kiri hejuru ugereranyije n\u2019ubushobozi bw\u2019Abanyarwanda n\u2019inyungu iva mu gushora imari iyo bigurije aya mafaranga. Byaba byiza habaye gufunguka kw\u2019ihatana ry\u2019amabanki ku isoko kugira ngo amabanki areshye abaturage bitewe no kumanura ibiciro ku nguzanyo.\u201d<\/em>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwagomba atanga icyizere ko mu bihe biri imbere inyungu ku nguzanyo zitangwa n\u2019amabanki zizagenda zimanuka bitewe no kunoza imikorere.\r\n\r\nAti \u201cAbantu imyenda barayifata bigakomeza bizamuka, ntabwo abananirwa kwishyura imyenda bari hejuru, nta bintu tubona bidasanzwe bitera ibibazo mu gufata amafaranga kubera yuko inyungu ziri hejuru, uko ubukungu bugenda butera imbere ni uko umubare w\u2019amafaranga ugenda uboneka, uko abantu bagenda banoza imikorere yabo, ni nako inyungu zizagenda zigabanuka.\u201d<\/em>\r\n\r\nNubwo Banki Nkuru y\u2019u Rwanda igaragaza ko abaturage bafata imyenda bakomeza kuzamuka ndetse n\u2019abagira ubushobozi bwo kuyishyura neza bari hejuru ya 90%, kugeza ubu imibare igaragaza ko abaturage baka inguzanyo zikabananira kwishyura bangana na 5%.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_47571\" align=\"alignnone\" width=\"1024\"]\"\" Guverineri wa Banki Nkuru y'u Rwanda, John Rwangombwa yatanze icyizere[\/caption]\r\n\r\nNTAMBARA Garleon\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Icyizere kirahari ku kibazo gituma abaka inguzanyo Banki bahomba bamwe bagaterezwa cyamunara","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"icyizere-kirahari-ku-kibazo-gituma-abaka-inguzanyo-banki-bahomba-bamwe-bagaterezwa-cyamunara","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-24 05:03:46","post_modified_gmt":"2024-08-24 03:03:46","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47569","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"1","filter":"raw"},{"ID":47419,"post_author":"1","post_date":"2024-08-22 06:14:01","post_date_gmt":"2024-08-22 04:14:01","post_content":"Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Gisagara bahinga mu gishanga cya Duwane, bavuga ko bategetswe n\u2019ubuyobozi guhinga urusenda none rwararumbye, bakaba bari no kwishyuzwa amafaranga na rwiyemezamirimo wabahaye ingemwe, bavuga ko byakozwe ku kagambane ke n\u2019ubuyobozi.<\/em>\r\n\r\nAba baturage bavuga ko guhinga iki gihingwa, babitegetswe n\u2019Ubuyobozi bw\u2019Umurenge wabo, kandi batabanje kubijyaho inama nk\u2019abanyamuryango ba Koperative.\r\n\r\nUmwe ati \u201cTwagiye kubona tubona Agoronome w\u2019Umurenge araje aratubwira ngo tugomba guhinga urusenda kandi mbere twahingagamo ibigori ndetse n\u2019indi myaka. Babidutegetse batarabanje kutugisha inama nk\u2019abanyamuryango ba koperative none rwararumbye twakoreye mu gihombo.\u201d<\/em>\r\n\r\nAba baturage bavuga, igitekerezo cy\u2019ubu buhinzi cyaganiriweho n\u2019ubuyobozi ndetse na rwiyemezamirimo wabahaye imbuto, ariko hakirengagizwa uruhande rwabo.\r\n\r\nUndi ati \u201cAgoronome w\u2019Umurenge yagambanye na rwiyemezamirimo\u00a0 badutegeka guhinga urusenda tutarabivuganye, none ubu ntacyo twasaruyemo.\u201d<\/em>\r\n\r\nBavuga ko ikibabaje ari uko rwiyemezamirimo wabahaye ifumbire n\u2019ingemwe, ari kubishyuza miliyoni 3 Frw, kandi uyu mushinga batarawugizemo uruhare ndetse baranahombye.\r\n\r\nUndi ati \u201cUbu imyaka yagombaga kweramo ntiyezemo, twarahombye none bari no kuduca amafaranga, ubu se babona twayakura he?\u201d<\/em>\r\n\r\nUmunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Kibilizi, Giraneza Clisante avuga ko iki kibazo akizi, ariko ko hari kurebwa uko cyakemuka habayeho ubwumvikane bw\u2019aba bahinzi na rwiyemezamirimo wari inyuma y\u2019uyu mushinga.\r\n\r\nIkibazo cy'aba bahinzi cyumvikanye nyuma y'ibindi bimaze iminsi bivugwa n'abahinga umuceri, bo babonye umusaruro mwiza uhagije, ariko bakabura isoko.\r\n\r\nIki kibazo cyanagarutsweho na Perezida Paul Kagame, ubu cyatangiye gushakirwa umuti, aho umusaruro w'aba bahinzi watangiye kugurwa, bihereye ku bo mu Kibaya cya Bugarama mu Karere ka Rusizi, RADIOTV10 yari iherutse gutangazaho inkuru, ari na bo banagarutsweho n'Umukuru w'Igihugu.\r\n\r\nINKURU MU MASHUSHO<\/strong>\r\n\r\nhttps:\/\/www.youtube.com\/watch?v=JRJfAMJZQEs\r\n\r\nPrince Theogene NZABIHIMANA\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Abandi bahinzi bagaragaje ikindi kibazo cyo gitandukanye n\u2019icyagarutsweho na Perezida Kagame","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"abandi-bahinzi-bagaragaje-ikindi-kibazo-cyo-gitandukanye-nicyagarutsweho-na-perezida-kagame","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-22 06:14:31","post_modified_gmt":"2024-08-22 04:14:31","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47419","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47455,"post_author":"1","post_date":"2024-08-21 11:48:33","post_date_gmt":"2024-08-21 09:48:33","post_content":"Banki Nkuru y\u2019u Rwanda yagabanyije urwunguko rwayo, irukura kuri 7% irushyira kuri 6,5%, igaragaza ko ibi byatewe no kuba umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko uhagaze neza kandi hari n\u2019icyizere ko ari ko bizakomeza kugenda mu myaka ibiri iri imbere.<\/em>\r\n\r\nByatangajwe kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Kanama 2024 ubwo hagaragazwaga Raporo z\u2019Akanama gashinzwe Politiki y\u2019Ifaranga ndetse n\u2019iy\u2019Akanama gashinzwe kutajegajega k\u2019urwego rw\u2019Imari muri Banki Nkuru y\u2019u Rwanda.\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwangombwa yavuze ko ubukungu bw\u2019Isi buri kugerageza gutera imbere ugereranyije n\u2019uko byari bimeze mu bihe bya Covid, ariko ko Ibihugu bisanzwe bifite ubukungu bwo hejuru bitaragera ku gipimo cyo hejuru.\r\n\r\nAti \u201cIbihugu bifite ubukungu bunini nka America n\u2019u Burayi ntabwo birashobora kuzahura ubukungu bwabo neza, ariko icyiza ni uko nta Gihugu na kimwe kiri mu kuzagira ubukungu busubira hasi. Ubukungu bwose buratera imbere ariko mu buryo buciriritse.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe ahubwo muri Afurika ubukungu buri kuzamuka ku kigero gishimishije kurusha ku rwego rw\u2019Isi, kuko uyu mwaka byitezwe ko buzazamukaho 3,7% bivuye kuri 3,4% byariho umwaka ushize, ndetse uyu muvuduko ukazakomeza kuri 4,1% umwaka utaha.\r\n\r\nUmuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro, ku rwego mpuzamahanga na wo waragabanutse, kuko muri 2022 wari warenze 8%, umwaka ushize wa 2023, bigera kuri 6,7%, uyu mwaka bikazagabanuka bikagera kuri 5,9% mu gihe umwaka utaha bizagera kuri 4,4%.\r\n\r\nJohn Rwangombwa avuga ko iyi mibare y\u2019igabanuka ry\u2019umuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro, izanagira uruhare ku igabanuka ry\u2019ibiciro by\u2019imbere mu Gihugu. Ati \u201cIbyo dukura hanze biragenda bigabanuka, biza no kugaragara no ku muvuduko wo ku masoko yacu.\u201d<\/em>\r\n\r\n \r\n\r\nMu Rwanda bihagaze bite?<\/strong>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwangombwa avuga ko ubukungu bw\u2019u Rwanda bukomeza gutera imbere neza, ndetse ko biherutse no kugaragazwa n\u2019Ikigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Ibarurishamibare cyagaragaje ko mu gihembwe cya mbere cy\u2019uyu mwaka, ubukungu bwari buhagaze ku 9,7%.\r\n\r\nAti \u201cIyo turebye no mu gihembwe cya kabiri na bwo birakomeza gutera imbere neza, imibare dukurikirana iragaragaza ko yateye imbere 17,9%. Ntabwo ari bwo bukungu nyirizina, ibyo bizatangazwa n\u2019Ikigo cy\u2019Ibarurishamirabe muri uku kwezi gutaha, ariko twebwe ibyo tubona nk\u2019uko bigaragara, ni uko mu gihembwe cya kabiri cy\u2019uyu mwaka, ubukungu bwateye imbere.\u201d<\/em>\r\n\r\nGusa haracyari imbogamizi mu kinyuranyo kikiri mu byo u Rwanda rwohereza hanze n\u2019ibyo ruhatumizayo, aho ibyoherezwa hanze byazamutseho 0,9% muri iki gihembwe cya kabiri, mu gihe ibyatumijwe hanze byo byari byazamutseho 6,4%.\r\n\r\nAti \u201cIbi byatumye icyuho cy\u2019ibyo dukura mu mahanga n\u2019ibyo twohereza mu mahanga kiyongeraho 9,5% bikagira ingaruka ku isoko ry\u2019ivunjisha aho tubona ko ifaranga rigenda rikomeza guta agaciro.\u201d<\/em>\r\n\r\nJohn Rwangombwa avuga ko nubwo guta agaciro kw\u2019ifaranga ry\u2019u Rwanda bigihari, ariko biri kugenda bigabanuka ugereranyije n\u2019uko byari bimeze umwaka ushize.\r\n\r\n \r\n\r\nUrwunguko rwa BNR rwagabanyijwe<\/strong>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda kandi yavuze ko umuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro ku masoko, ugenda ugabanuka ugeraranyije n\u2019uko byari bihagaze mu myaka ibiri ishize yaranzwe n\u2019izamuka ry\u2019ibiciro rinini.\r\n\r\nMu gihembwe cya mbere cy\u2019uyu mwaka wa 2024, umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko wari uri kuri 4,7%; mu gihe mu gihembwe cya kabiri wageze kuri 5,1%.\r\n\r\nAti \u201cAriko mu mibare tubona mu mwaka wose, ntabwo bizarenza 5%, tubona ko muri uyu mwaka n\u2019umwaka utaha nibura mu biciro ku masoko bitazarenza 5% ari mu gipimo cya Banki Nkuru twifuza ko bitagomba kurenga.\u201d<\/em>\r\n\r\nAkomeza agira ati \u201cKubera iyo mpamvu rero y\u2019uko umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko uri mu gipimo twifuza ko wagombye kugumaho, twasanze ari ngombwa ko twagabanya urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019Igihugu rukurwa kuri 7% kugeza kuri 6,5% kugira ngo tugendane n\u2019uko ubukungu tubona bumeze.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe mu myaka ibiri ishize, urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda rwari rwazamuwe bitewe n\u2019uko umuvuduko ku masoko wari ukabije.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_47459\" align=\"alignnone\" width=\"1728\"]\"\" Banki Nkuru y'u Rwanda yagaragarije abanyamakuru raporo igaragaza ishusho y'ubukungu bw'u Rwanda[\/caption]\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"AMAKURU AGEZWEHO: Urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda rwagabanyijwe hagaragazwa n\u2019ibyashingiweho","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"urwunguko-rwa-banki-nkuru-yu-rwanda-rwagabanyijwe-hagaragazwa-nibyashingiweho","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-21 12:01:13","post_modified_gmt":"2024-08-21 10:01:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47455","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"}],"next":false,"prev":true,"total_page":4},"paged":1,"column_class":"jeg_col_2o3","class":"jnews_block_7"};

Page 4 of 24 1 3 4 5 24

IZIHERUKA

ADVERTISEMENT
\n

Muri uyu mwaka wa 2035, Guverinoma y\u2019u Rwanda yiyemeje ko umusaruro ku muturage wazaba ugeze ku 4 036 USD ku mwaka, naho uruhare rw\u2019inganda mu musaruro mbumbe w\u2019Igihugu ukazaba ugeze kuri 24%.<\/p>\n\n\n\n

Uruhare rw\u2019ishoramari ku musaruro mbumbe w\u2019Imbere mu Gihugu, muri uwo mwaka wa 2035 uzaba ugeze kuri 32,6%; naho icyizere cyo kubaho kikazaba kigeze ku myaka 71,7; mu gihe ikigereranyo cy\u2019ubushomeri mu baturage kikaza kigeze kuri 7%.<\/p>\n\n\n\n

\"\"
Minisitiri w'Intebe kuri uyu wa Mbere mu Ngoro y'Inteko Ishinga Amategeko<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n

RADIOTV10<\/strong><\/p>\n","post_title":"Menya iby\u2019ingenzi bizagerwaho n\u2019u Rwanda mu cyerekezo 2035","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"menya-ibyingenzi-bizagerwaho-nu-rwanda-mu-cyerekezo-2035","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-09 16:43:37","post_modified_gmt":"2024-09-09 14:43:37","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48813","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48398,"post_author":"1","post_date":"2024-09-04 05:53:32","post_date_gmt":"2024-09-04 03:53:32","post_content":"Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Edouard Ngirente yavuze ko Ibihugu byose bigomba gushyira imbaraga mu iterambere ry\u2019ubuhinzi, kuko iyo butitaweho buteza ibibazo bidindiza iterambere ry\u2019izindi nzego zigize ubukungu bw\u2019Igihugu.<\/em>\r\n\r\nDr Ngirente yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Nzeri 2024, ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama Mpuzamahanga yiga kuri politike ziteza imbere ubuhinzi iteraniye i Kigali.\r\n\r\nInzego zishinzwe ubuhinzi zigaragaza ko Umugabane wa Afurika wihariye 60% y\u2019ubutaka buhingwa, ariko 20% by\u2019abawutuye ntibabasha kubona ibyo kurya bihagije. Ibi kandi bituma 32% y\u2019abana bari munsi y\u2019imyaka itanu muri Afurika, bagaragarwaho ikibazo cy\u2019igwingira.\r\n\r\nIgikomeye kuruta ibindi ni uko Leta z\u2019Ibihugu bya Afurika zidashora imari ifatika mu buhinzi, dore ko bishoramo 4,6% by\u2019ingengo y\u2019imari, mu gihe amasezerano y\u2019i Malabo yo muri 2014 asaba Ibihugu gushora mu buhinzi 10% by\u2019ingengo y\u2019imari.\r\n\r\nUmuyobozi w\u2019Inama y\u2019Ubutegetsi y\u2019Ihuriro Mpuzamahanga ryita ku Iterambere ry\u2019Ubuhinzi muri Afurika (AGRA), Hailemariam Desalegn avuga ko igisubizo kigomba gushakirwa kuri iyo ngingo.\r\n\r\nYagize ati \u201cUbuhinzi muri Afurika ntibuhabwa agaciro n\u2019ubwitange mu buryo bwa politike bigomba uwo mwuga. Umbajije impamvu mvuze ntyo; nakubwira ngo reba amafarnga mushora mu buhinzi. Icyo kirahagije, twe twerekanye neza ko politiki nziza, gushyigikirwa no kwitabwaho; abahinzi bacu bashobora kwikura mu bukene.\u201d<\/em>\r\n\r\nMinisitiri w\u2019intebe w\u2019u Rwanda, Dr Edouard Ngirente avuga ko kwirengagiza ubuhinzi bishobora kugira ingaruka no ku bindi bikorwa binini by\u2019Igihugu.\r\n\r\nAti \u201cIyo Igihugu kitihagije ku biribwa; gishora amafaranga menshi mu gushakira abaturage ibiribwa, ibyo bituma amafaranga yari agenewe gushyirwa mu nzego zikomeye nk\u2019ubuhinzi, uburezi, ibikorwa remezo n\u2019ubuzima ataboneka.\u201d<\/em>\r\n\r\nMinisitiri Ngirente avuga ko Ibihugu bigomba gushora imari mu buhinzi burambye, bikongerera agaciro umusaruro ubuvamo, ndetse bikanagabanya umusaruro wangirika.\r\n\r\nAti \u201cKugira ngo tubigereho mu Rwanda, twashyize imbaraga mu gukoresha ikoranabuhanga mu buhinzi. Guverinoma kandi iri kwagura ubwishingizi no kubona inguzanyo zihendutse kugira ngo abahinzi babashe gushora imari muri uyu mwuga banahangane n\u2019imihindagurikire y\u2019ikirere. Ibyo tubihuje na politike zo guteza imbere ibikorwaremezo mu cyaro; bituma uru rwego rutanga umusaruro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nAbahanga bagaragaza ko buri mwaka Abanyafurika bakenera ibiribwa bingana na toni miliyari 1.3, kugeza ubu 85% y\u2019ibyo biribwa biboneka imbere muri Afururika, naho 15% bigatumiza hanze ya Afurika.\r\n\r\nKubera ikibazo cy\u2019ibiribwa Abanyafurika bafite, 95% y\u2019ibyo bahinga ntibirenga uyu Mugabane, naho 5% y\u2019umusaruro babona ni wo bagurisha ku yindi Migabane.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_48400\" align=\"alignnone\" width=\"2048\"]\"\" Iyi nama yitabiriwe n'impuguke ziturutse mu Bihugu binyuranye[\/caption]\r\n\r\n\"\"\r\n\r\n[caption id=\"attachment_48401\" align=\"alignnone\" width=\"1567\"]\"\" Hagaragajwe imishinga yazamura ubuhinzi[\/caption]\r\n\r\nDavid NZABONIMPA\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Minisitiri Dr Ngirente yagaragaje uko ubuhinzi bufatiye runini izindi nzego ziteza imbere Ibihugu","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"minisitiri-dr-ngirenye-yagaragaje-uko-ubuhinzi-bufatiye-runini-izindi-nzego-ziteza-imbere-ibihugu","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-05 11:08:13","post_modified_gmt":"2024-09-05 09:08:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48398","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48146,"post_author":"1","post_date":"2024-09-02 13:18:13","post_date_gmt":"2024-09-02 11:18:13","post_content":"Banki Nkuru y\u2019u Rwanda iratangaza ko inote nshya y\u2019ibihumbi bitanu (5 000 Frw) n\u2019iy\u2019ibihumbi bibiri (2 000 Frw) ziherutse gushyirwa hanze, zitazasimbura izisanzweho, ahubwo ko zose zizakomeza gukoreshwa.<\/em>\r\n\r\nIzi note nshya ziteganywa n\u2019Igazeti ya Leta idasanzwe yashyizwe hanze ku wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024 y\u2019Iteka rya Perezida N\u00b0 073\/01 ryo ku wa 29\/08\/2024 rishyiraho inoti nshya ya Frw 5 000 n\u2019iya Frw 2 000.\r\n\r\nIngingo ya kabiri y\u2019iri Teka rya Perezida, igira iti \u201cInoti nshya ya FRW 5.000 n\u2019iya FRW 2.000 zikoreshwa hamwe n\u2019inoti zisanzweho, iya FRW 500, iya FRW 1.000, iya FRW 2.000 n\u2019iya FRW 5.000, kandi zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe hari bamwe bakekaga ko izi note nshya zigiye gusimbura izari zisanzweho, banibaza uko bizagenda ku zo abantu bari bafite, aho bamwe bakekaga ko zigiye guta agaciro.\r\n\r\nBanki Nkuru y\u2019u Rwanda yatanze umucyo kuri izi mpungenge, ivuga ko \u201cInoti nshya ya Frw 5000 n\u2019iya Frw 2000 zizakoreshwa hamwe n\u2019izindi noti zari zisanzwe zikoreshwa kandi zose zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nHabumugisha Denis ushinzwe ikoreshwa ry'ifaranga no kwishyurana muri Banki Nkuru y'u Rwanda, BNR, yagize ati \u201cInote za bibiri n\u2019inote za bitanu zisanzwe zikoreshwa, zizakomeza zikoreshwe mu buzima bwacu bwa buri munsi, zose zizakoreshwa mu gihe kimwe.\u201d<\/em>\r\n\r\nHabumugisha yatangaje ko izi note nshya zizatangira gukoreshwa kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Nzeri 2024, aho zizatangira gushyirwa muri Banki z\u2019ubucuruzi mu Rwanda, kugira ngo zizagere ku baturage.\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"Hatanzwe umucyo ku rujijo rwari ruhari ku mikoreshere y\u2019inote nshya n\u2019igihe zizatangira gukoreshwa","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"hatanzwe-umucyo-ku-rujijo-rwari-ruhari-ku-mikoreshere-yinote-nshya-nigihe-zizatangira-gukoreshwa","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-02 13:18:13","post_modified_gmt":"2024-09-02 11:18:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48146","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48099,"post_author":"1","post_date":"2024-09-02 06:06:11","post_date_gmt":"2024-09-02 04:06:11","post_content":"MTN Rwanda is thrilled to announce the launch of its latest promotional campaign \u201cRecharge and Win!\u201d aimed at keeping its loyal customers connected and rewarding them with an array of incredible prizes. To participate, MTN Rwanda customers need only to buy a voice pack or an internet bundle as they normally do and stand a chance to win. \u00a0The more packs and bundles they buy, the higher their chances of winning big!<\/em>\r\n\r\nThe promotion offers cash rewards ranging from Rwf 10,000 to a grand prize of Rwf 5,000,000 which will be awarded to two lucky winners. Additionally, participants stand a chance to win non-monetary prizes such as helicopter rides in partnership with Akagera Aviation, motorcycles, bicycles, solar kits, smartphones and telco prizes like voice and data bundles. This promotion portrays MTN Rwanda's commitment to empowering its customers to stay connected to their friends and families.\r\n\r\nFor customers to be eligible, all they need to do, is to increase their spend by buying more data bundles, voice packs or airtime. Participation is simple, as customers just need to increase their spending on data bundles, voice packs, or airtime. There\u2019s no need to opt-in; every purchase will automatically enter you into the promotion. The more you reload, the higher your chances of winning, with winners selected via a random draw.\r\n\r\nThis promotion is open to customers across all regions, ensuring that no matter where you are in Rwanda\u2014whether in Kigali, or any other region \u2014your chance to win is just a reload away.\r\n\r\n\u201cAt MTN Rwanda, our customers are at the heart of everything we do. We are deeply committed to keeping them connected to their loved ones and this campaign is one of the many ways we\u2019re empowering through connectivity and enhancing their digital experience. We encourage all our customers to continue recharging and take advantage of our MTN voice packs and data bundles, allowing them to stay connected with family and friends,\u201d<\/em> said Acting Chief Consumer and Digital Officer Rosine Dusabe.<\/em>\r\n\r\n\u00a0\u201cWe also have something special for our agents, as they play a crucial role in ensuring our customers can access our products and services. We want to empower and appreciate them for being the bridge between us and our customers. We prioritize our customers' needs and strive to ensure they always feel valued and appreciated,\u201d <\/em>Dusabe added.\r\n\r\nMTN Rwanda is offering attractive incentives to its agents, with an exciting weekly rewards program. Agents will be categorized based on their respective provinces, and winners will be selected each week. Those who excel by achieving or exceeding the daily bundle\/pack or airtime sales of 3,000 RWF, will stand a chance to win impressive prizes, including motorcycles and 100,000 RWF weekly to 10 agents.\r\n\r\nMTN Rwanda remains committed to providing a modern, connected life to its customers and agents. This promotion is designed to empower all MTN Rwanda customers and agents, enhancing their experience and ensuring seamless connectivity.\r\n\r\n\"\"","post_title":"Fly high with MTN\u2019s \u201cRecharge and Win!\u201d promo and stand a chance to win prizes worth over RWF 200,000,000","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"fly-high-with-mtns-recharge-and-win-promo-and-stand-a-chance-to-win-prizes-worth-over-rwf-200000000","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-02 06:06:11","post_modified_gmt":"2024-09-02 04:06:11","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48099","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47909,"post_author":"1","post_date":"2024-08-30 14:02:26","post_date_gmt":"2024-08-30 12:02:26","post_content":"Hatangajwe inote nshya z\u2019ibihumbi bitanu (5 000 Frw) n\u2019iy\u2019ibihumbi bibiri (2 000 Frw) mu mafaranga y\u2019u Rwanda, zirimo izaba ifitemo ibiyiranga birimo inyubako ya Kigali Convention Center.<\/em>\r\n\r\nIzi note zashyizwe hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024, nk\u2019uko bigaragazwa n\u2019Igazeti ya Leta idasanzwe yashyizwe hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024 y\u2019Iteka rya Perezida N\u00b0 073\/01 ryo ku wa 29\/08\/2024 rishyiraho inoti nshya ya Frw 5 000 n\u2019iya Frw 2 000.\r\n\r\nIngingo ya kabiri y\u2019iri Teka rya Perezida, igira iti \u201cInoti nshya ya FRW 5.000 n\u2019iya FRW 2.000 zikoreshwa hamwe n\u2019inoti zisanzweho, iya FRW 500, iya FRW 1.000, iya FRW 2.000 n\u2019iya FRW 5.000, kandi zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nUmugereka w\u2019iri Teka ugaragaza ibizajya bigaragaza izi note, aho nk\u2019inote ya bitanu (5 000 Frw), izajya igaragazwa n\u2019ibimenyetso binyuranye ibirimo kuba ifite ibara ryiganjemo ibihogo bijya gusa n\u2019ibara rya roza.\r\n\r\nNanone kandi iyi note izaba irangwa n'igishushanyo cy'ishusho y\u2019inyubako ya Kigali Convention Center iherereye mu Mujyi wa Kigali, yabaye ikimenyabose ku Mugabane wa Afurika kubera imiterere yayo yihariye, ikaba iri mu nyubako za mbere kuri uyu Mugabane zatwaye amafaranga menshi kurusha izindi.\r\n\r\nNi mu gihe inote ya bibiri (2 000 Frw) yo izajya irangwa no kuba ifite ibara ryiganjemo ni umweru ucyeye ndetse n'igishushanyo kigaragara cy\u2019imisozi y\u2019Ikiyaga cya Kivu,\u00a0na byo biri mu biranga Igihugu cy\u2019u Rwanda gisanzwe kizwi nk\u2019Igihugu cy\u2019imisozi igihumbi.\r\n\r\nInote y\u2019Ibihumbi bitanu isanzwe ikoreshwa mu mafaranya y\u2019u Rwanda, iri mu bwoko bubiri, bwombi buhuriye ku kuba zifite ibara ry\u2019iroza, zikaba kandi zombi ziriho ishuro y\u2019Ingagi iri muri Pariki y\u2019Igihugu y\u2019Ibirunga ndetse n\u2019uruziga rw\u2019umweru rubengeranamo utuzu dutatu dufatanye ndetse n\u2019ikirangantego cya repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019inyubako ya BNR.\r\n\r\nUbu bwoko buri bw\u2019Inote ya Bitanu (5 000 Frw), burimo iyakozwe muri 2004 mu gihe indi yakozwe mu mwaka wa 2014.\r\n\r\nInote y\u2019ibihumbi bibiri na yo iri mu bwoko bubiri, buhuriye ku kuba zose ziri mu ibara rya move itijimye, aho ku ruhande rumwe hariho umunara w\u2019itumanaho n\u2019uwa Televiziyo, ndetse n\u2019ikirangantego cya Repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019ikirango cya BNR.\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"Ibyo wamenya ku miterere y\u2019inoti nshya zashyizwe hanze n\u2019u Rwanda","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"ibyo-wamenya-ku-miterere-yinoti-nshya-zashyizwe-hanze-nu-rwanda","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-30 14:07:03","post_modified_gmt":"2024-08-30 12:07:03","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47909","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47569,"post_author":"1","post_date":"2024-08-24 05:03:45","post_date_gmt":"2024-08-24 03:03:45","post_content":"Bamwe mu baturage barasaba ko amabanki yagabanya inyungu ku nguzanyo, kuko ikiri hejuru bituma bamwe batinya kwaka inguzanyo, ndetse n\u2019abazatse bamwe bakagwa mu bihombo bituma imitungo yabo itezwa cyamunara, mu gihe Banki Nkuru y\u2019u Rwanda ivuga ko hari ibiri gukorwa bizatuma inyungu igabanuka.<\/em>\r\n\r\nImibare igaragaza ko impuzandengo y\u2019inyungu amabanki yaka ku nguzanyo, ari 15.81%. Uyu mubare ugaragazwa n\u2019abaturage ko akiri hejuru kuko ubagusha mu gihombo.\r\n\r\nUmwe mu batse inguzanyo akananirwa kuyishyura kubera inyungu iri hejuru, yabwiye RADIOTV10 ko byatumye agwa mu uhurizo rikomeye.\r\n\r\nYagize ati \u201cKubera inyungu ku nguzanyo y\u2019umurengera byatumye nanirwa kwishyura icyakora nza gufata n\u2019andi mafaranga nari nizigamiye ku ruhande mbona ndishyuye. Twifuza ko amabanki yagabanya inyungu ku nguzanyo.\u201d<\/em>\r\n\r\nUmuyobozi wa Banki ya Kigali, Diane Karusisi avuga ko mu gushyiraho igipimo cy\u2019inyungu ku nguzanyo, hari byinshi biba byagendeweho kugira ngo na Banki itisanga mu bihombo.\r\n\r\nAti \u201cIyo dushyiraho ibiciro tureba ku bintu byinshi, tureba ku kiguzi cy\u2019amafaranga aho tuyakura n\u2019ibyo tuyakoresha byose turabireba tukabona gushyiraho igiciro.\u201d<\/em>\r\n\r\nKarusisi avuga ko inyungu ku nguzanyo iyi Banki yaka abaturage iri hasi ugereranyije n\u2019uko bihagaze mu bindi Bihugu byo muri Afurika y\u2019Iburasirazuba.\r\n\r\nImpuguke mu bukungu, Ruziga Emmanuel Masantura agaragaza ko amabanki yagakwiye gufungura ihiganwa mu bucuruzi kugira ngo abaturage bafate inguzanyo mu buryo buborohereye.\r\n\r\nAti \u201cIkiguzi cy\u2019inguzanyo uyu munsi mu Rwanda wavuga ko kiri hejuru ugereranyije n\u2019ubushobozi bw\u2019Abanyarwanda n\u2019inyungu iva mu gushora imari iyo bigurije aya mafaranga. Byaba byiza habaye gufunguka kw\u2019ihatana ry\u2019amabanki ku isoko kugira ngo amabanki areshye abaturage bitewe no kumanura ibiciro ku nguzanyo.\u201d<\/em>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwagomba atanga icyizere ko mu bihe biri imbere inyungu ku nguzanyo zitangwa n\u2019amabanki zizagenda zimanuka bitewe no kunoza imikorere.\r\n\r\nAti \u201cAbantu imyenda barayifata bigakomeza bizamuka, ntabwo abananirwa kwishyura imyenda bari hejuru, nta bintu tubona bidasanzwe bitera ibibazo mu gufata amafaranga kubera yuko inyungu ziri hejuru, uko ubukungu bugenda butera imbere ni uko umubare w\u2019amafaranga ugenda uboneka, uko abantu bagenda banoza imikorere yabo, ni nako inyungu zizagenda zigabanuka.\u201d<\/em>\r\n\r\nNubwo Banki Nkuru y\u2019u Rwanda igaragaza ko abaturage bafata imyenda bakomeza kuzamuka ndetse n\u2019abagira ubushobozi bwo kuyishyura neza bari hejuru ya 90%, kugeza ubu imibare igaragaza ko abaturage baka inguzanyo zikabananira kwishyura bangana na 5%.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_47571\" align=\"alignnone\" width=\"1024\"]\"\" Guverineri wa Banki Nkuru y'u Rwanda, John Rwangombwa yatanze icyizere[\/caption]\r\n\r\nNTAMBARA Garleon\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Icyizere kirahari ku kibazo gituma abaka inguzanyo Banki bahomba bamwe bagaterezwa cyamunara","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"icyizere-kirahari-ku-kibazo-gituma-abaka-inguzanyo-banki-bahomba-bamwe-bagaterezwa-cyamunara","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-24 05:03:46","post_modified_gmt":"2024-08-24 03:03:46","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47569","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"1","filter":"raw"},{"ID":47419,"post_author":"1","post_date":"2024-08-22 06:14:01","post_date_gmt":"2024-08-22 04:14:01","post_content":"Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Gisagara bahinga mu gishanga cya Duwane, bavuga ko bategetswe n\u2019ubuyobozi guhinga urusenda none rwararumbye, bakaba bari no kwishyuzwa amafaranga na rwiyemezamirimo wabahaye ingemwe, bavuga ko byakozwe ku kagambane ke n\u2019ubuyobozi.<\/em>\r\n\r\nAba baturage bavuga ko guhinga iki gihingwa, babitegetswe n\u2019Ubuyobozi bw\u2019Umurenge wabo, kandi batabanje kubijyaho inama nk\u2019abanyamuryango ba Koperative.\r\n\r\nUmwe ati \u201cTwagiye kubona tubona Agoronome w\u2019Umurenge araje aratubwira ngo tugomba guhinga urusenda kandi mbere twahingagamo ibigori ndetse n\u2019indi myaka. Babidutegetse batarabanje kutugisha inama nk\u2019abanyamuryango ba koperative none rwararumbye twakoreye mu gihombo.\u201d<\/em>\r\n\r\nAba baturage bavuga, igitekerezo cy\u2019ubu buhinzi cyaganiriweho n\u2019ubuyobozi ndetse na rwiyemezamirimo wabahaye imbuto, ariko hakirengagizwa uruhande rwabo.\r\n\r\nUndi ati \u201cAgoronome w\u2019Umurenge yagambanye na rwiyemezamirimo\u00a0 badutegeka guhinga urusenda tutarabivuganye, none ubu ntacyo twasaruyemo.\u201d<\/em>\r\n\r\nBavuga ko ikibabaje ari uko rwiyemezamirimo wabahaye ifumbire n\u2019ingemwe, ari kubishyuza miliyoni 3 Frw, kandi uyu mushinga batarawugizemo uruhare ndetse baranahombye.\r\n\r\nUndi ati \u201cUbu imyaka yagombaga kweramo ntiyezemo, twarahombye none bari no kuduca amafaranga, ubu se babona twayakura he?\u201d<\/em>\r\n\r\nUmunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Kibilizi, Giraneza Clisante avuga ko iki kibazo akizi, ariko ko hari kurebwa uko cyakemuka habayeho ubwumvikane bw\u2019aba bahinzi na rwiyemezamirimo wari inyuma y\u2019uyu mushinga.\r\n\r\nIkibazo cy'aba bahinzi cyumvikanye nyuma y'ibindi bimaze iminsi bivugwa n'abahinga umuceri, bo babonye umusaruro mwiza uhagije, ariko bakabura isoko.\r\n\r\nIki kibazo cyanagarutsweho na Perezida Paul Kagame, ubu cyatangiye gushakirwa umuti, aho umusaruro w'aba bahinzi watangiye kugurwa, bihereye ku bo mu Kibaya cya Bugarama mu Karere ka Rusizi, RADIOTV10 yari iherutse gutangazaho inkuru, ari na bo banagarutsweho n'Umukuru w'Igihugu.\r\n\r\nINKURU MU MASHUSHO<\/strong>\r\n\r\nhttps:\/\/www.youtube.com\/watch?v=JRJfAMJZQEs\r\n\r\nPrince Theogene NZABIHIMANA\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Abandi bahinzi bagaragaje ikindi kibazo cyo gitandukanye n\u2019icyagarutsweho na Perezida Kagame","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"abandi-bahinzi-bagaragaje-ikindi-kibazo-cyo-gitandukanye-nicyagarutsweho-na-perezida-kagame","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-22 06:14:31","post_modified_gmt":"2024-08-22 04:14:31","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47419","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47455,"post_author":"1","post_date":"2024-08-21 11:48:33","post_date_gmt":"2024-08-21 09:48:33","post_content":"Banki Nkuru y\u2019u Rwanda yagabanyije urwunguko rwayo, irukura kuri 7% irushyira kuri 6,5%, igaragaza ko ibi byatewe no kuba umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko uhagaze neza kandi hari n\u2019icyizere ko ari ko bizakomeza kugenda mu myaka ibiri iri imbere.<\/em>\r\n\r\nByatangajwe kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Kanama 2024 ubwo hagaragazwaga Raporo z\u2019Akanama gashinzwe Politiki y\u2019Ifaranga ndetse n\u2019iy\u2019Akanama gashinzwe kutajegajega k\u2019urwego rw\u2019Imari muri Banki Nkuru y\u2019u Rwanda.\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwangombwa yavuze ko ubukungu bw\u2019Isi buri kugerageza gutera imbere ugereranyije n\u2019uko byari bimeze mu bihe bya Covid, ariko ko Ibihugu bisanzwe bifite ubukungu bwo hejuru bitaragera ku gipimo cyo hejuru.\r\n\r\nAti \u201cIbihugu bifite ubukungu bunini nka America n\u2019u Burayi ntabwo birashobora kuzahura ubukungu bwabo neza, ariko icyiza ni uko nta Gihugu na kimwe kiri mu kuzagira ubukungu busubira hasi. Ubukungu bwose buratera imbere ariko mu buryo buciriritse.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe ahubwo muri Afurika ubukungu buri kuzamuka ku kigero gishimishije kurusha ku rwego rw\u2019Isi, kuko uyu mwaka byitezwe ko buzazamukaho 3,7% bivuye kuri 3,4% byariho umwaka ushize, ndetse uyu muvuduko ukazakomeza kuri 4,1% umwaka utaha.\r\n\r\nUmuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro, ku rwego mpuzamahanga na wo waragabanutse, kuko muri 2022 wari warenze 8%, umwaka ushize wa 2023, bigera kuri 6,7%, uyu mwaka bikazagabanuka bikagera kuri 5,9% mu gihe umwaka utaha bizagera kuri 4,4%.\r\n\r\nJohn Rwangombwa avuga ko iyi mibare y\u2019igabanuka ry\u2019umuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro, izanagira uruhare ku igabanuka ry\u2019ibiciro by\u2019imbere mu Gihugu. Ati \u201cIbyo dukura hanze biragenda bigabanuka, biza no kugaragara no ku muvuduko wo ku masoko yacu.\u201d<\/em>\r\n\r\n \r\n\r\nMu Rwanda bihagaze bite?<\/strong>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwangombwa avuga ko ubukungu bw\u2019u Rwanda bukomeza gutera imbere neza, ndetse ko biherutse no kugaragazwa n\u2019Ikigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Ibarurishamibare cyagaragaje ko mu gihembwe cya mbere cy\u2019uyu mwaka, ubukungu bwari buhagaze ku 9,7%.\r\n\r\nAti \u201cIyo turebye no mu gihembwe cya kabiri na bwo birakomeza gutera imbere neza, imibare dukurikirana iragaragaza ko yateye imbere 17,9%. Ntabwo ari bwo bukungu nyirizina, ibyo bizatangazwa n\u2019Ikigo cy\u2019Ibarurishamirabe muri uku kwezi gutaha, ariko twebwe ibyo tubona nk\u2019uko bigaragara, ni uko mu gihembwe cya kabiri cy\u2019uyu mwaka, ubukungu bwateye imbere.\u201d<\/em>\r\n\r\nGusa haracyari imbogamizi mu kinyuranyo kikiri mu byo u Rwanda rwohereza hanze n\u2019ibyo ruhatumizayo, aho ibyoherezwa hanze byazamutseho 0,9% muri iki gihembwe cya kabiri, mu gihe ibyatumijwe hanze byo byari byazamutseho 6,4%.\r\n\r\nAti \u201cIbi byatumye icyuho cy\u2019ibyo dukura mu mahanga n\u2019ibyo twohereza mu mahanga kiyongeraho 9,5% bikagira ingaruka ku isoko ry\u2019ivunjisha aho tubona ko ifaranga rigenda rikomeza guta agaciro.\u201d<\/em>\r\n\r\nJohn Rwangombwa avuga ko nubwo guta agaciro kw\u2019ifaranga ry\u2019u Rwanda bigihari, ariko biri kugenda bigabanuka ugereranyije n\u2019uko byari bimeze umwaka ushize.\r\n\r\n \r\n\r\nUrwunguko rwa BNR rwagabanyijwe<\/strong>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda kandi yavuze ko umuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro ku masoko, ugenda ugabanuka ugeraranyije n\u2019uko byari bihagaze mu myaka ibiri ishize yaranzwe n\u2019izamuka ry\u2019ibiciro rinini.\r\n\r\nMu gihembwe cya mbere cy\u2019uyu mwaka wa 2024, umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko wari uri kuri 4,7%; mu gihe mu gihembwe cya kabiri wageze kuri 5,1%.\r\n\r\nAti \u201cAriko mu mibare tubona mu mwaka wose, ntabwo bizarenza 5%, tubona ko muri uyu mwaka n\u2019umwaka utaha nibura mu biciro ku masoko bitazarenza 5% ari mu gipimo cya Banki Nkuru twifuza ko bitagomba kurenga.\u201d<\/em>\r\n\r\nAkomeza agira ati \u201cKubera iyo mpamvu rero y\u2019uko umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko uri mu gipimo twifuza ko wagombye kugumaho, twasanze ari ngombwa ko twagabanya urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019Igihugu rukurwa kuri 7% kugeza kuri 6,5% kugira ngo tugendane n\u2019uko ubukungu tubona bumeze.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe mu myaka ibiri ishize, urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda rwari rwazamuwe bitewe n\u2019uko umuvuduko ku masoko wari ukabije.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_47459\" align=\"alignnone\" width=\"1728\"]\"\" Banki Nkuru y'u Rwanda yagaragarije abanyamakuru raporo igaragaza ishusho y'ubukungu bw'u Rwanda[\/caption]\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"AMAKURU AGEZWEHO: Urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda rwagabanyijwe hagaragazwa n\u2019ibyashingiweho","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"urwunguko-rwa-banki-nkuru-yu-rwanda-rwagabanyijwe-hagaragazwa-nibyashingiweho","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-21 12:01:13","post_modified_gmt":"2024-08-21 10:01:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47455","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"}],"next":false,"prev":true,"total_page":4},"paged":1,"column_class":"jeg_col_2o3","class":"jnews_block_7"};

Page 4 of 24 1 3 4 5 24

IZIHERUKA

ADVERTISEMENT
\n

Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Edouard Ngirente yavuze ko mu kugera kuri iki cyerekezo, Guverinoma y\u2019u Rwanda yaciyemo ibice bibiri imyaka isigaye, aho hafashwe igice cya mbere cyo kugeza muri 2035.<\/p>\n\n\n\n

Muri uyu mwaka wa 2035, Guverinoma y\u2019u Rwanda yiyemeje ko umusaruro ku muturage wazaba ugeze ku 4 036 USD ku mwaka, naho uruhare rw\u2019inganda mu musaruro mbumbe w\u2019Igihugu ukazaba ugeze kuri 24%.<\/p>\n\n\n\n

Uruhare rw\u2019ishoramari ku musaruro mbumbe w\u2019Imbere mu Gihugu, muri uwo mwaka wa 2035 uzaba ugeze kuri 32,6%; naho icyizere cyo kubaho kikazaba kigeze ku myaka 71,7; mu gihe ikigereranyo cy\u2019ubushomeri mu baturage kikaza kigeze kuri 7%.<\/p>\n\n\n\n

\"\"
Minisitiri w'Intebe kuri uyu wa Mbere mu Ngoro y'Inteko Ishinga Amategeko<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n

RADIOTV10<\/strong><\/p>\n","post_title":"Menya iby\u2019ingenzi bizagerwaho n\u2019u Rwanda mu cyerekezo 2035","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"menya-ibyingenzi-bizagerwaho-nu-rwanda-mu-cyerekezo-2035","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-09 16:43:37","post_modified_gmt":"2024-09-09 14:43:37","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48813","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48398,"post_author":"1","post_date":"2024-09-04 05:53:32","post_date_gmt":"2024-09-04 03:53:32","post_content":"Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Edouard Ngirente yavuze ko Ibihugu byose bigomba gushyira imbaraga mu iterambere ry\u2019ubuhinzi, kuko iyo butitaweho buteza ibibazo bidindiza iterambere ry\u2019izindi nzego zigize ubukungu bw\u2019Igihugu.<\/em>\r\n\r\nDr Ngirente yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Nzeri 2024, ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama Mpuzamahanga yiga kuri politike ziteza imbere ubuhinzi iteraniye i Kigali.\r\n\r\nInzego zishinzwe ubuhinzi zigaragaza ko Umugabane wa Afurika wihariye 60% y\u2019ubutaka buhingwa, ariko 20% by\u2019abawutuye ntibabasha kubona ibyo kurya bihagije. Ibi kandi bituma 32% y\u2019abana bari munsi y\u2019imyaka itanu muri Afurika, bagaragarwaho ikibazo cy\u2019igwingira.\r\n\r\nIgikomeye kuruta ibindi ni uko Leta z\u2019Ibihugu bya Afurika zidashora imari ifatika mu buhinzi, dore ko bishoramo 4,6% by\u2019ingengo y\u2019imari, mu gihe amasezerano y\u2019i Malabo yo muri 2014 asaba Ibihugu gushora mu buhinzi 10% by\u2019ingengo y\u2019imari.\r\n\r\nUmuyobozi w\u2019Inama y\u2019Ubutegetsi y\u2019Ihuriro Mpuzamahanga ryita ku Iterambere ry\u2019Ubuhinzi muri Afurika (AGRA), Hailemariam Desalegn avuga ko igisubizo kigomba gushakirwa kuri iyo ngingo.\r\n\r\nYagize ati \u201cUbuhinzi muri Afurika ntibuhabwa agaciro n\u2019ubwitange mu buryo bwa politike bigomba uwo mwuga. Umbajije impamvu mvuze ntyo; nakubwira ngo reba amafarnga mushora mu buhinzi. Icyo kirahagije, twe twerekanye neza ko politiki nziza, gushyigikirwa no kwitabwaho; abahinzi bacu bashobora kwikura mu bukene.\u201d<\/em>\r\n\r\nMinisitiri w\u2019intebe w\u2019u Rwanda, Dr Edouard Ngirente avuga ko kwirengagiza ubuhinzi bishobora kugira ingaruka no ku bindi bikorwa binini by\u2019Igihugu.\r\n\r\nAti \u201cIyo Igihugu kitihagije ku biribwa; gishora amafaranga menshi mu gushakira abaturage ibiribwa, ibyo bituma amafaranga yari agenewe gushyirwa mu nzego zikomeye nk\u2019ubuhinzi, uburezi, ibikorwa remezo n\u2019ubuzima ataboneka.\u201d<\/em>\r\n\r\nMinisitiri Ngirente avuga ko Ibihugu bigomba gushora imari mu buhinzi burambye, bikongerera agaciro umusaruro ubuvamo, ndetse bikanagabanya umusaruro wangirika.\r\n\r\nAti \u201cKugira ngo tubigereho mu Rwanda, twashyize imbaraga mu gukoresha ikoranabuhanga mu buhinzi. Guverinoma kandi iri kwagura ubwishingizi no kubona inguzanyo zihendutse kugira ngo abahinzi babashe gushora imari muri uyu mwuga banahangane n\u2019imihindagurikire y\u2019ikirere. Ibyo tubihuje na politike zo guteza imbere ibikorwaremezo mu cyaro; bituma uru rwego rutanga umusaruro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nAbahanga bagaragaza ko buri mwaka Abanyafurika bakenera ibiribwa bingana na toni miliyari 1.3, kugeza ubu 85% y\u2019ibyo biribwa biboneka imbere muri Afururika, naho 15% bigatumiza hanze ya Afurika.\r\n\r\nKubera ikibazo cy\u2019ibiribwa Abanyafurika bafite, 95% y\u2019ibyo bahinga ntibirenga uyu Mugabane, naho 5% y\u2019umusaruro babona ni wo bagurisha ku yindi Migabane.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_48400\" align=\"alignnone\" width=\"2048\"]\"\" Iyi nama yitabiriwe n'impuguke ziturutse mu Bihugu binyuranye[\/caption]\r\n\r\n\"\"\r\n\r\n[caption id=\"attachment_48401\" align=\"alignnone\" width=\"1567\"]\"\" Hagaragajwe imishinga yazamura ubuhinzi[\/caption]\r\n\r\nDavid NZABONIMPA\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Minisitiri Dr Ngirente yagaragaje uko ubuhinzi bufatiye runini izindi nzego ziteza imbere Ibihugu","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"minisitiri-dr-ngirenye-yagaragaje-uko-ubuhinzi-bufatiye-runini-izindi-nzego-ziteza-imbere-ibihugu","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-05 11:08:13","post_modified_gmt":"2024-09-05 09:08:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48398","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48146,"post_author":"1","post_date":"2024-09-02 13:18:13","post_date_gmt":"2024-09-02 11:18:13","post_content":"Banki Nkuru y\u2019u Rwanda iratangaza ko inote nshya y\u2019ibihumbi bitanu (5 000 Frw) n\u2019iy\u2019ibihumbi bibiri (2 000 Frw) ziherutse gushyirwa hanze, zitazasimbura izisanzweho, ahubwo ko zose zizakomeza gukoreshwa.<\/em>\r\n\r\nIzi note nshya ziteganywa n\u2019Igazeti ya Leta idasanzwe yashyizwe hanze ku wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024 y\u2019Iteka rya Perezida N\u00b0 073\/01 ryo ku wa 29\/08\/2024 rishyiraho inoti nshya ya Frw 5 000 n\u2019iya Frw 2 000.\r\n\r\nIngingo ya kabiri y\u2019iri Teka rya Perezida, igira iti \u201cInoti nshya ya FRW 5.000 n\u2019iya FRW 2.000 zikoreshwa hamwe n\u2019inoti zisanzweho, iya FRW 500, iya FRW 1.000, iya FRW 2.000 n\u2019iya FRW 5.000, kandi zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe hari bamwe bakekaga ko izi note nshya zigiye gusimbura izari zisanzweho, banibaza uko bizagenda ku zo abantu bari bafite, aho bamwe bakekaga ko zigiye guta agaciro.\r\n\r\nBanki Nkuru y\u2019u Rwanda yatanze umucyo kuri izi mpungenge, ivuga ko \u201cInoti nshya ya Frw 5000 n\u2019iya Frw 2000 zizakoreshwa hamwe n\u2019izindi noti zari zisanzwe zikoreshwa kandi zose zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nHabumugisha Denis ushinzwe ikoreshwa ry'ifaranga no kwishyurana muri Banki Nkuru y'u Rwanda, BNR, yagize ati \u201cInote za bibiri n\u2019inote za bitanu zisanzwe zikoreshwa, zizakomeza zikoreshwe mu buzima bwacu bwa buri munsi, zose zizakoreshwa mu gihe kimwe.\u201d<\/em>\r\n\r\nHabumugisha yatangaje ko izi note nshya zizatangira gukoreshwa kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Nzeri 2024, aho zizatangira gushyirwa muri Banki z\u2019ubucuruzi mu Rwanda, kugira ngo zizagere ku baturage.\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"Hatanzwe umucyo ku rujijo rwari ruhari ku mikoreshere y\u2019inote nshya n\u2019igihe zizatangira gukoreshwa","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"hatanzwe-umucyo-ku-rujijo-rwari-ruhari-ku-mikoreshere-yinote-nshya-nigihe-zizatangira-gukoreshwa","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-02 13:18:13","post_modified_gmt":"2024-09-02 11:18:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48146","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48099,"post_author":"1","post_date":"2024-09-02 06:06:11","post_date_gmt":"2024-09-02 04:06:11","post_content":"MTN Rwanda is thrilled to announce the launch of its latest promotional campaign \u201cRecharge and Win!\u201d aimed at keeping its loyal customers connected and rewarding them with an array of incredible prizes. To participate, MTN Rwanda customers need only to buy a voice pack or an internet bundle as they normally do and stand a chance to win. \u00a0The more packs and bundles they buy, the higher their chances of winning big!<\/em>\r\n\r\nThe promotion offers cash rewards ranging from Rwf 10,000 to a grand prize of Rwf 5,000,000 which will be awarded to two lucky winners. Additionally, participants stand a chance to win non-monetary prizes such as helicopter rides in partnership with Akagera Aviation, motorcycles, bicycles, solar kits, smartphones and telco prizes like voice and data bundles. This promotion portrays MTN Rwanda's commitment to empowering its customers to stay connected to their friends and families.\r\n\r\nFor customers to be eligible, all they need to do, is to increase their spend by buying more data bundles, voice packs or airtime. Participation is simple, as customers just need to increase their spending on data bundles, voice packs, or airtime. There\u2019s no need to opt-in; every purchase will automatically enter you into the promotion. The more you reload, the higher your chances of winning, with winners selected via a random draw.\r\n\r\nThis promotion is open to customers across all regions, ensuring that no matter where you are in Rwanda\u2014whether in Kigali, or any other region \u2014your chance to win is just a reload away.\r\n\r\n\u201cAt MTN Rwanda, our customers are at the heart of everything we do. We are deeply committed to keeping them connected to their loved ones and this campaign is one of the many ways we\u2019re empowering through connectivity and enhancing their digital experience. We encourage all our customers to continue recharging and take advantage of our MTN voice packs and data bundles, allowing them to stay connected with family and friends,\u201d<\/em> said Acting Chief Consumer and Digital Officer Rosine Dusabe.<\/em>\r\n\r\n\u00a0\u201cWe also have something special for our agents, as they play a crucial role in ensuring our customers can access our products and services. We want to empower and appreciate them for being the bridge between us and our customers. We prioritize our customers' needs and strive to ensure they always feel valued and appreciated,\u201d <\/em>Dusabe added.\r\n\r\nMTN Rwanda is offering attractive incentives to its agents, with an exciting weekly rewards program. Agents will be categorized based on their respective provinces, and winners will be selected each week. Those who excel by achieving or exceeding the daily bundle\/pack or airtime sales of 3,000 RWF, will stand a chance to win impressive prizes, including motorcycles and 100,000 RWF weekly to 10 agents.\r\n\r\nMTN Rwanda remains committed to providing a modern, connected life to its customers and agents. This promotion is designed to empower all MTN Rwanda customers and agents, enhancing their experience and ensuring seamless connectivity.\r\n\r\n\"\"","post_title":"Fly high with MTN\u2019s \u201cRecharge and Win!\u201d promo and stand a chance to win prizes worth over RWF 200,000,000","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"fly-high-with-mtns-recharge-and-win-promo-and-stand-a-chance-to-win-prizes-worth-over-rwf-200000000","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-02 06:06:11","post_modified_gmt":"2024-09-02 04:06:11","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48099","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47909,"post_author":"1","post_date":"2024-08-30 14:02:26","post_date_gmt":"2024-08-30 12:02:26","post_content":"Hatangajwe inote nshya z\u2019ibihumbi bitanu (5 000 Frw) n\u2019iy\u2019ibihumbi bibiri (2 000 Frw) mu mafaranga y\u2019u Rwanda, zirimo izaba ifitemo ibiyiranga birimo inyubako ya Kigali Convention Center.<\/em>\r\n\r\nIzi note zashyizwe hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024, nk\u2019uko bigaragazwa n\u2019Igazeti ya Leta idasanzwe yashyizwe hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024 y\u2019Iteka rya Perezida N\u00b0 073\/01 ryo ku wa 29\/08\/2024 rishyiraho inoti nshya ya Frw 5 000 n\u2019iya Frw 2 000.\r\n\r\nIngingo ya kabiri y\u2019iri Teka rya Perezida, igira iti \u201cInoti nshya ya FRW 5.000 n\u2019iya FRW 2.000 zikoreshwa hamwe n\u2019inoti zisanzweho, iya FRW 500, iya FRW 1.000, iya FRW 2.000 n\u2019iya FRW 5.000, kandi zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nUmugereka w\u2019iri Teka ugaragaza ibizajya bigaragaza izi note, aho nk\u2019inote ya bitanu (5 000 Frw), izajya igaragazwa n\u2019ibimenyetso binyuranye ibirimo kuba ifite ibara ryiganjemo ibihogo bijya gusa n\u2019ibara rya roza.\r\n\r\nNanone kandi iyi note izaba irangwa n'igishushanyo cy'ishusho y\u2019inyubako ya Kigali Convention Center iherereye mu Mujyi wa Kigali, yabaye ikimenyabose ku Mugabane wa Afurika kubera imiterere yayo yihariye, ikaba iri mu nyubako za mbere kuri uyu Mugabane zatwaye amafaranga menshi kurusha izindi.\r\n\r\nNi mu gihe inote ya bibiri (2 000 Frw) yo izajya irangwa no kuba ifite ibara ryiganjemo ni umweru ucyeye ndetse n'igishushanyo kigaragara cy\u2019imisozi y\u2019Ikiyaga cya Kivu,\u00a0na byo biri mu biranga Igihugu cy\u2019u Rwanda gisanzwe kizwi nk\u2019Igihugu cy\u2019imisozi igihumbi.\r\n\r\nInote y\u2019Ibihumbi bitanu isanzwe ikoreshwa mu mafaranya y\u2019u Rwanda, iri mu bwoko bubiri, bwombi buhuriye ku kuba zifite ibara ry\u2019iroza, zikaba kandi zombi ziriho ishuro y\u2019Ingagi iri muri Pariki y\u2019Igihugu y\u2019Ibirunga ndetse n\u2019uruziga rw\u2019umweru rubengeranamo utuzu dutatu dufatanye ndetse n\u2019ikirangantego cya repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019inyubako ya BNR.\r\n\r\nUbu bwoko buri bw\u2019Inote ya Bitanu (5 000 Frw), burimo iyakozwe muri 2004 mu gihe indi yakozwe mu mwaka wa 2014.\r\n\r\nInote y\u2019ibihumbi bibiri na yo iri mu bwoko bubiri, buhuriye ku kuba zose ziri mu ibara rya move itijimye, aho ku ruhande rumwe hariho umunara w\u2019itumanaho n\u2019uwa Televiziyo, ndetse n\u2019ikirangantego cya Repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019ikirango cya BNR.\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"Ibyo wamenya ku miterere y\u2019inoti nshya zashyizwe hanze n\u2019u Rwanda","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"ibyo-wamenya-ku-miterere-yinoti-nshya-zashyizwe-hanze-nu-rwanda","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-30 14:07:03","post_modified_gmt":"2024-08-30 12:07:03","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47909","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47569,"post_author":"1","post_date":"2024-08-24 05:03:45","post_date_gmt":"2024-08-24 03:03:45","post_content":"Bamwe mu baturage barasaba ko amabanki yagabanya inyungu ku nguzanyo, kuko ikiri hejuru bituma bamwe batinya kwaka inguzanyo, ndetse n\u2019abazatse bamwe bakagwa mu bihombo bituma imitungo yabo itezwa cyamunara, mu gihe Banki Nkuru y\u2019u Rwanda ivuga ko hari ibiri gukorwa bizatuma inyungu igabanuka.<\/em>\r\n\r\nImibare igaragaza ko impuzandengo y\u2019inyungu amabanki yaka ku nguzanyo, ari 15.81%. Uyu mubare ugaragazwa n\u2019abaturage ko akiri hejuru kuko ubagusha mu gihombo.\r\n\r\nUmwe mu batse inguzanyo akananirwa kuyishyura kubera inyungu iri hejuru, yabwiye RADIOTV10 ko byatumye agwa mu uhurizo rikomeye.\r\n\r\nYagize ati \u201cKubera inyungu ku nguzanyo y\u2019umurengera byatumye nanirwa kwishyura icyakora nza gufata n\u2019andi mafaranga nari nizigamiye ku ruhande mbona ndishyuye. Twifuza ko amabanki yagabanya inyungu ku nguzanyo.\u201d<\/em>\r\n\r\nUmuyobozi wa Banki ya Kigali, Diane Karusisi avuga ko mu gushyiraho igipimo cy\u2019inyungu ku nguzanyo, hari byinshi biba byagendeweho kugira ngo na Banki itisanga mu bihombo.\r\n\r\nAti \u201cIyo dushyiraho ibiciro tureba ku bintu byinshi, tureba ku kiguzi cy\u2019amafaranga aho tuyakura n\u2019ibyo tuyakoresha byose turabireba tukabona gushyiraho igiciro.\u201d<\/em>\r\n\r\nKarusisi avuga ko inyungu ku nguzanyo iyi Banki yaka abaturage iri hasi ugereranyije n\u2019uko bihagaze mu bindi Bihugu byo muri Afurika y\u2019Iburasirazuba.\r\n\r\nImpuguke mu bukungu, Ruziga Emmanuel Masantura agaragaza ko amabanki yagakwiye gufungura ihiganwa mu bucuruzi kugira ngo abaturage bafate inguzanyo mu buryo buborohereye.\r\n\r\nAti \u201cIkiguzi cy\u2019inguzanyo uyu munsi mu Rwanda wavuga ko kiri hejuru ugereranyije n\u2019ubushobozi bw\u2019Abanyarwanda n\u2019inyungu iva mu gushora imari iyo bigurije aya mafaranga. Byaba byiza habaye gufunguka kw\u2019ihatana ry\u2019amabanki ku isoko kugira ngo amabanki areshye abaturage bitewe no kumanura ibiciro ku nguzanyo.\u201d<\/em>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwagomba atanga icyizere ko mu bihe biri imbere inyungu ku nguzanyo zitangwa n\u2019amabanki zizagenda zimanuka bitewe no kunoza imikorere.\r\n\r\nAti \u201cAbantu imyenda barayifata bigakomeza bizamuka, ntabwo abananirwa kwishyura imyenda bari hejuru, nta bintu tubona bidasanzwe bitera ibibazo mu gufata amafaranga kubera yuko inyungu ziri hejuru, uko ubukungu bugenda butera imbere ni uko umubare w\u2019amafaranga ugenda uboneka, uko abantu bagenda banoza imikorere yabo, ni nako inyungu zizagenda zigabanuka.\u201d<\/em>\r\n\r\nNubwo Banki Nkuru y\u2019u Rwanda igaragaza ko abaturage bafata imyenda bakomeza kuzamuka ndetse n\u2019abagira ubushobozi bwo kuyishyura neza bari hejuru ya 90%, kugeza ubu imibare igaragaza ko abaturage baka inguzanyo zikabananira kwishyura bangana na 5%.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_47571\" align=\"alignnone\" width=\"1024\"]\"\" Guverineri wa Banki Nkuru y'u Rwanda, John Rwangombwa yatanze icyizere[\/caption]\r\n\r\nNTAMBARA Garleon\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Icyizere kirahari ku kibazo gituma abaka inguzanyo Banki bahomba bamwe bagaterezwa cyamunara","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"icyizere-kirahari-ku-kibazo-gituma-abaka-inguzanyo-banki-bahomba-bamwe-bagaterezwa-cyamunara","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-24 05:03:46","post_modified_gmt":"2024-08-24 03:03:46","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47569","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"1","filter":"raw"},{"ID":47419,"post_author":"1","post_date":"2024-08-22 06:14:01","post_date_gmt":"2024-08-22 04:14:01","post_content":"Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Gisagara bahinga mu gishanga cya Duwane, bavuga ko bategetswe n\u2019ubuyobozi guhinga urusenda none rwararumbye, bakaba bari no kwishyuzwa amafaranga na rwiyemezamirimo wabahaye ingemwe, bavuga ko byakozwe ku kagambane ke n\u2019ubuyobozi.<\/em>\r\n\r\nAba baturage bavuga ko guhinga iki gihingwa, babitegetswe n\u2019Ubuyobozi bw\u2019Umurenge wabo, kandi batabanje kubijyaho inama nk\u2019abanyamuryango ba Koperative.\r\n\r\nUmwe ati \u201cTwagiye kubona tubona Agoronome w\u2019Umurenge araje aratubwira ngo tugomba guhinga urusenda kandi mbere twahingagamo ibigori ndetse n\u2019indi myaka. Babidutegetse batarabanje kutugisha inama nk\u2019abanyamuryango ba koperative none rwararumbye twakoreye mu gihombo.\u201d<\/em>\r\n\r\nAba baturage bavuga, igitekerezo cy\u2019ubu buhinzi cyaganiriweho n\u2019ubuyobozi ndetse na rwiyemezamirimo wabahaye imbuto, ariko hakirengagizwa uruhande rwabo.\r\n\r\nUndi ati \u201cAgoronome w\u2019Umurenge yagambanye na rwiyemezamirimo\u00a0 badutegeka guhinga urusenda tutarabivuganye, none ubu ntacyo twasaruyemo.\u201d<\/em>\r\n\r\nBavuga ko ikibabaje ari uko rwiyemezamirimo wabahaye ifumbire n\u2019ingemwe, ari kubishyuza miliyoni 3 Frw, kandi uyu mushinga batarawugizemo uruhare ndetse baranahombye.\r\n\r\nUndi ati \u201cUbu imyaka yagombaga kweramo ntiyezemo, twarahombye none bari no kuduca amafaranga, ubu se babona twayakura he?\u201d<\/em>\r\n\r\nUmunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Kibilizi, Giraneza Clisante avuga ko iki kibazo akizi, ariko ko hari kurebwa uko cyakemuka habayeho ubwumvikane bw\u2019aba bahinzi na rwiyemezamirimo wari inyuma y\u2019uyu mushinga.\r\n\r\nIkibazo cy'aba bahinzi cyumvikanye nyuma y'ibindi bimaze iminsi bivugwa n'abahinga umuceri, bo babonye umusaruro mwiza uhagije, ariko bakabura isoko.\r\n\r\nIki kibazo cyanagarutsweho na Perezida Paul Kagame, ubu cyatangiye gushakirwa umuti, aho umusaruro w'aba bahinzi watangiye kugurwa, bihereye ku bo mu Kibaya cya Bugarama mu Karere ka Rusizi, RADIOTV10 yari iherutse gutangazaho inkuru, ari na bo banagarutsweho n'Umukuru w'Igihugu.\r\n\r\nINKURU MU MASHUSHO<\/strong>\r\n\r\nhttps:\/\/www.youtube.com\/watch?v=JRJfAMJZQEs\r\n\r\nPrince Theogene NZABIHIMANA\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Abandi bahinzi bagaragaje ikindi kibazo cyo gitandukanye n\u2019icyagarutsweho na Perezida Kagame","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"abandi-bahinzi-bagaragaje-ikindi-kibazo-cyo-gitandukanye-nicyagarutsweho-na-perezida-kagame","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-22 06:14:31","post_modified_gmt":"2024-08-22 04:14:31","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47419","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47455,"post_author":"1","post_date":"2024-08-21 11:48:33","post_date_gmt":"2024-08-21 09:48:33","post_content":"Banki Nkuru y\u2019u Rwanda yagabanyije urwunguko rwayo, irukura kuri 7% irushyira kuri 6,5%, igaragaza ko ibi byatewe no kuba umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko uhagaze neza kandi hari n\u2019icyizere ko ari ko bizakomeza kugenda mu myaka ibiri iri imbere.<\/em>\r\n\r\nByatangajwe kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Kanama 2024 ubwo hagaragazwaga Raporo z\u2019Akanama gashinzwe Politiki y\u2019Ifaranga ndetse n\u2019iy\u2019Akanama gashinzwe kutajegajega k\u2019urwego rw\u2019Imari muri Banki Nkuru y\u2019u Rwanda.\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwangombwa yavuze ko ubukungu bw\u2019Isi buri kugerageza gutera imbere ugereranyije n\u2019uko byari bimeze mu bihe bya Covid, ariko ko Ibihugu bisanzwe bifite ubukungu bwo hejuru bitaragera ku gipimo cyo hejuru.\r\n\r\nAti \u201cIbihugu bifite ubukungu bunini nka America n\u2019u Burayi ntabwo birashobora kuzahura ubukungu bwabo neza, ariko icyiza ni uko nta Gihugu na kimwe kiri mu kuzagira ubukungu busubira hasi. Ubukungu bwose buratera imbere ariko mu buryo buciriritse.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe ahubwo muri Afurika ubukungu buri kuzamuka ku kigero gishimishije kurusha ku rwego rw\u2019Isi, kuko uyu mwaka byitezwe ko buzazamukaho 3,7% bivuye kuri 3,4% byariho umwaka ushize, ndetse uyu muvuduko ukazakomeza kuri 4,1% umwaka utaha.\r\n\r\nUmuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro, ku rwego mpuzamahanga na wo waragabanutse, kuko muri 2022 wari warenze 8%, umwaka ushize wa 2023, bigera kuri 6,7%, uyu mwaka bikazagabanuka bikagera kuri 5,9% mu gihe umwaka utaha bizagera kuri 4,4%.\r\n\r\nJohn Rwangombwa avuga ko iyi mibare y\u2019igabanuka ry\u2019umuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro, izanagira uruhare ku igabanuka ry\u2019ibiciro by\u2019imbere mu Gihugu. Ati \u201cIbyo dukura hanze biragenda bigabanuka, biza no kugaragara no ku muvuduko wo ku masoko yacu.\u201d<\/em>\r\n\r\n \r\n\r\nMu Rwanda bihagaze bite?<\/strong>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwangombwa avuga ko ubukungu bw\u2019u Rwanda bukomeza gutera imbere neza, ndetse ko biherutse no kugaragazwa n\u2019Ikigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Ibarurishamibare cyagaragaje ko mu gihembwe cya mbere cy\u2019uyu mwaka, ubukungu bwari buhagaze ku 9,7%.\r\n\r\nAti \u201cIyo turebye no mu gihembwe cya kabiri na bwo birakomeza gutera imbere neza, imibare dukurikirana iragaragaza ko yateye imbere 17,9%. Ntabwo ari bwo bukungu nyirizina, ibyo bizatangazwa n\u2019Ikigo cy\u2019Ibarurishamirabe muri uku kwezi gutaha, ariko twebwe ibyo tubona nk\u2019uko bigaragara, ni uko mu gihembwe cya kabiri cy\u2019uyu mwaka, ubukungu bwateye imbere.\u201d<\/em>\r\n\r\nGusa haracyari imbogamizi mu kinyuranyo kikiri mu byo u Rwanda rwohereza hanze n\u2019ibyo ruhatumizayo, aho ibyoherezwa hanze byazamutseho 0,9% muri iki gihembwe cya kabiri, mu gihe ibyatumijwe hanze byo byari byazamutseho 6,4%.\r\n\r\nAti \u201cIbi byatumye icyuho cy\u2019ibyo dukura mu mahanga n\u2019ibyo twohereza mu mahanga kiyongeraho 9,5% bikagira ingaruka ku isoko ry\u2019ivunjisha aho tubona ko ifaranga rigenda rikomeza guta agaciro.\u201d<\/em>\r\n\r\nJohn Rwangombwa avuga ko nubwo guta agaciro kw\u2019ifaranga ry\u2019u Rwanda bigihari, ariko biri kugenda bigabanuka ugereranyije n\u2019uko byari bimeze umwaka ushize.\r\n\r\n \r\n\r\nUrwunguko rwa BNR rwagabanyijwe<\/strong>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda kandi yavuze ko umuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro ku masoko, ugenda ugabanuka ugeraranyije n\u2019uko byari bihagaze mu myaka ibiri ishize yaranzwe n\u2019izamuka ry\u2019ibiciro rinini.\r\n\r\nMu gihembwe cya mbere cy\u2019uyu mwaka wa 2024, umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko wari uri kuri 4,7%; mu gihe mu gihembwe cya kabiri wageze kuri 5,1%.\r\n\r\nAti \u201cAriko mu mibare tubona mu mwaka wose, ntabwo bizarenza 5%, tubona ko muri uyu mwaka n\u2019umwaka utaha nibura mu biciro ku masoko bitazarenza 5% ari mu gipimo cya Banki Nkuru twifuza ko bitagomba kurenga.\u201d<\/em>\r\n\r\nAkomeza agira ati \u201cKubera iyo mpamvu rero y\u2019uko umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko uri mu gipimo twifuza ko wagombye kugumaho, twasanze ari ngombwa ko twagabanya urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019Igihugu rukurwa kuri 7% kugeza kuri 6,5% kugira ngo tugendane n\u2019uko ubukungu tubona bumeze.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe mu myaka ibiri ishize, urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda rwari rwazamuwe bitewe n\u2019uko umuvuduko ku masoko wari ukabije.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_47459\" align=\"alignnone\" width=\"1728\"]\"\" Banki Nkuru y'u Rwanda yagaragarije abanyamakuru raporo igaragaza ishusho y'ubukungu bw'u Rwanda[\/caption]\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"AMAKURU AGEZWEHO: Urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda rwagabanyijwe hagaragazwa n\u2019ibyashingiweho","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"urwunguko-rwa-banki-nkuru-yu-rwanda-rwagabanyijwe-hagaragazwa-nibyashingiweho","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-21 12:01:13","post_modified_gmt":"2024-08-21 10:01:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47455","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"}],"next":false,"prev":true,"total_page":4},"paged":1,"column_class":"jeg_col_2o3","class":"jnews_block_7"};

Page 4 of 24 1 3 4 5 24

IZIHERUKA

ADVERTISEMENT
\n

Nanone hifuzwa ko muri 2050, icyizere cyo kubaho ku Munyarwanda kizaba kigeze ku myaka 73 kivuye kuri 69 kiriho ubu, naho ikigereranyo cy\u2019ubushomeri mu baturage kikazaba kiri kuri 5%.<\/p>\n\n\n\n

Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Edouard Ngirente yavuze ko mu kugera kuri iki cyerekezo, Guverinoma y\u2019u Rwanda yaciyemo ibice bibiri imyaka isigaye, aho hafashwe igice cya mbere cyo kugeza muri 2035.<\/p>\n\n\n\n

Muri uyu mwaka wa 2035, Guverinoma y\u2019u Rwanda yiyemeje ko umusaruro ku muturage wazaba ugeze ku 4 036 USD ku mwaka, naho uruhare rw\u2019inganda mu musaruro mbumbe w\u2019Igihugu ukazaba ugeze kuri 24%.<\/p>\n\n\n\n

Uruhare rw\u2019ishoramari ku musaruro mbumbe w\u2019Imbere mu Gihugu, muri uwo mwaka wa 2035 uzaba ugeze kuri 32,6%; naho icyizere cyo kubaho kikazaba kigeze ku myaka 71,7; mu gihe ikigereranyo cy\u2019ubushomeri mu baturage kikaza kigeze kuri 7%.<\/p>\n\n\n\n

\"\"
Minisitiri w'Intebe kuri uyu wa Mbere mu Ngoro y'Inteko Ishinga Amategeko<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n

RADIOTV10<\/strong><\/p>\n","post_title":"Menya iby\u2019ingenzi bizagerwaho n\u2019u Rwanda mu cyerekezo 2035","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"menya-ibyingenzi-bizagerwaho-nu-rwanda-mu-cyerekezo-2035","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-09 16:43:37","post_modified_gmt":"2024-09-09 14:43:37","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48813","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48398,"post_author":"1","post_date":"2024-09-04 05:53:32","post_date_gmt":"2024-09-04 03:53:32","post_content":"Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Edouard Ngirente yavuze ko Ibihugu byose bigomba gushyira imbaraga mu iterambere ry\u2019ubuhinzi, kuko iyo butitaweho buteza ibibazo bidindiza iterambere ry\u2019izindi nzego zigize ubukungu bw\u2019Igihugu.<\/em>\r\n\r\nDr Ngirente yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Nzeri 2024, ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama Mpuzamahanga yiga kuri politike ziteza imbere ubuhinzi iteraniye i Kigali.\r\n\r\nInzego zishinzwe ubuhinzi zigaragaza ko Umugabane wa Afurika wihariye 60% y\u2019ubutaka buhingwa, ariko 20% by\u2019abawutuye ntibabasha kubona ibyo kurya bihagije. Ibi kandi bituma 32% y\u2019abana bari munsi y\u2019imyaka itanu muri Afurika, bagaragarwaho ikibazo cy\u2019igwingira.\r\n\r\nIgikomeye kuruta ibindi ni uko Leta z\u2019Ibihugu bya Afurika zidashora imari ifatika mu buhinzi, dore ko bishoramo 4,6% by\u2019ingengo y\u2019imari, mu gihe amasezerano y\u2019i Malabo yo muri 2014 asaba Ibihugu gushora mu buhinzi 10% by\u2019ingengo y\u2019imari.\r\n\r\nUmuyobozi w\u2019Inama y\u2019Ubutegetsi y\u2019Ihuriro Mpuzamahanga ryita ku Iterambere ry\u2019Ubuhinzi muri Afurika (AGRA), Hailemariam Desalegn avuga ko igisubizo kigomba gushakirwa kuri iyo ngingo.\r\n\r\nYagize ati \u201cUbuhinzi muri Afurika ntibuhabwa agaciro n\u2019ubwitange mu buryo bwa politike bigomba uwo mwuga. Umbajije impamvu mvuze ntyo; nakubwira ngo reba amafarnga mushora mu buhinzi. Icyo kirahagije, twe twerekanye neza ko politiki nziza, gushyigikirwa no kwitabwaho; abahinzi bacu bashobora kwikura mu bukene.\u201d<\/em>\r\n\r\nMinisitiri w\u2019intebe w\u2019u Rwanda, Dr Edouard Ngirente avuga ko kwirengagiza ubuhinzi bishobora kugira ingaruka no ku bindi bikorwa binini by\u2019Igihugu.\r\n\r\nAti \u201cIyo Igihugu kitihagije ku biribwa; gishora amafaranga menshi mu gushakira abaturage ibiribwa, ibyo bituma amafaranga yari agenewe gushyirwa mu nzego zikomeye nk\u2019ubuhinzi, uburezi, ibikorwa remezo n\u2019ubuzima ataboneka.\u201d<\/em>\r\n\r\nMinisitiri Ngirente avuga ko Ibihugu bigomba gushora imari mu buhinzi burambye, bikongerera agaciro umusaruro ubuvamo, ndetse bikanagabanya umusaruro wangirika.\r\n\r\nAti \u201cKugira ngo tubigereho mu Rwanda, twashyize imbaraga mu gukoresha ikoranabuhanga mu buhinzi. Guverinoma kandi iri kwagura ubwishingizi no kubona inguzanyo zihendutse kugira ngo abahinzi babashe gushora imari muri uyu mwuga banahangane n\u2019imihindagurikire y\u2019ikirere. Ibyo tubihuje na politike zo guteza imbere ibikorwaremezo mu cyaro; bituma uru rwego rutanga umusaruro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nAbahanga bagaragaza ko buri mwaka Abanyafurika bakenera ibiribwa bingana na toni miliyari 1.3, kugeza ubu 85% y\u2019ibyo biribwa biboneka imbere muri Afururika, naho 15% bigatumiza hanze ya Afurika.\r\n\r\nKubera ikibazo cy\u2019ibiribwa Abanyafurika bafite, 95% y\u2019ibyo bahinga ntibirenga uyu Mugabane, naho 5% y\u2019umusaruro babona ni wo bagurisha ku yindi Migabane.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_48400\" align=\"alignnone\" width=\"2048\"]\"\" Iyi nama yitabiriwe n'impuguke ziturutse mu Bihugu binyuranye[\/caption]\r\n\r\n\"\"\r\n\r\n[caption id=\"attachment_48401\" align=\"alignnone\" width=\"1567\"]\"\" Hagaragajwe imishinga yazamura ubuhinzi[\/caption]\r\n\r\nDavid NZABONIMPA\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Minisitiri Dr Ngirente yagaragaje uko ubuhinzi bufatiye runini izindi nzego ziteza imbere Ibihugu","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"minisitiri-dr-ngirenye-yagaragaje-uko-ubuhinzi-bufatiye-runini-izindi-nzego-ziteza-imbere-ibihugu","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-05 11:08:13","post_modified_gmt":"2024-09-05 09:08:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48398","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48146,"post_author":"1","post_date":"2024-09-02 13:18:13","post_date_gmt":"2024-09-02 11:18:13","post_content":"Banki Nkuru y\u2019u Rwanda iratangaza ko inote nshya y\u2019ibihumbi bitanu (5 000 Frw) n\u2019iy\u2019ibihumbi bibiri (2 000 Frw) ziherutse gushyirwa hanze, zitazasimbura izisanzweho, ahubwo ko zose zizakomeza gukoreshwa.<\/em>\r\n\r\nIzi note nshya ziteganywa n\u2019Igazeti ya Leta idasanzwe yashyizwe hanze ku wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024 y\u2019Iteka rya Perezida N\u00b0 073\/01 ryo ku wa 29\/08\/2024 rishyiraho inoti nshya ya Frw 5 000 n\u2019iya Frw 2 000.\r\n\r\nIngingo ya kabiri y\u2019iri Teka rya Perezida, igira iti \u201cInoti nshya ya FRW 5.000 n\u2019iya FRW 2.000 zikoreshwa hamwe n\u2019inoti zisanzweho, iya FRW 500, iya FRW 1.000, iya FRW 2.000 n\u2019iya FRW 5.000, kandi zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe hari bamwe bakekaga ko izi note nshya zigiye gusimbura izari zisanzweho, banibaza uko bizagenda ku zo abantu bari bafite, aho bamwe bakekaga ko zigiye guta agaciro.\r\n\r\nBanki Nkuru y\u2019u Rwanda yatanze umucyo kuri izi mpungenge, ivuga ko \u201cInoti nshya ya Frw 5000 n\u2019iya Frw 2000 zizakoreshwa hamwe n\u2019izindi noti zari zisanzwe zikoreshwa kandi zose zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nHabumugisha Denis ushinzwe ikoreshwa ry'ifaranga no kwishyurana muri Banki Nkuru y'u Rwanda, BNR, yagize ati \u201cInote za bibiri n\u2019inote za bitanu zisanzwe zikoreshwa, zizakomeza zikoreshwe mu buzima bwacu bwa buri munsi, zose zizakoreshwa mu gihe kimwe.\u201d<\/em>\r\n\r\nHabumugisha yatangaje ko izi note nshya zizatangira gukoreshwa kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Nzeri 2024, aho zizatangira gushyirwa muri Banki z\u2019ubucuruzi mu Rwanda, kugira ngo zizagere ku baturage.\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"Hatanzwe umucyo ku rujijo rwari ruhari ku mikoreshere y\u2019inote nshya n\u2019igihe zizatangira gukoreshwa","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"hatanzwe-umucyo-ku-rujijo-rwari-ruhari-ku-mikoreshere-yinote-nshya-nigihe-zizatangira-gukoreshwa","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-02 13:18:13","post_modified_gmt":"2024-09-02 11:18:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48146","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48099,"post_author":"1","post_date":"2024-09-02 06:06:11","post_date_gmt":"2024-09-02 04:06:11","post_content":"MTN Rwanda is thrilled to announce the launch of its latest promotional campaign \u201cRecharge and Win!\u201d aimed at keeping its loyal customers connected and rewarding them with an array of incredible prizes. To participate, MTN Rwanda customers need only to buy a voice pack or an internet bundle as they normally do and stand a chance to win. \u00a0The more packs and bundles they buy, the higher their chances of winning big!<\/em>\r\n\r\nThe promotion offers cash rewards ranging from Rwf 10,000 to a grand prize of Rwf 5,000,000 which will be awarded to two lucky winners. Additionally, participants stand a chance to win non-monetary prizes such as helicopter rides in partnership with Akagera Aviation, motorcycles, bicycles, solar kits, smartphones and telco prizes like voice and data bundles. This promotion portrays MTN Rwanda's commitment to empowering its customers to stay connected to their friends and families.\r\n\r\nFor customers to be eligible, all they need to do, is to increase their spend by buying more data bundles, voice packs or airtime. Participation is simple, as customers just need to increase their spending on data bundles, voice packs, or airtime. There\u2019s no need to opt-in; every purchase will automatically enter you into the promotion. The more you reload, the higher your chances of winning, with winners selected via a random draw.\r\n\r\nThis promotion is open to customers across all regions, ensuring that no matter where you are in Rwanda\u2014whether in Kigali, or any other region \u2014your chance to win is just a reload away.\r\n\r\n\u201cAt MTN Rwanda, our customers are at the heart of everything we do. We are deeply committed to keeping them connected to their loved ones and this campaign is one of the many ways we\u2019re empowering through connectivity and enhancing their digital experience. We encourage all our customers to continue recharging and take advantage of our MTN voice packs and data bundles, allowing them to stay connected with family and friends,\u201d<\/em> said Acting Chief Consumer and Digital Officer Rosine Dusabe.<\/em>\r\n\r\n\u00a0\u201cWe also have something special for our agents, as they play a crucial role in ensuring our customers can access our products and services. We want to empower and appreciate them for being the bridge between us and our customers. We prioritize our customers' needs and strive to ensure they always feel valued and appreciated,\u201d <\/em>Dusabe added.\r\n\r\nMTN Rwanda is offering attractive incentives to its agents, with an exciting weekly rewards program. Agents will be categorized based on their respective provinces, and winners will be selected each week. Those who excel by achieving or exceeding the daily bundle\/pack or airtime sales of 3,000 RWF, will stand a chance to win impressive prizes, including motorcycles and 100,000 RWF weekly to 10 agents.\r\n\r\nMTN Rwanda remains committed to providing a modern, connected life to its customers and agents. This promotion is designed to empower all MTN Rwanda customers and agents, enhancing their experience and ensuring seamless connectivity.\r\n\r\n\"\"","post_title":"Fly high with MTN\u2019s \u201cRecharge and Win!\u201d promo and stand a chance to win prizes worth over RWF 200,000,000","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"fly-high-with-mtns-recharge-and-win-promo-and-stand-a-chance-to-win-prizes-worth-over-rwf-200000000","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-02 06:06:11","post_modified_gmt":"2024-09-02 04:06:11","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48099","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47909,"post_author":"1","post_date":"2024-08-30 14:02:26","post_date_gmt":"2024-08-30 12:02:26","post_content":"Hatangajwe inote nshya z\u2019ibihumbi bitanu (5 000 Frw) n\u2019iy\u2019ibihumbi bibiri (2 000 Frw) mu mafaranga y\u2019u Rwanda, zirimo izaba ifitemo ibiyiranga birimo inyubako ya Kigali Convention Center.<\/em>\r\n\r\nIzi note zashyizwe hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024, nk\u2019uko bigaragazwa n\u2019Igazeti ya Leta idasanzwe yashyizwe hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024 y\u2019Iteka rya Perezida N\u00b0 073\/01 ryo ku wa 29\/08\/2024 rishyiraho inoti nshya ya Frw 5 000 n\u2019iya Frw 2 000.\r\n\r\nIngingo ya kabiri y\u2019iri Teka rya Perezida, igira iti \u201cInoti nshya ya FRW 5.000 n\u2019iya FRW 2.000 zikoreshwa hamwe n\u2019inoti zisanzweho, iya FRW 500, iya FRW 1.000, iya FRW 2.000 n\u2019iya FRW 5.000, kandi zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nUmugereka w\u2019iri Teka ugaragaza ibizajya bigaragaza izi note, aho nk\u2019inote ya bitanu (5 000 Frw), izajya igaragazwa n\u2019ibimenyetso binyuranye ibirimo kuba ifite ibara ryiganjemo ibihogo bijya gusa n\u2019ibara rya roza.\r\n\r\nNanone kandi iyi note izaba irangwa n'igishushanyo cy'ishusho y\u2019inyubako ya Kigali Convention Center iherereye mu Mujyi wa Kigali, yabaye ikimenyabose ku Mugabane wa Afurika kubera imiterere yayo yihariye, ikaba iri mu nyubako za mbere kuri uyu Mugabane zatwaye amafaranga menshi kurusha izindi.\r\n\r\nNi mu gihe inote ya bibiri (2 000 Frw) yo izajya irangwa no kuba ifite ibara ryiganjemo ni umweru ucyeye ndetse n'igishushanyo kigaragara cy\u2019imisozi y\u2019Ikiyaga cya Kivu,\u00a0na byo biri mu biranga Igihugu cy\u2019u Rwanda gisanzwe kizwi nk\u2019Igihugu cy\u2019imisozi igihumbi.\r\n\r\nInote y\u2019Ibihumbi bitanu isanzwe ikoreshwa mu mafaranya y\u2019u Rwanda, iri mu bwoko bubiri, bwombi buhuriye ku kuba zifite ibara ry\u2019iroza, zikaba kandi zombi ziriho ishuro y\u2019Ingagi iri muri Pariki y\u2019Igihugu y\u2019Ibirunga ndetse n\u2019uruziga rw\u2019umweru rubengeranamo utuzu dutatu dufatanye ndetse n\u2019ikirangantego cya repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019inyubako ya BNR.\r\n\r\nUbu bwoko buri bw\u2019Inote ya Bitanu (5 000 Frw), burimo iyakozwe muri 2004 mu gihe indi yakozwe mu mwaka wa 2014.\r\n\r\nInote y\u2019ibihumbi bibiri na yo iri mu bwoko bubiri, buhuriye ku kuba zose ziri mu ibara rya move itijimye, aho ku ruhande rumwe hariho umunara w\u2019itumanaho n\u2019uwa Televiziyo, ndetse n\u2019ikirangantego cya Repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019ikirango cya BNR.\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"Ibyo wamenya ku miterere y\u2019inoti nshya zashyizwe hanze n\u2019u Rwanda","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"ibyo-wamenya-ku-miterere-yinoti-nshya-zashyizwe-hanze-nu-rwanda","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-30 14:07:03","post_modified_gmt":"2024-08-30 12:07:03","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47909","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47569,"post_author":"1","post_date":"2024-08-24 05:03:45","post_date_gmt":"2024-08-24 03:03:45","post_content":"Bamwe mu baturage barasaba ko amabanki yagabanya inyungu ku nguzanyo, kuko ikiri hejuru bituma bamwe batinya kwaka inguzanyo, ndetse n\u2019abazatse bamwe bakagwa mu bihombo bituma imitungo yabo itezwa cyamunara, mu gihe Banki Nkuru y\u2019u Rwanda ivuga ko hari ibiri gukorwa bizatuma inyungu igabanuka.<\/em>\r\n\r\nImibare igaragaza ko impuzandengo y\u2019inyungu amabanki yaka ku nguzanyo, ari 15.81%. Uyu mubare ugaragazwa n\u2019abaturage ko akiri hejuru kuko ubagusha mu gihombo.\r\n\r\nUmwe mu batse inguzanyo akananirwa kuyishyura kubera inyungu iri hejuru, yabwiye RADIOTV10 ko byatumye agwa mu uhurizo rikomeye.\r\n\r\nYagize ati \u201cKubera inyungu ku nguzanyo y\u2019umurengera byatumye nanirwa kwishyura icyakora nza gufata n\u2019andi mafaranga nari nizigamiye ku ruhande mbona ndishyuye. Twifuza ko amabanki yagabanya inyungu ku nguzanyo.\u201d<\/em>\r\n\r\nUmuyobozi wa Banki ya Kigali, Diane Karusisi avuga ko mu gushyiraho igipimo cy\u2019inyungu ku nguzanyo, hari byinshi biba byagendeweho kugira ngo na Banki itisanga mu bihombo.\r\n\r\nAti \u201cIyo dushyiraho ibiciro tureba ku bintu byinshi, tureba ku kiguzi cy\u2019amafaranga aho tuyakura n\u2019ibyo tuyakoresha byose turabireba tukabona gushyiraho igiciro.\u201d<\/em>\r\n\r\nKarusisi avuga ko inyungu ku nguzanyo iyi Banki yaka abaturage iri hasi ugereranyije n\u2019uko bihagaze mu bindi Bihugu byo muri Afurika y\u2019Iburasirazuba.\r\n\r\nImpuguke mu bukungu, Ruziga Emmanuel Masantura agaragaza ko amabanki yagakwiye gufungura ihiganwa mu bucuruzi kugira ngo abaturage bafate inguzanyo mu buryo buborohereye.\r\n\r\nAti \u201cIkiguzi cy\u2019inguzanyo uyu munsi mu Rwanda wavuga ko kiri hejuru ugereranyije n\u2019ubushobozi bw\u2019Abanyarwanda n\u2019inyungu iva mu gushora imari iyo bigurije aya mafaranga. Byaba byiza habaye gufunguka kw\u2019ihatana ry\u2019amabanki ku isoko kugira ngo amabanki areshye abaturage bitewe no kumanura ibiciro ku nguzanyo.\u201d<\/em>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwagomba atanga icyizere ko mu bihe biri imbere inyungu ku nguzanyo zitangwa n\u2019amabanki zizagenda zimanuka bitewe no kunoza imikorere.\r\n\r\nAti \u201cAbantu imyenda barayifata bigakomeza bizamuka, ntabwo abananirwa kwishyura imyenda bari hejuru, nta bintu tubona bidasanzwe bitera ibibazo mu gufata amafaranga kubera yuko inyungu ziri hejuru, uko ubukungu bugenda butera imbere ni uko umubare w\u2019amafaranga ugenda uboneka, uko abantu bagenda banoza imikorere yabo, ni nako inyungu zizagenda zigabanuka.\u201d<\/em>\r\n\r\nNubwo Banki Nkuru y\u2019u Rwanda igaragaza ko abaturage bafata imyenda bakomeza kuzamuka ndetse n\u2019abagira ubushobozi bwo kuyishyura neza bari hejuru ya 90%, kugeza ubu imibare igaragaza ko abaturage baka inguzanyo zikabananira kwishyura bangana na 5%.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_47571\" align=\"alignnone\" width=\"1024\"]\"\" Guverineri wa Banki Nkuru y'u Rwanda, John Rwangombwa yatanze icyizere[\/caption]\r\n\r\nNTAMBARA Garleon\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Icyizere kirahari ku kibazo gituma abaka inguzanyo Banki bahomba bamwe bagaterezwa cyamunara","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"icyizere-kirahari-ku-kibazo-gituma-abaka-inguzanyo-banki-bahomba-bamwe-bagaterezwa-cyamunara","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-24 05:03:46","post_modified_gmt":"2024-08-24 03:03:46","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47569","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"1","filter":"raw"},{"ID":47419,"post_author":"1","post_date":"2024-08-22 06:14:01","post_date_gmt":"2024-08-22 04:14:01","post_content":"Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Gisagara bahinga mu gishanga cya Duwane, bavuga ko bategetswe n\u2019ubuyobozi guhinga urusenda none rwararumbye, bakaba bari no kwishyuzwa amafaranga na rwiyemezamirimo wabahaye ingemwe, bavuga ko byakozwe ku kagambane ke n\u2019ubuyobozi.<\/em>\r\n\r\nAba baturage bavuga ko guhinga iki gihingwa, babitegetswe n\u2019Ubuyobozi bw\u2019Umurenge wabo, kandi batabanje kubijyaho inama nk\u2019abanyamuryango ba Koperative.\r\n\r\nUmwe ati \u201cTwagiye kubona tubona Agoronome w\u2019Umurenge araje aratubwira ngo tugomba guhinga urusenda kandi mbere twahingagamo ibigori ndetse n\u2019indi myaka. Babidutegetse batarabanje kutugisha inama nk\u2019abanyamuryango ba koperative none rwararumbye twakoreye mu gihombo.\u201d<\/em>\r\n\r\nAba baturage bavuga, igitekerezo cy\u2019ubu buhinzi cyaganiriweho n\u2019ubuyobozi ndetse na rwiyemezamirimo wabahaye imbuto, ariko hakirengagizwa uruhande rwabo.\r\n\r\nUndi ati \u201cAgoronome w\u2019Umurenge yagambanye na rwiyemezamirimo\u00a0 badutegeka guhinga urusenda tutarabivuganye, none ubu ntacyo twasaruyemo.\u201d<\/em>\r\n\r\nBavuga ko ikibabaje ari uko rwiyemezamirimo wabahaye ifumbire n\u2019ingemwe, ari kubishyuza miliyoni 3 Frw, kandi uyu mushinga batarawugizemo uruhare ndetse baranahombye.\r\n\r\nUndi ati \u201cUbu imyaka yagombaga kweramo ntiyezemo, twarahombye none bari no kuduca amafaranga, ubu se babona twayakura he?\u201d<\/em>\r\n\r\nUmunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Kibilizi, Giraneza Clisante avuga ko iki kibazo akizi, ariko ko hari kurebwa uko cyakemuka habayeho ubwumvikane bw\u2019aba bahinzi na rwiyemezamirimo wari inyuma y\u2019uyu mushinga.\r\n\r\nIkibazo cy'aba bahinzi cyumvikanye nyuma y'ibindi bimaze iminsi bivugwa n'abahinga umuceri, bo babonye umusaruro mwiza uhagije, ariko bakabura isoko.\r\n\r\nIki kibazo cyanagarutsweho na Perezida Paul Kagame, ubu cyatangiye gushakirwa umuti, aho umusaruro w'aba bahinzi watangiye kugurwa, bihereye ku bo mu Kibaya cya Bugarama mu Karere ka Rusizi, RADIOTV10 yari iherutse gutangazaho inkuru, ari na bo banagarutsweho n'Umukuru w'Igihugu.\r\n\r\nINKURU MU MASHUSHO<\/strong>\r\n\r\nhttps:\/\/www.youtube.com\/watch?v=JRJfAMJZQEs\r\n\r\nPrince Theogene NZABIHIMANA\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Abandi bahinzi bagaragaje ikindi kibazo cyo gitandukanye n\u2019icyagarutsweho na Perezida Kagame","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"abandi-bahinzi-bagaragaje-ikindi-kibazo-cyo-gitandukanye-nicyagarutsweho-na-perezida-kagame","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-22 06:14:31","post_modified_gmt":"2024-08-22 04:14:31","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47419","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47455,"post_author":"1","post_date":"2024-08-21 11:48:33","post_date_gmt":"2024-08-21 09:48:33","post_content":"Banki Nkuru y\u2019u Rwanda yagabanyije urwunguko rwayo, irukura kuri 7% irushyira kuri 6,5%, igaragaza ko ibi byatewe no kuba umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko uhagaze neza kandi hari n\u2019icyizere ko ari ko bizakomeza kugenda mu myaka ibiri iri imbere.<\/em>\r\n\r\nByatangajwe kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Kanama 2024 ubwo hagaragazwaga Raporo z\u2019Akanama gashinzwe Politiki y\u2019Ifaranga ndetse n\u2019iy\u2019Akanama gashinzwe kutajegajega k\u2019urwego rw\u2019Imari muri Banki Nkuru y\u2019u Rwanda.\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwangombwa yavuze ko ubukungu bw\u2019Isi buri kugerageza gutera imbere ugereranyije n\u2019uko byari bimeze mu bihe bya Covid, ariko ko Ibihugu bisanzwe bifite ubukungu bwo hejuru bitaragera ku gipimo cyo hejuru.\r\n\r\nAti \u201cIbihugu bifite ubukungu bunini nka America n\u2019u Burayi ntabwo birashobora kuzahura ubukungu bwabo neza, ariko icyiza ni uko nta Gihugu na kimwe kiri mu kuzagira ubukungu busubira hasi. Ubukungu bwose buratera imbere ariko mu buryo buciriritse.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe ahubwo muri Afurika ubukungu buri kuzamuka ku kigero gishimishije kurusha ku rwego rw\u2019Isi, kuko uyu mwaka byitezwe ko buzazamukaho 3,7% bivuye kuri 3,4% byariho umwaka ushize, ndetse uyu muvuduko ukazakomeza kuri 4,1% umwaka utaha.\r\n\r\nUmuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro, ku rwego mpuzamahanga na wo waragabanutse, kuko muri 2022 wari warenze 8%, umwaka ushize wa 2023, bigera kuri 6,7%, uyu mwaka bikazagabanuka bikagera kuri 5,9% mu gihe umwaka utaha bizagera kuri 4,4%.\r\n\r\nJohn Rwangombwa avuga ko iyi mibare y\u2019igabanuka ry\u2019umuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro, izanagira uruhare ku igabanuka ry\u2019ibiciro by\u2019imbere mu Gihugu. Ati \u201cIbyo dukura hanze biragenda bigabanuka, biza no kugaragara no ku muvuduko wo ku masoko yacu.\u201d<\/em>\r\n\r\n \r\n\r\nMu Rwanda bihagaze bite?<\/strong>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwangombwa avuga ko ubukungu bw\u2019u Rwanda bukomeza gutera imbere neza, ndetse ko biherutse no kugaragazwa n\u2019Ikigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Ibarurishamibare cyagaragaje ko mu gihembwe cya mbere cy\u2019uyu mwaka, ubukungu bwari buhagaze ku 9,7%.\r\n\r\nAti \u201cIyo turebye no mu gihembwe cya kabiri na bwo birakomeza gutera imbere neza, imibare dukurikirana iragaragaza ko yateye imbere 17,9%. Ntabwo ari bwo bukungu nyirizina, ibyo bizatangazwa n\u2019Ikigo cy\u2019Ibarurishamirabe muri uku kwezi gutaha, ariko twebwe ibyo tubona nk\u2019uko bigaragara, ni uko mu gihembwe cya kabiri cy\u2019uyu mwaka, ubukungu bwateye imbere.\u201d<\/em>\r\n\r\nGusa haracyari imbogamizi mu kinyuranyo kikiri mu byo u Rwanda rwohereza hanze n\u2019ibyo ruhatumizayo, aho ibyoherezwa hanze byazamutseho 0,9% muri iki gihembwe cya kabiri, mu gihe ibyatumijwe hanze byo byari byazamutseho 6,4%.\r\n\r\nAti \u201cIbi byatumye icyuho cy\u2019ibyo dukura mu mahanga n\u2019ibyo twohereza mu mahanga kiyongeraho 9,5% bikagira ingaruka ku isoko ry\u2019ivunjisha aho tubona ko ifaranga rigenda rikomeza guta agaciro.\u201d<\/em>\r\n\r\nJohn Rwangombwa avuga ko nubwo guta agaciro kw\u2019ifaranga ry\u2019u Rwanda bigihari, ariko biri kugenda bigabanuka ugereranyije n\u2019uko byari bimeze umwaka ushize.\r\n\r\n \r\n\r\nUrwunguko rwa BNR rwagabanyijwe<\/strong>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda kandi yavuze ko umuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro ku masoko, ugenda ugabanuka ugeraranyije n\u2019uko byari bihagaze mu myaka ibiri ishize yaranzwe n\u2019izamuka ry\u2019ibiciro rinini.\r\n\r\nMu gihembwe cya mbere cy\u2019uyu mwaka wa 2024, umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko wari uri kuri 4,7%; mu gihe mu gihembwe cya kabiri wageze kuri 5,1%.\r\n\r\nAti \u201cAriko mu mibare tubona mu mwaka wose, ntabwo bizarenza 5%, tubona ko muri uyu mwaka n\u2019umwaka utaha nibura mu biciro ku masoko bitazarenza 5% ari mu gipimo cya Banki Nkuru twifuza ko bitagomba kurenga.\u201d<\/em>\r\n\r\nAkomeza agira ati \u201cKubera iyo mpamvu rero y\u2019uko umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko uri mu gipimo twifuza ko wagombye kugumaho, twasanze ari ngombwa ko twagabanya urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019Igihugu rukurwa kuri 7% kugeza kuri 6,5% kugira ngo tugendane n\u2019uko ubukungu tubona bumeze.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe mu myaka ibiri ishize, urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda rwari rwazamuwe bitewe n\u2019uko umuvuduko ku masoko wari ukabije.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_47459\" align=\"alignnone\" width=\"1728\"]\"\" Banki Nkuru y'u Rwanda yagaragarije abanyamakuru raporo igaragaza ishusho y'ubukungu bw'u Rwanda[\/caption]\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"AMAKURU AGEZWEHO: Urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda rwagabanyijwe hagaragazwa n\u2019ibyashingiweho","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"urwunguko-rwa-banki-nkuru-yu-rwanda-rwagabanyijwe-hagaragazwa-nibyashingiweho","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-21 12:01:13","post_modified_gmt":"2024-08-21 10:01:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47455","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"}],"next":false,"prev":true,"total_page":4},"paged":1,"column_class":"jeg_col_2o3","class":"jnews_block_7"};

Page 4 of 24 1 3 4 5 24

IZIHERUKA

ADVERTISEMENT
\n

Muri iki cyerekezo kandi, hifuzwa ko uruhare rw\u2019inganda mu musaruro mbumbe w\u2019Igihugu ruzaba rugeze kuri 33%, naho uruhare rw\u2019ishoramari ku musaruro w\u2019imbere mu Gihugu, rukazaba rugeze kuri 35,1%.<\/p>\n\n\n\n

Nanone hifuzwa ko muri 2050, icyizere cyo kubaho ku Munyarwanda kizaba kigeze ku myaka 73 kivuye kuri 69 kiriho ubu, naho ikigereranyo cy\u2019ubushomeri mu baturage kikazaba kiri kuri 5%.<\/p>\n\n\n\n

Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Edouard Ngirente yavuze ko mu kugera kuri iki cyerekezo, Guverinoma y\u2019u Rwanda yaciyemo ibice bibiri imyaka isigaye, aho hafashwe igice cya mbere cyo kugeza muri 2035.<\/p>\n\n\n\n

Muri uyu mwaka wa 2035, Guverinoma y\u2019u Rwanda yiyemeje ko umusaruro ku muturage wazaba ugeze ku 4 036 USD ku mwaka, naho uruhare rw\u2019inganda mu musaruro mbumbe w\u2019Igihugu ukazaba ugeze kuri 24%.<\/p>\n\n\n\n

Uruhare rw\u2019ishoramari ku musaruro mbumbe w\u2019Imbere mu Gihugu, muri uwo mwaka wa 2035 uzaba ugeze kuri 32,6%; naho icyizere cyo kubaho kikazaba kigeze ku myaka 71,7; mu gihe ikigereranyo cy\u2019ubushomeri mu baturage kikaza kigeze kuri 7%.<\/p>\n\n\n\n

\"\"
Minisitiri w'Intebe kuri uyu wa Mbere mu Ngoro y'Inteko Ishinga Amategeko<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n

RADIOTV10<\/strong><\/p>\n","post_title":"Menya iby\u2019ingenzi bizagerwaho n\u2019u Rwanda mu cyerekezo 2035","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"menya-ibyingenzi-bizagerwaho-nu-rwanda-mu-cyerekezo-2035","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-09 16:43:37","post_modified_gmt":"2024-09-09 14:43:37","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48813","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48398,"post_author":"1","post_date":"2024-09-04 05:53:32","post_date_gmt":"2024-09-04 03:53:32","post_content":"Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Edouard Ngirente yavuze ko Ibihugu byose bigomba gushyira imbaraga mu iterambere ry\u2019ubuhinzi, kuko iyo butitaweho buteza ibibazo bidindiza iterambere ry\u2019izindi nzego zigize ubukungu bw\u2019Igihugu.<\/em>\r\n\r\nDr Ngirente yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Nzeri 2024, ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama Mpuzamahanga yiga kuri politike ziteza imbere ubuhinzi iteraniye i Kigali.\r\n\r\nInzego zishinzwe ubuhinzi zigaragaza ko Umugabane wa Afurika wihariye 60% y\u2019ubutaka buhingwa, ariko 20% by\u2019abawutuye ntibabasha kubona ibyo kurya bihagije. Ibi kandi bituma 32% y\u2019abana bari munsi y\u2019imyaka itanu muri Afurika, bagaragarwaho ikibazo cy\u2019igwingira.\r\n\r\nIgikomeye kuruta ibindi ni uko Leta z\u2019Ibihugu bya Afurika zidashora imari ifatika mu buhinzi, dore ko bishoramo 4,6% by\u2019ingengo y\u2019imari, mu gihe amasezerano y\u2019i Malabo yo muri 2014 asaba Ibihugu gushora mu buhinzi 10% by\u2019ingengo y\u2019imari.\r\n\r\nUmuyobozi w\u2019Inama y\u2019Ubutegetsi y\u2019Ihuriro Mpuzamahanga ryita ku Iterambere ry\u2019Ubuhinzi muri Afurika (AGRA), Hailemariam Desalegn avuga ko igisubizo kigomba gushakirwa kuri iyo ngingo.\r\n\r\nYagize ati \u201cUbuhinzi muri Afurika ntibuhabwa agaciro n\u2019ubwitange mu buryo bwa politike bigomba uwo mwuga. Umbajije impamvu mvuze ntyo; nakubwira ngo reba amafarnga mushora mu buhinzi. Icyo kirahagije, twe twerekanye neza ko politiki nziza, gushyigikirwa no kwitabwaho; abahinzi bacu bashobora kwikura mu bukene.\u201d<\/em>\r\n\r\nMinisitiri w\u2019intebe w\u2019u Rwanda, Dr Edouard Ngirente avuga ko kwirengagiza ubuhinzi bishobora kugira ingaruka no ku bindi bikorwa binini by\u2019Igihugu.\r\n\r\nAti \u201cIyo Igihugu kitihagije ku biribwa; gishora amafaranga menshi mu gushakira abaturage ibiribwa, ibyo bituma amafaranga yari agenewe gushyirwa mu nzego zikomeye nk\u2019ubuhinzi, uburezi, ibikorwa remezo n\u2019ubuzima ataboneka.\u201d<\/em>\r\n\r\nMinisitiri Ngirente avuga ko Ibihugu bigomba gushora imari mu buhinzi burambye, bikongerera agaciro umusaruro ubuvamo, ndetse bikanagabanya umusaruro wangirika.\r\n\r\nAti \u201cKugira ngo tubigereho mu Rwanda, twashyize imbaraga mu gukoresha ikoranabuhanga mu buhinzi. Guverinoma kandi iri kwagura ubwishingizi no kubona inguzanyo zihendutse kugira ngo abahinzi babashe gushora imari muri uyu mwuga banahangane n\u2019imihindagurikire y\u2019ikirere. Ibyo tubihuje na politike zo guteza imbere ibikorwaremezo mu cyaro; bituma uru rwego rutanga umusaruro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nAbahanga bagaragaza ko buri mwaka Abanyafurika bakenera ibiribwa bingana na toni miliyari 1.3, kugeza ubu 85% y\u2019ibyo biribwa biboneka imbere muri Afururika, naho 15% bigatumiza hanze ya Afurika.\r\n\r\nKubera ikibazo cy\u2019ibiribwa Abanyafurika bafite, 95% y\u2019ibyo bahinga ntibirenga uyu Mugabane, naho 5% y\u2019umusaruro babona ni wo bagurisha ku yindi Migabane.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_48400\" align=\"alignnone\" width=\"2048\"]\"\" Iyi nama yitabiriwe n'impuguke ziturutse mu Bihugu binyuranye[\/caption]\r\n\r\n\"\"\r\n\r\n[caption id=\"attachment_48401\" align=\"alignnone\" width=\"1567\"]\"\" Hagaragajwe imishinga yazamura ubuhinzi[\/caption]\r\n\r\nDavid NZABONIMPA\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Minisitiri Dr Ngirente yagaragaje uko ubuhinzi bufatiye runini izindi nzego ziteza imbere Ibihugu","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"minisitiri-dr-ngirenye-yagaragaje-uko-ubuhinzi-bufatiye-runini-izindi-nzego-ziteza-imbere-ibihugu","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-05 11:08:13","post_modified_gmt":"2024-09-05 09:08:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48398","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48146,"post_author":"1","post_date":"2024-09-02 13:18:13","post_date_gmt":"2024-09-02 11:18:13","post_content":"Banki Nkuru y\u2019u Rwanda iratangaza ko inote nshya y\u2019ibihumbi bitanu (5 000 Frw) n\u2019iy\u2019ibihumbi bibiri (2 000 Frw) ziherutse gushyirwa hanze, zitazasimbura izisanzweho, ahubwo ko zose zizakomeza gukoreshwa.<\/em>\r\n\r\nIzi note nshya ziteganywa n\u2019Igazeti ya Leta idasanzwe yashyizwe hanze ku wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024 y\u2019Iteka rya Perezida N\u00b0 073\/01 ryo ku wa 29\/08\/2024 rishyiraho inoti nshya ya Frw 5 000 n\u2019iya Frw 2 000.\r\n\r\nIngingo ya kabiri y\u2019iri Teka rya Perezida, igira iti \u201cInoti nshya ya FRW 5.000 n\u2019iya FRW 2.000 zikoreshwa hamwe n\u2019inoti zisanzweho, iya FRW 500, iya FRW 1.000, iya FRW 2.000 n\u2019iya FRW 5.000, kandi zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe hari bamwe bakekaga ko izi note nshya zigiye gusimbura izari zisanzweho, banibaza uko bizagenda ku zo abantu bari bafite, aho bamwe bakekaga ko zigiye guta agaciro.\r\n\r\nBanki Nkuru y\u2019u Rwanda yatanze umucyo kuri izi mpungenge, ivuga ko \u201cInoti nshya ya Frw 5000 n\u2019iya Frw 2000 zizakoreshwa hamwe n\u2019izindi noti zari zisanzwe zikoreshwa kandi zose zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nHabumugisha Denis ushinzwe ikoreshwa ry'ifaranga no kwishyurana muri Banki Nkuru y'u Rwanda, BNR, yagize ati \u201cInote za bibiri n\u2019inote za bitanu zisanzwe zikoreshwa, zizakomeza zikoreshwe mu buzima bwacu bwa buri munsi, zose zizakoreshwa mu gihe kimwe.\u201d<\/em>\r\n\r\nHabumugisha yatangaje ko izi note nshya zizatangira gukoreshwa kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Nzeri 2024, aho zizatangira gushyirwa muri Banki z\u2019ubucuruzi mu Rwanda, kugira ngo zizagere ku baturage.\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"Hatanzwe umucyo ku rujijo rwari ruhari ku mikoreshere y\u2019inote nshya n\u2019igihe zizatangira gukoreshwa","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"hatanzwe-umucyo-ku-rujijo-rwari-ruhari-ku-mikoreshere-yinote-nshya-nigihe-zizatangira-gukoreshwa","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-02 13:18:13","post_modified_gmt":"2024-09-02 11:18:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48146","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48099,"post_author":"1","post_date":"2024-09-02 06:06:11","post_date_gmt":"2024-09-02 04:06:11","post_content":"MTN Rwanda is thrilled to announce the launch of its latest promotional campaign \u201cRecharge and Win!\u201d aimed at keeping its loyal customers connected and rewarding them with an array of incredible prizes. To participate, MTN Rwanda customers need only to buy a voice pack or an internet bundle as they normally do and stand a chance to win. \u00a0The more packs and bundles they buy, the higher their chances of winning big!<\/em>\r\n\r\nThe promotion offers cash rewards ranging from Rwf 10,000 to a grand prize of Rwf 5,000,000 which will be awarded to two lucky winners. Additionally, participants stand a chance to win non-monetary prizes such as helicopter rides in partnership with Akagera Aviation, motorcycles, bicycles, solar kits, smartphones and telco prizes like voice and data bundles. This promotion portrays MTN Rwanda's commitment to empowering its customers to stay connected to their friends and families.\r\n\r\nFor customers to be eligible, all they need to do, is to increase their spend by buying more data bundles, voice packs or airtime. Participation is simple, as customers just need to increase their spending on data bundles, voice packs, or airtime. There\u2019s no need to opt-in; every purchase will automatically enter you into the promotion. The more you reload, the higher your chances of winning, with winners selected via a random draw.\r\n\r\nThis promotion is open to customers across all regions, ensuring that no matter where you are in Rwanda\u2014whether in Kigali, or any other region \u2014your chance to win is just a reload away.\r\n\r\n\u201cAt MTN Rwanda, our customers are at the heart of everything we do. We are deeply committed to keeping them connected to their loved ones and this campaign is one of the many ways we\u2019re empowering through connectivity and enhancing their digital experience. We encourage all our customers to continue recharging and take advantage of our MTN voice packs and data bundles, allowing them to stay connected with family and friends,\u201d<\/em> said Acting Chief Consumer and Digital Officer Rosine Dusabe.<\/em>\r\n\r\n\u00a0\u201cWe also have something special for our agents, as they play a crucial role in ensuring our customers can access our products and services. We want to empower and appreciate them for being the bridge between us and our customers. We prioritize our customers' needs and strive to ensure they always feel valued and appreciated,\u201d <\/em>Dusabe added.\r\n\r\nMTN Rwanda is offering attractive incentives to its agents, with an exciting weekly rewards program. Agents will be categorized based on their respective provinces, and winners will be selected each week. Those who excel by achieving or exceeding the daily bundle\/pack or airtime sales of 3,000 RWF, will stand a chance to win impressive prizes, including motorcycles and 100,000 RWF weekly to 10 agents.\r\n\r\nMTN Rwanda remains committed to providing a modern, connected life to its customers and agents. This promotion is designed to empower all MTN Rwanda customers and agents, enhancing their experience and ensuring seamless connectivity.\r\n\r\n\"\"","post_title":"Fly high with MTN\u2019s \u201cRecharge and Win!\u201d promo and stand a chance to win prizes worth over RWF 200,000,000","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"fly-high-with-mtns-recharge-and-win-promo-and-stand-a-chance-to-win-prizes-worth-over-rwf-200000000","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-02 06:06:11","post_modified_gmt":"2024-09-02 04:06:11","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48099","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47909,"post_author":"1","post_date":"2024-08-30 14:02:26","post_date_gmt":"2024-08-30 12:02:26","post_content":"Hatangajwe inote nshya z\u2019ibihumbi bitanu (5 000 Frw) n\u2019iy\u2019ibihumbi bibiri (2 000 Frw) mu mafaranga y\u2019u Rwanda, zirimo izaba ifitemo ibiyiranga birimo inyubako ya Kigali Convention Center.<\/em>\r\n\r\nIzi note zashyizwe hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024, nk\u2019uko bigaragazwa n\u2019Igazeti ya Leta idasanzwe yashyizwe hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024 y\u2019Iteka rya Perezida N\u00b0 073\/01 ryo ku wa 29\/08\/2024 rishyiraho inoti nshya ya Frw 5 000 n\u2019iya Frw 2 000.\r\n\r\nIngingo ya kabiri y\u2019iri Teka rya Perezida, igira iti \u201cInoti nshya ya FRW 5.000 n\u2019iya FRW 2.000 zikoreshwa hamwe n\u2019inoti zisanzweho, iya FRW 500, iya FRW 1.000, iya FRW 2.000 n\u2019iya FRW 5.000, kandi zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nUmugereka w\u2019iri Teka ugaragaza ibizajya bigaragaza izi note, aho nk\u2019inote ya bitanu (5 000 Frw), izajya igaragazwa n\u2019ibimenyetso binyuranye ibirimo kuba ifite ibara ryiganjemo ibihogo bijya gusa n\u2019ibara rya roza.\r\n\r\nNanone kandi iyi note izaba irangwa n'igishushanyo cy'ishusho y\u2019inyubako ya Kigali Convention Center iherereye mu Mujyi wa Kigali, yabaye ikimenyabose ku Mugabane wa Afurika kubera imiterere yayo yihariye, ikaba iri mu nyubako za mbere kuri uyu Mugabane zatwaye amafaranga menshi kurusha izindi.\r\n\r\nNi mu gihe inote ya bibiri (2 000 Frw) yo izajya irangwa no kuba ifite ibara ryiganjemo ni umweru ucyeye ndetse n'igishushanyo kigaragara cy\u2019imisozi y\u2019Ikiyaga cya Kivu,\u00a0na byo biri mu biranga Igihugu cy\u2019u Rwanda gisanzwe kizwi nk\u2019Igihugu cy\u2019imisozi igihumbi.\r\n\r\nInote y\u2019Ibihumbi bitanu isanzwe ikoreshwa mu mafaranya y\u2019u Rwanda, iri mu bwoko bubiri, bwombi buhuriye ku kuba zifite ibara ry\u2019iroza, zikaba kandi zombi ziriho ishuro y\u2019Ingagi iri muri Pariki y\u2019Igihugu y\u2019Ibirunga ndetse n\u2019uruziga rw\u2019umweru rubengeranamo utuzu dutatu dufatanye ndetse n\u2019ikirangantego cya repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019inyubako ya BNR.\r\n\r\nUbu bwoko buri bw\u2019Inote ya Bitanu (5 000 Frw), burimo iyakozwe muri 2004 mu gihe indi yakozwe mu mwaka wa 2014.\r\n\r\nInote y\u2019ibihumbi bibiri na yo iri mu bwoko bubiri, buhuriye ku kuba zose ziri mu ibara rya move itijimye, aho ku ruhande rumwe hariho umunara w\u2019itumanaho n\u2019uwa Televiziyo, ndetse n\u2019ikirangantego cya Repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019ikirango cya BNR.\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"Ibyo wamenya ku miterere y\u2019inoti nshya zashyizwe hanze n\u2019u Rwanda","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"ibyo-wamenya-ku-miterere-yinoti-nshya-zashyizwe-hanze-nu-rwanda","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-30 14:07:03","post_modified_gmt":"2024-08-30 12:07:03","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47909","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47569,"post_author":"1","post_date":"2024-08-24 05:03:45","post_date_gmt":"2024-08-24 03:03:45","post_content":"Bamwe mu baturage barasaba ko amabanki yagabanya inyungu ku nguzanyo, kuko ikiri hejuru bituma bamwe batinya kwaka inguzanyo, ndetse n\u2019abazatse bamwe bakagwa mu bihombo bituma imitungo yabo itezwa cyamunara, mu gihe Banki Nkuru y\u2019u Rwanda ivuga ko hari ibiri gukorwa bizatuma inyungu igabanuka.<\/em>\r\n\r\nImibare igaragaza ko impuzandengo y\u2019inyungu amabanki yaka ku nguzanyo, ari 15.81%. Uyu mubare ugaragazwa n\u2019abaturage ko akiri hejuru kuko ubagusha mu gihombo.\r\n\r\nUmwe mu batse inguzanyo akananirwa kuyishyura kubera inyungu iri hejuru, yabwiye RADIOTV10 ko byatumye agwa mu uhurizo rikomeye.\r\n\r\nYagize ati \u201cKubera inyungu ku nguzanyo y\u2019umurengera byatumye nanirwa kwishyura icyakora nza gufata n\u2019andi mafaranga nari nizigamiye ku ruhande mbona ndishyuye. Twifuza ko amabanki yagabanya inyungu ku nguzanyo.\u201d<\/em>\r\n\r\nUmuyobozi wa Banki ya Kigali, Diane Karusisi avuga ko mu gushyiraho igipimo cy\u2019inyungu ku nguzanyo, hari byinshi biba byagendeweho kugira ngo na Banki itisanga mu bihombo.\r\n\r\nAti \u201cIyo dushyiraho ibiciro tureba ku bintu byinshi, tureba ku kiguzi cy\u2019amafaranga aho tuyakura n\u2019ibyo tuyakoresha byose turabireba tukabona gushyiraho igiciro.\u201d<\/em>\r\n\r\nKarusisi avuga ko inyungu ku nguzanyo iyi Banki yaka abaturage iri hasi ugereranyije n\u2019uko bihagaze mu bindi Bihugu byo muri Afurika y\u2019Iburasirazuba.\r\n\r\nImpuguke mu bukungu, Ruziga Emmanuel Masantura agaragaza ko amabanki yagakwiye gufungura ihiganwa mu bucuruzi kugira ngo abaturage bafate inguzanyo mu buryo buborohereye.\r\n\r\nAti \u201cIkiguzi cy\u2019inguzanyo uyu munsi mu Rwanda wavuga ko kiri hejuru ugereranyije n\u2019ubushobozi bw\u2019Abanyarwanda n\u2019inyungu iva mu gushora imari iyo bigurije aya mafaranga. Byaba byiza habaye gufunguka kw\u2019ihatana ry\u2019amabanki ku isoko kugira ngo amabanki areshye abaturage bitewe no kumanura ibiciro ku nguzanyo.\u201d<\/em>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwagomba atanga icyizere ko mu bihe biri imbere inyungu ku nguzanyo zitangwa n\u2019amabanki zizagenda zimanuka bitewe no kunoza imikorere.\r\n\r\nAti \u201cAbantu imyenda barayifata bigakomeza bizamuka, ntabwo abananirwa kwishyura imyenda bari hejuru, nta bintu tubona bidasanzwe bitera ibibazo mu gufata amafaranga kubera yuko inyungu ziri hejuru, uko ubukungu bugenda butera imbere ni uko umubare w\u2019amafaranga ugenda uboneka, uko abantu bagenda banoza imikorere yabo, ni nako inyungu zizagenda zigabanuka.\u201d<\/em>\r\n\r\nNubwo Banki Nkuru y\u2019u Rwanda igaragaza ko abaturage bafata imyenda bakomeza kuzamuka ndetse n\u2019abagira ubushobozi bwo kuyishyura neza bari hejuru ya 90%, kugeza ubu imibare igaragaza ko abaturage baka inguzanyo zikabananira kwishyura bangana na 5%.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_47571\" align=\"alignnone\" width=\"1024\"]\"\" Guverineri wa Banki Nkuru y'u Rwanda, John Rwangombwa yatanze icyizere[\/caption]\r\n\r\nNTAMBARA Garleon\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Icyizere kirahari ku kibazo gituma abaka inguzanyo Banki bahomba bamwe bagaterezwa cyamunara","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"icyizere-kirahari-ku-kibazo-gituma-abaka-inguzanyo-banki-bahomba-bamwe-bagaterezwa-cyamunara","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-24 05:03:46","post_modified_gmt":"2024-08-24 03:03:46","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47569","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"1","filter":"raw"},{"ID":47419,"post_author":"1","post_date":"2024-08-22 06:14:01","post_date_gmt":"2024-08-22 04:14:01","post_content":"Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Gisagara bahinga mu gishanga cya Duwane, bavuga ko bategetswe n\u2019ubuyobozi guhinga urusenda none rwararumbye, bakaba bari no kwishyuzwa amafaranga na rwiyemezamirimo wabahaye ingemwe, bavuga ko byakozwe ku kagambane ke n\u2019ubuyobozi.<\/em>\r\n\r\nAba baturage bavuga ko guhinga iki gihingwa, babitegetswe n\u2019Ubuyobozi bw\u2019Umurenge wabo, kandi batabanje kubijyaho inama nk\u2019abanyamuryango ba Koperative.\r\n\r\nUmwe ati \u201cTwagiye kubona tubona Agoronome w\u2019Umurenge araje aratubwira ngo tugomba guhinga urusenda kandi mbere twahingagamo ibigori ndetse n\u2019indi myaka. Babidutegetse batarabanje kutugisha inama nk\u2019abanyamuryango ba koperative none rwararumbye twakoreye mu gihombo.\u201d<\/em>\r\n\r\nAba baturage bavuga, igitekerezo cy\u2019ubu buhinzi cyaganiriweho n\u2019ubuyobozi ndetse na rwiyemezamirimo wabahaye imbuto, ariko hakirengagizwa uruhande rwabo.\r\n\r\nUndi ati \u201cAgoronome w\u2019Umurenge yagambanye na rwiyemezamirimo\u00a0 badutegeka guhinga urusenda tutarabivuganye, none ubu ntacyo twasaruyemo.\u201d<\/em>\r\n\r\nBavuga ko ikibabaje ari uko rwiyemezamirimo wabahaye ifumbire n\u2019ingemwe, ari kubishyuza miliyoni 3 Frw, kandi uyu mushinga batarawugizemo uruhare ndetse baranahombye.\r\n\r\nUndi ati \u201cUbu imyaka yagombaga kweramo ntiyezemo, twarahombye none bari no kuduca amafaranga, ubu se babona twayakura he?\u201d<\/em>\r\n\r\nUmunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Kibilizi, Giraneza Clisante avuga ko iki kibazo akizi, ariko ko hari kurebwa uko cyakemuka habayeho ubwumvikane bw\u2019aba bahinzi na rwiyemezamirimo wari inyuma y\u2019uyu mushinga.\r\n\r\nIkibazo cy'aba bahinzi cyumvikanye nyuma y'ibindi bimaze iminsi bivugwa n'abahinga umuceri, bo babonye umusaruro mwiza uhagije, ariko bakabura isoko.\r\n\r\nIki kibazo cyanagarutsweho na Perezida Paul Kagame, ubu cyatangiye gushakirwa umuti, aho umusaruro w'aba bahinzi watangiye kugurwa, bihereye ku bo mu Kibaya cya Bugarama mu Karere ka Rusizi, RADIOTV10 yari iherutse gutangazaho inkuru, ari na bo banagarutsweho n'Umukuru w'Igihugu.\r\n\r\nINKURU MU MASHUSHO<\/strong>\r\n\r\nhttps:\/\/www.youtube.com\/watch?v=JRJfAMJZQEs\r\n\r\nPrince Theogene NZABIHIMANA\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Abandi bahinzi bagaragaje ikindi kibazo cyo gitandukanye n\u2019icyagarutsweho na Perezida Kagame","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"abandi-bahinzi-bagaragaje-ikindi-kibazo-cyo-gitandukanye-nicyagarutsweho-na-perezida-kagame","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-22 06:14:31","post_modified_gmt":"2024-08-22 04:14:31","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47419","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47455,"post_author":"1","post_date":"2024-08-21 11:48:33","post_date_gmt":"2024-08-21 09:48:33","post_content":"Banki Nkuru y\u2019u Rwanda yagabanyije urwunguko rwayo, irukura kuri 7% irushyira kuri 6,5%, igaragaza ko ibi byatewe no kuba umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko uhagaze neza kandi hari n\u2019icyizere ko ari ko bizakomeza kugenda mu myaka ibiri iri imbere.<\/em>\r\n\r\nByatangajwe kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Kanama 2024 ubwo hagaragazwaga Raporo z\u2019Akanama gashinzwe Politiki y\u2019Ifaranga ndetse n\u2019iy\u2019Akanama gashinzwe kutajegajega k\u2019urwego rw\u2019Imari muri Banki Nkuru y\u2019u Rwanda.\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwangombwa yavuze ko ubukungu bw\u2019Isi buri kugerageza gutera imbere ugereranyije n\u2019uko byari bimeze mu bihe bya Covid, ariko ko Ibihugu bisanzwe bifite ubukungu bwo hejuru bitaragera ku gipimo cyo hejuru.\r\n\r\nAti \u201cIbihugu bifite ubukungu bunini nka America n\u2019u Burayi ntabwo birashobora kuzahura ubukungu bwabo neza, ariko icyiza ni uko nta Gihugu na kimwe kiri mu kuzagira ubukungu busubira hasi. Ubukungu bwose buratera imbere ariko mu buryo buciriritse.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe ahubwo muri Afurika ubukungu buri kuzamuka ku kigero gishimishije kurusha ku rwego rw\u2019Isi, kuko uyu mwaka byitezwe ko buzazamukaho 3,7% bivuye kuri 3,4% byariho umwaka ushize, ndetse uyu muvuduko ukazakomeza kuri 4,1% umwaka utaha.\r\n\r\nUmuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro, ku rwego mpuzamahanga na wo waragabanutse, kuko muri 2022 wari warenze 8%, umwaka ushize wa 2023, bigera kuri 6,7%, uyu mwaka bikazagabanuka bikagera kuri 5,9% mu gihe umwaka utaha bizagera kuri 4,4%.\r\n\r\nJohn Rwangombwa avuga ko iyi mibare y\u2019igabanuka ry\u2019umuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro, izanagira uruhare ku igabanuka ry\u2019ibiciro by\u2019imbere mu Gihugu. Ati \u201cIbyo dukura hanze biragenda bigabanuka, biza no kugaragara no ku muvuduko wo ku masoko yacu.\u201d<\/em>\r\n\r\n \r\n\r\nMu Rwanda bihagaze bite?<\/strong>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwangombwa avuga ko ubukungu bw\u2019u Rwanda bukomeza gutera imbere neza, ndetse ko biherutse no kugaragazwa n\u2019Ikigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Ibarurishamibare cyagaragaje ko mu gihembwe cya mbere cy\u2019uyu mwaka, ubukungu bwari buhagaze ku 9,7%.\r\n\r\nAti \u201cIyo turebye no mu gihembwe cya kabiri na bwo birakomeza gutera imbere neza, imibare dukurikirana iragaragaza ko yateye imbere 17,9%. Ntabwo ari bwo bukungu nyirizina, ibyo bizatangazwa n\u2019Ikigo cy\u2019Ibarurishamirabe muri uku kwezi gutaha, ariko twebwe ibyo tubona nk\u2019uko bigaragara, ni uko mu gihembwe cya kabiri cy\u2019uyu mwaka, ubukungu bwateye imbere.\u201d<\/em>\r\n\r\nGusa haracyari imbogamizi mu kinyuranyo kikiri mu byo u Rwanda rwohereza hanze n\u2019ibyo ruhatumizayo, aho ibyoherezwa hanze byazamutseho 0,9% muri iki gihembwe cya kabiri, mu gihe ibyatumijwe hanze byo byari byazamutseho 6,4%.\r\n\r\nAti \u201cIbi byatumye icyuho cy\u2019ibyo dukura mu mahanga n\u2019ibyo twohereza mu mahanga kiyongeraho 9,5% bikagira ingaruka ku isoko ry\u2019ivunjisha aho tubona ko ifaranga rigenda rikomeza guta agaciro.\u201d<\/em>\r\n\r\nJohn Rwangombwa avuga ko nubwo guta agaciro kw\u2019ifaranga ry\u2019u Rwanda bigihari, ariko biri kugenda bigabanuka ugereranyije n\u2019uko byari bimeze umwaka ushize.\r\n\r\n \r\n\r\nUrwunguko rwa BNR rwagabanyijwe<\/strong>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda kandi yavuze ko umuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro ku masoko, ugenda ugabanuka ugeraranyije n\u2019uko byari bihagaze mu myaka ibiri ishize yaranzwe n\u2019izamuka ry\u2019ibiciro rinini.\r\n\r\nMu gihembwe cya mbere cy\u2019uyu mwaka wa 2024, umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko wari uri kuri 4,7%; mu gihe mu gihembwe cya kabiri wageze kuri 5,1%.\r\n\r\nAti \u201cAriko mu mibare tubona mu mwaka wose, ntabwo bizarenza 5%, tubona ko muri uyu mwaka n\u2019umwaka utaha nibura mu biciro ku masoko bitazarenza 5% ari mu gipimo cya Banki Nkuru twifuza ko bitagomba kurenga.\u201d<\/em>\r\n\r\nAkomeza agira ati \u201cKubera iyo mpamvu rero y\u2019uko umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko uri mu gipimo twifuza ko wagombye kugumaho, twasanze ari ngombwa ko twagabanya urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019Igihugu rukurwa kuri 7% kugeza kuri 6,5% kugira ngo tugendane n\u2019uko ubukungu tubona bumeze.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe mu myaka ibiri ishize, urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda rwari rwazamuwe bitewe n\u2019uko umuvuduko ku masoko wari ukabije.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_47459\" align=\"alignnone\" width=\"1728\"]\"\" Banki Nkuru y'u Rwanda yagaragarije abanyamakuru raporo igaragaza ishusho y'ubukungu bw'u Rwanda[\/caption]\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"AMAKURU AGEZWEHO: Urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda rwagabanyijwe hagaragazwa n\u2019ibyashingiweho","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"urwunguko-rwa-banki-nkuru-yu-rwanda-rwagabanyijwe-hagaragazwa-nibyashingiweho","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-21 12:01:13","post_modified_gmt":"2024-08-21 10:01:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47455","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"}],"next":false,"prev":true,"total_page":4},"paged":1,"column_class":"jeg_col_2o3","class":"jnews_block_7"};

Page 4 of 24 1 3 4 5 24

IZIHERUKA

ADVERTISEMENT
\n

Yabanje kugaragariza Intumwa za Rubanda n\u2019Abashingamategeko ko Guverinoma y\u2019u Rwanda yihaye icyerekezo 2050, ahifuzwa ko umusaruro ku muturage uzaba ugeze ku 12 476 USD ku mwaka, avuye kuri 1 200 USD uriho ubu.<\/p>\n\n\n\n

Muri iki cyerekezo kandi, hifuzwa ko uruhare rw\u2019inganda mu musaruro mbumbe w\u2019Igihugu ruzaba rugeze kuri 33%, naho uruhare rw\u2019ishoramari ku musaruro w\u2019imbere mu Gihugu, rukazaba rugeze kuri 35,1%.<\/p>\n\n\n\n

Nanone hifuzwa ko muri 2050, icyizere cyo kubaho ku Munyarwanda kizaba kigeze ku myaka 73 kivuye kuri 69 kiriho ubu, naho ikigereranyo cy\u2019ubushomeri mu baturage kikazaba kiri kuri 5%.<\/p>\n\n\n\n

Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Edouard Ngirente yavuze ko mu kugera kuri iki cyerekezo, Guverinoma y\u2019u Rwanda yaciyemo ibice bibiri imyaka isigaye, aho hafashwe igice cya mbere cyo kugeza muri 2035.<\/p>\n\n\n\n

Muri uyu mwaka wa 2035, Guverinoma y\u2019u Rwanda yiyemeje ko umusaruro ku muturage wazaba ugeze ku 4 036 USD ku mwaka, naho uruhare rw\u2019inganda mu musaruro mbumbe w\u2019Igihugu ukazaba ugeze kuri 24%.<\/p>\n\n\n\n

Uruhare rw\u2019ishoramari ku musaruro mbumbe w\u2019Imbere mu Gihugu, muri uwo mwaka wa 2035 uzaba ugeze kuri 32,6%; naho icyizere cyo kubaho kikazaba kigeze ku myaka 71,7; mu gihe ikigereranyo cy\u2019ubushomeri mu baturage kikaza kigeze kuri 7%.<\/p>\n\n\n\n

\"\"
Minisitiri w'Intebe kuri uyu wa Mbere mu Ngoro y'Inteko Ishinga Amategeko<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n

RADIOTV10<\/strong><\/p>\n","post_title":"Menya iby\u2019ingenzi bizagerwaho n\u2019u Rwanda mu cyerekezo 2035","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"menya-ibyingenzi-bizagerwaho-nu-rwanda-mu-cyerekezo-2035","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-09 16:43:37","post_modified_gmt":"2024-09-09 14:43:37","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48813","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48398,"post_author":"1","post_date":"2024-09-04 05:53:32","post_date_gmt":"2024-09-04 03:53:32","post_content":"Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Edouard Ngirente yavuze ko Ibihugu byose bigomba gushyira imbaraga mu iterambere ry\u2019ubuhinzi, kuko iyo butitaweho buteza ibibazo bidindiza iterambere ry\u2019izindi nzego zigize ubukungu bw\u2019Igihugu.<\/em>\r\n\r\nDr Ngirente yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Nzeri 2024, ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama Mpuzamahanga yiga kuri politike ziteza imbere ubuhinzi iteraniye i Kigali.\r\n\r\nInzego zishinzwe ubuhinzi zigaragaza ko Umugabane wa Afurika wihariye 60% y\u2019ubutaka buhingwa, ariko 20% by\u2019abawutuye ntibabasha kubona ibyo kurya bihagije. Ibi kandi bituma 32% y\u2019abana bari munsi y\u2019imyaka itanu muri Afurika, bagaragarwaho ikibazo cy\u2019igwingira.\r\n\r\nIgikomeye kuruta ibindi ni uko Leta z\u2019Ibihugu bya Afurika zidashora imari ifatika mu buhinzi, dore ko bishoramo 4,6% by\u2019ingengo y\u2019imari, mu gihe amasezerano y\u2019i Malabo yo muri 2014 asaba Ibihugu gushora mu buhinzi 10% by\u2019ingengo y\u2019imari.\r\n\r\nUmuyobozi w\u2019Inama y\u2019Ubutegetsi y\u2019Ihuriro Mpuzamahanga ryita ku Iterambere ry\u2019Ubuhinzi muri Afurika (AGRA), Hailemariam Desalegn avuga ko igisubizo kigomba gushakirwa kuri iyo ngingo.\r\n\r\nYagize ati \u201cUbuhinzi muri Afurika ntibuhabwa agaciro n\u2019ubwitange mu buryo bwa politike bigomba uwo mwuga. Umbajije impamvu mvuze ntyo; nakubwira ngo reba amafarnga mushora mu buhinzi. Icyo kirahagije, twe twerekanye neza ko politiki nziza, gushyigikirwa no kwitabwaho; abahinzi bacu bashobora kwikura mu bukene.\u201d<\/em>\r\n\r\nMinisitiri w\u2019intebe w\u2019u Rwanda, Dr Edouard Ngirente avuga ko kwirengagiza ubuhinzi bishobora kugira ingaruka no ku bindi bikorwa binini by\u2019Igihugu.\r\n\r\nAti \u201cIyo Igihugu kitihagije ku biribwa; gishora amafaranga menshi mu gushakira abaturage ibiribwa, ibyo bituma amafaranga yari agenewe gushyirwa mu nzego zikomeye nk\u2019ubuhinzi, uburezi, ibikorwa remezo n\u2019ubuzima ataboneka.\u201d<\/em>\r\n\r\nMinisitiri Ngirente avuga ko Ibihugu bigomba gushora imari mu buhinzi burambye, bikongerera agaciro umusaruro ubuvamo, ndetse bikanagabanya umusaruro wangirika.\r\n\r\nAti \u201cKugira ngo tubigereho mu Rwanda, twashyize imbaraga mu gukoresha ikoranabuhanga mu buhinzi. Guverinoma kandi iri kwagura ubwishingizi no kubona inguzanyo zihendutse kugira ngo abahinzi babashe gushora imari muri uyu mwuga banahangane n\u2019imihindagurikire y\u2019ikirere. Ibyo tubihuje na politike zo guteza imbere ibikorwaremezo mu cyaro; bituma uru rwego rutanga umusaruro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nAbahanga bagaragaza ko buri mwaka Abanyafurika bakenera ibiribwa bingana na toni miliyari 1.3, kugeza ubu 85% y\u2019ibyo biribwa biboneka imbere muri Afururika, naho 15% bigatumiza hanze ya Afurika.\r\n\r\nKubera ikibazo cy\u2019ibiribwa Abanyafurika bafite, 95% y\u2019ibyo bahinga ntibirenga uyu Mugabane, naho 5% y\u2019umusaruro babona ni wo bagurisha ku yindi Migabane.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_48400\" align=\"alignnone\" width=\"2048\"]\"\" Iyi nama yitabiriwe n'impuguke ziturutse mu Bihugu binyuranye[\/caption]\r\n\r\n\"\"\r\n\r\n[caption id=\"attachment_48401\" align=\"alignnone\" width=\"1567\"]\"\" Hagaragajwe imishinga yazamura ubuhinzi[\/caption]\r\n\r\nDavid NZABONIMPA\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Minisitiri Dr Ngirente yagaragaje uko ubuhinzi bufatiye runini izindi nzego ziteza imbere Ibihugu","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"minisitiri-dr-ngirenye-yagaragaje-uko-ubuhinzi-bufatiye-runini-izindi-nzego-ziteza-imbere-ibihugu","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-05 11:08:13","post_modified_gmt":"2024-09-05 09:08:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48398","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48146,"post_author":"1","post_date":"2024-09-02 13:18:13","post_date_gmt":"2024-09-02 11:18:13","post_content":"Banki Nkuru y\u2019u Rwanda iratangaza ko inote nshya y\u2019ibihumbi bitanu (5 000 Frw) n\u2019iy\u2019ibihumbi bibiri (2 000 Frw) ziherutse gushyirwa hanze, zitazasimbura izisanzweho, ahubwo ko zose zizakomeza gukoreshwa.<\/em>\r\n\r\nIzi note nshya ziteganywa n\u2019Igazeti ya Leta idasanzwe yashyizwe hanze ku wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024 y\u2019Iteka rya Perezida N\u00b0 073\/01 ryo ku wa 29\/08\/2024 rishyiraho inoti nshya ya Frw 5 000 n\u2019iya Frw 2 000.\r\n\r\nIngingo ya kabiri y\u2019iri Teka rya Perezida, igira iti \u201cInoti nshya ya FRW 5.000 n\u2019iya FRW 2.000 zikoreshwa hamwe n\u2019inoti zisanzweho, iya FRW 500, iya FRW 1.000, iya FRW 2.000 n\u2019iya FRW 5.000, kandi zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe hari bamwe bakekaga ko izi note nshya zigiye gusimbura izari zisanzweho, banibaza uko bizagenda ku zo abantu bari bafite, aho bamwe bakekaga ko zigiye guta agaciro.\r\n\r\nBanki Nkuru y\u2019u Rwanda yatanze umucyo kuri izi mpungenge, ivuga ko \u201cInoti nshya ya Frw 5000 n\u2019iya Frw 2000 zizakoreshwa hamwe n\u2019izindi noti zari zisanzwe zikoreshwa kandi zose zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nHabumugisha Denis ushinzwe ikoreshwa ry'ifaranga no kwishyurana muri Banki Nkuru y'u Rwanda, BNR, yagize ati \u201cInote za bibiri n\u2019inote za bitanu zisanzwe zikoreshwa, zizakomeza zikoreshwe mu buzima bwacu bwa buri munsi, zose zizakoreshwa mu gihe kimwe.\u201d<\/em>\r\n\r\nHabumugisha yatangaje ko izi note nshya zizatangira gukoreshwa kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Nzeri 2024, aho zizatangira gushyirwa muri Banki z\u2019ubucuruzi mu Rwanda, kugira ngo zizagere ku baturage.\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"Hatanzwe umucyo ku rujijo rwari ruhari ku mikoreshere y\u2019inote nshya n\u2019igihe zizatangira gukoreshwa","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"hatanzwe-umucyo-ku-rujijo-rwari-ruhari-ku-mikoreshere-yinote-nshya-nigihe-zizatangira-gukoreshwa","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-02 13:18:13","post_modified_gmt":"2024-09-02 11:18:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48146","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48099,"post_author":"1","post_date":"2024-09-02 06:06:11","post_date_gmt":"2024-09-02 04:06:11","post_content":"MTN Rwanda is thrilled to announce the launch of its latest promotional campaign \u201cRecharge and Win!\u201d aimed at keeping its loyal customers connected and rewarding them with an array of incredible prizes. To participate, MTN Rwanda customers need only to buy a voice pack or an internet bundle as they normally do and stand a chance to win. \u00a0The more packs and bundles they buy, the higher their chances of winning big!<\/em>\r\n\r\nThe promotion offers cash rewards ranging from Rwf 10,000 to a grand prize of Rwf 5,000,000 which will be awarded to two lucky winners. Additionally, participants stand a chance to win non-monetary prizes such as helicopter rides in partnership with Akagera Aviation, motorcycles, bicycles, solar kits, smartphones and telco prizes like voice and data bundles. This promotion portrays MTN Rwanda's commitment to empowering its customers to stay connected to their friends and families.\r\n\r\nFor customers to be eligible, all they need to do, is to increase their spend by buying more data bundles, voice packs or airtime. Participation is simple, as customers just need to increase their spending on data bundles, voice packs, or airtime. There\u2019s no need to opt-in; every purchase will automatically enter you into the promotion. The more you reload, the higher your chances of winning, with winners selected via a random draw.\r\n\r\nThis promotion is open to customers across all regions, ensuring that no matter where you are in Rwanda\u2014whether in Kigali, or any other region \u2014your chance to win is just a reload away.\r\n\r\n\u201cAt MTN Rwanda, our customers are at the heart of everything we do. We are deeply committed to keeping them connected to their loved ones and this campaign is one of the many ways we\u2019re empowering through connectivity and enhancing their digital experience. We encourage all our customers to continue recharging and take advantage of our MTN voice packs and data bundles, allowing them to stay connected with family and friends,\u201d<\/em> said Acting Chief Consumer and Digital Officer Rosine Dusabe.<\/em>\r\n\r\n\u00a0\u201cWe also have something special for our agents, as they play a crucial role in ensuring our customers can access our products and services. We want to empower and appreciate them for being the bridge between us and our customers. We prioritize our customers' needs and strive to ensure they always feel valued and appreciated,\u201d <\/em>Dusabe added.\r\n\r\nMTN Rwanda is offering attractive incentives to its agents, with an exciting weekly rewards program. Agents will be categorized based on their respective provinces, and winners will be selected each week. Those who excel by achieving or exceeding the daily bundle\/pack or airtime sales of 3,000 RWF, will stand a chance to win impressive prizes, including motorcycles and 100,000 RWF weekly to 10 agents.\r\n\r\nMTN Rwanda remains committed to providing a modern, connected life to its customers and agents. This promotion is designed to empower all MTN Rwanda customers and agents, enhancing their experience and ensuring seamless connectivity.\r\n\r\n\"\"","post_title":"Fly high with MTN\u2019s \u201cRecharge and Win!\u201d promo and stand a chance to win prizes worth over RWF 200,000,000","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"fly-high-with-mtns-recharge-and-win-promo-and-stand-a-chance-to-win-prizes-worth-over-rwf-200000000","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-02 06:06:11","post_modified_gmt":"2024-09-02 04:06:11","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48099","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47909,"post_author":"1","post_date":"2024-08-30 14:02:26","post_date_gmt":"2024-08-30 12:02:26","post_content":"Hatangajwe inote nshya z\u2019ibihumbi bitanu (5 000 Frw) n\u2019iy\u2019ibihumbi bibiri (2 000 Frw) mu mafaranga y\u2019u Rwanda, zirimo izaba ifitemo ibiyiranga birimo inyubako ya Kigali Convention Center.<\/em>\r\n\r\nIzi note zashyizwe hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024, nk\u2019uko bigaragazwa n\u2019Igazeti ya Leta idasanzwe yashyizwe hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024 y\u2019Iteka rya Perezida N\u00b0 073\/01 ryo ku wa 29\/08\/2024 rishyiraho inoti nshya ya Frw 5 000 n\u2019iya Frw 2 000.\r\n\r\nIngingo ya kabiri y\u2019iri Teka rya Perezida, igira iti \u201cInoti nshya ya FRW 5.000 n\u2019iya FRW 2.000 zikoreshwa hamwe n\u2019inoti zisanzweho, iya FRW 500, iya FRW 1.000, iya FRW 2.000 n\u2019iya FRW 5.000, kandi zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nUmugereka w\u2019iri Teka ugaragaza ibizajya bigaragaza izi note, aho nk\u2019inote ya bitanu (5 000 Frw), izajya igaragazwa n\u2019ibimenyetso binyuranye ibirimo kuba ifite ibara ryiganjemo ibihogo bijya gusa n\u2019ibara rya roza.\r\n\r\nNanone kandi iyi note izaba irangwa n'igishushanyo cy'ishusho y\u2019inyubako ya Kigali Convention Center iherereye mu Mujyi wa Kigali, yabaye ikimenyabose ku Mugabane wa Afurika kubera imiterere yayo yihariye, ikaba iri mu nyubako za mbere kuri uyu Mugabane zatwaye amafaranga menshi kurusha izindi.\r\n\r\nNi mu gihe inote ya bibiri (2 000 Frw) yo izajya irangwa no kuba ifite ibara ryiganjemo ni umweru ucyeye ndetse n'igishushanyo kigaragara cy\u2019imisozi y\u2019Ikiyaga cya Kivu,\u00a0na byo biri mu biranga Igihugu cy\u2019u Rwanda gisanzwe kizwi nk\u2019Igihugu cy\u2019imisozi igihumbi.\r\n\r\nInote y\u2019Ibihumbi bitanu isanzwe ikoreshwa mu mafaranya y\u2019u Rwanda, iri mu bwoko bubiri, bwombi buhuriye ku kuba zifite ibara ry\u2019iroza, zikaba kandi zombi ziriho ishuro y\u2019Ingagi iri muri Pariki y\u2019Igihugu y\u2019Ibirunga ndetse n\u2019uruziga rw\u2019umweru rubengeranamo utuzu dutatu dufatanye ndetse n\u2019ikirangantego cya repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019inyubako ya BNR.\r\n\r\nUbu bwoko buri bw\u2019Inote ya Bitanu (5 000 Frw), burimo iyakozwe muri 2004 mu gihe indi yakozwe mu mwaka wa 2014.\r\n\r\nInote y\u2019ibihumbi bibiri na yo iri mu bwoko bubiri, buhuriye ku kuba zose ziri mu ibara rya move itijimye, aho ku ruhande rumwe hariho umunara w\u2019itumanaho n\u2019uwa Televiziyo, ndetse n\u2019ikirangantego cya Repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019ikirango cya BNR.\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"Ibyo wamenya ku miterere y\u2019inoti nshya zashyizwe hanze n\u2019u Rwanda","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"ibyo-wamenya-ku-miterere-yinoti-nshya-zashyizwe-hanze-nu-rwanda","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-30 14:07:03","post_modified_gmt":"2024-08-30 12:07:03","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47909","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47569,"post_author":"1","post_date":"2024-08-24 05:03:45","post_date_gmt":"2024-08-24 03:03:45","post_content":"Bamwe mu baturage barasaba ko amabanki yagabanya inyungu ku nguzanyo, kuko ikiri hejuru bituma bamwe batinya kwaka inguzanyo, ndetse n\u2019abazatse bamwe bakagwa mu bihombo bituma imitungo yabo itezwa cyamunara, mu gihe Banki Nkuru y\u2019u Rwanda ivuga ko hari ibiri gukorwa bizatuma inyungu igabanuka.<\/em>\r\n\r\nImibare igaragaza ko impuzandengo y\u2019inyungu amabanki yaka ku nguzanyo, ari 15.81%. Uyu mubare ugaragazwa n\u2019abaturage ko akiri hejuru kuko ubagusha mu gihombo.\r\n\r\nUmwe mu batse inguzanyo akananirwa kuyishyura kubera inyungu iri hejuru, yabwiye RADIOTV10 ko byatumye agwa mu uhurizo rikomeye.\r\n\r\nYagize ati \u201cKubera inyungu ku nguzanyo y\u2019umurengera byatumye nanirwa kwishyura icyakora nza gufata n\u2019andi mafaranga nari nizigamiye ku ruhande mbona ndishyuye. Twifuza ko amabanki yagabanya inyungu ku nguzanyo.\u201d<\/em>\r\n\r\nUmuyobozi wa Banki ya Kigali, Diane Karusisi avuga ko mu gushyiraho igipimo cy\u2019inyungu ku nguzanyo, hari byinshi biba byagendeweho kugira ngo na Banki itisanga mu bihombo.\r\n\r\nAti \u201cIyo dushyiraho ibiciro tureba ku bintu byinshi, tureba ku kiguzi cy\u2019amafaranga aho tuyakura n\u2019ibyo tuyakoresha byose turabireba tukabona gushyiraho igiciro.\u201d<\/em>\r\n\r\nKarusisi avuga ko inyungu ku nguzanyo iyi Banki yaka abaturage iri hasi ugereranyije n\u2019uko bihagaze mu bindi Bihugu byo muri Afurika y\u2019Iburasirazuba.\r\n\r\nImpuguke mu bukungu, Ruziga Emmanuel Masantura agaragaza ko amabanki yagakwiye gufungura ihiganwa mu bucuruzi kugira ngo abaturage bafate inguzanyo mu buryo buborohereye.\r\n\r\nAti \u201cIkiguzi cy\u2019inguzanyo uyu munsi mu Rwanda wavuga ko kiri hejuru ugereranyije n\u2019ubushobozi bw\u2019Abanyarwanda n\u2019inyungu iva mu gushora imari iyo bigurije aya mafaranga. Byaba byiza habaye gufunguka kw\u2019ihatana ry\u2019amabanki ku isoko kugira ngo amabanki areshye abaturage bitewe no kumanura ibiciro ku nguzanyo.\u201d<\/em>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwagomba atanga icyizere ko mu bihe biri imbere inyungu ku nguzanyo zitangwa n\u2019amabanki zizagenda zimanuka bitewe no kunoza imikorere.\r\n\r\nAti \u201cAbantu imyenda barayifata bigakomeza bizamuka, ntabwo abananirwa kwishyura imyenda bari hejuru, nta bintu tubona bidasanzwe bitera ibibazo mu gufata amafaranga kubera yuko inyungu ziri hejuru, uko ubukungu bugenda butera imbere ni uko umubare w\u2019amafaranga ugenda uboneka, uko abantu bagenda banoza imikorere yabo, ni nako inyungu zizagenda zigabanuka.\u201d<\/em>\r\n\r\nNubwo Banki Nkuru y\u2019u Rwanda igaragaza ko abaturage bafata imyenda bakomeza kuzamuka ndetse n\u2019abagira ubushobozi bwo kuyishyura neza bari hejuru ya 90%, kugeza ubu imibare igaragaza ko abaturage baka inguzanyo zikabananira kwishyura bangana na 5%.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_47571\" align=\"alignnone\" width=\"1024\"]\"\" Guverineri wa Banki Nkuru y'u Rwanda, John Rwangombwa yatanze icyizere[\/caption]\r\n\r\nNTAMBARA Garleon\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Icyizere kirahari ku kibazo gituma abaka inguzanyo Banki bahomba bamwe bagaterezwa cyamunara","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"icyizere-kirahari-ku-kibazo-gituma-abaka-inguzanyo-banki-bahomba-bamwe-bagaterezwa-cyamunara","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-24 05:03:46","post_modified_gmt":"2024-08-24 03:03:46","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47569","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"1","filter":"raw"},{"ID":47419,"post_author":"1","post_date":"2024-08-22 06:14:01","post_date_gmt":"2024-08-22 04:14:01","post_content":"Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Gisagara bahinga mu gishanga cya Duwane, bavuga ko bategetswe n\u2019ubuyobozi guhinga urusenda none rwararumbye, bakaba bari no kwishyuzwa amafaranga na rwiyemezamirimo wabahaye ingemwe, bavuga ko byakozwe ku kagambane ke n\u2019ubuyobozi.<\/em>\r\n\r\nAba baturage bavuga ko guhinga iki gihingwa, babitegetswe n\u2019Ubuyobozi bw\u2019Umurenge wabo, kandi batabanje kubijyaho inama nk\u2019abanyamuryango ba Koperative.\r\n\r\nUmwe ati \u201cTwagiye kubona tubona Agoronome w\u2019Umurenge araje aratubwira ngo tugomba guhinga urusenda kandi mbere twahingagamo ibigori ndetse n\u2019indi myaka. Babidutegetse batarabanje kutugisha inama nk\u2019abanyamuryango ba koperative none rwararumbye twakoreye mu gihombo.\u201d<\/em>\r\n\r\nAba baturage bavuga, igitekerezo cy\u2019ubu buhinzi cyaganiriweho n\u2019ubuyobozi ndetse na rwiyemezamirimo wabahaye imbuto, ariko hakirengagizwa uruhande rwabo.\r\n\r\nUndi ati \u201cAgoronome w\u2019Umurenge yagambanye na rwiyemezamirimo\u00a0 badutegeka guhinga urusenda tutarabivuganye, none ubu ntacyo twasaruyemo.\u201d<\/em>\r\n\r\nBavuga ko ikibabaje ari uko rwiyemezamirimo wabahaye ifumbire n\u2019ingemwe, ari kubishyuza miliyoni 3 Frw, kandi uyu mushinga batarawugizemo uruhare ndetse baranahombye.\r\n\r\nUndi ati \u201cUbu imyaka yagombaga kweramo ntiyezemo, twarahombye none bari no kuduca amafaranga, ubu se babona twayakura he?\u201d<\/em>\r\n\r\nUmunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Kibilizi, Giraneza Clisante avuga ko iki kibazo akizi, ariko ko hari kurebwa uko cyakemuka habayeho ubwumvikane bw\u2019aba bahinzi na rwiyemezamirimo wari inyuma y\u2019uyu mushinga.\r\n\r\nIkibazo cy'aba bahinzi cyumvikanye nyuma y'ibindi bimaze iminsi bivugwa n'abahinga umuceri, bo babonye umusaruro mwiza uhagije, ariko bakabura isoko.\r\n\r\nIki kibazo cyanagarutsweho na Perezida Paul Kagame, ubu cyatangiye gushakirwa umuti, aho umusaruro w'aba bahinzi watangiye kugurwa, bihereye ku bo mu Kibaya cya Bugarama mu Karere ka Rusizi, RADIOTV10 yari iherutse gutangazaho inkuru, ari na bo banagarutsweho n'Umukuru w'Igihugu.\r\n\r\nINKURU MU MASHUSHO<\/strong>\r\n\r\nhttps:\/\/www.youtube.com\/watch?v=JRJfAMJZQEs\r\n\r\nPrince Theogene NZABIHIMANA\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Abandi bahinzi bagaragaje ikindi kibazo cyo gitandukanye n\u2019icyagarutsweho na Perezida Kagame","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"abandi-bahinzi-bagaragaje-ikindi-kibazo-cyo-gitandukanye-nicyagarutsweho-na-perezida-kagame","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-22 06:14:31","post_modified_gmt":"2024-08-22 04:14:31","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47419","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47455,"post_author":"1","post_date":"2024-08-21 11:48:33","post_date_gmt":"2024-08-21 09:48:33","post_content":"Banki Nkuru y\u2019u Rwanda yagabanyije urwunguko rwayo, irukura kuri 7% irushyira kuri 6,5%, igaragaza ko ibi byatewe no kuba umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko uhagaze neza kandi hari n\u2019icyizere ko ari ko bizakomeza kugenda mu myaka ibiri iri imbere.<\/em>\r\n\r\nByatangajwe kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Kanama 2024 ubwo hagaragazwaga Raporo z\u2019Akanama gashinzwe Politiki y\u2019Ifaranga ndetse n\u2019iy\u2019Akanama gashinzwe kutajegajega k\u2019urwego rw\u2019Imari muri Banki Nkuru y\u2019u Rwanda.\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwangombwa yavuze ko ubukungu bw\u2019Isi buri kugerageza gutera imbere ugereranyije n\u2019uko byari bimeze mu bihe bya Covid, ariko ko Ibihugu bisanzwe bifite ubukungu bwo hejuru bitaragera ku gipimo cyo hejuru.\r\n\r\nAti \u201cIbihugu bifite ubukungu bunini nka America n\u2019u Burayi ntabwo birashobora kuzahura ubukungu bwabo neza, ariko icyiza ni uko nta Gihugu na kimwe kiri mu kuzagira ubukungu busubira hasi. Ubukungu bwose buratera imbere ariko mu buryo buciriritse.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe ahubwo muri Afurika ubukungu buri kuzamuka ku kigero gishimishije kurusha ku rwego rw\u2019Isi, kuko uyu mwaka byitezwe ko buzazamukaho 3,7% bivuye kuri 3,4% byariho umwaka ushize, ndetse uyu muvuduko ukazakomeza kuri 4,1% umwaka utaha.\r\n\r\nUmuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro, ku rwego mpuzamahanga na wo waragabanutse, kuko muri 2022 wari warenze 8%, umwaka ushize wa 2023, bigera kuri 6,7%, uyu mwaka bikazagabanuka bikagera kuri 5,9% mu gihe umwaka utaha bizagera kuri 4,4%.\r\n\r\nJohn Rwangombwa avuga ko iyi mibare y\u2019igabanuka ry\u2019umuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro, izanagira uruhare ku igabanuka ry\u2019ibiciro by\u2019imbere mu Gihugu. Ati \u201cIbyo dukura hanze biragenda bigabanuka, biza no kugaragara no ku muvuduko wo ku masoko yacu.\u201d<\/em>\r\n\r\n \r\n\r\nMu Rwanda bihagaze bite?<\/strong>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwangombwa avuga ko ubukungu bw\u2019u Rwanda bukomeza gutera imbere neza, ndetse ko biherutse no kugaragazwa n\u2019Ikigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Ibarurishamibare cyagaragaje ko mu gihembwe cya mbere cy\u2019uyu mwaka, ubukungu bwari buhagaze ku 9,7%.\r\n\r\nAti \u201cIyo turebye no mu gihembwe cya kabiri na bwo birakomeza gutera imbere neza, imibare dukurikirana iragaragaza ko yateye imbere 17,9%. Ntabwo ari bwo bukungu nyirizina, ibyo bizatangazwa n\u2019Ikigo cy\u2019Ibarurishamirabe muri uku kwezi gutaha, ariko twebwe ibyo tubona nk\u2019uko bigaragara, ni uko mu gihembwe cya kabiri cy\u2019uyu mwaka, ubukungu bwateye imbere.\u201d<\/em>\r\n\r\nGusa haracyari imbogamizi mu kinyuranyo kikiri mu byo u Rwanda rwohereza hanze n\u2019ibyo ruhatumizayo, aho ibyoherezwa hanze byazamutseho 0,9% muri iki gihembwe cya kabiri, mu gihe ibyatumijwe hanze byo byari byazamutseho 6,4%.\r\n\r\nAti \u201cIbi byatumye icyuho cy\u2019ibyo dukura mu mahanga n\u2019ibyo twohereza mu mahanga kiyongeraho 9,5% bikagira ingaruka ku isoko ry\u2019ivunjisha aho tubona ko ifaranga rigenda rikomeza guta agaciro.\u201d<\/em>\r\n\r\nJohn Rwangombwa avuga ko nubwo guta agaciro kw\u2019ifaranga ry\u2019u Rwanda bigihari, ariko biri kugenda bigabanuka ugereranyije n\u2019uko byari bimeze umwaka ushize.\r\n\r\n \r\n\r\nUrwunguko rwa BNR rwagabanyijwe<\/strong>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda kandi yavuze ko umuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro ku masoko, ugenda ugabanuka ugeraranyije n\u2019uko byari bihagaze mu myaka ibiri ishize yaranzwe n\u2019izamuka ry\u2019ibiciro rinini.\r\n\r\nMu gihembwe cya mbere cy\u2019uyu mwaka wa 2024, umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko wari uri kuri 4,7%; mu gihe mu gihembwe cya kabiri wageze kuri 5,1%.\r\n\r\nAti \u201cAriko mu mibare tubona mu mwaka wose, ntabwo bizarenza 5%, tubona ko muri uyu mwaka n\u2019umwaka utaha nibura mu biciro ku masoko bitazarenza 5% ari mu gipimo cya Banki Nkuru twifuza ko bitagomba kurenga.\u201d<\/em>\r\n\r\nAkomeza agira ati \u201cKubera iyo mpamvu rero y\u2019uko umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko uri mu gipimo twifuza ko wagombye kugumaho, twasanze ari ngombwa ko twagabanya urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019Igihugu rukurwa kuri 7% kugeza kuri 6,5% kugira ngo tugendane n\u2019uko ubukungu tubona bumeze.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe mu myaka ibiri ishize, urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda rwari rwazamuwe bitewe n\u2019uko umuvuduko ku masoko wari ukabije.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_47459\" align=\"alignnone\" width=\"1728\"]\"\" Banki Nkuru y'u Rwanda yagaragarije abanyamakuru raporo igaragaza ishusho y'ubukungu bw'u Rwanda[\/caption]\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"AMAKURU AGEZWEHO: Urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda rwagabanyijwe hagaragazwa n\u2019ibyashingiweho","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"urwunguko-rwa-banki-nkuru-yu-rwanda-rwagabanyijwe-hagaragazwa-nibyashingiweho","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-21 12:01:13","post_modified_gmt":"2024-08-21 10:01:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47455","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"}],"next":false,"prev":true,"total_page":4},"paged":1,"column_class":"jeg_col_2o3","class":"jnews_block_7"};

Page 4 of 24 1 3 4 5 24

IZIHERUKA

ADVERTISEMENT
\n

Byatangajwe na Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Edouard Ngirente kuri uyu wa Mbere tariki 09 Nzeri 2024, ubwo yagaragarizaga Inteko Ishinga Amategeko ibiteganyijwe muri gahunda ya Guverinoma y\u2019imyaka itanu iri imbere.<\/p>\n\n\n\n

Yabanje kugaragariza Intumwa za Rubanda n\u2019Abashingamategeko ko Guverinoma y\u2019u Rwanda yihaye icyerekezo 2050, ahifuzwa ko umusaruro ku muturage uzaba ugeze ku 12 476 USD ku mwaka, avuye kuri 1 200 USD uriho ubu.<\/p>\n\n\n\n

Muri iki cyerekezo kandi, hifuzwa ko uruhare rw\u2019inganda mu musaruro mbumbe w\u2019Igihugu ruzaba rugeze kuri 33%, naho uruhare rw\u2019ishoramari ku musaruro w\u2019imbere mu Gihugu, rukazaba rugeze kuri 35,1%.<\/p>\n\n\n\n

Nanone hifuzwa ko muri 2050, icyizere cyo kubaho ku Munyarwanda kizaba kigeze ku myaka 73 kivuye kuri 69 kiriho ubu, naho ikigereranyo cy\u2019ubushomeri mu baturage kikazaba kiri kuri 5%.<\/p>\n\n\n\n

Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Edouard Ngirente yavuze ko mu kugera kuri iki cyerekezo, Guverinoma y\u2019u Rwanda yaciyemo ibice bibiri imyaka isigaye, aho hafashwe igice cya mbere cyo kugeza muri 2035.<\/p>\n\n\n\n

Muri uyu mwaka wa 2035, Guverinoma y\u2019u Rwanda yiyemeje ko umusaruro ku muturage wazaba ugeze ku 4 036 USD ku mwaka, naho uruhare rw\u2019inganda mu musaruro mbumbe w\u2019Igihugu ukazaba ugeze kuri 24%.<\/p>\n\n\n\n

Uruhare rw\u2019ishoramari ku musaruro mbumbe w\u2019Imbere mu Gihugu, muri uwo mwaka wa 2035 uzaba ugeze kuri 32,6%; naho icyizere cyo kubaho kikazaba kigeze ku myaka 71,7; mu gihe ikigereranyo cy\u2019ubushomeri mu baturage kikaza kigeze kuri 7%.<\/p>\n\n\n\n

\"\"
Minisitiri w'Intebe kuri uyu wa Mbere mu Ngoro y'Inteko Ishinga Amategeko<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n

RADIOTV10<\/strong><\/p>\n","post_title":"Menya iby\u2019ingenzi bizagerwaho n\u2019u Rwanda mu cyerekezo 2035","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"menya-ibyingenzi-bizagerwaho-nu-rwanda-mu-cyerekezo-2035","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-09 16:43:37","post_modified_gmt":"2024-09-09 14:43:37","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48813","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48398,"post_author":"1","post_date":"2024-09-04 05:53:32","post_date_gmt":"2024-09-04 03:53:32","post_content":"Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Edouard Ngirente yavuze ko Ibihugu byose bigomba gushyira imbaraga mu iterambere ry\u2019ubuhinzi, kuko iyo butitaweho buteza ibibazo bidindiza iterambere ry\u2019izindi nzego zigize ubukungu bw\u2019Igihugu.<\/em>\r\n\r\nDr Ngirente yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Nzeri 2024, ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama Mpuzamahanga yiga kuri politike ziteza imbere ubuhinzi iteraniye i Kigali.\r\n\r\nInzego zishinzwe ubuhinzi zigaragaza ko Umugabane wa Afurika wihariye 60% y\u2019ubutaka buhingwa, ariko 20% by\u2019abawutuye ntibabasha kubona ibyo kurya bihagije. Ibi kandi bituma 32% y\u2019abana bari munsi y\u2019imyaka itanu muri Afurika, bagaragarwaho ikibazo cy\u2019igwingira.\r\n\r\nIgikomeye kuruta ibindi ni uko Leta z\u2019Ibihugu bya Afurika zidashora imari ifatika mu buhinzi, dore ko bishoramo 4,6% by\u2019ingengo y\u2019imari, mu gihe amasezerano y\u2019i Malabo yo muri 2014 asaba Ibihugu gushora mu buhinzi 10% by\u2019ingengo y\u2019imari.\r\n\r\nUmuyobozi w\u2019Inama y\u2019Ubutegetsi y\u2019Ihuriro Mpuzamahanga ryita ku Iterambere ry\u2019Ubuhinzi muri Afurika (AGRA), Hailemariam Desalegn avuga ko igisubizo kigomba gushakirwa kuri iyo ngingo.\r\n\r\nYagize ati \u201cUbuhinzi muri Afurika ntibuhabwa agaciro n\u2019ubwitange mu buryo bwa politike bigomba uwo mwuga. Umbajije impamvu mvuze ntyo; nakubwira ngo reba amafarnga mushora mu buhinzi. Icyo kirahagije, twe twerekanye neza ko politiki nziza, gushyigikirwa no kwitabwaho; abahinzi bacu bashobora kwikura mu bukene.\u201d<\/em>\r\n\r\nMinisitiri w\u2019intebe w\u2019u Rwanda, Dr Edouard Ngirente avuga ko kwirengagiza ubuhinzi bishobora kugira ingaruka no ku bindi bikorwa binini by\u2019Igihugu.\r\n\r\nAti \u201cIyo Igihugu kitihagije ku biribwa; gishora amafaranga menshi mu gushakira abaturage ibiribwa, ibyo bituma amafaranga yari agenewe gushyirwa mu nzego zikomeye nk\u2019ubuhinzi, uburezi, ibikorwa remezo n\u2019ubuzima ataboneka.\u201d<\/em>\r\n\r\nMinisitiri Ngirente avuga ko Ibihugu bigomba gushora imari mu buhinzi burambye, bikongerera agaciro umusaruro ubuvamo, ndetse bikanagabanya umusaruro wangirika.\r\n\r\nAti \u201cKugira ngo tubigereho mu Rwanda, twashyize imbaraga mu gukoresha ikoranabuhanga mu buhinzi. Guverinoma kandi iri kwagura ubwishingizi no kubona inguzanyo zihendutse kugira ngo abahinzi babashe gushora imari muri uyu mwuga banahangane n\u2019imihindagurikire y\u2019ikirere. Ibyo tubihuje na politike zo guteza imbere ibikorwaremezo mu cyaro; bituma uru rwego rutanga umusaruro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nAbahanga bagaragaza ko buri mwaka Abanyafurika bakenera ibiribwa bingana na toni miliyari 1.3, kugeza ubu 85% y\u2019ibyo biribwa biboneka imbere muri Afururika, naho 15% bigatumiza hanze ya Afurika.\r\n\r\nKubera ikibazo cy\u2019ibiribwa Abanyafurika bafite, 95% y\u2019ibyo bahinga ntibirenga uyu Mugabane, naho 5% y\u2019umusaruro babona ni wo bagurisha ku yindi Migabane.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_48400\" align=\"alignnone\" width=\"2048\"]\"\" Iyi nama yitabiriwe n'impuguke ziturutse mu Bihugu binyuranye[\/caption]\r\n\r\n\"\"\r\n\r\n[caption id=\"attachment_48401\" align=\"alignnone\" width=\"1567\"]\"\" Hagaragajwe imishinga yazamura ubuhinzi[\/caption]\r\n\r\nDavid NZABONIMPA\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Minisitiri Dr Ngirente yagaragaje uko ubuhinzi bufatiye runini izindi nzego ziteza imbere Ibihugu","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"minisitiri-dr-ngirenye-yagaragaje-uko-ubuhinzi-bufatiye-runini-izindi-nzego-ziteza-imbere-ibihugu","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-05 11:08:13","post_modified_gmt":"2024-09-05 09:08:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48398","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48146,"post_author":"1","post_date":"2024-09-02 13:18:13","post_date_gmt":"2024-09-02 11:18:13","post_content":"Banki Nkuru y\u2019u Rwanda iratangaza ko inote nshya y\u2019ibihumbi bitanu (5 000 Frw) n\u2019iy\u2019ibihumbi bibiri (2 000 Frw) ziherutse gushyirwa hanze, zitazasimbura izisanzweho, ahubwo ko zose zizakomeza gukoreshwa.<\/em>\r\n\r\nIzi note nshya ziteganywa n\u2019Igazeti ya Leta idasanzwe yashyizwe hanze ku wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024 y\u2019Iteka rya Perezida N\u00b0 073\/01 ryo ku wa 29\/08\/2024 rishyiraho inoti nshya ya Frw 5 000 n\u2019iya Frw 2 000.\r\n\r\nIngingo ya kabiri y\u2019iri Teka rya Perezida, igira iti \u201cInoti nshya ya FRW 5.000 n\u2019iya FRW 2.000 zikoreshwa hamwe n\u2019inoti zisanzweho, iya FRW 500, iya FRW 1.000, iya FRW 2.000 n\u2019iya FRW 5.000, kandi zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe hari bamwe bakekaga ko izi note nshya zigiye gusimbura izari zisanzweho, banibaza uko bizagenda ku zo abantu bari bafite, aho bamwe bakekaga ko zigiye guta agaciro.\r\n\r\nBanki Nkuru y\u2019u Rwanda yatanze umucyo kuri izi mpungenge, ivuga ko \u201cInoti nshya ya Frw 5000 n\u2019iya Frw 2000 zizakoreshwa hamwe n\u2019izindi noti zari zisanzwe zikoreshwa kandi zose zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nHabumugisha Denis ushinzwe ikoreshwa ry'ifaranga no kwishyurana muri Banki Nkuru y'u Rwanda, BNR, yagize ati \u201cInote za bibiri n\u2019inote za bitanu zisanzwe zikoreshwa, zizakomeza zikoreshwe mu buzima bwacu bwa buri munsi, zose zizakoreshwa mu gihe kimwe.\u201d<\/em>\r\n\r\nHabumugisha yatangaje ko izi note nshya zizatangira gukoreshwa kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Nzeri 2024, aho zizatangira gushyirwa muri Banki z\u2019ubucuruzi mu Rwanda, kugira ngo zizagere ku baturage.\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"Hatanzwe umucyo ku rujijo rwari ruhari ku mikoreshere y\u2019inote nshya n\u2019igihe zizatangira gukoreshwa","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"hatanzwe-umucyo-ku-rujijo-rwari-ruhari-ku-mikoreshere-yinote-nshya-nigihe-zizatangira-gukoreshwa","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-02 13:18:13","post_modified_gmt":"2024-09-02 11:18:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48146","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48099,"post_author":"1","post_date":"2024-09-02 06:06:11","post_date_gmt":"2024-09-02 04:06:11","post_content":"MTN Rwanda is thrilled to announce the launch of its latest promotional campaign \u201cRecharge and Win!\u201d aimed at keeping its loyal customers connected and rewarding them with an array of incredible prizes. To participate, MTN Rwanda customers need only to buy a voice pack or an internet bundle as they normally do and stand a chance to win. \u00a0The more packs and bundles they buy, the higher their chances of winning big!<\/em>\r\n\r\nThe promotion offers cash rewards ranging from Rwf 10,000 to a grand prize of Rwf 5,000,000 which will be awarded to two lucky winners. Additionally, participants stand a chance to win non-monetary prizes such as helicopter rides in partnership with Akagera Aviation, motorcycles, bicycles, solar kits, smartphones and telco prizes like voice and data bundles. This promotion portrays MTN Rwanda's commitment to empowering its customers to stay connected to their friends and families.\r\n\r\nFor customers to be eligible, all they need to do, is to increase their spend by buying more data bundles, voice packs or airtime. Participation is simple, as customers just need to increase their spending on data bundles, voice packs, or airtime. There\u2019s no need to opt-in; every purchase will automatically enter you into the promotion. The more you reload, the higher your chances of winning, with winners selected via a random draw.\r\n\r\nThis promotion is open to customers across all regions, ensuring that no matter where you are in Rwanda\u2014whether in Kigali, or any other region \u2014your chance to win is just a reload away.\r\n\r\n\u201cAt MTN Rwanda, our customers are at the heart of everything we do. We are deeply committed to keeping them connected to their loved ones and this campaign is one of the many ways we\u2019re empowering through connectivity and enhancing their digital experience. We encourage all our customers to continue recharging and take advantage of our MTN voice packs and data bundles, allowing them to stay connected with family and friends,\u201d<\/em> said Acting Chief Consumer and Digital Officer Rosine Dusabe.<\/em>\r\n\r\n\u00a0\u201cWe also have something special for our agents, as they play a crucial role in ensuring our customers can access our products and services. We want to empower and appreciate them for being the bridge between us and our customers. We prioritize our customers' needs and strive to ensure they always feel valued and appreciated,\u201d <\/em>Dusabe added.\r\n\r\nMTN Rwanda is offering attractive incentives to its agents, with an exciting weekly rewards program. Agents will be categorized based on their respective provinces, and winners will be selected each week. Those who excel by achieving or exceeding the daily bundle\/pack or airtime sales of 3,000 RWF, will stand a chance to win impressive prizes, including motorcycles and 100,000 RWF weekly to 10 agents.\r\n\r\nMTN Rwanda remains committed to providing a modern, connected life to its customers and agents. This promotion is designed to empower all MTN Rwanda customers and agents, enhancing their experience and ensuring seamless connectivity.\r\n\r\n\"\"","post_title":"Fly high with MTN\u2019s \u201cRecharge and Win!\u201d promo and stand a chance to win prizes worth over RWF 200,000,000","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"fly-high-with-mtns-recharge-and-win-promo-and-stand-a-chance-to-win-prizes-worth-over-rwf-200000000","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-02 06:06:11","post_modified_gmt":"2024-09-02 04:06:11","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48099","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47909,"post_author":"1","post_date":"2024-08-30 14:02:26","post_date_gmt":"2024-08-30 12:02:26","post_content":"Hatangajwe inote nshya z\u2019ibihumbi bitanu (5 000 Frw) n\u2019iy\u2019ibihumbi bibiri (2 000 Frw) mu mafaranga y\u2019u Rwanda, zirimo izaba ifitemo ibiyiranga birimo inyubako ya Kigali Convention Center.<\/em>\r\n\r\nIzi note zashyizwe hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024, nk\u2019uko bigaragazwa n\u2019Igazeti ya Leta idasanzwe yashyizwe hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024 y\u2019Iteka rya Perezida N\u00b0 073\/01 ryo ku wa 29\/08\/2024 rishyiraho inoti nshya ya Frw 5 000 n\u2019iya Frw 2 000.\r\n\r\nIngingo ya kabiri y\u2019iri Teka rya Perezida, igira iti \u201cInoti nshya ya FRW 5.000 n\u2019iya FRW 2.000 zikoreshwa hamwe n\u2019inoti zisanzweho, iya FRW 500, iya FRW 1.000, iya FRW 2.000 n\u2019iya FRW 5.000, kandi zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nUmugereka w\u2019iri Teka ugaragaza ibizajya bigaragaza izi note, aho nk\u2019inote ya bitanu (5 000 Frw), izajya igaragazwa n\u2019ibimenyetso binyuranye ibirimo kuba ifite ibara ryiganjemo ibihogo bijya gusa n\u2019ibara rya roza.\r\n\r\nNanone kandi iyi note izaba irangwa n'igishushanyo cy'ishusho y\u2019inyubako ya Kigali Convention Center iherereye mu Mujyi wa Kigali, yabaye ikimenyabose ku Mugabane wa Afurika kubera imiterere yayo yihariye, ikaba iri mu nyubako za mbere kuri uyu Mugabane zatwaye amafaranga menshi kurusha izindi.\r\n\r\nNi mu gihe inote ya bibiri (2 000 Frw) yo izajya irangwa no kuba ifite ibara ryiganjemo ni umweru ucyeye ndetse n'igishushanyo kigaragara cy\u2019imisozi y\u2019Ikiyaga cya Kivu,\u00a0na byo biri mu biranga Igihugu cy\u2019u Rwanda gisanzwe kizwi nk\u2019Igihugu cy\u2019imisozi igihumbi.\r\n\r\nInote y\u2019Ibihumbi bitanu isanzwe ikoreshwa mu mafaranya y\u2019u Rwanda, iri mu bwoko bubiri, bwombi buhuriye ku kuba zifite ibara ry\u2019iroza, zikaba kandi zombi ziriho ishuro y\u2019Ingagi iri muri Pariki y\u2019Igihugu y\u2019Ibirunga ndetse n\u2019uruziga rw\u2019umweru rubengeranamo utuzu dutatu dufatanye ndetse n\u2019ikirangantego cya repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019inyubako ya BNR.\r\n\r\nUbu bwoko buri bw\u2019Inote ya Bitanu (5 000 Frw), burimo iyakozwe muri 2004 mu gihe indi yakozwe mu mwaka wa 2014.\r\n\r\nInote y\u2019ibihumbi bibiri na yo iri mu bwoko bubiri, buhuriye ku kuba zose ziri mu ibara rya move itijimye, aho ku ruhande rumwe hariho umunara w\u2019itumanaho n\u2019uwa Televiziyo, ndetse n\u2019ikirangantego cya Repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019ikirango cya BNR.\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"Ibyo wamenya ku miterere y\u2019inoti nshya zashyizwe hanze n\u2019u Rwanda","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"ibyo-wamenya-ku-miterere-yinoti-nshya-zashyizwe-hanze-nu-rwanda","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-30 14:07:03","post_modified_gmt":"2024-08-30 12:07:03","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47909","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47569,"post_author":"1","post_date":"2024-08-24 05:03:45","post_date_gmt":"2024-08-24 03:03:45","post_content":"Bamwe mu baturage barasaba ko amabanki yagabanya inyungu ku nguzanyo, kuko ikiri hejuru bituma bamwe batinya kwaka inguzanyo, ndetse n\u2019abazatse bamwe bakagwa mu bihombo bituma imitungo yabo itezwa cyamunara, mu gihe Banki Nkuru y\u2019u Rwanda ivuga ko hari ibiri gukorwa bizatuma inyungu igabanuka.<\/em>\r\n\r\nImibare igaragaza ko impuzandengo y\u2019inyungu amabanki yaka ku nguzanyo, ari 15.81%. Uyu mubare ugaragazwa n\u2019abaturage ko akiri hejuru kuko ubagusha mu gihombo.\r\n\r\nUmwe mu batse inguzanyo akananirwa kuyishyura kubera inyungu iri hejuru, yabwiye RADIOTV10 ko byatumye agwa mu uhurizo rikomeye.\r\n\r\nYagize ati \u201cKubera inyungu ku nguzanyo y\u2019umurengera byatumye nanirwa kwishyura icyakora nza gufata n\u2019andi mafaranga nari nizigamiye ku ruhande mbona ndishyuye. Twifuza ko amabanki yagabanya inyungu ku nguzanyo.\u201d<\/em>\r\n\r\nUmuyobozi wa Banki ya Kigali, Diane Karusisi avuga ko mu gushyiraho igipimo cy\u2019inyungu ku nguzanyo, hari byinshi biba byagendeweho kugira ngo na Banki itisanga mu bihombo.\r\n\r\nAti \u201cIyo dushyiraho ibiciro tureba ku bintu byinshi, tureba ku kiguzi cy\u2019amafaranga aho tuyakura n\u2019ibyo tuyakoresha byose turabireba tukabona gushyiraho igiciro.\u201d<\/em>\r\n\r\nKarusisi avuga ko inyungu ku nguzanyo iyi Banki yaka abaturage iri hasi ugereranyije n\u2019uko bihagaze mu bindi Bihugu byo muri Afurika y\u2019Iburasirazuba.\r\n\r\nImpuguke mu bukungu, Ruziga Emmanuel Masantura agaragaza ko amabanki yagakwiye gufungura ihiganwa mu bucuruzi kugira ngo abaturage bafate inguzanyo mu buryo buborohereye.\r\n\r\nAti \u201cIkiguzi cy\u2019inguzanyo uyu munsi mu Rwanda wavuga ko kiri hejuru ugereranyije n\u2019ubushobozi bw\u2019Abanyarwanda n\u2019inyungu iva mu gushora imari iyo bigurije aya mafaranga. Byaba byiza habaye gufunguka kw\u2019ihatana ry\u2019amabanki ku isoko kugira ngo amabanki areshye abaturage bitewe no kumanura ibiciro ku nguzanyo.\u201d<\/em>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwagomba atanga icyizere ko mu bihe biri imbere inyungu ku nguzanyo zitangwa n\u2019amabanki zizagenda zimanuka bitewe no kunoza imikorere.\r\n\r\nAti \u201cAbantu imyenda barayifata bigakomeza bizamuka, ntabwo abananirwa kwishyura imyenda bari hejuru, nta bintu tubona bidasanzwe bitera ibibazo mu gufata amafaranga kubera yuko inyungu ziri hejuru, uko ubukungu bugenda butera imbere ni uko umubare w\u2019amafaranga ugenda uboneka, uko abantu bagenda banoza imikorere yabo, ni nako inyungu zizagenda zigabanuka.\u201d<\/em>\r\n\r\nNubwo Banki Nkuru y\u2019u Rwanda igaragaza ko abaturage bafata imyenda bakomeza kuzamuka ndetse n\u2019abagira ubushobozi bwo kuyishyura neza bari hejuru ya 90%, kugeza ubu imibare igaragaza ko abaturage baka inguzanyo zikabananira kwishyura bangana na 5%.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_47571\" align=\"alignnone\" width=\"1024\"]\"\" Guverineri wa Banki Nkuru y'u Rwanda, John Rwangombwa yatanze icyizere[\/caption]\r\n\r\nNTAMBARA Garleon\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Icyizere kirahari ku kibazo gituma abaka inguzanyo Banki bahomba bamwe bagaterezwa cyamunara","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"icyizere-kirahari-ku-kibazo-gituma-abaka-inguzanyo-banki-bahomba-bamwe-bagaterezwa-cyamunara","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-24 05:03:46","post_modified_gmt":"2024-08-24 03:03:46","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47569","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"1","filter":"raw"},{"ID":47419,"post_author":"1","post_date":"2024-08-22 06:14:01","post_date_gmt":"2024-08-22 04:14:01","post_content":"Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Gisagara bahinga mu gishanga cya Duwane, bavuga ko bategetswe n\u2019ubuyobozi guhinga urusenda none rwararumbye, bakaba bari no kwishyuzwa amafaranga na rwiyemezamirimo wabahaye ingemwe, bavuga ko byakozwe ku kagambane ke n\u2019ubuyobozi.<\/em>\r\n\r\nAba baturage bavuga ko guhinga iki gihingwa, babitegetswe n\u2019Ubuyobozi bw\u2019Umurenge wabo, kandi batabanje kubijyaho inama nk\u2019abanyamuryango ba Koperative.\r\n\r\nUmwe ati \u201cTwagiye kubona tubona Agoronome w\u2019Umurenge araje aratubwira ngo tugomba guhinga urusenda kandi mbere twahingagamo ibigori ndetse n\u2019indi myaka. Babidutegetse batarabanje kutugisha inama nk\u2019abanyamuryango ba koperative none rwararumbye twakoreye mu gihombo.\u201d<\/em>\r\n\r\nAba baturage bavuga, igitekerezo cy\u2019ubu buhinzi cyaganiriweho n\u2019ubuyobozi ndetse na rwiyemezamirimo wabahaye imbuto, ariko hakirengagizwa uruhande rwabo.\r\n\r\nUndi ati \u201cAgoronome w\u2019Umurenge yagambanye na rwiyemezamirimo\u00a0 badutegeka guhinga urusenda tutarabivuganye, none ubu ntacyo twasaruyemo.\u201d<\/em>\r\n\r\nBavuga ko ikibabaje ari uko rwiyemezamirimo wabahaye ifumbire n\u2019ingemwe, ari kubishyuza miliyoni 3 Frw, kandi uyu mushinga batarawugizemo uruhare ndetse baranahombye.\r\n\r\nUndi ati \u201cUbu imyaka yagombaga kweramo ntiyezemo, twarahombye none bari no kuduca amafaranga, ubu se babona twayakura he?\u201d<\/em>\r\n\r\nUmunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Kibilizi, Giraneza Clisante avuga ko iki kibazo akizi, ariko ko hari kurebwa uko cyakemuka habayeho ubwumvikane bw\u2019aba bahinzi na rwiyemezamirimo wari inyuma y\u2019uyu mushinga.\r\n\r\nIkibazo cy'aba bahinzi cyumvikanye nyuma y'ibindi bimaze iminsi bivugwa n'abahinga umuceri, bo babonye umusaruro mwiza uhagije, ariko bakabura isoko.\r\n\r\nIki kibazo cyanagarutsweho na Perezida Paul Kagame, ubu cyatangiye gushakirwa umuti, aho umusaruro w'aba bahinzi watangiye kugurwa, bihereye ku bo mu Kibaya cya Bugarama mu Karere ka Rusizi, RADIOTV10 yari iherutse gutangazaho inkuru, ari na bo banagarutsweho n'Umukuru w'Igihugu.\r\n\r\nINKURU MU MASHUSHO<\/strong>\r\n\r\nhttps:\/\/www.youtube.com\/watch?v=JRJfAMJZQEs\r\n\r\nPrince Theogene NZABIHIMANA\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Abandi bahinzi bagaragaje ikindi kibazo cyo gitandukanye n\u2019icyagarutsweho na Perezida Kagame","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"abandi-bahinzi-bagaragaje-ikindi-kibazo-cyo-gitandukanye-nicyagarutsweho-na-perezida-kagame","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-22 06:14:31","post_modified_gmt":"2024-08-22 04:14:31","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47419","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47455,"post_author":"1","post_date":"2024-08-21 11:48:33","post_date_gmt":"2024-08-21 09:48:33","post_content":"Banki Nkuru y\u2019u Rwanda yagabanyije urwunguko rwayo, irukura kuri 7% irushyira kuri 6,5%, igaragaza ko ibi byatewe no kuba umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko uhagaze neza kandi hari n\u2019icyizere ko ari ko bizakomeza kugenda mu myaka ibiri iri imbere.<\/em>\r\n\r\nByatangajwe kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Kanama 2024 ubwo hagaragazwaga Raporo z\u2019Akanama gashinzwe Politiki y\u2019Ifaranga ndetse n\u2019iy\u2019Akanama gashinzwe kutajegajega k\u2019urwego rw\u2019Imari muri Banki Nkuru y\u2019u Rwanda.\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwangombwa yavuze ko ubukungu bw\u2019Isi buri kugerageza gutera imbere ugereranyije n\u2019uko byari bimeze mu bihe bya Covid, ariko ko Ibihugu bisanzwe bifite ubukungu bwo hejuru bitaragera ku gipimo cyo hejuru.\r\n\r\nAti \u201cIbihugu bifite ubukungu bunini nka America n\u2019u Burayi ntabwo birashobora kuzahura ubukungu bwabo neza, ariko icyiza ni uko nta Gihugu na kimwe kiri mu kuzagira ubukungu busubira hasi. Ubukungu bwose buratera imbere ariko mu buryo buciriritse.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe ahubwo muri Afurika ubukungu buri kuzamuka ku kigero gishimishije kurusha ku rwego rw\u2019Isi, kuko uyu mwaka byitezwe ko buzazamukaho 3,7% bivuye kuri 3,4% byariho umwaka ushize, ndetse uyu muvuduko ukazakomeza kuri 4,1% umwaka utaha.\r\n\r\nUmuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro, ku rwego mpuzamahanga na wo waragabanutse, kuko muri 2022 wari warenze 8%, umwaka ushize wa 2023, bigera kuri 6,7%, uyu mwaka bikazagabanuka bikagera kuri 5,9% mu gihe umwaka utaha bizagera kuri 4,4%.\r\n\r\nJohn Rwangombwa avuga ko iyi mibare y\u2019igabanuka ry\u2019umuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro, izanagira uruhare ku igabanuka ry\u2019ibiciro by\u2019imbere mu Gihugu. Ati \u201cIbyo dukura hanze biragenda bigabanuka, biza no kugaragara no ku muvuduko wo ku masoko yacu.\u201d<\/em>\r\n\r\n \r\n\r\nMu Rwanda bihagaze bite?<\/strong>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwangombwa avuga ko ubukungu bw\u2019u Rwanda bukomeza gutera imbere neza, ndetse ko biherutse no kugaragazwa n\u2019Ikigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Ibarurishamibare cyagaragaje ko mu gihembwe cya mbere cy\u2019uyu mwaka, ubukungu bwari buhagaze ku 9,7%.\r\n\r\nAti \u201cIyo turebye no mu gihembwe cya kabiri na bwo birakomeza gutera imbere neza, imibare dukurikirana iragaragaza ko yateye imbere 17,9%. Ntabwo ari bwo bukungu nyirizina, ibyo bizatangazwa n\u2019Ikigo cy\u2019Ibarurishamirabe muri uku kwezi gutaha, ariko twebwe ibyo tubona nk\u2019uko bigaragara, ni uko mu gihembwe cya kabiri cy\u2019uyu mwaka, ubukungu bwateye imbere.\u201d<\/em>\r\n\r\nGusa haracyari imbogamizi mu kinyuranyo kikiri mu byo u Rwanda rwohereza hanze n\u2019ibyo ruhatumizayo, aho ibyoherezwa hanze byazamutseho 0,9% muri iki gihembwe cya kabiri, mu gihe ibyatumijwe hanze byo byari byazamutseho 6,4%.\r\n\r\nAti \u201cIbi byatumye icyuho cy\u2019ibyo dukura mu mahanga n\u2019ibyo twohereza mu mahanga kiyongeraho 9,5% bikagira ingaruka ku isoko ry\u2019ivunjisha aho tubona ko ifaranga rigenda rikomeza guta agaciro.\u201d<\/em>\r\n\r\nJohn Rwangombwa avuga ko nubwo guta agaciro kw\u2019ifaranga ry\u2019u Rwanda bigihari, ariko biri kugenda bigabanuka ugereranyije n\u2019uko byari bimeze umwaka ushize.\r\n\r\n \r\n\r\nUrwunguko rwa BNR rwagabanyijwe<\/strong>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda kandi yavuze ko umuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro ku masoko, ugenda ugabanuka ugeraranyije n\u2019uko byari bihagaze mu myaka ibiri ishize yaranzwe n\u2019izamuka ry\u2019ibiciro rinini.\r\n\r\nMu gihembwe cya mbere cy\u2019uyu mwaka wa 2024, umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko wari uri kuri 4,7%; mu gihe mu gihembwe cya kabiri wageze kuri 5,1%.\r\n\r\nAti \u201cAriko mu mibare tubona mu mwaka wose, ntabwo bizarenza 5%, tubona ko muri uyu mwaka n\u2019umwaka utaha nibura mu biciro ku masoko bitazarenza 5% ari mu gipimo cya Banki Nkuru twifuza ko bitagomba kurenga.\u201d<\/em>\r\n\r\nAkomeza agira ati \u201cKubera iyo mpamvu rero y\u2019uko umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko uri mu gipimo twifuza ko wagombye kugumaho, twasanze ari ngombwa ko twagabanya urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019Igihugu rukurwa kuri 7% kugeza kuri 6,5% kugira ngo tugendane n\u2019uko ubukungu tubona bumeze.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe mu myaka ibiri ishize, urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda rwari rwazamuwe bitewe n\u2019uko umuvuduko ku masoko wari ukabije.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_47459\" align=\"alignnone\" width=\"1728\"]\"\" Banki Nkuru y'u Rwanda yagaragarije abanyamakuru raporo igaragaza ishusho y'ubukungu bw'u Rwanda[\/caption]\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"AMAKURU AGEZWEHO: Urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda rwagabanyijwe hagaragazwa n\u2019ibyashingiweho","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"urwunguko-rwa-banki-nkuru-yu-rwanda-rwagabanyijwe-hagaragazwa-nibyashingiweho","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-21 12:01:13","post_modified_gmt":"2024-08-21 10:01:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47455","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"}],"next":false,"prev":true,"total_page":4},"paged":1,"column_class":"jeg_col_2o3","class":"jnews_block_7"};

Page 4 of 24 1 3 4 5 24

IZIHERUKA

ADVERTISEMENT
\n

Guverinoma y\u2019u Rwanda yatangaje ko icyerekezo 2050, cyagabanyijwe mu bindi byerecyezo bito bibiri birimo icya 2035, ahifuzwa ko umusaruro ku muturage uzaba ugeze ku 4 000 USD ku mwaka.<\/em><\/p>\n\n\n\n

Byatangajwe na Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Edouard Ngirente kuri uyu wa Mbere tariki 09 Nzeri 2024, ubwo yagaragarizaga Inteko Ishinga Amategeko ibiteganyijwe muri gahunda ya Guverinoma y\u2019imyaka itanu iri imbere.<\/p>\n\n\n\n

Yabanje kugaragariza Intumwa za Rubanda n\u2019Abashingamategeko ko Guverinoma y\u2019u Rwanda yihaye icyerekezo 2050, ahifuzwa ko umusaruro ku muturage uzaba ugeze ku 12 476 USD ku mwaka, avuye kuri 1 200 USD uriho ubu.<\/p>\n\n\n\n

Muri iki cyerekezo kandi, hifuzwa ko uruhare rw\u2019inganda mu musaruro mbumbe w\u2019Igihugu ruzaba rugeze kuri 33%, naho uruhare rw\u2019ishoramari ku musaruro w\u2019imbere mu Gihugu, rukazaba rugeze kuri 35,1%.<\/p>\n\n\n\n

Nanone hifuzwa ko muri 2050, icyizere cyo kubaho ku Munyarwanda kizaba kigeze ku myaka 73 kivuye kuri 69 kiriho ubu, naho ikigereranyo cy\u2019ubushomeri mu baturage kikazaba kiri kuri 5%.<\/p>\n\n\n\n

Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Edouard Ngirente yavuze ko mu kugera kuri iki cyerekezo, Guverinoma y\u2019u Rwanda yaciyemo ibice bibiri imyaka isigaye, aho hafashwe igice cya mbere cyo kugeza muri 2035.<\/p>\n\n\n\n

Muri uyu mwaka wa 2035, Guverinoma y\u2019u Rwanda yiyemeje ko umusaruro ku muturage wazaba ugeze ku 4 036 USD ku mwaka, naho uruhare rw\u2019inganda mu musaruro mbumbe w\u2019Igihugu ukazaba ugeze kuri 24%.<\/p>\n\n\n\n

Uruhare rw\u2019ishoramari ku musaruro mbumbe w\u2019Imbere mu Gihugu, muri uwo mwaka wa 2035 uzaba ugeze kuri 32,6%; naho icyizere cyo kubaho kikazaba kigeze ku myaka 71,7; mu gihe ikigereranyo cy\u2019ubushomeri mu baturage kikaza kigeze kuri 7%.<\/p>\n\n\n\n

\"\"
Minisitiri w'Intebe kuri uyu wa Mbere mu Ngoro y'Inteko Ishinga Amategeko<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n

RADIOTV10<\/strong><\/p>\n","post_title":"Menya iby\u2019ingenzi bizagerwaho n\u2019u Rwanda mu cyerekezo 2035","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"menya-ibyingenzi-bizagerwaho-nu-rwanda-mu-cyerekezo-2035","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-09 16:43:37","post_modified_gmt":"2024-09-09 14:43:37","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48813","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48398,"post_author":"1","post_date":"2024-09-04 05:53:32","post_date_gmt":"2024-09-04 03:53:32","post_content":"Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Edouard Ngirente yavuze ko Ibihugu byose bigomba gushyira imbaraga mu iterambere ry\u2019ubuhinzi, kuko iyo butitaweho buteza ibibazo bidindiza iterambere ry\u2019izindi nzego zigize ubukungu bw\u2019Igihugu.<\/em>\r\n\r\nDr Ngirente yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Nzeri 2024, ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama Mpuzamahanga yiga kuri politike ziteza imbere ubuhinzi iteraniye i Kigali.\r\n\r\nInzego zishinzwe ubuhinzi zigaragaza ko Umugabane wa Afurika wihariye 60% y\u2019ubutaka buhingwa, ariko 20% by\u2019abawutuye ntibabasha kubona ibyo kurya bihagije. Ibi kandi bituma 32% y\u2019abana bari munsi y\u2019imyaka itanu muri Afurika, bagaragarwaho ikibazo cy\u2019igwingira.\r\n\r\nIgikomeye kuruta ibindi ni uko Leta z\u2019Ibihugu bya Afurika zidashora imari ifatika mu buhinzi, dore ko bishoramo 4,6% by\u2019ingengo y\u2019imari, mu gihe amasezerano y\u2019i Malabo yo muri 2014 asaba Ibihugu gushora mu buhinzi 10% by\u2019ingengo y\u2019imari.\r\n\r\nUmuyobozi w\u2019Inama y\u2019Ubutegetsi y\u2019Ihuriro Mpuzamahanga ryita ku Iterambere ry\u2019Ubuhinzi muri Afurika (AGRA), Hailemariam Desalegn avuga ko igisubizo kigomba gushakirwa kuri iyo ngingo.\r\n\r\nYagize ati \u201cUbuhinzi muri Afurika ntibuhabwa agaciro n\u2019ubwitange mu buryo bwa politike bigomba uwo mwuga. Umbajije impamvu mvuze ntyo; nakubwira ngo reba amafarnga mushora mu buhinzi. Icyo kirahagije, twe twerekanye neza ko politiki nziza, gushyigikirwa no kwitabwaho; abahinzi bacu bashobora kwikura mu bukene.\u201d<\/em>\r\n\r\nMinisitiri w\u2019intebe w\u2019u Rwanda, Dr Edouard Ngirente avuga ko kwirengagiza ubuhinzi bishobora kugira ingaruka no ku bindi bikorwa binini by\u2019Igihugu.\r\n\r\nAti \u201cIyo Igihugu kitihagije ku biribwa; gishora amafaranga menshi mu gushakira abaturage ibiribwa, ibyo bituma amafaranga yari agenewe gushyirwa mu nzego zikomeye nk\u2019ubuhinzi, uburezi, ibikorwa remezo n\u2019ubuzima ataboneka.\u201d<\/em>\r\n\r\nMinisitiri Ngirente avuga ko Ibihugu bigomba gushora imari mu buhinzi burambye, bikongerera agaciro umusaruro ubuvamo, ndetse bikanagabanya umusaruro wangirika.\r\n\r\nAti \u201cKugira ngo tubigereho mu Rwanda, twashyize imbaraga mu gukoresha ikoranabuhanga mu buhinzi. Guverinoma kandi iri kwagura ubwishingizi no kubona inguzanyo zihendutse kugira ngo abahinzi babashe gushora imari muri uyu mwuga banahangane n\u2019imihindagurikire y\u2019ikirere. Ibyo tubihuje na politike zo guteza imbere ibikorwaremezo mu cyaro; bituma uru rwego rutanga umusaruro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nAbahanga bagaragaza ko buri mwaka Abanyafurika bakenera ibiribwa bingana na toni miliyari 1.3, kugeza ubu 85% y\u2019ibyo biribwa biboneka imbere muri Afururika, naho 15% bigatumiza hanze ya Afurika.\r\n\r\nKubera ikibazo cy\u2019ibiribwa Abanyafurika bafite, 95% y\u2019ibyo bahinga ntibirenga uyu Mugabane, naho 5% y\u2019umusaruro babona ni wo bagurisha ku yindi Migabane.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_48400\" align=\"alignnone\" width=\"2048\"]\"\" Iyi nama yitabiriwe n'impuguke ziturutse mu Bihugu binyuranye[\/caption]\r\n\r\n\"\"\r\n\r\n[caption id=\"attachment_48401\" align=\"alignnone\" width=\"1567\"]\"\" Hagaragajwe imishinga yazamura ubuhinzi[\/caption]\r\n\r\nDavid NZABONIMPA\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Minisitiri Dr Ngirente yagaragaje uko ubuhinzi bufatiye runini izindi nzego ziteza imbere Ibihugu","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"minisitiri-dr-ngirenye-yagaragaje-uko-ubuhinzi-bufatiye-runini-izindi-nzego-ziteza-imbere-ibihugu","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-05 11:08:13","post_modified_gmt":"2024-09-05 09:08:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48398","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48146,"post_author":"1","post_date":"2024-09-02 13:18:13","post_date_gmt":"2024-09-02 11:18:13","post_content":"Banki Nkuru y\u2019u Rwanda iratangaza ko inote nshya y\u2019ibihumbi bitanu (5 000 Frw) n\u2019iy\u2019ibihumbi bibiri (2 000 Frw) ziherutse gushyirwa hanze, zitazasimbura izisanzweho, ahubwo ko zose zizakomeza gukoreshwa.<\/em>\r\n\r\nIzi note nshya ziteganywa n\u2019Igazeti ya Leta idasanzwe yashyizwe hanze ku wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024 y\u2019Iteka rya Perezida N\u00b0 073\/01 ryo ku wa 29\/08\/2024 rishyiraho inoti nshya ya Frw 5 000 n\u2019iya Frw 2 000.\r\n\r\nIngingo ya kabiri y\u2019iri Teka rya Perezida, igira iti \u201cInoti nshya ya FRW 5.000 n\u2019iya FRW 2.000 zikoreshwa hamwe n\u2019inoti zisanzweho, iya FRW 500, iya FRW 1.000, iya FRW 2.000 n\u2019iya FRW 5.000, kandi zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe hari bamwe bakekaga ko izi note nshya zigiye gusimbura izari zisanzweho, banibaza uko bizagenda ku zo abantu bari bafite, aho bamwe bakekaga ko zigiye guta agaciro.\r\n\r\nBanki Nkuru y\u2019u Rwanda yatanze umucyo kuri izi mpungenge, ivuga ko \u201cInoti nshya ya Frw 5000 n\u2019iya Frw 2000 zizakoreshwa hamwe n\u2019izindi noti zari zisanzwe zikoreshwa kandi zose zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nHabumugisha Denis ushinzwe ikoreshwa ry'ifaranga no kwishyurana muri Banki Nkuru y'u Rwanda, BNR, yagize ati \u201cInote za bibiri n\u2019inote za bitanu zisanzwe zikoreshwa, zizakomeza zikoreshwe mu buzima bwacu bwa buri munsi, zose zizakoreshwa mu gihe kimwe.\u201d<\/em>\r\n\r\nHabumugisha yatangaje ko izi note nshya zizatangira gukoreshwa kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Nzeri 2024, aho zizatangira gushyirwa muri Banki z\u2019ubucuruzi mu Rwanda, kugira ngo zizagere ku baturage.\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"Hatanzwe umucyo ku rujijo rwari ruhari ku mikoreshere y\u2019inote nshya n\u2019igihe zizatangira gukoreshwa","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"hatanzwe-umucyo-ku-rujijo-rwari-ruhari-ku-mikoreshere-yinote-nshya-nigihe-zizatangira-gukoreshwa","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-02 13:18:13","post_modified_gmt":"2024-09-02 11:18:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48146","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":48099,"post_author":"1","post_date":"2024-09-02 06:06:11","post_date_gmt":"2024-09-02 04:06:11","post_content":"MTN Rwanda is thrilled to announce the launch of its latest promotional campaign \u201cRecharge and Win!\u201d aimed at keeping its loyal customers connected and rewarding them with an array of incredible prizes. To participate, MTN Rwanda customers need only to buy a voice pack or an internet bundle as they normally do and stand a chance to win. \u00a0The more packs and bundles they buy, the higher their chances of winning big!<\/em>\r\n\r\nThe promotion offers cash rewards ranging from Rwf 10,000 to a grand prize of Rwf 5,000,000 which will be awarded to two lucky winners. Additionally, participants stand a chance to win non-monetary prizes such as helicopter rides in partnership with Akagera Aviation, motorcycles, bicycles, solar kits, smartphones and telco prizes like voice and data bundles. This promotion portrays MTN Rwanda's commitment to empowering its customers to stay connected to their friends and families.\r\n\r\nFor customers to be eligible, all they need to do, is to increase their spend by buying more data bundles, voice packs or airtime. Participation is simple, as customers just need to increase their spending on data bundles, voice packs, or airtime. There\u2019s no need to opt-in; every purchase will automatically enter you into the promotion. The more you reload, the higher your chances of winning, with winners selected via a random draw.\r\n\r\nThis promotion is open to customers across all regions, ensuring that no matter where you are in Rwanda\u2014whether in Kigali, or any other region \u2014your chance to win is just a reload away.\r\n\r\n\u201cAt MTN Rwanda, our customers are at the heart of everything we do. We are deeply committed to keeping them connected to their loved ones and this campaign is one of the many ways we\u2019re empowering through connectivity and enhancing their digital experience. We encourage all our customers to continue recharging and take advantage of our MTN voice packs and data bundles, allowing them to stay connected with family and friends,\u201d<\/em> said Acting Chief Consumer and Digital Officer Rosine Dusabe.<\/em>\r\n\r\n\u00a0\u201cWe also have something special for our agents, as they play a crucial role in ensuring our customers can access our products and services. We want to empower and appreciate them for being the bridge between us and our customers. We prioritize our customers' needs and strive to ensure they always feel valued and appreciated,\u201d <\/em>Dusabe added.\r\n\r\nMTN Rwanda is offering attractive incentives to its agents, with an exciting weekly rewards program. Agents will be categorized based on their respective provinces, and winners will be selected each week. Those who excel by achieving or exceeding the daily bundle\/pack or airtime sales of 3,000 RWF, will stand a chance to win impressive prizes, including motorcycles and 100,000 RWF weekly to 10 agents.\r\n\r\nMTN Rwanda remains committed to providing a modern, connected life to its customers and agents. This promotion is designed to empower all MTN Rwanda customers and agents, enhancing their experience and ensuring seamless connectivity.\r\n\r\n\"\"","post_title":"Fly high with MTN\u2019s \u201cRecharge and Win!\u201d promo and stand a chance to win prizes worth over RWF 200,000,000","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"fly-high-with-mtns-recharge-and-win-promo-and-stand-a-chance-to-win-prizes-worth-over-rwf-200000000","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-09-02 06:06:11","post_modified_gmt":"2024-09-02 04:06:11","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=48099","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47909,"post_author":"1","post_date":"2024-08-30 14:02:26","post_date_gmt":"2024-08-30 12:02:26","post_content":"Hatangajwe inote nshya z\u2019ibihumbi bitanu (5 000 Frw) n\u2019iy\u2019ibihumbi bibiri (2 000 Frw) mu mafaranga y\u2019u Rwanda, zirimo izaba ifitemo ibiyiranga birimo inyubako ya Kigali Convention Center.<\/em>\r\n\r\nIzi note zashyizwe hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024, nk\u2019uko bigaragazwa n\u2019Igazeti ya Leta idasanzwe yashyizwe hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024 y\u2019Iteka rya Perezida N\u00b0 073\/01 ryo ku wa 29\/08\/2024 rishyiraho inoti nshya ya Frw 5 000 n\u2019iya Frw 2 000.\r\n\r\nIngingo ya kabiri y\u2019iri Teka rya Perezida, igira iti \u201cInoti nshya ya FRW 5.000 n\u2019iya FRW 2.000 zikoreshwa hamwe n\u2019inoti zisanzweho, iya FRW 500, iya FRW 1.000, iya FRW 2.000 n\u2019iya FRW 5.000, kandi zifite agaciro mu Rwanda.\u201d<\/em>\r\n\r\nUmugereka w\u2019iri Teka ugaragaza ibizajya bigaragaza izi note, aho nk\u2019inote ya bitanu (5 000 Frw), izajya igaragazwa n\u2019ibimenyetso binyuranye ibirimo kuba ifite ibara ryiganjemo ibihogo bijya gusa n\u2019ibara rya roza.\r\n\r\nNanone kandi iyi note izaba irangwa n'igishushanyo cy'ishusho y\u2019inyubako ya Kigali Convention Center iherereye mu Mujyi wa Kigali, yabaye ikimenyabose ku Mugabane wa Afurika kubera imiterere yayo yihariye, ikaba iri mu nyubako za mbere kuri uyu Mugabane zatwaye amafaranga menshi kurusha izindi.\r\n\r\nNi mu gihe inote ya bibiri (2 000 Frw) yo izajya irangwa no kuba ifite ibara ryiganjemo ni umweru ucyeye ndetse n'igishushanyo kigaragara cy\u2019imisozi y\u2019Ikiyaga cya Kivu,\u00a0na byo biri mu biranga Igihugu cy\u2019u Rwanda gisanzwe kizwi nk\u2019Igihugu cy\u2019imisozi igihumbi.\r\n\r\nInote y\u2019Ibihumbi bitanu isanzwe ikoreshwa mu mafaranya y\u2019u Rwanda, iri mu bwoko bubiri, bwombi buhuriye ku kuba zifite ibara ry\u2019iroza, zikaba kandi zombi ziriho ishuro y\u2019Ingagi iri muri Pariki y\u2019Igihugu y\u2019Ibirunga ndetse n\u2019uruziga rw\u2019umweru rubengeranamo utuzu dutatu dufatanye ndetse n\u2019ikirangantego cya repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019inyubako ya BNR.\r\n\r\nUbu bwoko buri bw\u2019Inote ya Bitanu (5 000 Frw), burimo iyakozwe muri 2004 mu gihe indi yakozwe mu mwaka wa 2014.\r\n\r\nInote y\u2019ibihumbi bibiri na yo iri mu bwoko bubiri, buhuriye ku kuba zose ziri mu ibara rya move itijimye, aho ku ruhande rumwe hariho umunara w\u2019itumanaho n\u2019uwa Televiziyo, ndetse n\u2019ikirangantego cya Repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019ikirango cya BNR.\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"Ibyo wamenya ku miterere y\u2019inoti nshya zashyizwe hanze n\u2019u Rwanda","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"ibyo-wamenya-ku-miterere-yinoti-nshya-zashyizwe-hanze-nu-rwanda","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-30 14:07:03","post_modified_gmt":"2024-08-30 12:07:03","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47909","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47569,"post_author":"1","post_date":"2024-08-24 05:03:45","post_date_gmt":"2024-08-24 03:03:45","post_content":"Bamwe mu baturage barasaba ko amabanki yagabanya inyungu ku nguzanyo, kuko ikiri hejuru bituma bamwe batinya kwaka inguzanyo, ndetse n\u2019abazatse bamwe bakagwa mu bihombo bituma imitungo yabo itezwa cyamunara, mu gihe Banki Nkuru y\u2019u Rwanda ivuga ko hari ibiri gukorwa bizatuma inyungu igabanuka.<\/em>\r\n\r\nImibare igaragaza ko impuzandengo y\u2019inyungu amabanki yaka ku nguzanyo, ari 15.81%. Uyu mubare ugaragazwa n\u2019abaturage ko akiri hejuru kuko ubagusha mu gihombo.\r\n\r\nUmwe mu batse inguzanyo akananirwa kuyishyura kubera inyungu iri hejuru, yabwiye RADIOTV10 ko byatumye agwa mu uhurizo rikomeye.\r\n\r\nYagize ati \u201cKubera inyungu ku nguzanyo y\u2019umurengera byatumye nanirwa kwishyura icyakora nza gufata n\u2019andi mafaranga nari nizigamiye ku ruhande mbona ndishyuye. Twifuza ko amabanki yagabanya inyungu ku nguzanyo.\u201d<\/em>\r\n\r\nUmuyobozi wa Banki ya Kigali, Diane Karusisi avuga ko mu gushyiraho igipimo cy\u2019inyungu ku nguzanyo, hari byinshi biba byagendeweho kugira ngo na Banki itisanga mu bihombo.\r\n\r\nAti \u201cIyo dushyiraho ibiciro tureba ku bintu byinshi, tureba ku kiguzi cy\u2019amafaranga aho tuyakura n\u2019ibyo tuyakoresha byose turabireba tukabona gushyiraho igiciro.\u201d<\/em>\r\n\r\nKarusisi avuga ko inyungu ku nguzanyo iyi Banki yaka abaturage iri hasi ugereranyije n\u2019uko bihagaze mu bindi Bihugu byo muri Afurika y\u2019Iburasirazuba.\r\n\r\nImpuguke mu bukungu, Ruziga Emmanuel Masantura agaragaza ko amabanki yagakwiye gufungura ihiganwa mu bucuruzi kugira ngo abaturage bafate inguzanyo mu buryo buborohereye.\r\n\r\nAti \u201cIkiguzi cy\u2019inguzanyo uyu munsi mu Rwanda wavuga ko kiri hejuru ugereranyije n\u2019ubushobozi bw\u2019Abanyarwanda n\u2019inyungu iva mu gushora imari iyo bigurije aya mafaranga. Byaba byiza habaye gufunguka kw\u2019ihatana ry\u2019amabanki ku isoko kugira ngo amabanki areshye abaturage bitewe no kumanura ibiciro ku nguzanyo.\u201d<\/em>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwagomba atanga icyizere ko mu bihe biri imbere inyungu ku nguzanyo zitangwa n\u2019amabanki zizagenda zimanuka bitewe no kunoza imikorere.\r\n\r\nAti \u201cAbantu imyenda barayifata bigakomeza bizamuka, ntabwo abananirwa kwishyura imyenda bari hejuru, nta bintu tubona bidasanzwe bitera ibibazo mu gufata amafaranga kubera yuko inyungu ziri hejuru, uko ubukungu bugenda butera imbere ni uko umubare w\u2019amafaranga ugenda uboneka, uko abantu bagenda banoza imikorere yabo, ni nako inyungu zizagenda zigabanuka.\u201d<\/em>\r\n\r\nNubwo Banki Nkuru y\u2019u Rwanda igaragaza ko abaturage bafata imyenda bakomeza kuzamuka ndetse n\u2019abagira ubushobozi bwo kuyishyura neza bari hejuru ya 90%, kugeza ubu imibare igaragaza ko abaturage baka inguzanyo zikabananira kwishyura bangana na 5%.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_47571\" align=\"alignnone\" width=\"1024\"]\"\" Guverineri wa Banki Nkuru y'u Rwanda, John Rwangombwa yatanze icyizere[\/caption]\r\n\r\nNTAMBARA Garleon\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Icyizere kirahari ku kibazo gituma abaka inguzanyo Banki bahomba bamwe bagaterezwa cyamunara","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"icyizere-kirahari-ku-kibazo-gituma-abaka-inguzanyo-banki-bahomba-bamwe-bagaterezwa-cyamunara","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-24 05:03:46","post_modified_gmt":"2024-08-24 03:03:46","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47569","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"1","filter":"raw"},{"ID":47419,"post_author":"1","post_date":"2024-08-22 06:14:01","post_date_gmt":"2024-08-22 04:14:01","post_content":"Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Gisagara bahinga mu gishanga cya Duwane, bavuga ko bategetswe n\u2019ubuyobozi guhinga urusenda none rwararumbye, bakaba bari no kwishyuzwa amafaranga na rwiyemezamirimo wabahaye ingemwe, bavuga ko byakozwe ku kagambane ke n\u2019ubuyobozi.<\/em>\r\n\r\nAba baturage bavuga ko guhinga iki gihingwa, babitegetswe n\u2019Ubuyobozi bw\u2019Umurenge wabo, kandi batabanje kubijyaho inama nk\u2019abanyamuryango ba Koperative.\r\n\r\nUmwe ati \u201cTwagiye kubona tubona Agoronome w\u2019Umurenge araje aratubwira ngo tugomba guhinga urusenda kandi mbere twahingagamo ibigori ndetse n\u2019indi myaka. Babidutegetse batarabanje kutugisha inama nk\u2019abanyamuryango ba koperative none rwararumbye twakoreye mu gihombo.\u201d<\/em>\r\n\r\nAba baturage bavuga, igitekerezo cy\u2019ubu buhinzi cyaganiriweho n\u2019ubuyobozi ndetse na rwiyemezamirimo wabahaye imbuto, ariko hakirengagizwa uruhande rwabo.\r\n\r\nUndi ati \u201cAgoronome w\u2019Umurenge yagambanye na rwiyemezamirimo\u00a0 badutegeka guhinga urusenda tutarabivuganye, none ubu ntacyo twasaruyemo.\u201d<\/em>\r\n\r\nBavuga ko ikibabaje ari uko rwiyemezamirimo wabahaye ifumbire n\u2019ingemwe, ari kubishyuza miliyoni 3 Frw, kandi uyu mushinga batarawugizemo uruhare ndetse baranahombye.\r\n\r\nUndi ati \u201cUbu imyaka yagombaga kweramo ntiyezemo, twarahombye none bari no kuduca amafaranga, ubu se babona twayakura he?\u201d<\/em>\r\n\r\nUmunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Kibilizi, Giraneza Clisante avuga ko iki kibazo akizi, ariko ko hari kurebwa uko cyakemuka habayeho ubwumvikane bw\u2019aba bahinzi na rwiyemezamirimo wari inyuma y\u2019uyu mushinga.\r\n\r\nIkibazo cy'aba bahinzi cyumvikanye nyuma y'ibindi bimaze iminsi bivugwa n'abahinga umuceri, bo babonye umusaruro mwiza uhagije, ariko bakabura isoko.\r\n\r\nIki kibazo cyanagarutsweho na Perezida Paul Kagame, ubu cyatangiye gushakirwa umuti, aho umusaruro w'aba bahinzi watangiye kugurwa, bihereye ku bo mu Kibaya cya Bugarama mu Karere ka Rusizi, RADIOTV10 yari iherutse gutangazaho inkuru, ari na bo banagarutsweho n'Umukuru w'Igihugu.\r\n\r\nINKURU MU MASHUSHO<\/strong>\r\n\r\nhttps:\/\/www.youtube.com\/watch?v=JRJfAMJZQEs\r\n\r\nPrince Theogene NZABIHIMANA\r\n<\/strong>RADIOTV10<\/strong>","post_title":"Abandi bahinzi bagaragaje ikindi kibazo cyo gitandukanye n\u2019icyagarutsweho na Perezida Kagame","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"abandi-bahinzi-bagaragaje-ikindi-kibazo-cyo-gitandukanye-nicyagarutsweho-na-perezida-kagame","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-22 06:14:31","post_modified_gmt":"2024-08-22 04:14:31","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47419","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"},{"ID":47455,"post_author":"1","post_date":"2024-08-21 11:48:33","post_date_gmt":"2024-08-21 09:48:33","post_content":"Banki Nkuru y\u2019u Rwanda yagabanyije urwunguko rwayo, irukura kuri 7% irushyira kuri 6,5%, igaragaza ko ibi byatewe no kuba umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko uhagaze neza kandi hari n\u2019icyizere ko ari ko bizakomeza kugenda mu myaka ibiri iri imbere.<\/em>\r\n\r\nByatangajwe kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Kanama 2024 ubwo hagaragazwaga Raporo z\u2019Akanama gashinzwe Politiki y\u2019Ifaranga ndetse n\u2019iy\u2019Akanama gashinzwe kutajegajega k\u2019urwego rw\u2019Imari muri Banki Nkuru y\u2019u Rwanda.\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwangombwa yavuze ko ubukungu bw\u2019Isi buri kugerageza gutera imbere ugereranyije n\u2019uko byari bimeze mu bihe bya Covid, ariko ko Ibihugu bisanzwe bifite ubukungu bwo hejuru bitaragera ku gipimo cyo hejuru.\r\n\r\nAti \u201cIbihugu bifite ubukungu bunini nka America n\u2019u Burayi ntabwo birashobora kuzahura ubukungu bwabo neza, ariko icyiza ni uko nta Gihugu na kimwe kiri mu kuzagira ubukungu busubira hasi. Ubukungu bwose buratera imbere ariko mu buryo buciriritse.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe ahubwo muri Afurika ubukungu buri kuzamuka ku kigero gishimishije kurusha ku rwego rw\u2019Isi, kuko uyu mwaka byitezwe ko buzazamukaho 3,7% bivuye kuri 3,4% byariho umwaka ushize, ndetse uyu muvuduko ukazakomeza kuri 4,1% umwaka utaha.\r\n\r\nUmuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro, ku rwego mpuzamahanga na wo waragabanutse, kuko muri 2022 wari warenze 8%, umwaka ushize wa 2023, bigera kuri 6,7%, uyu mwaka bikazagabanuka bikagera kuri 5,9% mu gihe umwaka utaha bizagera kuri 4,4%.\r\n\r\nJohn Rwangombwa avuga ko iyi mibare y\u2019igabanuka ry\u2019umuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro, izanagira uruhare ku igabanuka ry\u2019ibiciro by\u2019imbere mu Gihugu. Ati \u201cIbyo dukura hanze biragenda bigabanuka, biza no kugaragara no ku muvuduko wo ku masoko yacu.\u201d<\/em>\r\n\r\n \r\n\r\nMu Rwanda bihagaze bite?<\/strong>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwangombwa avuga ko ubukungu bw\u2019u Rwanda bukomeza gutera imbere neza, ndetse ko biherutse no kugaragazwa n\u2019Ikigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Ibarurishamibare cyagaragaje ko mu gihembwe cya mbere cy\u2019uyu mwaka, ubukungu bwari buhagaze ku 9,7%.\r\n\r\nAti \u201cIyo turebye no mu gihembwe cya kabiri na bwo birakomeza gutera imbere neza, imibare dukurikirana iragaragaza ko yateye imbere 17,9%. Ntabwo ari bwo bukungu nyirizina, ibyo bizatangazwa n\u2019Ikigo cy\u2019Ibarurishamirabe muri uku kwezi gutaha, ariko twebwe ibyo tubona nk\u2019uko bigaragara, ni uko mu gihembwe cya kabiri cy\u2019uyu mwaka, ubukungu bwateye imbere.\u201d<\/em>\r\n\r\nGusa haracyari imbogamizi mu kinyuranyo kikiri mu byo u Rwanda rwohereza hanze n\u2019ibyo ruhatumizayo, aho ibyoherezwa hanze byazamutseho 0,9% muri iki gihembwe cya kabiri, mu gihe ibyatumijwe hanze byo byari byazamutseho 6,4%.\r\n\r\nAti \u201cIbi byatumye icyuho cy\u2019ibyo dukura mu mahanga n\u2019ibyo twohereza mu mahanga kiyongeraho 9,5% bikagira ingaruka ku isoko ry\u2019ivunjisha aho tubona ko ifaranga rigenda rikomeza guta agaciro.\u201d<\/em>\r\n\r\nJohn Rwangombwa avuga ko nubwo guta agaciro kw\u2019ifaranga ry\u2019u Rwanda bigihari, ariko biri kugenda bigabanuka ugereranyije n\u2019uko byari bimeze umwaka ushize.\r\n\r\n \r\n\r\nUrwunguko rwa BNR rwagabanyijwe<\/strong>\r\n\r\nGuverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda kandi yavuze ko umuvuduko w\u2019izamuka ry\u2019ibiciro ku masoko, ugenda ugabanuka ugeraranyije n\u2019uko byari bihagaze mu myaka ibiri ishize yaranzwe n\u2019izamuka ry\u2019ibiciro rinini.\r\n\r\nMu gihembwe cya mbere cy\u2019uyu mwaka wa 2024, umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko wari uri kuri 4,7%; mu gihe mu gihembwe cya kabiri wageze kuri 5,1%.\r\n\r\nAti \u201cAriko mu mibare tubona mu mwaka wose, ntabwo bizarenza 5%, tubona ko muri uyu mwaka n\u2019umwaka utaha nibura mu biciro ku masoko bitazarenza 5% ari mu gipimo cya Banki Nkuru twifuza ko bitagomba kurenga.\u201d<\/em>\r\n\r\nAkomeza agira ati \u201cKubera iyo mpamvu rero y\u2019uko umuvuduko w\u2019ibiciro ku masoko uri mu gipimo twifuza ko wagombye kugumaho, twasanze ari ngombwa ko twagabanya urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019Igihugu rukurwa kuri 7% kugeza kuri 6,5% kugira ngo tugendane n\u2019uko ubukungu tubona bumeze.\u201d<\/em>\r\n\r\nNi mu gihe mu myaka ibiri ishize, urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda rwari rwazamuwe bitewe n\u2019uko umuvuduko ku masoko wari ukabije.\r\n\r\n[caption id=\"attachment_47459\" align=\"alignnone\" width=\"1728\"]\"\" Banki Nkuru y'u Rwanda yagaragarije abanyamakuru raporo igaragaza ishusho y'ubukungu bw'u Rwanda[\/caption]\r\n\r\nRADIOTV10<\/strong>","post_title":"AMAKURU AGEZWEHO: Urwunguko rwa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda rwagabanyijwe hagaragazwa n\u2019ibyashingiweho","post_excerpt":"","post_status":"publish","comment_status":"open","ping_status":"closed","post_password":"","post_name":"urwunguko-rwa-banki-nkuru-yu-rwanda-rwagabanyijwe-hagaragazwa-nibyashingiweho","to_ping":"","pinged":"","post_modified":"2024-08-21 12:01:13","post_modified_gmt":"2024-08-21 10:01:13","post_content_filtered":"","post_parent":0,"guid":"https:\/\/radiotv10.rw\/?p=47455","menu_order":0,"post_type":"post","post_mime_type":"","comment_count":"0","filter":"raw"}],"next":false,"prev":true,"total_page":4},"paged":1,"column_class":"jeg_col_2o3","class":"jnews_block_7"};

Page 4 of 24 1 3 4 5 24

IZIHERUKA

ADVERTISEMENT
Page 4 of 24 1 3 4 5 24

IZIHERUKA

ADVERTISEMENT

Add New Playlist