Umuhanzi Jowest uherutse kugirwa umwere ku byaha birimo icyo gusambanya undi ku gahato, agafungurwa; nyuma y’umunsi umwe arekuwe, yahise ashyira hanze indirimbo ishingiye ku nkuru mpamo y’ibyo yaregwaga. Joshua Giribambe...
Read moreUmubyinnyi Titi Brown ukurikiranywego icyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa utujuje imyaka y’ubukure, yitabye Urukiko yambaye impuzankano y'imfungwa y'iroza ngo aburane ku bujurire bwe ariko ataha ataburanye. Ishimwe Thierry uzwi nka...
Read moreUmuhanzi w’Indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uri mu bafite izina riremereye mu Rwanda, Alexis Dusabe avuga ko zimwe mu ndirimbo zitari iz’Uwiteka zisohoka muri iki gihe, zica urubyiruko, agasaba...
Read moreUmuhanzi Jowest uri mu bagezweho mu Rwanda, wari umaze iminsi afunzwe akekwaho ibyaha bitandukanye birimo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, yafunguwe. Uyu muhanzi usanganywe amazina y’ababyeyi ya Joshua Giribambe,...
Read moreUmuhanzi Chriss Eazy ugezweho muri iyi minsi, yahamagajwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) kugira ngo yisobanure ku byo yarezwe. Gusa uwareze uyu muhanzi n’uruhande rwe ntibavuga rumwe ku cyatumye hatangwa iki...
Read moreUmuhanzikazi w’ikirangirire ku Isi, Rihanna uri mu bahanzikazi bashyirwa mu ba mbere beza mu bwiza ku isura n’ikimero, yongeye kugaragaza ifoto y’impfura ye yashyizwe muri magazine ya Vogue, arangije ashyiraho...
Read moreUmuhanzikazi Rihanna yatangaje ko atwite inda y’umwana w’ubuheta uzaba agwa mu ntege imfura ye imaze amezi icyenda avutse, bitungura benshi kuko batiyumvisha uburyo yahita yibaruka umwana wa kabiri aka kanya....
Read moreUmuririmbyi Nyarwaya Innocent uzwi nka Yago ugishaka aho amenera muri muzika nyarwanda nyuma yo kubibangikanya n’umwuga w’itangazamakuru, yashyize hanze indi ndirimbo nyuma y’icyumweru kimwe asohoye indi, aho iyo yashyize hanze...
Read moreInkuru y’ubukwe bw'uwiyita 'Bishop' Gafaranga na Annette Murava, bukomeje kugarukwaho byumwihariko ibyabaye ku munsi wabwo nyirizina bitazibagirana, ahari hakajijwe umutekano mu buryo budasanzwe ku buryo hari n’uwo mu muryango wa...
Read moreUmuraperi uzwi nka Mukadaff wari wafunzwe azira gukoresha ibiyobyabwenge, yatangaje ko nyuma yo gufungurwa agiye gushyira hanze album yise ‘Icumbi ry’agahato’ iriho indirimbo 12 zirimo n’izo yakoranye n’abahanzi basanzwe bazwi...
Read more