Thursday, November 27, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

COVID-19: Imirenge yo mu turere 13 yashyizwe muri Guma mu Rugo

radiotv10by radiotv10
27/07/2021
in MU RWANDA
0
COVID-19: Imirenge yo mu turere 13 yashyizwe muri Guma mu Rugo
Share on FacebookShare on Twitter

Guhera kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Nyakanga kuzageza tariki ya 10 Kanama 2021 hari imirenge ibarizwa mu turere 13 yashyizwe muri gahunda ya guma mu rugo bitewe n’ubwiyongere bw’abandura COVID-19 bakomeje kugaragara muri iyi mirenge bityo kugira ngo byorohere inzego zibishinzwe kurushaho gukurikirana neza iby’iyi mirenge.

Mu itangaza ryashyizweho umukono na Gatabazi Jean Marie Vianney, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, bigaragara ko uturere 13 twakozweho isesengera bagasanga dufitemo imirenge igomba gushyirwa muri gahunda ya Guma Mu Rugo.

Abatuye mu mirenge ivugwa muri iri tangazo barasabwa kubahiriza amabwiriza akubiye mu itangazo rya Minisitiri w’Intebe, amabwiriza areba umujyi wa Kigali n’utundi turere umunani.

Ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi bizakomeza kubahiriza ingamba zo kwirinda COVID-19.

Inzego z’ibanze n’iz’umutekano zirasabwa gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’aya mabwiriza. Abaturarwanda barasabwa gukomeza kubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19 yatanzwe n’inzego z’ubuzima.

Mu ntara y’amajyepfo:

1.Ruhango: Imirenge ya; Kinazi, Mbuye, Ntongwe, Ruhango, Byimana na Kinihira.

2.Muhanga: Shyogwe, Kiyumba, Cyeza, Nyamabuye, Rugendabari, Muhanga na Mushishiro.

3.Nyamagabe: Kamegeri, Kibumbwe, Gasaka na Mugano.

4.Huye: Tumba, Kinazi na Gishavu.

5.Nyanza: Busoro, Mukingo, Kibilizi na Kigoma.

6.Nyaruguru: Ngera.

Mu ntara y’amajyaruguru:

1.Rulindo: Cyungo, Burega na Shyorongi

Mu ntara y’iburasirazuba:

1.Kayonza: Mukarange, Mwiri, Gahini, Murundi, Rukara na Nyamirama.

2.Bugesera: Rilima, Juru, Nyamata, Ruhuha na Shyara

3.Gatsibo: Muhura, Kageyo, Remera, Kabarore na Murambi.

Mu ntara y’uburengerazuba:

1.Nyamasheke: Nyabitekeri, Shangi na Bushenge.

2.Rusizi: Gitambi na Nyakabuye.

3.Karongi: Murambi.

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

20 − twelve =

Previous Post

Ally Niyonzima yananiwe n’iki muri Azam FC ?

Next Post

FC Bugesera imaze kwinjiza Nsabimana Jean de Dieu na Muhinda Bryan bose bahoze muri Sunrise FC

Related Posts

Min.Nduhungirehe yagaye Umunyekongo uzwi ku rwego mpuzamahanga wirengagije iby’ingenzi mu makuru yatangaje

FDLR still active and being supported by DRC Government- Says Minister Nduhungirehe

by radiotv10
26/11/2025
0

The FDLR is still active and receiving support from the DRC, making the signing of a final agreement between Presidents...

Amasezerano azasinywa na Perezida Kagame na Tshisekedi yashoboka mbere yuko 2025 irangira?-Min.Nduhungirehe yabivuzeho

Amasezerano azasinywa na Perezida Kagame na Tshisekedi yashoboka mbere yuko 2025 irangira?-Min.Nduhungirehe yabivuzeho

by radiotv10
26/11/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwerera, Amb. Olivier Nduhungirehe yavuze ko isinywa ry’amasezerano ya burundu hagati y’u Rwanda na DRC agomba kuzashyirwaho...

Byafashe indi ntera: Imiterere y’aka gace yatumye kaba indiri y’abanyarugomo

Byafashe indi ntera: Imiterere y’aka gace yatumye kaba indiri y’abanyarugomo

by radiotv10
26/11/2025
0

Ku gasozi kitwa Burito ko mu Murenge wa Rubavu mu Karere ka Rubavu, haravugwa urugomo rukomeje kwiyongera, ku buryo nta...

Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

by radiotv10
26/11/2025
0

Itsinda ry’abahoze mu gisirikare cya Israel (IDF/Israel Defense Forces) barimo abamugariye ku rugamba, bageze mu Rwanda aho baje mu ruzinduko...

Kigali, Rwanda, MoMo Rwanda and RSSB Launch “Iremere EjoHeza” to Help Rwandans Save for a Secure Future

Kigali, Rwanda, MoMo Rwanda and RSSB Launch “Iremere EjoHeza” to Help Rwandans Save for a Secure Future

by radiotv10
26/11/2025
0

MoMo Rwanda Ltd, in partnership with the Rwanda Social Security Board (RSSB), has officially launched ‘Iremere EjoHeza’, a digital solution...

IZIHERUKA

Agezweho: Abandi babiri barimo umunyamakuru bafunzwe muri dosiye y’amashusho y’urukozasoni y’umuhanzi Yampano
IBYAMAMARE

Agezweho: Abandi babiri barimo umunyamakuru bafunzwe muri dosiye y’amashusho y’urukozasoni y’umuhanzi Yampano

by radiotv10
27/11/2025
0

Min.Nduhungirehe yagaye Umunyekongo uzwi ku rwego mpuzamahanga wirengagije iby’ingenzi mu makuru yatangaje

FDLR still active and being supported by DRC Government- Says Minister Nduhungirehe

26/11/2025
Amasezerano azasinywa na Perezida Kagame na Tshisekedi yashoboka mbere yuko 2025 irangira?-Min.Nduhungirehe yabivuzeho

Amasezerano azasinywa na Perezida Kagame na Tshisekedi yashoboka mbere yuko 2025 irangira?-Min.Nduhungirehe yabivuzeho

26/11/2025
Ubutumwa Kapiteni wa Kiyovu ahise ashyira hanze nyuma yo guhagarikwa akanatakarizwa icyizere

Ubutumwa Kapiteni wa Kiyovu ahise ashyira hanze nyuma yo guhagarikwa akanatakarizwa icyizere

26/11/2025
AFC/M23 yaburijemo umugambi w’abatundaga intwaro n’ibindi bikoresho bya gisirikare

AFC/M23 yaburijemo umugambi w’abatundaga intwaro n’ibindi bikoresho bya gisirikare

26/11/2025
Byafashe indi ntera: Imiterere y’aka gace yatumye kaba indiri y’abanyarugomo

Byafashe indi ntera: Imiterere y’aka gace yatumye kaba indiri y’abanyarugomo

26/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
FC Bugesera imaze kwinjiza Nsabimana Jean de Dieu na Muhinda Bryan bose bahoze muri Sunrise FC

FC Bugesera imaze kwinjiza Nsabimana Jean de Dieu na Muhinda Bryan bose bahoze muri Sunrise FC

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Agezweho: Abandi babiri barimo umunyamakuru bafunzwe muri dosiye y’amashusho y’urukozasoni y’umuhanzi Yampano

FDLR still active and being supported by DRC Government- Says Minister Nduhungirehe

Amasezerano azasinywa na Perezida Kagame na Tshisekedi yashoboka mbere yuko 2025 irangira?-Min.Nduhungirehe yabivuzeho

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.