Thursday, November 27, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

COVID-19: Imirenge yo mu turere 13 yashyizwe muri Guma mu Rugo

radiotv10by radiotv10
27/07/2021
in MU RWANDA
0
COVID-19: Imirenge yo mu turere 13 yashyizwe muri Guma mu Rugo
Share on FacebookShare on Twitter

Guhera kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Nyakanga kuzageza tariki ya 10 Kanama 2021 hari imirenge ibarizwa mu turere 13 yashyizwe muri gahunda ya guma mu rugo bitewe n’ubwiyongere bw’abandura COVID-19 bakomeje kugaragara muri iyi mirenge bityo kugira ngo byorohere inzego zibishinzwe kurushaho gukurikirana neza iby’iyi mirenge.

Mu itangaza ryashyizweho umukono na Gatabazi Jean Marie Vianney, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, bigaragara ko uturere 13 twakozweho isesengera bagasanga dufitemo imirenge igomba gushyirwa muri gahunda ya Guma Mu Rugo.

Abatuye mu mirenge ivugwa muri iri tangazo barasabwa kubahiriza amabwiriza akubiye mu itangazo rya Minisitiri w’Intebe, amabwiriza areba umujyi wa Kigali n’utundi turere umunani.

Ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi bizakomeza kubahiriza ingamba zo kwirinda COVID-19.

Inzego z’ibanze n’iz’umutekano zirasabwa gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’aya mabwiriza. Abaturarwanda barasabwa gukomeza kubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19 yatanzwe n’inzego z’ubuzima.

Mu ntara y’amajyepfo:

1.Ruhango: Imirenge ya; Kinazi, Mbuye, Ntongwe, Ruhango, Byimana na Kinihira.

2.Muhanga: Shyogwe, Kiyumba, Cyeza, Nyamabuye, Rugendabari, Muhanga na Mushishiro.

3.Nyamagabe: Kamegeri, Kibumbwe, Gasaka na Mugano.

4.Huye: Tumba, Kinazi na Gishavu.

5.Nyanza: Busoro, Mukingo, Kibilizi na Kigoma.

6.Nyaruguru: Ngera.

Mu ntara y’amajyaruguru:

1.Rulindo: Cyungo, Burega na Shyorongi

Mu ntara y’iburasirazuba:

1.Kayonza: Mukarange, Mwiri, Gahini, Murundi, Rukara na Nyamirama.

2.Bugesera: Rilima, Juru, Nyamata, Ruhuha na Shyara

3.Gatsibo: Muhura, Kageyo, Remera, Kabarore na Murambi.

Mu ntara y’uburengerazuba:

1.Nyamasheke: Nyabitekeri, Shangi na Bushenge.

2.Rusizi: Gitambi na Nyakabuye.

3.Karongi: Murambi.

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

17 − 4 =

Previous Post

Ally Niyonzima yananiwe n’iki muri Azam FC ?

Next Post

FC Bugesera imaze kwinjiza Nsabimana Jean de Dieu na Muhinda Bryan bose bahoze muri Sunrise FC

Related Posts

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

by radiotv10
27/11/2025
0

Perezida Paul Kagame avuga ko abantu badakwiye gukomeza kuzamura impaka z’igihe hazafungurirwa insengero zafunzwe, ahubwo ko bari bakwiye gutekereza ibyabateza...

Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Rwanda’s Digital ID first phase ends with less than half of targeted citizens served

by radiotv10
27/11/2025
0

The scheduled period for collecting information and photographing residents of Huye, Gisagara, and Nyanza districts in the Southern Province for...

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

by radiotv10
27/11/2025
0

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ryasubitse urubanza ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo ruregwamo Ishimwe Patrick na Kalisa John bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano...

Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

Eng.-Former Israeli Soldiers injured in combat play friendly match in Rwanda

by radiotv10
27/11/2025
0

A group of former Israel Defense Forces (IDF) soldiers, including those who were injured in combat, are on a visit...

Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

by radiotv10
27/11/2025
0

Abahoze mu gisirikare cya Israel (IDF/Israel Defense Forces) barimo abamugariye ku rugamba bari mu ruzinduko mu Rwanda, bakinnye n’ikipe y’Igihugu...

IZIHERUKA

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe
MU RWANDA

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

by radiotv10
27/11/2025
0

Mu birori birimo ibyamamare umuhanzi Niyo Bosco n’umukunzi we bateye intambwe nyuma yo kumugaragaza

Amatariki y’ubukwe bwa Niyo Bosco yamenyekanye

27/11/2025
Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Rwanda’s Digital ID first phase ends with less than half of targeted citizens served

27/11/2025
UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

27/11/2025
Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

Eng.-Former Israeli Soldiers injured in combat play friendly match in Rwanda

27/11/2025
Amakuru agezweho ku ba mbere bakurikinyweho gusakaza amashusho ya Yampano

Amakuru agezweho ku ba mbere bakurikinyweho gusakaza amashusho ya Yampano

27/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
FC Bugesera imaze kwinjiza Nsabimana Jean de Dieu na Muhinda Bryan bose bahoze muri Sunrise FC

FC Bugesera imaze kwinjiza Nsabimana Jean de Dieu na Muhinda Bryan bose bahoze muri Sunrise FC

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

Amatariki y’ubukwe bwa Niyo Bosco yamenyekanye

Rwanda’s Digital ID first phase ends with less than half of targeted citizens served

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.