Thursday, December 18, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

COVID-19: Imirenge yo mu turere 13 yashyizwe muri Guma mu Rugo

radiotv10by radiotv10
27/07/2021
in MU RWANDA
0
COVID-19: Imirenge yo mu turere 13 yashyizwe muri Guma mu Rugo
Share on FacebookShare on Twitter

Guhera kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Nyakanga kuzageza tariki ya 10 Kanama 2021 hari imirenge ibarizwa mu turere 13 yashyizwe muri gahunda ya guma mu rugo bitewe n’ubwiyongere bw’abandura COVID-19 bakomeje kugaragara muri iyi mirenge bityo kugira ngo byorohere inzego zibishinzwe kurushaho gukurikirana neza iby’iyi mirenge.

Mu itangaza ryashyizweho umukono na Gatabazi Jean Marie Vianney, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, bigaragara ko uturere 13 twakozweho isesengera bagasanga dufitemo imirenge igomba gushyirwa muri gahunda ya Guma Mu Rugo.

Abatuye mu mirenge ivugwa muri iri tangazo barasabwa kubahiriza amabwiriza akubiye mu itangazo rya Minisitiri w’Intebe, amabwiriza areba umujyi wa Kigali n’utundi turere umunani.

Ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi bizakomeza kubahiriza ingamba zo kwirinda COVID-19.

Inzego z’ibanze n’iz’umutekano zirasabwa gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’aya mabwiriza. Abaturarwanda barasabwa gukomeza kubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19 yatanzwe n’inzego z’ubuzima.

Mu ntara y’amajyepfo:

1.Ruhango: Imirenge ya; Kinazi, Mbuye, Ntongwe, Ruhango, Byimana na Kinihira.

2.Muhanga: Shyogwe, Kiyumba, Cyeza, Nyamabuye, Rugendabari, Muhanga na Mushishiro.

3.Nyamagabe: Kamegeri, Kibumbwe, Gasaka na Mugano.

4.Huye: Tumba, Kinazi na Gishavu.

5.Nyanza: Busoro, Mukingo, Kibilizi na Kigoma.

6.Nyaruguru: Ngera.

Mu ntara y’amajyaruguru:

1.Rulindo: Cyungo, Burega na Shyorongi

Mu ntara y’iburasirazuba:

1.Kayonza: Mukarange, Mwiri, Gahini, Murundi, Rukara na Nyamirama.

2.Bugesera: Rilima, Juru, Nyamata, Ruhuha na Shyara

3.Gatsibo: Muhura, Kageyo, Remera, Kabarore na Murambi.

Mu ntara y’uburengerazuba:

1.Nyamasheke: Nyabitekeri, Shangi na Bushenge.

2.Rusizi: Gitambi na Nyakabuye.

3.Karongi: Murambi.

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

thirteen + 20 =

Previous Post

Ally Niyonzima yananiwe n’iki muri Azam FC ?

Next Post

FC Bugesera imaze kwinjiza Nsabimana Jean de Dieu na Muhinda Bryan bose bahoze muri Sunrise FC

Related Posts

Gicumbi: Umuyobozi w’Ishuri akurikiranyweho gusambanya umwana amwizeza ibitangaza adafitiye ubushobozi

Umwarimu yatawe muri yombi nyuma yo gusaba umwana kujya iwe kumusura bagatindana

by radiotv10
17/12/2025
0

Umwarimu wigisha mu ishuri ry’Imyuga n’Ubumenyingiro (TSS) rya Mutenderi mu Karere ka Ngoma, yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’umukobwa...

Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

by radiotv10
17/12/2025
0

Polisi y’u Rwanda yavuze ko Abapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri pandagari mu Karere ka Rubavu, batangiye gukurikiranwa kuko uburyo babikozemo...

Hari Akarere mu Rwanda kagiye kubarura abashomeri badafite akazi bagatuyemo

Hari Akarere mu Rwanda kagiye kubarura abashomeri badafite akazi bagatuyemo

by radiotv10
17/12/2025
0

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwamenyesheje abagatuye ko hagiye gukorwa igikorwa cyo kubarura abashomeri badafite akazi bari hagati y’imyaka 16 na...

Umusore akurikiranyweho kwicisha ishoka umukecuru nyuma yo gukora ibitemewe mu Rwanda

Umusore akurikiranyweho kwicisha ishoka umukecuru nyuma yo gukora ibitemewe mu Rwanda

by radiotv10
17/12/2025
0

Umusore wo mu Murene wa Runda mu Karere ka Kamonyi, akurikiranyweho kwica umukecuru amukubise ishoka ubwo yamusangaga iwe nyuma yuko...

Ahakekwaho kuba haraturutse igisasu cyaturikanye abana batatu bavukana b’i Gicumbi

Ahakekwaho kuba haraturutse igisasu cyaturikanye abana batatu bavukana b’i Gicumbi

by radiotv10
17/12/2025
0

Igisasu cyo mu bwoko bwa Grenade cyishe giturikanye abana batatu b’umuryango wo mu Murenge wa Cyumba mu Karere ka Gicumbi,...

IZIHERUKA

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026
FOOTBALL

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

by radiotv10
17/12/2025
0

Gicumbi: Umuyobozi w’Ishuri akurikiranyweho gusambanya umwana amwizeza ibitangaza adafitiye ubushobozi

Umwarimu yatawe muri yombi nyuma yo gusaba umwana kujya iwe kumusura bagatindana

17/12/2025
Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

Hatangajwe icyemezo cyafatiwe abarimo umunyamakuru Djihad baregwa gusakaza amashusho y’urukozasoni

17/12/2025
Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

17/12/2025
Ubutumwa AFC/M23 isigira abatuye umujyi wa Uvira bayigaragarije ko batifuza ko iwurekura

Ubutumwa AFC/M23 isigira abatuye umujyi wa Uvira bayigaragarije ko batifuza ko iwurekura

17/12/2025
Eng.-An updated list of other Countries whose citizens are banned from entering the US

Eng.-An updated list of other Countries whose citizens are banned from entering the US

17/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
FC Bugesera imaze kwinjiza Nsabimana Jean de Dieu na Muhinda Bryan bose bahoze muri Sunrise FC

FC Bugesera imaze kwinjiza Nsabimana Jean de Dieu na Muhinda Bryan bose bahoze muri Sunrise FC

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

Umwarimu yatawe muri yombi nyuma yo gusaba umwana kujya iwe kumusura bagatindana

Hatangajwe icyemezo cyafatiwe abarimo umunyamakuru Djihad baregwa gusakaza amashusho y’urukozasoni

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.