Tuesday, December 9, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

COVID-19: Rubavu bashyizwe muri “Guma mu karere”,Burera, Rutsiro,Nyagatare na Gicumbi bahabwa amabwiriza mashya

radiotv10by radiotv10
18/06/2021
in MU RWANDA
0
COVID-19: Rubavu bashyizwe muri “Guma mu karere”,Burera, Rutsiro,Nyagatare na Gicumbi bahabwa amabwiriza mashya
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Kamena 2021 nibwo Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney yashyize umukono ku mabwiriza mashya yo kurwanya COVID-19, ingamba zasize akarere ka Rubavu gashyizwe muri “Guma mu Karere”, gahunda itemerera abagatuye kugira akandi karere bajyamo uhereye kuri uyu wa Kane tariki 17 Kamena 2021.

Aya mabwiriza avuga ko guhera kuri uyu wa kane tariki 17 Kamena 2021 aka karere ka Rubavu gashyizwe muri “Guma mu karere” kugira ngo inzego zibishinzwe zifatanye n’abaturage zishobore gukurikirana neza no kugenzura iki cyorezo cya COVID-19 gikomeje gukaza umurego.

Muri aka karere ka Rubavu kandi guhera kuri uyu wa Kane tariki 17 Kamena 2021, ingendo zirabujijwe guhera saa moya z’ijoro (19h00’) kugeza saa kumi za mu gitondo (4:00 AM).

Gusa abakora ubwikorezi bw’ibicuruzwa hakoreshejwe ibinyabiziga bemerewe kubizana mu karere ka Rubavu kandi abafite ibicuruzwa byamburakiranya umupaka nabo bemerewe kubyambutsa hakurikijwe amabwiriza abigenga.

Amabwiriza mashya areba akarere ka Rutsiro avuga ko guhera kuri uyu wa Kane tariki 17 Kamena 2021, ingendo zirabujijwe guhera saa moya z’ijoro (19h00’) kugeza saa kumi za mu gitondo (4:00 AM).

Kuva kuri uyu wa Kane tariki 17 Kamena 2021, amabwiriza agenga Burera, Gicumbi na Nyagatare avuga ko ingendo zibujijwe guhera saa moya z’ijoro (19h00’) kugeza saa kumi za mu gitondo (04:00’AM) mu mirenge ya: Cyanika, Kagogo, Kinyababa, Butaro,Kivuye na Bungwe mu karere ka Burera.

Rubaya, Cyumba na Kaniga mu karere ka Gicumbi. Matimba, Musheri, Rwempasha, Tabagwe, Karama na Kiyombe mu karere ka Nyagatare.

Sadam MIHIGO

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × 1 =

Previous Post

EURO 2020: Ibitego bibiri bya Cristiano Ronaldo yatsinze Hungry byatumye aca uduhigo tune muri ruhago

Next Post

Igitego cya Ishimwe Anicet cyafashije APR FC gusubira Rayon Sports

Related Posts

Managing Personal Finances as a Young Adult in Rwanda: Saving, Budgeting, Investing Basics

Managing Personal Finances as a Young Adult in Rwanda: Saving, Budgeting, Investing Basics

by radiotv10
09/12/2025
0

Entering adulthood comes with new freedom, responsibility, and decisions that shape one’s future. For many young Rwandans, especially those beginning...

Amatiyo y’amazi meza anyura hafi yabo ariko bo baracyakoresha ateye impungenge

Amatiyo y’amazi meza anyura hafi yabo ariko bo baracyakoresha ateye impungenge

by radiotv10
09/12/2025
0

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro, bavuga ko amatiyo y'amazi meza anyura mu Mudugudu...

Abayoboye Uturere tw’Umujyi wa Kigali n’abahoze mu buyobozi bwawo muri manda ya mbere ubu bari he?

Abayoboye Uturere tw’Umujyi wa Kigali n’abahoze mu buyobozi bwawo muri manda ya mbere ubu bari he?

by radiotv10
08/12/2025
0

Impinduka mu buyobozi bw’umujyi wa Kigali hari abo zahiriye abandi ntizabahira , Hashize imyaka itanu manda ya mbere irangiye kuva...

Umudepite mu Nteko y’u Rwanda yakoze amateka mu mikino ya EAC ibera Uganda yongera kwitwara neza

Umudepite mu Nteko y’u Rwanda yakoze amateka mu mikino ya EAC ibera Uganda yongera kwitwara neza

by radiotv10
08/12/2025
0

Mu marushanwa y’imikino y’abagize Inteko Zishinga Ametegeko z’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Depite Mukabalisa Germaine, yegukanye umudali wa Zahabu...

Eng.-Rwandan MP Hon. Germaine wins gold medal at the EAC Inter-Parliamentary Games

Eng.-Rwandan MP Hon. Germaine wins gold medal at the EAC Inter-Parliamentary Games

by radiotv10
08/12/2025
0

A member of the Rwandan Parliament, Hon. Germaine Mukabalisa has made history at the East African Community (EAC) Games, held...

IZIHERUKA

U Burundi bwavuze ko bwiteguye kurwana bunashinja u Rwanda ibirego bishya by’ibinyoma
AMAHANGA

U Burundi bwavuze ko bwiteguye kurwana bunashinja u Rwanda ibirego bishya by’ibinyoma

by radiotv10
09/12/2025
0

Managing Personal Finances as a Young Adult in Rwanda: Saving, Budgeting, Investing Basics

Managing Personal Finances as a Young Adult in Rwanda: Saving, Budgeting, Investing Basics

09/12/2025
Amatiyo y’amazi meza anyura hafi yabo ariko bo baracyakoresha ateye impungenge

Amatiyo y’amazi meza anyura hafi yabo ariko bo baracyakoresha ateye impungenge

09/12/2025
Umunsi Rayon na APR zizongera gukiniraho wamenyekanye noneho uzasiga imwe yegukanye igikombe

Umunsi Rayon na APR zizongera gukiniraho wamenyekanye noneho uzasiga imwe yegukanye igikombe

09/12/2025
Andi makuru kuri kajugujugu yakoreye impanuka muri Tanganyika n’ukuri ku byavugwaga ko yarashwe na M23

Andi makuru kuri kajugujugu yakoreye impanuka muri Tanganyika n’ukuri ku byavugwaga ko yarashwe na M23

08/12/2025
Igisirikare cya Congo-FARDC cyavuze ku mirwano ya Kamanyola cyongera kwegeka ku cy’u Rwanda-RDF ibinyoma

Igisirikare cya Congo-FARDC cyavuze ku mirwano ya Kamanyola cyongera kwegeka ku cy’u Rwanda-RDF ibinyoma

08/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Igitego cya Ishimwe Anicet cyafashije APR FC gusubira Rayon Sports

Igitego cya Ishimwe Anicet cyafashije APR FC gusubira Rayon Sports

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

U Burundi bwavuze ko bwiteguye kurwana bunashinja u Rwanda ibirego bishya by’ibinyoma

Managing Personal Finances as a Young Adult in Rwanda: Saving, Budgeting, Investing Basics

Amatiyo y’amazi meza anyura hafi yabo ariko bo baracyakoresha ateye impungenge

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.