• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Dr Tedros Adhanom wari umukandida rukumbi yongeye gutorerwa kuyobora OMS

radiotv10by radiotv10
25/05/2022
in Uncategorized
0
Dr Tedros Adhanom wari umukandida rukumbi yongeye gutorerwa kuyobora OMS
Share on FacebookShare on Twitter

Umunya-Ethiopia, Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus, yongeye gutorerwa kuyobora Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku Buzima OMS.

Yari umukandida rukumbi mu matora yo kuri uyu wa kabiri ku buyobozi bw’umuryango w’ubuzima ku Isi, atorerwa indi manda y’imyaka 5.

Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus ni we Munyafurika wa mbere wayoboye uyu muryango akaba anongejwe indi manda.

Nyuma y’aya matora yabaye avuye muri Ukraine, Dr Tedros yavuze ko yishimiye kongera kugirirwa icyizere agatorerwa kuyobora iri shami rifatiye runini ubuzima bw’Isi.

Yagize ati “Nishimiye kuba muri OMS, nshimiye kandi abangiriye icyizere.”

Yavuze kandi ko yababajwe cyane n’ibyo yabonye muri iki gihugu kimaze amezi atatu (3) mu ntambara.

Manda ye ya mbere yaranzwe n’icyorezo cya COVID-19 cyazanye gahunda yo gukwirakwiza inkingo kuri bose, aho Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus, yakunze kunenga ibihugu bikize kuba bibitse inkingo hari abazikeneye.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

2 × 5 =

Previous Post

Rurangiranwa muri Football Hadji Diouf yasesekaye mu Rwanda yakirwa n’Umunyamakurukazi

Next Post

Umunsi Mpuzamahanga wa Afurika usanze inzara n’indwara bicyugarije abayituye

Related Posts

Mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda barabyinira ku rukoma

Mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda barabyinira ku rukoma

by radiotv10
18/05/2026
0

Umupira w’amaguru w’abari n’abategarugori urabyinira ku rukoma kubera amafaranga ari gushyirwamo, guhera ku bihembo amakipe ari gutsindira. Mu kiciro cya...

How to spend money wisely and build a better financial future

How to spend money wisely and build a better financial future

by radiotv10
07/05/2026
0

Most people think their future depends on how much money they will make one day. But in reality, your future...

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

by radiotv10
30/03/2026
0

Komiseri mu Muryango FPR-Inkotanyi, Habonimana Charles yanenze abayobozi bo mu Karere ka Nyarugenge baranduye ibishyimbo by’abaturage, avuga ko ibyemezo nk’ibi...

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

by radiotv10
26/03/2026
0

Nyuma yuko Gasogi utd itewe mpaga y’ibitego 3-0 n’amande ya miliyoni 2 Frw nyuma yo kubura ku kibuga cya Stade...

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

by radiotv10
17/02/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wa NBA All-Star Game uhuza abakinnyi bakomeye muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe...

Next Post
Umunsi Mpuzamahanga wa Afurika usanze inzara n’indwara bicyugarije abayituye

Umunsi Mpuzamahanga wa Afurika usanze inzara n’indwara bicyugarije abayituye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Byagenze gute ngo ikibumbano cya rurangiranwa Lionel Messi cyari mu Buhindi gikurweho

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.