• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Habonetse umurambo w’Umupolisi wo mu Rwanda ku muhanda

radiotv10by radiotv10
12/05/2023
in MU RWANDA
0
Habonetse umurambo w’Umupolisi wo mu Rwanda ku muhanda
Share on FacebookShare on Twitter

Umurambo w’uwari Umupolizi muri Polisi y’u Rwanda, wabonetse ku muhanda uva mu Mujyi wa Rusizi werecyeza muri Bugarama, aho wabonetse mu Kagari ka Karenge ku Murenge wa Rwimbogo mu Karere ka Rusizi, bikekwa ko yishwe n’abantu bataramenyekana.

Uyu murambo wabonetse mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Gicurasi 2023 ku muhanda uva mu Mujyi wa Rusizi werecyeza mu Murenge wa Bugarama muri aka Karere ka Rusizi.

Aya makuru yanemejwe n’Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, CIP Mucyo Rukundo wavuze ko nyakwigendera yitabye Imana atari ari mu kazi ko gucunga umutekano yari asanzwe akora.

Yagize ati “Yitwa PC Sibomana Simeon, umurambo we wabonetse mu gitondo kare mu Murenge wa Rwimbogo.”

CIP Mucyo Rukundo yavuze ko nyuma yuko habonetse uyu murambo, inzego zishinzwe iperereza zahise ziritangira kugira ngo hamenyekane icyahitanye nyakwigendera.

Hari amakuru avuga ko nyakwigendera wari umwe mu Bapolisi b’u Rwanda, ashobora kuba yishwe n’abantu bataramenyekana, aho inzego zatangiye iperereza rishoboza kuzabagaragaza.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

20 − 9 =

Previous Post

Mu mvura itava ku butaka Perezida Kagame yagiye guhumuriza abashegeshwe n’ibiza

Next Post

Mu butumwa bukomeye EAC yasubije Tshisekedi uherutse kwikoma ingabo zayo

Related Posts

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

by radiotv10
01/06/2026
0

Urukiko Ruhoraho Nkemurampaka rwatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda itazishyurwa miliyoni £50 (arenga miliyari 100 Frw) mu kirego yari yarezemo iy’u...

Rusizi: Uwarokotse Jenoside yahawe inzu n’abo basengana banamuremera butike

Rusizi: Uwarokotse Jenoside yahawe inzu n’abo basengana banamuremera butike

by radiotv10
01/06/2026
0

Nyuma yo kumara igihe aba mu nzu imeze nabi yanatumaga agira impungenge ku mutekano w’umuryango we, Ngonga Yves Maurice wo...

Eng.-Minister Nduhungirehe Attends Korea-Africa Foreign Ministers’ Meeting in Seoul to Address Global Challenges

Eng.-Minister Nduhungirehe Attends Korea-Africa Foreign Ministers’ Meeting in Seoul to Address Global Challenges

by radiotv10
01/06/2026
0

The Minister of Foreign Affairs and International Cooperation, Amb. Olivier Nduhungirehe, is currently in Seoul, South Korea, where he is...

Minisitiri Nduhungirehe ari muri Korea y’Epfo mu nama y’ubufatanye ku guhangana n’ibibazo byugarije Isi

Minisitiri Nduhungirehe ari muri Korea y’Epfo mu nama y’ubufatanye ku guhangana n’ibibazo byugarije Isi

by radiotv10
01/06/2026
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe ari i Seoul muri Korea y’Epfo, aho yitabiriye Inama y’ubufatanye bw’iki Gihugu n’Umugabane...

How to Create a Home That Actually Helps You Rest

How to Create a Home That Actually Helps You Rest

by radiotv10
01/06/2026
0

A home should be the place where your body relaxes and your mind slows down after a long day. But...

Next Post
Mu butumwa bukomeye EAC yasubije Tshisekedi uherutse kwikoma ingabo zayo

Mu butumwa bukomeye EAC yasubije Tshisekedi uherutse kwikoma ingabo zayo

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.