Saturday, July 19, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Ibarura rusange: Kwa Perezida Kagame habaruwe n’Umuyobozi Mukuru wa NISR (AMAFOTO)

radiotv10by radiotv10
16/08/2022
in MU RWANDA, POLITIKI
0
Ibarura rusange: Kwa Perezida Kagame habaruwe n’Umuyobozi Mukuru wa NISR (AMAFOTO)
Share on FacebookShare on Twitter

Umuryango wa Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, wabaruwe mu ibarura rusange rya gatanu ry’abaturage n’imiturire.

Perezidansi y’u Rwanda yatangaje ko “Perezida Kagame Paul na Madamu Jeannette Kagame, babaruwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibarurishamirabe (NISR).”

Ubutumwa bwa Perezidansi y’u Rwanda bwanyuze ku mbuga nkoranyambaga, buvuga ko “amakuru y’umuryango wa Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame yabaruwe n’Umuyobozi Mukuru wa NISR, Yusuf Murangwa.”

Iri barura rusange ryatangiye kuri uyu wa Kabiri tariki 16 Kanama 2022, aho ryabimburiwe n’ijoro ry’ibarura rigamije kwegeranya amakuru azagenderwaho muri iri barura ryo kuri uyu wa 15 Kanama rishyira kuri uyu wa 16 Kanama aho abakuru b’imiryango basabwe kumenya abashyitsi baraye mu ngo zabo ndetse n’abasanzwe bahaba bataharaye.

Iki gikorwa kizamara iminsi 30 aho rizarangira tariki 30 Kanama 2022, rije nyuma yuko abashinzwe kubarura, babanje kujya mu ngo zitandukanye, bashyira nimero kuri buri rugo.

Amakuru azakusanywa muri iri barura rusange rya gatanu ry’abaturage n’imiturire, yitezweho kuzafasha Guverinoma y’u Rwanda mu igenamigambi no gushyiraho gahunda zigamije kuzamura imibereho y’abaturage.

Perezida Kagame yagaragarijwe ibijyanye n’iri barura

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 × 4 =

Previous Post

Perezida Kagame yazamuye mu mapeti Umujenerali umwe wa RDF

Next Post

U Rwanda rwageneye ubutumwa Kenya na William Ruto watsindiye kuyiyobora

Related Posts

The Myth of “Hard work pays”

The Myth of “Hard work pays”

by radiotv10
19/07/2025
0

We’ve all heard it growing up: “Work hard and you’ll succeed.” We always saw it on school posters, graduation speeches,...

Amakuru agezweho: Hatangajwe icyemezo cyafatiwe umunyapolitiki Ingabire Victoire ku ifungwa yasabiwe

Amakuru agezweho: Hatangajwe icyemezo cyafatiwe umunyapolitiki Ingabire Victoire ku ifungwa yasabiwe

by radiotv10
18/07/2025
0

Umunyapolitiki Ingabire Victoire Umuhoza uregwa ibyaha birimo guteza imvururu muri rubanda, yafatiwe icyemezo cyo gufungwa by’agateganyo iminsi 30. Ni icyemezo...

Banki Nkuru y’u Rwanda yararikiye urubyiruko amahirwe rugiye kubona

Banki Nkuru y’u Rwanda yararikiye urubyiruko amahirwe rugiye kubona

by radiotv10
18/07/2025
0

Banki Nkuru y’u Rwanda BNR yatangaje igiye guhugura urubyiruko ku mikoreshereze y'ikoranabuhanga muri serivisi z'imari hifashishijwe telefoni ngendanwa, kugira ngo...

Karongi: Gitifu akurikiranyweho gusambanya umwana no kumugira umugore

Amakuru agezweho: Umuyobozi mu Kigo cy’Igihugu NAEB afunzwe ukurikiranyweho kwigwizaho imitungo

by radiotv10
18/07/2025
0

Umuyobozi ushinzwe ibikorwa (Operations Manager) mu Kigo cy'Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry'ibikomoka ku buhinzi n'ubworozi (NAEB), ari...

Ibisobanuro by’umunyamategeko ukurikiranyweho gusambanya umwana arusha imyaka 59

Ibisobanuro by’umunyamategeko ukurikiranyweho gusambanya umwana arusha imyaka 59

by radiotv10
18/07/2025
0

Umugabo w’imyaka 74 y’amavuko usanzwe akora akazi ko kunganira abantu mu mategeko, ukurikiranywe n’Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga icyaha...

IZIHERUKA

The Myth of “Hard work pays”
IMIBEREHO MYIZA

The Myth of “Hard work pays”

by radiotv10
19/07/2025
0

Amakuru agezweho: Hatangajwe icyemezo cyafatiwe umunyapolitiki Ingabire Victoire ku ifungwa yasabiwe

Amakuru agezweho: Hatangajwe icyemezo cyafatiwe umunyapolitiki Ingabire Victoire ku ifungwa yasabiwe

18/07/2025
Banki Nkuru y’u Rwanda yararikiye urubyiruko amahirwe rugiye kubona

Banki Nkuru y’u Rwanda yararikiye urubyiruko amahirwe rugiye kubona

18/07/2025
Nyuma yuko Uganda ifunguye Umupaka ugenzurwa na AFC/M23 Ambasaderi wayo muri Congo yatumijweho

Nyuma yuko Uganda ifunguye Umupaka ugenzurwa na AFC/M23 Ambasaderi wayo muri Congo yatumijweho

18/07/2025
Nyuma yuko Uganda ifunguye Umupaka ugenzurwa na AFC/M23 Ambasaderi wayo muri Congo yatumijweho

The DRC Government has summoned the Ugandan Ambassador over diplomatic concerns

18/07/2025
Karongi: Gitifu akurikiranyweho gusambanya umwana no kumugira umugore

Amakuru agezweho: Umuyobozi mu Kigo cy’Igihugu NAEB afunzwe ukurikiranyweho kwigwizaho imitungo

18/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
U Rwanda rwageneye ubutumwa Kenya na William Ruto watsindiye kuyiyobora

U Rwanda rwageneye ubutumwa Kenya na William Ruto watsindiye kuyiyobora

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

The Myth of “Hard work pays”

Amakuru agezweho: Hatangajwe icyemezo cyafatiwe umunyapolitiki Ingabire Victoire ku ifungwa yasabiwe

Banki Nkuru y’u Rwanda yararikiye urubyiruko amahirwe rugiye kubona

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.