Tuesday, November 18, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Ibitekerezo by’urubyiruko ku kuboneza urubyaro ku bangavu

radiotv10by radiotv10
11/08/2021
in MU RWANDA
0
Ibitekerezo by’urubyiruko ku kuboneza urubyaro ku bangavu
Share on FacebookShare on Twitter

Ubushakashatsi bwa Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango bugaragaza ko abangavu 70,614 batewe inda kuva mu mwaka wa 2016 kugeza mu mwaka wa 2018. Gusa na none bukagaragaza ko abatewe inda muri 2020 bari bacye ugereranyije na 2019 ahanini ngo uko kugabanuka kukaba kwaratewe n’ubukangurambaga bwo kuboneza urubyaro mu rubyiruko.

RadioTV10 yashatse kumenya icyo abangavu  batandukanye batekereza kuri gahunda yo kuboneza urubyaro mu rubyiruko maze iganiriza abo mu karere ka Muhanga.

Izabayo Josiane yabwiye umunyamakuru wa RadioTV10 ko aho kugira ngo inda zitateguwe zikomeze ziyongere abangavu baboneza urubyaro.

Mugenzi we Chance we avuga ko kuri we kuboneza urubyaro ku Bangavu ari byiza ariko nanone ari bibi ku rundi ruhande.

Yagize ati “Bishobora kwangiza abangavu ugasanga bariraye bityo bakaba bakishora mu busambanyi ku bwinshi nyamara hari izindi ngaruka zirenze gutwara inda zituruka ku mibonano mpuzabitsina”

Uwitwa Sandrine we yavuze ko n’ubwo harimo impungenge kuko ubusanzwe uboneza urubyaro ari urufite ariko kuri we asanga aho kugira ngo umwangavu abyare umwana adafitiye ubushobozi bwo kurera yaboneza urubyaro.

Imibare y’inzego z’ubuzima yagaragazaga ko kuva muri Mutarama kugeza Kamena 2020, abakobwa bitabiriye gahunda zo kuboneza urubyaro bari 11,373. Abitabiriye bari hagati y’imyaka 15 na 19.

Inkuru ya: Sindiheba Yussuf/Radio TV10 Rwanda

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one × 5 =

Previous Post

MUHANGA: Abarema isoko rya Kabadaha barataka ibihombo batewe na guma mu rugo

Next Post

Amafoto yaranze Lionel Messi yakirwa muri PSG

Related Posts

Gisagara: Hari abavuga ko ibyo bari gukorerwa ari agasuzuguro bakanagaragaza icyo bifuza

Gisagara: Hari abavuga ko ibyo bari gukorerwa ari agasuzuguro bakanagaragaza icyo bifuza

by radiotv10
18/11/2025
0

Bamwe mu batuye mu Murenge wa Kibilizi mu Karere ka Gisagara, baravuga ko abakozi bari gucukura imiyoboro y’amazi bigabije imirima...

Karongi: Icyo biteze mu gusazura igihingwa bakesha kukirigita ifaranga cyari kimaze imyaka 45

Karongi: Icyo biteze mu gusazura igihingwa bakesha kukirigita ifaranga cyari kimaze imyaka 45

by radiotv10
18/11/2025
0

Abahinzi b'ikawa bo mu Murenge wa Mubuga mu Karere ka Karongi, bavuga ko izo bari bamaranye imyaka irenga 40 zitari...

Polisi y’u Rwanda irarangisha amafaranga

Amakuru mashya: Hatangajwe ifungwa ry’Umukozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuziranenge na nyiri Uruganda rw’inzoga

by radiotv10
17/11/2025
0

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi umugenzuzi mu Kigo cy'Igihugu gishinzwe Ubuziranenge bw'Ibiribwa n'Imiti (Rwanda FDA), na...

Iburengerazuba: Hari itsinda ribahangayikishije rituma bamwe batangiye kwibaza ku hazaza habo

Iburengerazuba: Hari itsinda ribahangayikishije rituma bamwe batangiye kwibaza ku hazaza habo

by radiotv10
17/11/2025
0

Bamwe mu batuye mu Mirenge ya Kivumu na Nyamyumba mu Turere twa Rubavu na Rutsiro mu Ntara y’Iburengerazuba, bavuga ko...

Start Strong:- Monday tips that will make your week more productive

Start Strong:- Monday tips that will make your week more productive

by radiotv10
17/11/2025
0

Many people say Monday is the hardest of the week, but it doesn’t have to be. When you start your...

IZIHERUKA

Min.Nduhungirehe yagaye Umunyekongo uzwi ku rwego mpuzamahanga wirengagije iby’ingenzi mu makuru yatangaje
AMAHANGA

Min.Nduhungirehe yagaye Umunyekongo uzwi ku rwego mpuzamahanga wirengagije iby’ingenzi mu makuru yatangaje

by radiotv10
18/11/2025
0

Hagiye hanze amakuru aca amarenga ko bitifashe neza mu rugo rw’umuririmbyi Vestine umaze amezi akoze ubukwe

Hagiye hanze amakuru aca amarenga ko bitifashe neza mu rugo rw’umuririmbyi Vestine umaze amezi akoze ubukwe

18/11/2025
Ibivugwa ko byatangajwe n’umuhanzi uzwiho ubuhanga mu kuririmba Bill Ruzima watawe muri yombi

Ibivugwa ko byatangajwe n’umuhanzi uzwiho ubuhanga mu kuririmba Bill Ruzima watawe muri yombi

18/11/2025
Abanyamakuru b’ibiganiro bya siporo mu Rwanda bongeye guhabwa umuburo

Abanyamakuru b’ibiganiro bya siporo mu Rwanda bongeye guhabwa umuburo

18/11/2025
Men and fashion: How Rwandan men are redefining style

Kwambara neza no kuberwa ntibikiri iby’abakobwa gusa ubu n’abasore bo mu Rwanda barabiyobotse

18/11/2025
Gisagara: Hari abavuga ko ibyo bari gukorerwa ari agasuzuguro bakanagaragaza icyo bifuza

Gisagara: Hari abavuga ko ibyo bari gukorerwa ari agasuzuguro bakanagaragaza icyo bifuza

18/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Amafoto yaranze Lionel Messi yakirwa muri PSG

Amafoto yaranze Lionel Messi yakirwa muri PSG

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Min.Nduhungirehe yagaye Umunyekongo uzwi ku rwego mpuzamahanga wirengagije iby’ingenzi mu makuru yatangaje

Hagiye hanze amakuru aca amarenga ko bitifashe neza mu rugo rw’umuririmbyi Vestine umaze amezi akoze ubukwe

Ibivugwa ko byatangajwe n’umuhanzi uzwiho ubuhanga mu kuririmba Bill Ruzima watawe muri yombi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.