Friday, May 1, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Ibyo Yolo The Queen yakoreye abakomeje kumugirira amashyushyu ntawabikekaga

radiotv10by radiotv10
16/05/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
1
Ibyo Yolo The Queen yakoreye abakomeje kumugirira amashyushyu ntawabikekaga
Share on FacebookShare on Twitter

Kirenga Phiona uzwi nka Yolo The Queen yarakariye abamwirukaho bashaka kumufotora mu ruhame nyuma y’abakomeje kuvuga ko ashobora kuba atabaho kuko batajya bamubona mu bikorwa bihuza abantu benshi.

Uyu mukobwa bivugwa ko yibera mu karere ka Rwamagana mu Ntara y’Iburasirazuba, yagize umujinya uw’umuranduranzuzi kubera abifuza kumufotora.

Mu butumwa yanyujije kuri Instagram ye, Yolo The Queen yavuze ko hari byinshi byagakwiye gushishikaza abanyamakuru aho kwirirwa bamwirukaho bashaka kumufotora.

Yagize ati “Sosiyete yacu ifite ibibazo byinshi bikeneye amajwi yanyu, mu minsi ishize umwuzure wangije ibikoresho by’imiryango myinshi ku buryo dufite abana batari babasha kujya mu ishuri, ibi ni byo mwakabaye muvugaho.”

Ibi bije nyuma y’amagambo yavuzwe ko umuhanzi w’Umunya-Tanzania, Harmonize ari mu rukundo n’uyu mukobwa w’Umunyarwandakazi, ndetse ko yanamuririmbye mu ndirimbo nshya yiswe ‘Zanzibar’ yahuriyemo na Bruce Melodie.

Joby Joshua
RADIOTV10

Comments 1

  1. byamukama thomas says:
    1 week ago

    you are so cute

    Reply

Leave a Reply to byamukama thomas Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

four × four =

Previous Post

Umunyamakuru akaba n’umusesenguzi wa ruhago agaragaje ikidasanzwe cyagaragaye mu mikino y’uyu mwaka

Next Post

Andi makuru yamenyekanye ku bantu b’umuryango umwe basanze bapfuye nyuma yo gucumbikira abandi

Related Posts

Amakuru mashya: Umunyamakuru DC Clement yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

Amakuru mashya: Umunyamakuru DC Clement yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

by radiotv10
30/04/2026
0

Umunyamakuru Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement ukurikiranyweho ibyaha birimo icyo gukoza isoni abayobozi b’Igihugu n’abashinzwe imirimo rusange, yafatiwe icyemezo...

Hamenyekanye igihe Umunyamakuru Djihad n’abo baregwa hamwe bazasubirira imbere y’Urukiko

Hamenyekanye igihe Umunyamakuru Djihad n’abo baregwa hamwe bazasubirira imbere y’Urukiko

by radiotv10
30/04/2026
0

Umunyamakuru Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad na bagenzi be baregwa hamwe mu rubanza rw’abashinjwa ibifitanye isano no guzakaza amashusho y’urukozasoni...

The Silent Pressure of “Looking Successful” on social media in Rwanda

The Silent Pressure of “Looking Successful” on social media in Rwanda

by radiotv10
30/04/2026
0

Scroll through your phone for just a few minutes and you’ll quickly get the feeling that everyone is doing well....

Haravugwa isezera ry’abanyamakuru babiri b’igitangazamakuru kimwe mu Rwanda barimo uwari ukimazeho imyaka 20

Haravugwa isezera ry’abanyamakuru babiri b’igitangazamakuru kimwe mu Rwanda barimo uwari ukimazeho imyaka 20

by radiotv10
29/04/2026
0

Umunyamakuru Mulindwa Augustine wari umaze imyaka 23 akorera Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru mu Rwanda, na mugenzi we Cyubahiro Bonaventure, basezeye iki...

Ubutumwa bw’ibyishimo bya Meddy ku isabukuru ya mbere y’umwana we wa kabiri

Ubutumwa bw’ibyishimo bya Meddy ku isabukuru ya mbere y’umwana we wa kabiri

by radiotv10
29/04/2026
0

Umuhanzi Meddy yagaragaje ibyishimo yatewe no kuba umwana we w’ubuheta, yagize isabukuru y’umwaka umwe, avuba ko ntacyo Imana itamukoreye, bityo...

IZIHERUKA

Should Social Media Be Banned for the Youth?
IMIBEREHO MYIZA

Should Social Media Be Banned for the Youth?

by radiotv10
30/04/2026
0

Amakuru mashya: Umunyamakuru DC Clement yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

Amakuru mashya: Umunyamakuru DC Clement yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

30/04/2026
Breaking: Gitifu w’Umurenge wa Mageragere afungiye ibirimo kumena ibanga ry’akazi

Breaking: Gitifu w’Umurenge wa Mageragere afungiye ibirimo kumena ibanga ry’akazi

30/04/2026
Ingabo z’u Rwanda zungutse ibikorwa remezo bizifasha mu myitozo birimo Gym igezweho

Ingabo z’u Rwanda zungutse ibikorwa remezo bizifasha mu myitozo birimo Gym igezweho

30/04/2026
Perezida Kagame ategerejwe muri Botswana mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

Perezida Kagame ategerejwe muri Botswana mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

30/04/2026
Hamenyekanye igihe Umunyamakuru Djihad n’abo baregwa hamwe bazasubirira imbere y’Urukiko

Hamenyekanye igihe Umunyamakuru Djihad n’abo baregwa hamwe bazasubirira imbere y’Urukiko

30/04/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Andi makuru yamenyekanye ku bantu b’umuryango umwe basanze bapfuye nyuma yo gucumbikira abandi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Should Social Media Be Banned for the Youth?

Amakuru mashya: Umunyamakuru DC Clement yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

Breaking: Gitifu w’Umurenge wa Mageragere afungiye ibirimo kumena ibanga ry’akazi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.