• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

IFOTO: Akazuye umutima…Miss Elsa yateye imitoma nshimangirarukundo umugabo we Prince Kid

radiotv10by radiotv10
03/03/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
1
IFOTO: Akazuye umutima…Miss Elsa yateye imitoma nshimangirarukundo umugabo we Prince Kid
Share on FacebookShare on Twitter

Miss Iradukunda Elsa wabaye Nyampinga w’u Rwanda wamaze kuba umugore wa Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid, yamuteye imitoma iryohereye amwifuriza isabukuru nziza y’amavuko.

Ni nyuma y’amasaha macye bavuye mu Murenge kurahirira kubana nk’umugore n’umugabo nyuma yo kumva icyo amatetegeko asaba abashyingiranywe ntagahato.

Inkuru yo gusezerana kwabo, yasamiwe hejuru na benshi bakurikirana iby’imyidagaduro yo mu Rwanda, kubera amateka y’urukundo rwabo yagarutsweho ubwo Prince Kid yafungwaga ariko uyu mugore we [yari akiri umukunzi we] agashaka uburyo yamufasha ngo asohoke.

Kuri uyu wa Gatanu, Miss Elsa yifurije isabukuru nziza Prince Kid, agira ati “Isabukuru nziza nkoramutima, uyu ni undi mwaka w’imigisha, nkwifutiza ibyiza gusa n’ibyishimo bitangwa n’Imana, imigisha myinshi, guhirwa ndetse n’urukundo.”

Ni ubutumwa buherekejwe n’ifoto igaragaza amarangamutima y’urukundo rw’aba bombi, bigaragara ko yafashwe ubwo basezeranaga mu mategeko.

Muri iyi foto, aba bamaze kuba umuryango mushya, baba begeranye by’ingwatiramubiri, baseka bishimye buri wese agaragaza ko yishimiye urukundo rwabo.

Elsa na Prince Kid bagaragaje ko urukundo rwabo ari urw’imbere

RADIOTV10

Comments 1

  1. Therese UWIRAGIYE says:
    3 years ago

    Kuri uyu wa Gatanu, Miss Jolly yifurije isabukuru nziza Prince Kid, agira ati…….
    Error made Miss jolly instead of Miss Elsa

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eighteen + 4 =

Previous Post

MTN-Rwanda yatangaje akayabo ka Miliyari yinjije muri 2022

Next Post

Hatangajwe amakuru arambuye ku musirikare wa Congo warashwe na RDF n’icyakurikiyeho

Related Posts

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

by radiotv10
29/05/2026
0

Everyone wants to be confident because confidence helps us take on challenges, pursue opportunities, and believe in our abilities. However,...

Next Post
Undi musirikare wa FARDC warasiwe ku butaka bw’u Rwanda hamenyekanye uko yabugezeho

Hatangajwe amakuru arambuye ku musirikare wa Congo warashwe na RDF n’icyakurikiyeho

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.