• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Imibare mishya iteye inkeke y’abahitanywe n’icyorezo cyibasiye impunzi z’Abanya-Sudani muri Tchad

radiotv10by radiotv10
27/08/2025
in AMAHANGA, IMIBEREHO
0
Imibare mishya iteye inkeke y’abahitanywe n’icyorezo cyibasiye impunzi z’Abanya-Sudani muri Tchad
Share on FacebookShare on Twitter

Minisiteri y’Ubuzima muri Tchad yatangaje ko nyuma yuko icyorezo cya Cholera kigeze mu nkambi y’Impunzi z’Abanya-Sudani iherereye mu Ntara ya Ouaddaï, iyi ndwara imaze guhitanwa abantu 63.

Uretse aba bahitanywe n’iki cyorezo, Minisiteri y’Ubuzima muri iki Gihugu cya Tchad, yatangaje ko abamaze kucyandura bageze kuri 938.

Impuguke n’imiryango mpuzamahanga irimo n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) bari batanze impuruza ko Cholera ikomeje kwibasira Sudani ishobora no kwambukiranya imipaka. Ibyo byabaye impamo muri Nyakanga ubwo icyorezo cyageraga mu nkambi z’impunzi ziri mu burasirazuba bwa Tchad.

Mu nkambi ya Dougui iherereye mu Burasirazuba bwa Tchad icumbikiye impunzi zigera ku bihumbi 20, habawa abantu bane bahasize ubuzima mu kwezi gushize.

Ubuyobozi bwa Tchad buvuga ko bugiye kongera imbaraga mu bikorwa by’isuku n’isukura mu nkambi no mu baturage b’ako karere, hagamijwe gukumira ikwirakwira rya kolera.

Tchad ni kimwe mu Bihugu bikomeje kuremererwa n’ingaruka z’intambara yo muri Sudani yatangiye mu kwezi kwa Mata 2023. Kugeza ubu, impunzi zirenga ibihumbi 800 z’Abanya-Sudani zimaze guhungira muri icyo gihugu.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

twelve − 6 =

Previous Post

Batswe amafaranga bizezwa inkunga none amaso yaheze mu kirere

Next Post

Ingabire Victoire yagarutse imbere y’Urukiko arugezeho icyifuzo

Related Posts

AFC/M23 yavuze umwanzuro yafashe nyuma yo kubona ko uruhande bahanganye rukomeje kwenyegeza imirwano

AFC/M23 iravuga ko igihe kigeze ngo igire icyo ikora kuko ibintu byafashe intera

by radiotv10
02/06/2026
0

Ubuyobozi bw’Ihuriro AFC/M23 buravuga ko ibibazo by’umutekano mu burasirazuba bwa DRC, byafashe intera, kandi ko igihe kigeze ngo abarwanyi baryo...

Amakuru yaramutse i Bukavu hagati ya M23 na Wazalendo

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

by radiotv10
02/06/2026
0

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, riravuga ko ritewe impungenge n’iyoherezwa ry’ingabo nyinshi n’intwaro za rutura...

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

by radiotv10
02/06/2026
0

Nyuma yuko Urukiko rwo muri Kenya ruhagaritse by'agateganyo ishyirwaho ry'ikigo kizajya gishyirwamo abakekwaho Ebola muri Kenya, urubyiruko rwo muri iki...

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

by radiotv10
02/06/2026
0

Abo mu muryango w’Umudepite uherutse gutorwa muri Uganda watawe muri yombi n’Igisirikare kimufatiye ku rugo rwa Anita Annet Among, wahoze...

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

by radiotv10
01/06/2026
0

General Mutayomba wo mu mutwe wa FDLR, byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano yahuye AFC/M23 n’uyu mutwe ufatanya na FARDC,...

Next Post
Ingabire Victoire yagarutse imbere y’Urukiko arugezeho icyifuzo

Ingabire Victoire yagarutse imbere y’Urukiko arugezeho icyifuzo

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

AFC/M23 iravuga ko igihe kigeze ngo igire icyo ikora kuko ibintu byafashe intera

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.