• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Iran itanze umuburo ku batekereza ko intambara izarangira vuba

radiotv10by radiotv10
09/03/2026
in AMAHANGA, POLITIKI, UMUTEKANO
0
Iran itanze umuburo ku batekereza ko intambara izarangira vuba
Share on FacebookShare on Twitter

Umuyobozi wo hejuru muri Iran yatangaje ko intambara iri hagati y’iki Gihugu na Israel na Leta Zunze Ubumwe za America yinjiye mu ‘gihe gishya’, atera utwatsi ibivugwa ko ishobora kurangira vuba kandi yerekana ko hashobora kubaho kwihimura ku bikorwa remezo by’ingufu mu karere kose.

Uyu muyobozi yabwiye CNN mu butumwa bwe ku Cyumweru ko nta cyizere cy’uko intambara izarangira vuba nubwo hari abavuga ko atari ko bimeze.

Ni nyuma yuko mu mpera z’icyumweru twaraye dusoje Israel igabye igitero cya rutura ku bubiko bw’ibikomoka kuri peteroli gikomeye muri Iran.

Uyu muyobozi yagize ati “Intambara yinjiye mu gihe gishya kandi igitero ku bubiko bwa peteroli na lisansi bya Iran kizakemurwa no kwihimura kuzakorwa ku karere.”

Uyu muyobozi yongeyeho ko Iran ishobora kwibasira ibikorwa remezo by’ingufu mu minsi iri imbere, agaragaza ko hashobora kubaho ihungabana rikomeye ry’ibigo bya Gaze n’ibikomoka kuri peteroli byo mu karere.

Uyu muyobozi yagize ati “Iran ntizareka kugenzura Strait of Hormuz kugeza igihe igeze ku musaruro yifuza.” Anakomoza ko ibi bikorea bishobora kwerekeza ku nzira ikomeye inyuzwamo ibikomoka kuri peteroli byinshi bicuruzwa ku isi.

Uyu muyobozi yavuze kandi ko iki Gihugu cya Iran, ari cyo gifite mu biganza byacyo kugenda igihe iyi ntambara izarangira. Iyi ntambara yinjiye mu cyumweru cyayo cya kabiri, yadutse nyuma yuko Israel na USA bagabye ibitero ku wa 28 Gashyantare 2026, byahitanye abo mu nzego zo hejuru muri Iran barimo uwari Umuyobozi w’Ikirenga wayo, n’abo mu nzego za gisirikare.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

17 − 4 =

Previous Post

UPDATE: Umuhanda uhuza Intara ebyiri mu Rwanda utari nyabagendwa wongeye gukoreshwa

Next Post

Abakinnyi 23 bahawe amakarita atukura kubera imirwano ikomeye yabaye mu mikino

Related Posts

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

by radiotv10
01/06/2026
0

General Mutayomba wo mu mutwe wa FDLR, byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano yahuye AFC/M23 n’uyu mutwe ufatanya na FARDC,...

Uko byagenze ngo abantu babone ko Konti ya Instagram ya ‘White House’ yinjiriwe

Uko byagenze ngo abantu babone ko Konti ya Instagram ya ‘White House’ yinjiriwe

by radiotv10
01/06/2026
0

Konti ya Instagram y’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe za America (White House) yakoreshwaga ku buyobozi bwa Barack Obama,...

America na Iran bongeye gukozanyaho bikomeye

America na Iran bongeye gukozanyaho bikomeye

by radiotv10
01/06/2026
0

Leta Zunze Ubumwe za America zatangaje ko zagabye ibitero ku birindiro by’Ingabo za Iran, mu gihe iki Gihugu na cyo...

America na Iran bongeye gutera intambwe igana ahatanga icyizere

America na Iran bongeye gutera intambwe igana ahatanga icyizere

by radiotv10
30/05/2026
0

Leta Zunze Ubumwe za America na Iran byageze ku bwumvikane bwo kongera igihe cy’agahenge kari hagati y’impande zombi ndetse no...

Abamaze kwandura icyorezo cya Ebola muri Congo bageze ku mubare ukabakaba igihumbi

Abamaze kwandura icyorezo cya Ebola muri Congo bageze ku mubare ukabakaba igihumbi

by radiotv10
29/05/2026
0

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, ryatangaje ko umubare w’abamaze kwandura Ebola muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bageze kuri...

Next Post
Abakinnyi 23 bahawe amakarita atukura kubera imirwano ikomeye yabaye mu mikino

Abakinnyi 23 bahawe amakarita atukura kubera imirwano ikomeye yabaye mu mikino

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.