Wednesday, August 6, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Itsinda ry’abantu 44 barimo abakinnyi 27 nibo APR FC izaba ifite muri Djibouti

radiotv10by radiotv10
08/09/2021
in SIPORO
0
Itsinda ry’abantu 44 barimo abakinnyi 27 nibo APR FC izaba ifite muri Djibouti
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa kane tariki ya 9 Nzeri 2021 nibwo ikipe ya APR FC izafata urugendo igana mu mujyi wa Djibouti wo mu murwa mukuru wa Djibouti aho bazahurira na Mogadishu City Club yo muri Somalia mu mukino ubanza w’ijonjora rya mbere ry’imikino Nyafurika ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane wa Afurika (TOTAL CAF Champions League). APR FC izaba ifite abakinnyi 27.

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane, nibwo ikipe y’ingabo z’igihugu iri bufate rutemikirere yerekeza mu gihugu cya Djibouti  aho iri bubanze kunyura i Addis Ababa muri Ethiopia, nyuma igafata urugendo rujya muri Djibouti.

Umukino wa APR FC ba Mogadishu City Club uzakinwa ku cyumweru tariki 12 Nzeri 2021 guhera saa cyenda z’igicamunsi ku musaha yo mu Rwanda (15h00’).

Ikipe ya Mogadishu City Club ntabwo izakinira mu gihugu cyayo (Djibouti) bigendanye n’impungenge z’umutekano mucye ukunze kuvugwa muri iki gihugu bityo CAF ikaba yarahinduye gahunda ifata uyu mukino iwujyana muri Djibouti.

Umukino wo kwishyura uzahuza aya makipe yombi uzakinwa ku cyumweru tariki 19 Nzeri 2021 kuri sitade ya Kigali guhera saa cyenda zuzuye (15h00’).

Abakinnyi 27 APR FC izitabaza muri Djibouti:

1.Hertier AHISHAKIYE

2.ISHIMWE J. Pierre

3.KENESI Armel

4.MUTABARUKA Alexendre

5.OMBOLENGA Fitina

6.NIYOMUGABO Claude

7.NDAYISHIMIYE Dieudonne

8.NGABONZIZA Gylain

9.RWABUHIHI Aime Placide

10.NSABIMANA Aimable

11.KARERA Hassan

12.BUREGEYA Prince

13.MUGISHA Bonheur

14.NSENGIYUMVA Ilshade Parfait

15.RUBONEKA Bosco

16.MANISHIMWE Djabel

17.NSANZIMFURA Keddy

18.ISHIMWE Annicet

19.ITANGISHAKA Blaise

20.NIZEYIMANA Djuma

21.MUGISHA Gilbert

22.KWITONDA Allain

23.TUYISENGE Jacques

24.MUGUNGA Yves

25.NSHUTI Innocent

26.BIZIMANA Yannick

27.NSHIMIYIMANA Yunusu

STAFF:

MOHAMMED ADIL ERRADI
NEFFATI JAMEL EDDINE
HAJI TAEB HASSAN
MUGABO ALEX
Maj. GUILLAUME RUTAYISIRE
Capt. ERNEST NAHAYO
Capt. TWAGIRAYEZU JACQUES
NSHIMIYIMANA STEVEN
HABUMUGISHA ERNEST

KOMITE:

Brg Gen BAYINGANA FIRMIN
MICHEL MASABO
MUPENZI ETO
KALISA GEORGINE
KABANDA TONNY
UWIHANGANYE HARDI

 

ABANYAMAKURU:

NKURUNZIZA EMMANUEL (RBA)

KALISA BRUNO TAIFA (RADIOTV10)

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seventeen − ten =

Previous Post

Vanessa Mdee na Rotimi baritegura kwibaruka

Next Post

10 SPORTS: Fernandes, Bacca na Sigurðsson baravutse…mu 2008 Federer yakoze agashya muri US OPEN..ibyaranze uyu munsi mu mateka

Related Posts

Rayon yishyuye Youssou Diagne wayishyuzaga miliyoni 2Frw imuha umunsi atagomba kurenza atagaruka

Rayon yishyuye Youssou Diagne wayishyuzaga miliyoni 2Frw imuha umunsi atagomba kurenza atagaruka

by radiotv10
05/08/2025
0

Ikipe ya Rayon Sports yamaze kwishyura myugariro wayo Youssou Diagne umwenda w'amadollari 1500 (miliyoni 2 Frw) yari imufitiye, inamuhamagaza mu...

Umutoza wa mbere usezeye shampiyona ya 2025-2026 itaranatangira yatanze umucyo ku cyabimuteye

Umutoza wa mbere usezeye shampiyona ya 2025-2026 itaranatangira yatanze umucyo ku cyabimuteye

by radiotv10
05/08/2025
1

Seninga Innocent wari uherutse gusubizwa mu nshingano n’ikipe ya Etincelles FC yari yarigeze gutoza ikaza kumuhagarika, yasezeye rugikubita, ashinja ubuyobozi...

Ubutumwa bwa FERWAFA kuri ‘Mama Mukura’ wari umukunzi wa ruhago witabye Imana bitunguranye

Ubutumwa bwa FERWAFA kuri ‘Mama Mukura’ wari umukunzi wa ruhago witabye Imana bitunguranye

by radiotv10
04/08/2025
0

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA, ryifurije iruhuko ridashira Mukanemeye Madeleine wari umukunzi w’umupira w’amaguru by’umwihariko w’Ikipe ya Mukura, witabye...

Uwakiniraga APR yazamuye impaka nyuma yo kuvuga uko abona umukino uzayihuza na Rayon uzagenda

Uwakiniraga APR yazamuye impaka nyuma yo kuvuga uko abona umukino uzayihuza na Rayon uzagenda

by radiotv10
04/08/2025
0

Nyuma yo kuva muri APR FC agasinyira Police FC muri iyi mpeshyi, Alain Kwitonda bita Bacca, yahamije ko Rayon Sports...

Police FC igiye kwipima na APR FC iyisimbuje Rayon Sports

Police FC igiye kwipima na APR FC iyisimbuje Rayon Sports

by radiotv10
02/08/2025
0

Ikipe ya Polisi y’u Rwanda Police FC yatumije iy’Ingabo z’u Rwanda APR FC gukina umukino wa gicuti nyuma y’aho yifuje...

IZIHERUKA

BREAKING: RDF yavuze kuri dosiye iregwamo abantu 22 barimo Abofisiye babiri n’abanyamakuru bafunzwe
MU RWANDA

BREAKING: RDF yavuze kuri dosiye iregwamo abantu 22 barimo Abofisiye babiri n’abanyamakuru bafunzwe

by radiotv10
05/08/2025
0

Rayon yishyuye Youssou Diagne wayishyuzaga miliyoni 2Frw imuha umunsi atagomba kurenza atagaruka

Rayon yishyuye Youssou Diagne wayishyuzaga miliyoni 2Frw imuha umunsi atagomba kurenza atagaruka

05/08/2025
Eng.-Millions of refugees, including those from DRC expected to flee to Uganda

Eng.-Millions of refugees, including those from DRC expected to flee to Uganda

05/08/2025
Umutoza wa mbere usezeye shampiyona ya 2025-2026 itaranatangira yatanze umucyo ku cyabimuteye

Umutoza wa mbere usezeye shampiyona ya 2025-2026 itaranatangira yatanze umucyo ku cyabimuteye

05/08/2025
Ubutumwa bw’umwe mu bayobozi muri Kivu ya Ruguru buvuga kuri Gen.Sultani Makenga wa M23

Ubutumwa bw’umwe mu bayobozi muri Kivu ya Ruguru buvuga kuri Gen.Sultani Makenga wa M23

05/08/2025
Hatangajwe umubare w’impunzi zibarirwa mu mamiliyoni zishobora kwerecyeza muri Uganda zirimo izizava muri DRCongo

Hatangajwe umubare w’impunzi zibarirwa mu mamiliyoni zishobora kwerecyeza muri Uganda zirimo izizava muri DRCongo

05/08/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
10 SPORTS: Fernandes, Bacca na Sigurðsson baravutse…mu 2008 Federer yakoze agashya muri US OPEN..ibyaranze uyu munsi mu mateka

10 SPORTS: Fernandes, Bacca na Sigurðsson baravutse…mu 2008 Federer yakoze agashya muri US OPEN..ibyaranze uyu munsi mu mateka

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

BREAKING: RDF yavuze kuri dosiye iregwamo abantu 22 barimo Abofisiye babiri n’abanyamakuru bafunzwe

Rayon yishyuye Youssou Diagne wayishyuzaga miliyoni 2Frw imuha umunsi atagomba kurenza atagaruka

Eng.-Millions of refugees, including those from DRC expected to flee to Uganda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.