Wednesday, January 14, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Itsinda ry’abantu 44 barimo abakinnyi 27 nibo APR FC izaba ifite muri Djibouti

radiotv10by radiotv10
08/09/2021
in SIPORO
0
Itsinda ry’abantu 44 barimo abakinnyi 27 nibo APR FC izaba ifite muri Djibouti
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa kane tariki ya 9 Nzeri 2021 nibwo ikipe ya APR FC izafata urugendo igana mu mujyi wa Djibouti wo mu murwa mukuru wa Djibouti aho bazahurira na Mogadishu City Club yo muri Somalia mu mukino ubanza w’ijonjora rya mbere ry’imikino Nyafurika ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane wa Afurika (TOTAL CAF Champions League). APR FC izaba ifite abakinnyi 27.

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane, nibwo ikipe y’ingabo z’igihugu iri bufate rutemikirere yerekeza mu gihugu cya Djibouti  aho iri bubanze kunyura i Addis Ababa muri Ethiopia, nyuma igafata urugendo rujya muri Djibouti.

Umukino wa APR FC ba Mogadishu City Club uzakinwa ku cyumweru tariki 12 Nzeri 2021 guhera saa cyenda z’igicamunsi ku musaha yo mu Rwanda (15h00’).

Ikipe ya Mogadishu City Club ntabwo izakinira mu gihugu cyayo (Djibouti) bigendanye n’impungenge z’umutekano mucye ukunze kuvugwa muri iki gihugu bityo CAF ikaba yarahinduye gahunda ifata uyu mukino iwujyana muri Djibouti.

Umukino wo kwishyura uzahuza aya makipe yombi uzakinwa ku cyumweru tariki 19 Nzeri 2021 kuri sitade ya Kigali guhera saa cyenda zuzuye (15h00’).

Abakinnyi 27 APR FC izitabaza muri Djibouti:

1.Hertier AHISHAKIYE

2.ISHIMWE J. Pierre

3.KENESI Armel

4.MUTABARUKA Alexendre

5.OMBOLENGA Fitina

6.NIYOMUGABO Claude

7.NDAYISHIMIYE Dieudonne

8.NGABONZIZA Gylain

9.RWABUHIHI Aime Placide

10.NSABIMANA Aimable

11.KARERA Hassan

12.BUREGEYA Prince

13.MUGISHA Bonheur

14.NSENGIYUMVA Ilshade Parfait

15.RUBONEKA Bosco

16.MANISHIMWE Djabel

17.NSANZIMFURA Keddy

18.ISHIMWE Annicet

19.ITANGISHAKA Blaise

20.NIZEYIMANA Djuma

21.MUGISHA Gilbert

22.KWITONDA Allain

23.TUYISENGE Jacques

24.MUGUNGA Yves

25.NSHUTI Innocent

26.BIZIMANA Yannick

27.NSHIMIYIMANA Yunusu

STAFF:

MOHAMMED ADIL ERRADI
NEFFATI JAMEL EDDINE
HAJI TAEB HASSAN
MUGABO ALEX
Maj. GUILLAUME RUTAYISIRE
Capt. ERNEST NAHAYO
Capt. TWAGIRAYEZU JACQUES
NSHIMIYIMANA STEVEN
HABUMUGISHA ERNEST

KOMITE:

Brg Gen BAYINGANA FIRMIN
MICHEL MASABO
MUPENZI ETO
KALISA GEORGINE
KABANDA TONNY
UWIHANGANYE HARDI

 

ABANYAMAKURU:

NKURUNZIZA EMMANUEL (RBA)

KALISA BRUNO TAIFA (RADIOTV10)

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seventeen + two =

Previous Post

Vanessa Mdee na Rotimi baritegura kwibaruka

Next Post

10 SPORTS: Fernandes, Bacca na Sigurðsson baravutse…mu 2008 Federer yakoze agashya muri US OPEN..ibyaranze uyu munsi mu mateka

Related Posts

APR yihanganishije Rayon ku byago yagize byashenguye Aba-Rayon benshi

APR yihanganishije Rayon ku byago yagize byashenguye Aba-Rayon benshi

by radiotv10
14/01/2026
0

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwihanganishije ikipe ya Rayon Sports ku bw’ibyago yagize byo gupfusha uwari umuganga w’iyi kipe Dr....

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe

by radiotv10
14/01/2026
0

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Adel Amrouche wari umutoza Mukuru w'Ikipe y'Igihugu Amavubi, yirukanywe nyuma yo gukorerwa...

Rayon yagize ibyago ipfusha uwari umaze igihe kinini ayikorera

Rayon yagize ibyago ipfusha uwari umaze igihe kinini ayikorera

by radiotv10
14/01/2026
0

Dr. Charles Mugemana wari umaze imyaka irenga 30 ari umuganga w’ikipe ya Rayon Sports, yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye...

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

by radiotv10
12/01/2026
0

Ubuyobozi bw'Ikipe y'Amgaju FC, bwirukanye abatoza bose bayitozaga, ibashinja umusaruro mubi, harimo no kuba banyagiwe ibitego 8-0 na Al Hilal,...

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

by radiotv10
12/01/2026
0

Munyakazi Sadate wigeze kuba Perezida wa Rayon Sports, yavuze ko ubwo iyi kipe yatsindwaga na mucyeba wayo ibitego 4-1 ku...

IZIHERUKA

Amakuru agezweho ku Bajenerali b’igisirikare cya Congo bafunze barimo uwahoze ari Umugaba Mukuru
AMAHANGA

Amakuru agezweho ku Bajenerali b’igisirikare cya Congo bafunze barimo uwahoze ari Umugaba Mukuru

by radiotv10
14/01/2026
0

Umukinnyi wa filimi uzwi mu Rwanda ‘Ndimbati’ ari mu gahinda

Umukinnyi wa filimi uzwi mu Rwanda ‘Ndimbati’ ari mu gahinda

14/01/2026
Inzozi z’umugabo w’imyaka 42 ukiri ku ntebe y’ishuri wiga mu yisumbuye mu Rwanda

Inzozi z’umugabo w’imyaka 42 ukiri ku ntebe y’ishuri wiga mu yisumbuye mu Rwanda

14/01/2026
Uko byagenze ngo umugabo afatire umugore we aryamanye n’undi muri Logde i Kigali n’icyo yari yamubeshye

Uko byagenze ngo umugabo afatire umugore we aryamanye n’undi muri Logde i Kigali n’icyo yari yamubeshye

14/01/2026
Iby’ingenzi byavugiwe mu rubanza rwa DJ Toxxyk ukurikiranyweho ibirimo kugonga Umupolisi agapfa

Iby’ingenzi byavugiwe mu rubanza rwa DJ Toxxyk ukurikiranyweho ibirimo kugonga Umupolisi agapfa

14/01/2026
Inkuru iryoshye y’ubutembere bw’Abambasaderi babiri b’u Rwanda i Burayi baherutse kugira

Inkuru iryoshye y’ubutembere bw’Abambasaderi babiri b’u Rwanda i Burayi baherutse kugira

14/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
10 SPORTS: Fernandes, Bacca na Sigurðsson baravutse…mu 2008 Federer yakoze agashya muri US OPEN..ibyaranze uyu munsi mu mateka

10 SPORTS: Fernandes, Bacca na Sigurðsson baravutse…mu 2008 Federer yakoze agashya muri US OPEN..ibyaranze uyu munsi mu mateka

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amakuru agezweho ku Bajenerali b’igisirikare cya Congo bafunze barimo uwahoze ari Umugaba Mukuru

Umukinnyi wa filimi uzwi mu Rwanda ‘Ndimbati’ ari mu gahinda

Inzozi z’umugabo w’imyaka 42 ukiri ku ntebe y’ishuri wiga mu yisumbuye mu Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.