Sunday, November 9, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Itsinda ry’abantu 44 barimo abakinnyi 27 nibo APR FC izaba ifite muri Djibouti

radiotv10by radiotv10
08/09/2021
in SIPORO
0
Itsinda ry’abantu 44 barimo abakinnyi 27 nibo APR FC izaba ifite muri Djibouti
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa kane tariki ya 9 Nzeri 2021 nibwo ikipe ya APR FC izafata urugendo igana mu mujyi wa Djibouti wo mu murwa mukuru wa Djibouti aho bazahurira na Mogadishu City Club yo muri Somalia mu mukino ubanza w’ijonjora rya mbere ry’imikino Nyafurika ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane wa Afurika (TOTAL CAF Champions League). APR FC izaba ifite abakinnyi 27.

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane, nibwo ikipe y’ingabo z’igihugu iri bufate rutemikirere yerekeza mu gihugu cya Djibouti  aho iri bubanze kunyura i Addis Ababa muri Ethiopia, nyuma igafata urugendo rujya muri Djibouti.

Umukino wa APR FC ba Mogadishu City Club uzakinwa ku cyumweru tariki 12 Nzeri 2021 guhera saa cyenda z’igicamunsi ku musaha yo mu Rwanda (15h00’).

Ikipe ya Mogadishu City Club ntabwo izakinira mu gihugu cyayo (Djibouti) bigendanye n’impungenge z’umutekano mucye ukunze kuvugwa muri iki gihugu bityo CAF ikaba yarahinduye gahunda ifata uyu mukino iwujyana muri Djibouti.

Umukino wo kwishyura uzahuza aya makipe yombi uzakinwa ku cyumweru tariki 19 Nzeri 2021 kuri sitade ya Kigali guhera saa cyenda zuzuye (15h00’).

Abakinnyi 27 APR FC izitabaza muri Djibouti:

1.Hertier AHISHAKIYE

2.ISHIMWE J. Pierre

3.KENESI Armel

4.MUTABARUKA Alexendre

5.OMBOLENGA Fitina

6.NIYOMUGABO Claude

7.NDAYISHIMIYE Dieudonne

8.NGABONZIZA Gylain

9.RWABUHIHI Aime Placide

10.NSABIMANA Aimable

11.KARERA Hassan

12.BUREGEYA Prince

13.MUGISHA Bonheur

14.NSENGIYUMVA Ilshade Parfait

15.RUBONEKA Bosco

16.MANISHIMWE Djabel

17.NSANZIMFURA Keddy

18.ISHIMWE Annicet

19.ITANGISHAKA Blaise

20.NIZEYIMANA Djuma

21.MUGISHA Gilbert

22.KWITONDA Allain

23.TUYISENGE Jacques

24.MUGUNGA Yves

25.NSHUTI Innocent

26.BIZIMANA Yannick

27.NSHIMIYIMANA Yunusu

STAFF:

MOHAMMED ADIL ERRADI
NEFFATI JAMEL EDDINE
HAJI TAEB HASSAN
MUGABO ALEX
Maj. GUILLAUME RUTAYISIRE
Capt. ERNEST NAHAYO
Capt. TWAGIRAYEZU JACQUES
NSHIMIYIMANA STEVEN
HABUMUGISHA ERNEST

KOMITE:

Brg Gen BAYINGANA FIRMIN
MICHEL MASABO
MUPENZI ETO
KALISA GEORGINE
KABANDA TONNY
UWIHANGANYE HARDI

 

ABANYAMAKURU:

NKURUNZIZA EMMANUEL (RBA)

KALISA BRUNO TAIFA (RADIOTV10)

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eleven − eight =

Previous Post

Vanessa Mdee na Rotimi baritegura kwibaruka

Next Post

10 SPORTS: Fernandes, Bacca na Sigurðsson baravutse…mu 2008 Federer yakoze agashya muri US OPEN..ibyaranze uyu munsi mu mateka

Related Posts

Harumvikana kutishimira ahimuriwe imikino ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

Harumvikana kutishimira ahimuriwe imikino ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

by radiotv10
07/11/2025
0

Shampiyona ya volleyball irakomeza ku munsi wayo wa kane, imikino ibera muri Gymnase nshya iri muri Sainte Famille mu mujyi...

Umunyamakuru wa siporo uzwi mu Rwanda wasezeye igitangazamakuru yakoreraga hamenyakenye aho yerecyeje

Umunyamakuru wa siporo uzwi mu Rwanda wasezeye igitangazamakuru yakoreraga hamenyakenye aho yerecyeje

by radiotv10
07/11/2025
0

Umunyamakuru Isaac Rabbin Imani uzwi mu biganiro bya siporo mu Rwanda, wamaze gusezera igitangazamakuru yakoreraga yari amazeho imyaka ine, hamenyekanye...

Ibitunguranye ku mukino w’ishiraniro uzahuza APR na Rayon utegerejwe na benshi

Ibitunguranye ku mukino w’ishiraniro uzahuza APR na Rayon utegerejwe na benshi

by radiotv10
06/11/2025
0

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryagennye umusifuzi ukiri muto utaranasifura imikino myinshi, kuzayobora umukino wa Derby y’u Rwanda, uzahuza...

Umusifuzi watumye abakunzi ba APR bavana agahinda i Rubavu yafatiwe icyemezo

Umusifuzi watumye abakunzi ba APR bavana agahinda i Rubavu yafatiwe icyemezo

by radiotv10
06/11/2025
0

Umusifuzi Karangwa Justin wanze igitego APR FC yari yatsinze Rutsiro FC mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa Shampiyona, avuga ko...

Uwatoje APR yagarutse mu Rwanda azanye na Al Merreikh yo muri Sudan yasesekaye i Kigali

Uwatoje APR yagarutse mu Rwanda azanye na Al Merreikh yo muri Sudan yasesekaye i Kigali

by radiotv10
06/11/2025
0

Ikipe ya El Merreikh yo muri Sudan iri kumwe n’umutoza wayo Darko Novic watozaga APR FC umwaka w'imikino ushize, yageze...

IZIHERUKA

Ibisobanuro by’umwarimukazi wafashwe yahishe akadishi kuzuye umuceri utetse wari uw’abanyeshuri
MU RWANDA

Ibisobanuro by’umwarimukazi wafashwe yahishe akadishi kuzuye umuceri utetse wari uw’abanyeshuri

by radiotv10
08/11/2025
0

Rusizi: Umusaza w’imyaka 70 yapfuye yiyahuye nyuma yo kwandikirwa ibaruwa imusaba kureka ubushurashuzi

Rusizi: Umusaza w’imyaka 70 yapfuye yiyahuye nyuma yo kwandikirwa ibaruwa imusaba kureka ubushurashuzi

08/11/2025
Urujijo n’impungenge nyuma y’umwaka bemerewe ingurane z’imitungo yabo yangijwe n’igikorwa cy’amajyambere

Urujijo n’impungenge nyuma y’umwaka bemerewe ingurane z’imitungo yabo yangijwe n’igikorwa cy’amajyambere

08/11/2025
Five lifestyle habits every young woman in Kigali should adopt for 2026

Five lifestyle habits every young woman in Kigali should adopt for 2026

08/11/2025
Umuyobozi wa Polisi yahishuye ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamutelefonnye saa cyenda z’ijoro n’ubutumwa yakuyemo

Umuyobozi wa Polisi yahishuye ikiganiro yagiranye n’umunyonzi wamutelefonnye saa cyenda z’ijoro n’ubutumwa yakuyemo

07/11/2025
Harumvikana kutishimira ahimuriwe imikino ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

Harumvikana kutishimira ahimuriwe imikino ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

07/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
10 SPORTS: Fernandes, Bacca na Sigurðsson baravutse…mu 2008 Federer yakoze agashya muri US OPEN..ibyaranze uyu munsi mu mateka

10 SPORTS: Fernandes, Bacca na Sigurðsson baravutse…mu 2008 Federer yakoze agashya muri US OPEN..ibyaranze uyu munsi mu mateka

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ibisobanuro by’umwarimukazi wafashwe yahishe akadishi kuzuye umuceri utetse wari uw’abanyeshuri

Rusizi: Umusaza w’imyaka 70 yapfuye yiyahuye nyuma yo kwandikirwa ibaruwa imusaba kureka ubushurashuzi

Urujijo n’impungenge nyuma y’umwaka bemerewe ingurane z’imitungo yabo yangijwe n’igikorwa cy’amajyambere

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.