Sunday, January 11, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA IMIBEREHO MYIZA

Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

radiotv10by radiotv10
12/07/2025
in IMIBEREHO MYIZA, MU RWANDA
0
Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika
Share on FacebookShare on Twitter

Bamwe mu bo mu Murenge wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza, bavuga ko bizejwe n’umushoramari amasezerano yo guhinga urusenda mu bihe bitandukanye, anabanza kubagurira bagira ngo bagiye gukira, none ubu urwo bahinze rwumiye mu mirima, urundi ruri kwangirikira ku mbuga.

Aba baturage bo mu Kagari ka Kinzovu mu Murenge wa Kabarondo, biganjemo abo mu Gihuke, bavuga ko babwiwe guhinga urusenda na Dancile Mukandayisenga, umuguzi w’urusenda muri aka gace.

Bavuga ko bamwe muri yabafashije kubona umurama w’urusenda, ariko ntiyongeye kubagurira umusaruro.

Munyaneza Eric yagize ati “Yaje atubwira ko ahagarariye Ikigo kiri hariya i Nyamirama, Koperative y’urusenda mbaha umurima ndahinga, ariko ubu nagiye ndwihera abantu ku buntu nashyizemo imiti ariko nta n’inoti y’Igihumbi nasaruye.”

Undi witwa Anitha Niyoyita na we yagize ati “Bigeze ngo rurera (urusenda) wa wundi waruduhaye ntitwamenye uko byamugendekeye. Aha nasaruraga umufuka w’ibishyimbo none nahinzemo ibi ngibi. Uru rusenda ntacyo rumariye ubu ngubu.”

Dancille Mukandayisenga, utungwa agatoki n’aba bahinzi b’urusenda, avuga ko umusaruro yabanje kugurira aba baturage, wagize ikibazo kubera kurutwara ari rubisi.

Yagize ati “Umusaruro wa mbere twarawufashe mubisi ariko urusenda ruza kugiramo ikibazo cy’uburwayi cya Tarakinoze bawuzana nka 3/4 byose bikaba birarwaye.”

Akomeza agira ati “Noneho turababwira bongere bawanike bazawujonjore kuko twongeye kubakata ntabwo bayishimira bavuga ko turi kubiba, noneho bajonjoremo bya bindi bipfuye bazane umusaruro muzima tubagurire ku Kilo 1 700 urwumye, ni ko twavuganye.”

Amakuru avuga ko nyuma yuko umunyamakuru avugishije uyu mushoramari n’aba baturage, yahise ahamagara bamwe mu bahinzi abasaba kujinjora umusaruro wabo ubundi akawubagurira.

uga

Munyaneza Eric avuga ko uyu mushoramari yabatengushye
Anitha Niyoyita yavuze ko na we bitamushimishije
Bavuga ko hari n’urusenda rwumiye mu murima

Youssuf UBONABAGENDA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

15 − 14 =

Previous Post

LIBERATION vs INDEPENDENCE:

Next Post

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

Related Posts

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

by radiotv10
10/01/2026
0

Many people struggle with money not because they earn too little, but because they confuse needs with wants. Understanding the...

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

by radiotv10
10/01/2026
0

Bamwe mu bakecuru batishoboye bo mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye, bibumbiye mu itsinda ryo kwikura mu bukene,...

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

by radiotv10
09/01/2026
0

Road safety remains a major public concern in Rwanda, especially as the number of vehicles continues to increase. In response...

VIDEO: Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagaragaye anyonga igare ry’abanyonzi

VIDEO: Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagaragaye anyonga igare ry’abanyonzi

by radiotv10
09/01/2026
0

Abatwara amagare na bo bari mu barebwa n’ubukangurambaga bugamije kurwanya impanuka zo mu muhanda. Ni ubutumwa abantu bakwiye gukura mu...

Inkuru mbi yatashye mu miryango y’abagabo babiri baguwe gitumo nyuma yo kwiba amatungo

Inkuru mbi yatashye mu miryango y’abagabo babiri baguwe gitumo nyuma yo kwiba amatungo

by radiotv10
09/01/2026
0

Ubushyamirane bwabaye hagati y’abakekwaho kwiba ihene, n’abari bazibwe mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza, bwaguyemo babiri bakekwagaho kuba...

IZIHERUKA

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life
IMIBEREHO MYIZA

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

by radiotv10
10/01/2026
0

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

10/01/2026
Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

10/01/2026
Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

09/01/2026
Eng.-AFC/M23 decides to withdraw from Uvira City after holding it for a few days

Eng.-AFC/M23 Reportedly Reinforcing Its Presence in a Certain Area

09/01/2026
Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

09/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.