Saturday, November 15, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Kicukiro: Mu murenge wa Kanombe batangije ubukangurambaga bwo gutanga ubwisungane mu kwivuza

radiotv10by radiotv10
21/06/2021
in MU RWANDA
0
Kicukiro: Mu murenge wa Kanombe batangije ubukangurambaga bwo gutanga ubwisungane mu kwivuza
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa gatandatu mu murenge wa Kanombe mu Kagali ka Karama mu karere ka Kicukiro hatangijwe ubukangurambaga bwo gushishikariza abaturage kwishyura ubwisungane mu kwivuza (mutuelle de Sante)

Ni mugihe hari gusozwa ndetse hanitegurwa gutangira umwaka mushya w’ubwisungane mu kwivuza (mutuelle de sante) aho abaturage bose basabwa guhagurukira iki gikorwa.

Ni igikorwa cyitabiriwe n’abayobozi batandukanye barimo umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Kanombe, ubuyobozi bw’akarere ka Kicukiro, umuyobozi w’akagali ka Karama n’abandi bayobozi batandukanye mu nzego z’umurenge.

Uwera Anna umuyobozi w’akagali ka Karama igikorwa cyabereyemo yibukije abaturage ko ariwo musingi w’iterambere kandi ko udafite ubuzima bwiza nta terambere igihugu cyageraho ariyo mpamvu bakangurirwa kwishyura ubwisungane mu kwivuza.

Ushinzwe ubukangurambaga bwa mutual de sante mu karere ka kicukiro madam Mukamana Marie Claire yakakanguriye abaturage gufata iya mbere mu kwiyishyurira ubwisungane cyane ko hari abamaze kubigira umuco wo gutegereza ko ubuyobozi bubishyurira.

Yagize ati: “Nta wundi muntu uzishingira ubuzima bwawe, ubuzima bwawe buri mu biganza byawe ukwiye gufata iya mbere utekereza uko wiyishyurira ubwisungane mu kwivuza nubwo hari abafashwa na leta bitewe n’ubushobozi buke kandi bigaragara” .Image

Abaturage bo mu kagari ka Karama batangiye gahunda y’ubukangurambaga bwo gutanga ubwisungane mu kwivuza

 

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Kanombe Mapambano Festus Yasabye ko by’umwihariko abayobozi b’imidugudu naba mutwarasibo kumenya amakuru y’abo bayobora cyane ku makuru arebana no kwishyura ubwisungane mu kwivuza.

Yabasabye kumenya abaturage babo n’ ibibazo bafite.

Yagize ati: “Nkuko mumenya amazina y’abo muyobora mugomba no kunenya niba bishyuye ubwisungabe mu kwivuza cyangwa hari ubundi basanzwe bakoresha, kumenya abaturage bawe ibyo bizadufasha mu gukomeza kurinda umutekano wacu” .

Ni ubukangurambaga buzamara icyumweru Guhera kuri uyu wa 20 – 27 kamena 2021.

uri uyu munsi hishyuye imiryango 21 zigizwe n’abantu 89 bishyuye amafaranga ibihimbi magana abiri na mirongo itandatu na bitandatu (266,000FRW) bihaye intego ko ukwezi kwa nyakanga kuzarangira a atuye akagali ka Karama bishyuye ku kigero cya 100%.

Image

Image

Abaturage basobanuriwe ibyiza byo gutanga ubwisungane mun kwivuza hakiri kare

INKURU YANDITSWE NA: Denise MBABAZI MPAMBARA/Radio &TV10 Rwanda

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eighteen − twelve =

Previous Post

Ikipe z’u Rwanda muri Beach Volleyball zerekeje muri Maroc gushaka itike y’imikino Olempike

Next Post

Muvandimwe Jean Marie Vianney “Kurzawa” yateye ivi yambika impeta umukunzi we

Related Posts

Rusizi: Ubuyobozi ntibwumva kimwe n’abahinzi b’umuceri ikibazo cyabateye kwiheba

Hatangajwe umuti uri kuvugutirwa ikibazo gikunze gutuma bamwe mu bahinzi barira ayo kwarika

by radiotv10
15/11/2025
0

Hashize igihe bamwe mu bahinzi b’umuceri bagaragaza ko babangamiwe no kuba beza ariko umusaruro wabo ukabura isoko, mu gihe Minisiteri...

Umushoramari Eugene Nyagahene nyiri Tele 10 unafite Hoteli ikomeye i Karongi agiye kuhakorera undi mushinga

Umushoramari Eugene Nyagahene nyiri Tele 10 unafite Hoteli ikomeye i Karongi agiye kuhakorera undi mushinga

by radiotv10
14/11/2025
0

Umushoramari Eugene Nyagahene washinze Sosiyete y'ubucuruzi ya Tele 10 Group, usanzwe anafite Hoteli y’inyenyeri eshanu mu Karere ka Karongi, yatangaje...

Eng.-Eugene Nyagahene, Owner of a Five-Star Hotel in Karongi, plans to build 100 apartments

Eng.-Eugene Nyagahene, Owner of a Five-Star Hotel in Karongi, plans to build 100 apartments

by radiotv10
14/11/2025
0

Investor Eugene Nyagahene, founder of Tele 10 Group and owner of a five-star hotel in Karongi District, has announced a...

Hatanzwe umucyo ku cyateye ibura ry’amashanyarazi ryageze hafi mu Rwanda hose

Hategujwe ibura ry’umuriro w’amashanyarazi mu bice by’Uturere dutatu mu Rwanda

by radiotv10
14/11/2025
0

Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe Ingufu REG, yateguje ibura ry’umuriro w’amashanyarazi mu bice bimwe byo mu Turere twa Nyarugenge, Nyamasheke na...

Ab’i Nyanza nyuma yo kunguka igikorwa remezo kibahuza na Bugesera-Kigali baratanga ikindi cyifuzo

Ab’i Nyanza nyuma yo kunguka igikorwa remezo kibahuza na Bugesera-Kigali baratanga ikindi cyifuzo

by radiotv10
14/11/2025
0

Abakoresha Gare ya Nyanza barasaba ko yakongerwa cyangwa igasanwa, kuko yabaye nto cyane ugereranyije n’umubare w’ibinyabiziga n’abagenzi biyongereye muri iyi...

IZIHERUKA

Rusizi: Ubuyobozi ntibwumva kimwe n’abahinzi b’umuceri ikibazo cyabateye kwiheba
IMIBEREHO MYIZA

Hatangajwe umuti uri kuvugutirwa ikibazo gikunze gutuma bamwe mu bahinzi barira ayo kwarika

by radiotv10
15/11/2025
0

Umushoramari Eugene Nyagahene nyiri Tele 10 unafite Hoteli ikomeye i Karongi agiye kuhakorera undi mushinga

Umushoramari Eugene Nyagahene nyiri Tele 10 unafite Hoteli ikomeye i Karongi agiye kuhakorera undi mushinga

14/11/2025
Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

14/11/2025
Eng.-Eugene Nyagahene, Owner of a Five-Star Hotel in Karongi, plans to build 100 apartments

Eng.-Eugene Nyagahene, Owner of a Five-Star Hotel in Karongi, plans to build 100 apartments

14/11/2025
Hatanzwe umucyo ku cyateye ibura ry’amashanyarazi ryageze hafi mu Rwanda hose

Hategujwe ibura ry’umuriro w’amashanyarazi mu bice by’Uturere dutatu mu Rwanda

14/11/2025
Ab’i Nyanza nyuma yo kunguka igikorwa remezo kibahuza na Bugesera-Kigali baratanga ikindi cyifuzo

Ab’i Nyanza nyuma yo kunguka igikorwa remezo kibahuza na Bugesera-Kigali baratanga ikindi cyifuzo

14/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Muvandimwe Jean Marie Vianney “Kurzawa” yateye ivi yambika impeta umukunzi we

Muvandimwe Jean Marie Vianney “Kurzawa” yateye ivi yambika impeta umukunzi we

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Hatangajwe umuti uri kuvugutirwa ikibazo gikunze gutuma bamwe mu bahinzi barira ayo kwarika

Umushoramari Eugene Nyagahene nyiri Tele 10 unafite Hoteli ikomeye i Karongi agiye kuhakorera undi mushinga

Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.