• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Kizigenza wa Gospel Nyarwanda uyu munsi ntarara ku butaka bw’u Rwanda

radiotv10by radiotv10
05/06/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Kizigenza wa Gospel Nyarwanda uyu munsi ntarara ku butaka bw’u Rwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Israel Mbonyi umaze kubaka izina mu Rwanda mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, arerecyeza ku Mugabane w’u Burayi, aho agiye gutaramira Abanyarwanda babayo ndetse n’abandi bakunda ibihangano bye.

Uyu muhanzi ufata rutemikirere ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 05 Kamena, yerekeje i Burayi gukorayo ibitaramo.

Arerecyeza mu Gihugu cy’u Bubiligi, ari na ho azakorera igitaramo cya mbere ku Cyumweru tariki 11 Kamena 2023.

Azakomereza ibitaramo bye mu bindi Bihugu by’i Burayi, nk’u Bufaransa na Sweeden, hari mu Bihugu bibarizwamo Abanyarwanda benshi.

Yagize ati “Kuri uyu mugoroba ndajya mu Bubiligi, igitaramo cya mbere ni ku cyumweru ariko nzajya no mu bindi Bihugu birimo u Bufaransa no muri Suede.”

Avuga ko ajyanye n’itsinda ry’abantu batadantu basanzwe bamufasha mu bikorwa bye byo kuririmba.

Israel Mbonyi agiye kwerecyeza i Burayi, mu gihe mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere yashyize hanze indirimbo ye nshya yise ‘Nkumusirikare’ yanitiriye album ye.

Esther Fifi UWIZERA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

8 + 20 =

Previous Post

Umunyarwandakazi uyobora RwandAir yanditse amateka ku Isi

Next Post

U Rwanda rwegukanye Igikombe cy’Isi cyihariye rutsinze Brazil

Related Posts

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

by radiotv10
02/06/2026
0

Mu rubanza ruregwamo umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano, Ubushinjacyaha bwagaragaje impamvu zikomeye bumusabira gufungwa by’agateganyo, zirimo urumogi ruri ku...

Umuhanzikazi France Mpundu nyuma yo kwambikwa impeta yahishuye ko agiye kwibaruka imfura

Umuhanzikazi France Mpundu nyuma yo kwambikwa impeta yahishuye ko agiye kwibaruka imfura

by radiotv10
02/06/2026
0

Umuhanzikazi France Mpundu uherutse kwambikwa impeta n’umusore wo muri Niger, Moctar bahuriye mu kiganiro ‘The Secret Story’ cyamamaye, yatangaje ko...

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Next Post
U Rwanda rwegukanye Igikombe cy’Isi cyihariye rutsinze Brazil

U Rwanda rwegukanye Igikombe cy’Isi cyihariye rutsinze Brazil

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.