Tuesday, July 1, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Kuri iki cyumweru abanyeshuri 23 ba UGHE bazahabwa impamyabumenyi mu bya Science for Global Health Delivery (MGHD)

radiotv10by radiotv10
21/08/2021
in MU RWANDA
0
Kuri iki cyumweru abanyeshuri 23 ba UGHE bazahabwa impamyabumenyi mu bya Science for Global Health Delivery (MGHD)
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri iki Cyumweru tariki 21 Kanama 2021 muri  Kaminuza Mpuzamahanga y’Ubuvuzi hazabera igikorwa cyo gutanga impamyabumenyi z’ikirenga , Master’s in Science for Global Health Delivery (MGHD). Abanyeshuri 23 bavuye mu bihugu bitandukanye bya Afurika birimo n’u Rwanda nibo bazazihabwa.

Abanyeshuri bava mu bihugu; Rwanda, Nigeria, Pakistan, Kenya, Malawi, Democratic Republic of Congo, Zimbabwe, Sierra Leone, Uganda, Burundi, Ethiopia na Liberia nibo bazahabwa izi mpamyabumenyi.

Agaruka kuri aba banyeshuri bazahabwa izi mpamyabumenyi, Prof.Agnes Binagwaho Vice- Chancellor wa University of Global Health Equity yavuze ko nk’ubuyobozi bukuru bishimiye kuba aba banyeshuri basohoje ubutumwa bwo kubumbatira ubumenyi n’ubuhanga mu kwita ku buzima bityo bizafasha cyane mu kuzamura urwego rwo kubungabunga ubuzima bw’abatuye Afurika.

“Umugabane wa Afurika n’isi muri rusange bikeneye abahanga nk’aba cyane ko n’ibihe turimo bya COVID-19 , imihindagurikire y’ibihe , ibyorezo n’ibiza n’ibindi byose bigira ingaruka ku buzima kuko akenshi  nibyo bitera inzara, imirire mibi bityo bikarangira bizamuye umubare w’abantu batabasha kubona uko babaho. Guhangana n’izo ngaruka rero bisaba abahanga babyize uri rwego n’uburyo nka UGHE dutangamo uburere.”

Prof. Abebe Bekele, Deputy Vice Chancellor of Academic & Research Affairs muri University of Global Health Equity avuga ko abasoje aya masomo baba biteguyr guhangana n’imihindagurikire itandukanye y’indwara zikunze kugarika isi muri gahunda yo kwita ku buzima bw’abadafite kivurira bari hirya no hino ku mugabane wa Afurika.

Rogers Muragije, Deputy Vice Chancellor, Administrative and Financial Affairs wa University of Global Health Equity avuga bakoze ibishoboka kugira ngo basesengure banigire hamwe ingaruka zose zatewe na COVID-19 kandi ko batazadohoka mu gukomeza guhanga icyatuma iki cyorezo kidakomeza kwibasira inyoko muntu.

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

11 + 16 =

Previous Post

Mu nama ya mbere yahuje ubuyobozi bwa University of Global Health Equity (UGHE), Madamu Jeannette Kagame yagarutse mu masomo bigishijwe na 2020

Next Post

Umugore wo muri Afghanistan yabyaye umukobwa mu ndege ya US imuhungishije

Related Posts

Rwamagana: Babona hari icyakorwa ngo abana babo badakomeza kuva mu ishuri bakiri bato

Rwamagana: Babona hari icyakorwa ngo abana babo badakomeza kuva mu ishuri bakiri bato

by radiotv10
30/06/2025
0

Bamwe mu bo mu Murenge wa Gehengeri mu Karere ka Rwamagana, bavuga ko urugendo rurerure abana babo bari munsi y’imyaka...

Hazafatwa imboni z’amaso, intoki zose,…: Ibindi ku irangamuntu-Koranabuhanga igiye gutangira gutangwa mu Rwanda

Eye scans, fingerprints to be collected,…: New digital ID to be rolled out in Rwanda

by radiotv10
30/06/2025
0

The National Identification Agency (NIDA) in Rwanda has announced plans to launch a new digital national ID that will include...

Umusore warohamye mu cyuzi nyuma y’impanuka y’ubwato bwari bufite ikibazo yabonetse yapfuye

Umusore warohamye mu cyuzi nyuma y’impanuka y’ubwato bwari bufite ikibazo yabonetse yapfuye

by radiotv10
30/06/2025
0

Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe Umutekano wo mu Mazi, ryabonye umurambo w’umusore w’imyaka 19 warohamye mu cyuzi cya Rugeramigozi...

Ishingiro ry’icyizere u Rwanda rufitiye amasezerano mashya yarwo na Congo n’itandukaniro ryayo n’ayabanje

Ishingiro ry’icyizere u Rwanda rufitiye amasezerano mashya yarwo na Congo n’itandukaniro ryayo n’ayabanje

by radiotv10
30/06/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko ifitiye icyizere amasezerano y’amahoro iherutse gusinyana n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuko bayafashijwemo n’Igihugu...

Leaders from Kampala University visit Kigali Genocide Memorial, denounce Genocide denial

Leaders from Kampala University visit Kigali Genocide Memorial, denounce Genocide denial

by radiotv10
30/06/2025
0

Leaders from Kampala University visited the Kigali Genocide Memorial, denouncing those who continue to deny the 1994 Genocide against the...

IZIHERUKA

Rwamagana: Babona hari icyakorwa ngo abana babo badakomeza kuva mu ishuri bakiri bato
IMIBEREHO MYIZA

Rwamagana: Babona hari icyakorwa ngo abana babo badakomeza kuva mu ishuri bakiri bato

by radiotv10
30/06/2025
0

Mu mvugo yumvikanamo icyizere Tshisekedi yagize icyo avuga ku masezerano ya Congo n’u Rwanda

Mu mvugo yumvikanamo icyizere Tshisekedi yagize icyo avuga ku masezerano ya Congo n’u Rwanda

30/06/2025
Ibivugwa kuri bombori bombori mu rugo rw’abasitari bazwi mu Rwanda Kimenyi na Muyango

Ibivugwa kuri bombori bombori mu rugo rw’abasitari bazwi mu Rwanda Kimenyi na Muyango

30/06/2025
Hazafatwa imboni z’amaso, intoki zose,…: Ibindi ku irangamuntu-Koranabuhanga igiye gutangira gutangwa mu Rwanda

Eye scans, fingerprints to be collected,…: New digital ID to be rolled out in Rwanda

30/06/2025
Byinshi ku rukundo rw’abahanzi Nyarwanda bagiye kurushingana n’uko gukorana byavuyemo gukundana

Byinshi ku rukundo rw’abahanzi Nyarwanda bagiye kurushingana n’uko gukorana byavuyemo gukundana

30/06/2025
Umusore warohamye mu cyuzi nyuma y’impanuka y’ubwato bwari bufite ikibazo yabonetse yapfuye

Umusore warohamye mu cyuzi nyuma y’impanuka y’ubwato bwari bufite ikibazo yabonetse yapfuye

30/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Umugore wo muri Afghanistan yabyaye umukobwa mu ndege ya US imuhungishije

Umugore wo muri Afghanistan yabyaye umukobwa mu ndege ya US imuhungishije

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Rwamagana: Babona hari icyakorwa ngo abana babo badakomeza kuva mu ishuri bakiri bato

Mu mvugo yumvikanamo icyizere Tshisekedi yagize icyo avuga ku masezerano ya Congo n’u Rwanda

Ibivugwa kuri bombori bombori mu rugo rw’abasitari bazwi mu Rwanda Kimenyi na Muyango

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.