Saturday, January 17, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Kuri iki cyumweru abanyeshuri 23 ba UGHE bazahabwa impamyabumenyi mu bya Science for Global Health Delivery (MGHD)

radiotv10by radiotv10
21/08/2021
in MU RWANDA
0
Kuri iki cyumweru abanyeshuri 23 ba UGHE bazahabwa impamyabumenyi mu bya Science for Global Health Delivery (MGHD)
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri iki Cyumweru tariki 21 Kanama 2021 muri  Kaminuza Mpuzamahanga y’Ubuvuzi hazabera igikorwa cyo gutanga impamyabumenyi z’ikirenga , Master’s in Science for Global Health Delivery (MGHD). Abanyeshuri 23 bavuye mu bihugu bitandukanye bya Afurika birimo n’u Rwanda nibo bazazihabwa.

Abanyeshuri bava mu bihugu; Rwanda, Nigeria, Pakistan, Kenya, Malawi, Democratic Republic of Congo, Zimbabwe, Sierra Leone, Uganda, Burundi, Ethiopia na Liberia nibo bazahabwa izi mpamyabumenyi.

Agaruka kuri aba banyeshuri bazahabwa izi mpamyabumenyi, Prof.Agnes Binagwaho Vice- Chancellor wa University of Global Health Equity yavuze ko nk’ubuyobozi bukuru bishimiye kuba aba banyeshuri basohoje ubutumwa bwo kubumbatira ubumenyi n’ubuhanga mu kwita ku buzima bityo bizafasha cyane mu kuzamura urwego rwo kubungabunga ubuzima bw’abatuye Afurika.

“Umugabane wa Afurika n’isi muri rusange bikeneye abahanga nk’aba cyane ko n’ibihe turimo bya COVID-19 , imihindagurikire y’ibihe , ibyorezo n’ibiza n’ibindi byose bigira ingaruka ku buzima kuko akenshi  nibyo bitera inzara, imirire mibi bityo bikarangira bizamuye umubare w’abantu batabasha kubona uko babaho. Guhangana n’izo ngaruka rero bisaba abahanga babyize uri rwego n’uburyo nka UGHE dutangamo uburere.”

Prof. Abebe Bekele, Deputy Vice Chancellor of Academic & Research Affairs muri University of Global Health Equity avuga ko abasoje aya masomo baba biteguyr guhangana n’imihindagurikire itandukanye y’indwara zikunze kugarika isi muri gahunda yo kwita ku buzima bw’abadafite kivurira bari hirya no hino ku mugabane wa Afurika.

Rogers Muragije, Deputy Vice Chancellor, Administrative and Financial Affairs wa University of Global Health Equity avuga bakoze ibishoboka kugira ngo basesengure banigire hamwe ingaruka zose zatewe na COVID-19 kandi ko batazadohoka mu gukomeza guhanga icyatuma iki cyorezo kidakomeza kwibasira inyoko muntu.

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

2 × 1 =

Previous Post

Mu nama ya mbere yahuje ubuyobozi bwa University of Global Health Equity (UGHE), Madamu Jeannette Kagame yagarutse mu masomo bigishijwe na 2020

Next Post

Umugore wo muri Afghanistan yabyaye umukobwa mu ndege ya US imuhungishije

Related Posts

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

by radiotv10
17/01/2026
0

Bamwe mu baturage bahingaga mu butaka bari baratijwe na Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye, baravuga ko batangajwe no kubona...

What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

by radiotv10
17/01/2026
0

When people think about dehydration, they often imagine one thing: feeling thirsty. While thirst is an early warning sign, dehydration...

Stepping in Rwandan Heroes’ Footsteps: A lesson Gen Z should always keep in mind

Stepping in Rwandan Heroes’ Footsteps: A lesson Gen Z should always keep in mind

by radiotv10
17/01/2026
0

Rwanda today stands as a peaceful, united, and hopeful nation. For many young people, especially Gen Z, this peace feels...

Ahakekwaho kuba haraturutse igisasu cyaturikanye abana batatu bavukana b’i Gicumbi

Hasobanuwe iby’igisasu cyabonetse hafi y’ishuri mu Mujyi wa Kigali

by radiotv10
16/01/2026
0

Polisi y’u Rwanda yemeje ko mu murima uri hafi y’Ishuri ryo mu Murenge wa Rutunga mu Karere ka Gasabo, habonetse...

Hamenyekanye Igihugu cya mbere muri Afurika kigiye gutangira gukoreshwamo urukingo rwa SIDA

Iby’ingenzi wamenya ku muti urinda abantu kwandura SIDA byemejwe ko ugiye gutangira gukoreshwa mu Rwanda

by radiotv10
16/01/2026
0

Umuti wa Lenacapavir ushobora gufasha umuntu wawutewe kutandura Virusi itera SIDA mu gihe cy’amezi atandatu, uzatangira gutangwa mu Rwanda muri...

IZIHERUKA

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye
MU RWANDA

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

by radiotv10
17/01/2026
0

What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

17/01/2026
Stepping in Rwandan Heroes’ Footsteps: A lesson Gen Z should always keep in mind

Stepping in Rwandan Heroes’ Footsteps: A lesson Gen Z should always keep in mind

17/01/2026
Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

16/01/2026
Ahakekwaho kuba haraturutse igisasu cyaturikanye abana batatu bavukana b’i Gicumbi

Hasobanuwe iby’igisasu cyabonetse hafi y’ishuri mu Mujyi wa Kigali

16/01/2026
Mu mvugo y’urwenya umunyamakuru Angeli Mutabaruka yavuze kuri boss we KNC bakorana bikanyura benshi

Mu mvugo y’urwenya umunyamakuru Angeli Mutabaruka yavuze kuri boss we KNC bakorana bikanyura benshi

16/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Umugore wo muri Afghanistan yabyaye umukobwa mu ndege ya US imuhungishije

Umugore wo muri Afghanistan yabyaye umukobwa mu ndege ya US imuhungishije

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

Stepping in Rwandan Heroes’ Footsteps: A lesson Gen Z should always keep in mind

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.