Tuesday, August 12, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

M23 ubu ifite abavugizi batatu nyuma yo gushyiraho uwitwa Munyarugerero

radiotv10by radiotv10
12/09/2022
in MU RWANDA
0
M23 ubu ifite abavugizi batatu nyuma yo gushyiraho uwitwa Munyarugerero
Share on FacebookShare on Twitter

Ubuyobozi bwa M23 bwashyizeho umuvugizi wungirije mu bya Politiki ari we Canisius Munyarugerero, buvuga ko biri mu rwego rwo gukomeza kongerera ingufu urwego rw’itumanaho rw’uyu mutwe.

Mu itangazo ryashyizwe hanze na M23 kuri iki Cyumweru tariki 11 Nzeri 2022, uyu mutwe uvuga ko ugendeye ku cyemezo cyo ku ya 31 Nyakanga 2022 cyo gushyiraho Umuvugizi mu bya Politiki, wafashe ikindi cyemezo.

Muri iri tangazo rivuga ko iki cyemezo kihutirwa kandi ari ngombwa, M23 itangaza ko yafashe umwanzuro “wo gushyiraho umuvugizi wungiriye wa M23 umuvandimwe Canisius Munyarugerero.”

Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa yashimangiye ko guhera igihe batangarije uyu mwanzuro, “Umuvandimwe Canisius Munyarugerero yahawe inshingano, kuva uyu munsi arafata inshingabo zo kuba umuvugizi wungirije mu bya Politiki wa M23, mu rwego rwo guha imbaraga itumanaho ryacu.”

Le camarade Canisius Munyarugerero assume, à partir de ce jour, les fonctions de Porte-parole politique adjoint du Mouvement du 23 mars pour renforcer notre communication de proximité. pic.twitter.com/WtDqopiWBv

— Bertrand Bisimwa (@bbisimwa) September 11, 2022

Tariki 31 Nyakanga, ubuyobozi bwa M23 bwashyizeho umuvugizi wihariye mu bya Politiki ari we Lawrence Kanyuka akaba agiye kungirizwa n’uyu washyizweho Canisius Munyarugerero.

M23 yavugaga ko iki cyemezo cyo gushyiraho umuvugizi wihariye mu bya Politiki, kigamije kunoza imikorere y’uyu mutwe.

M23 isanzwe ifite Umuvugizi mu bya Gisirikare ari we Maj Willy Ngoma wagiye anumvikana cyane asobanura ibyerekeye ibikorwa bya gisirikare mu minsi ishize ubwo urugamba hagati y’uyu mutwe na FARDC rwari rukomeye.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five × 1 =

Previous Post

U Rwanda n’u Bufaransa mu yindi ntambwe yo kugaragaza ukuri kuri Jenoside

Next Post

Undi munyamakuru w’umunyabigwi mu Rwanda yafashe ikiruhuko

Related Posts

Ubutumwa Umugaba Mukuru wa RDF Gen.Muganga yahaye urubyiruko ruri mu Itorero ‘Indangamirwa’

Ubutumwa Umugaba Mukuru wa RDF Gen.Muganga yahaye urubyiruko ruri mu Itorero ‘Indangamirwa’

by radiotv10
11/08/2025
0

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, General Mubarakh Muganga yahaye ikiganiro urubyiruko ruri mu Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15, arugaragariza ko...

Eng.- RDF Chief urges youth to champion African solutions to African problems

Eng.- RDF Chief urges youth to champion African solutions to African problems

by radiotv10
11/08/2025
0

The Rwanda Defence Force (RDF) CDS, General MK Mubarakh, has called on the country’s youth to take ownership of Africa’s...

AMAKURU AGEZWEHO: Uwakekwagaho kwica urw’agashinyaguro uwarokotse Jenoside na we yarashwe arapfa

Polisi yasobanuye uko byagenze ngo haraswe abagabo babiri bakekwagaho ubwicanyi n’ubujura i Rwamagana

by radiotv10
11/08/2025
0

Polisi y’u Rwanda yemeje ko abagabo babiri bari mu bantu bakekwaho ubwicanyi n’ubujura byakorewe mu Murenge wa Muyumbu mu Karere...

Eng- To be issued from birth: Key facts about Rwanda’s new National ID

Eng.-The Rwandan digital ID will be issued to citizens, refugees, and foreign residents

by radiotv10
11/08/2025
3

The digital ID will be issued to Rwandans, refugees, and foreigners, NIDA’s Director General Mukesha Josephine announced on August 7,...

E-Sports in Rwanda: Can gaming be a real career?

E-Sports in Rwanda: Can gaming be a real career?

by radiotv10
11/08/2025
0

In Rwanda and across Africa, digital entertainment is undergoing a quiet revolution. At the center of this change is the...

IZIHERUKA

Icyemezo cya Israel cyo gushaka kwigarurira Gaza cyahagurukiwe n’amahanga
AMAHANGA

Icyemezo cya Israel cyo gushaka kwigarurira Gaza cyahagurukiwe n’amahanga

by radiotv10
11/08/2025
0

Ubutumwa Umugaba Mukuru wa RDF Gen.Muganga yahaye urubyiruko ruri mu Itorero ‘Indangamirwa’

Ubutumwa Umugaba Mukuru wa RDF Gen.Muganga yahaye urubyiruko ruri mu Itorero ‘Indangamirwa’

11/08/2025
Ukuri kuvugwa ku ifungwa rya Semuhungu Eric uzwi ku mbuga nkoranyambaga

Ukuri kuvugwa ku ifungwa rya Semuhungu Eric uzwi ku mbuga nkoranyambaga

11/08/2025
Eng.- RDF Chief urges youth to champion African solutions to African problems

Eng.- RDF Chief urges youth to champion African solutions to African problems

11/08/2025
AMAKURU AGEZWEHO: Uwakekwagaho kwica urw’agashinyaguro uwarokotse Jenoside na we yarashwe arapfa

Polisi yasobanuye uko byagenze ngo haraswe abagabo babiri bakekwagaho ubwicanyi n’ubujura i Rwamagana

11/08/2025
Eng- To be issued from birth: Key facts about Rwanda’s new National ID

Eng.-The Rwandan digital ID will be issued to citizens, refugees, and foreign residents

11/08/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Undi munyamakuru w’umunyabigwi mu Rwanda yafashe ikiruhuko

Undi munyamakuru w’umunyabigwi mu Rwanda yafashe ikiruhuko

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Icyemezo cya Israel cyo gushaka kwigarurira Gaza cyahagurukiwe n’amahanga

Ubutumwa Umugaba Mukuru wa RDF Gen.Muganga yahaye urubyiruko ruri mu Itorero ‘Indangamirwa’

Ukuri kuvugwa ku ifungwa rya Semuhungu Eric uzwi ku mbuga nkoranyambaga

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.