Sunday, November 2, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Meddy na Platini P batashye amaramasa muri AFRIMA2021 yahiriye umuhanzi w’imyaka 13

radiotv10by radiotv10
22/11/2021
in IMYIDAGADURO
0
Meddy na Platini P batashye amaramasa muri AFRIMA2021 yahiriye umuhanzi w’imyaka 13
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi Meddy na Platini P bahataniraga ibihembo muri AFRIMA Awards 2021, bombi nta n’umwe wabonye igihembo muri iri rushanwa ryihariwe na Shanah Manjeru w’imyaka 13 waciye agahigo ko kwegukanamo ibihembo byinshi.

Mu bihembo byaraye bitangiwe mu murwa mukuru wa Nigeria, Lagos abahanzi b’Abanyarwanda ntibabashije kwitwara neza dore ko mu byiciro bari barimo byose bakubiswe inshuro bagataha amaramasa.

Icyiciro cy’umuhanzi mwiza mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, Meddy yari ahatanyemo n’abarimo Harmonize, Diamond Platnumz, Rayvanny n’abandi cyatwawe n’umugande, Eddy Kenzo watumye Abanya-Uganda bavuza impundu.

Ni mu gihe icyiciro Platini P yari arimo cyaraye gitwawe n’umunyakenyakazi Nikitake w’imyaka 19 watangiye umuziki ku myaka 3, akaba ari we wanegukanye igihembo cy’umuhanzikazi mwiza wo muri Afrika y’Ibburasirazuba.

Shanah Manjeru yabaye umuhanzi muto wa mbere mu mateka ya AFRIMA wegukanye igihembo, aniyongera ku rutonde rw’abandi banya Kenya barimo Sauti Sol na Nikitake bahacanye umucyo.

Shanah Manjeru w’imyaka 13 ni we wegukanye ibihembo byinshi

Urutonde rw’abegukanye ibihembo

  • Umuhanzikazi mwiza uteye umuhate muri Africa yabaye Shanah Manjeru
  • Umuhanzi w’umugabo mwiza muri uteye umuhate yabaye Iba One
  • Umuhanzi mwiza uteye umuhate yabaye Nikita Kering
  • Abahanzi bagize imibyinire myiza mu ndirimbo babaye: Flavour, Diamond Platnumz na Fally Ipupa
  • Umuhanzikazi mwiza mu mpahanga (Diaspora) yabaye Naomi Achu
  • Umuhanzi w’umugabo mwiza mu njyana ya ‘African Pop’ yabaye Iba One
  • Itsinda ryiza ryabaye Sauti Sol
  • Abahanzi bakoranye igihangano cyiza babaye Wizkid na Tems
  • Umuraperi mwiza mu myandikire yabaye Elow’n
  • Umuhanzikazi mwiza muri Africa y’Amajyarugu yabaye Manal Benchlikha
  • Umuhanzi mwiza w’umugabo mu Mujyaruguru ya Africa yabaye Dizzy Dros
  • Umuhanzi mwiza w’umugabo muri Africa y’Uburasirazuba icyiciro Meddy yari ahatanyemo yabaye Eddy Kenzo
  • Umuhanzikazi mwiza muri Africa yo hagati yabaye Shan L
  • Umuhanzikazi mwiza mu cyiciro cyari gihataniwe n’abarimo Rema Namakulla yabaye Nikita Kering
  • Umuhanzi mwiza muri Africa yo hagati yabaye Fally Ipupa
  • Umuhanzi mwiza muri Africa y’Amajyepfo yabaye Blaq Diamond

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

14 − five =

Previous Post

Imana isekeye umuryango w’Umwana wabyimbye inda bikabije hakabura ubushobozi bwo kumuvuza

Next Post

Urukiko rwateye utwatsi icyifuzo cya Caleb wabaye PS muri MINECOFIN wifuzaga gufungurwa

Related Posts

The Weekend Reset: How disconnecting can help you start Monday stronger

The Weekend Reset: How disconnecting can help you start Monday stronger

by radiotv10
02/11/2025
0

As the week draws to a close, many people rush into the weekend with long to-do lists, errands to run,...

Umugore w’umuhanzi Tom Close yamwibukije urwo amukunda anamubwira icyo amwifuriza

Umugore w’umuhanzi Tom Close yamwibukije urwo amukunda anamubwira icyo amwifuriza

by radiotv10
29/10/2025
0

Ange Niyonshuti Tricia, umugore w’umuhanzi Tom Close; yongeye kumwibutsa ko amukunda urutagereranywa, anamubwira ko amwifuriza kuramba kugeza igihe azabonera ubuvivi....

Eng.-Rwandan origin girl competing for Miss Belgium crown

Eng.-Rwandan origin girl competing for Miss Belgium crown

by radiotv10
28/10/2025
0

Kyra Nkezabera, who has Rwandan roots, is among the contestants for the Miss Belgium title. She is confident about her...

Ufite inkomoko mu Rwanda ari guhatanira ikamba rya Miss w’u Bubiligi

Ufite inkomoko mu Rwanda ari guhatanira ikamba rya Miss w’u Bubiligi

by radiotv10
28/10/2025
0

Kyra Nkezabera ufite inkomoko mu Rwanda, ari mu bahatanira ikamba rya Miss w’u Bubiligi, ndetse akaba afite icyizere cyo kuryegukana,...

How musicians are using streaming platforms to make money

How musicians are using streaming platforms to make money

by radiotv10
27/10/2025
0

In today’s digital world, streaming platforms have completely changed how musicians share their music and earn a living. Instead of...

IZIHERUKA

The Weekend Reset: How disconnecting can help you start Monday stronger
IMYIDAGADURO

The Weekend Reset: How disconnecting can help you start Monday stronger

by radiotv10
02/11/2025
0

Abayobozi ba AFC/M23 mu muhango wo guherekeza Musenyeri w’i Goma wanitabiriwe n’Umushumba wo mu Rwanda

Abayobozi ba AFC/M23 mu muhango wo guherekeza Musenyeri w’i Goma wanitabiriwe n’Umushumba wo mu Rwanda

01/11/2025
Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

01/11/2025
BREAKING: Ibyavuye mu matora ya Perezida muri Tanzania byatangajwe

BREAKING: Ibyavuye mu matora ya Perezida muri Tanzania byatangajwe

01/11/2025
Unpaid internships in Rwanda: Are young people being exploited?

Unpaid internships in Rwanda: Are young people being exploited?

01/11/2025
Ukekwaho Jenoside umaze imyaka 31 yihishahisha yafatiwe ku Murenge yagiye kwaka serivisi ahita atanga amakuru y’ibanze

Ukekwaho Jenoside umaze imyaka 31 yihishahisha yafatiwe ku Murenge yagiye kwaka serivisi ahita atanga amakuru y’ibanze

01/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Urukiko rwateye utwatsi icyifuzo cya Caleb wabaye PS muri MINECOFIN wifuzaga gufungurwa

Urukiko rwateye utwatsi icyifuzo cya Caleb wabaye PS muri MINECOFIN wifuzaga gufungurwa

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

The Weekend Reset: How disconnecting can help you start Monday stronger

Abayobozi ba AFC/M23 mu muhango wo guherekeza Musenyeri w’i Goma wanitabiriwe n’Umushumba wo mu Rwanda

Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.