Mu Gihugu kimwe muri Afurika haravugwa icyorezo cyica kikanandura ku muvuduko udasanzwe

Facebook
Twitter
LinkedIn
WhatsApp

Inzego z’ubuzima muri Nigeria, zatangaje ko indwara ya Diphtheria imaze guhitana abasaga 600 biganjemo abana, kuva mu kwezi kwa 12 k’umwaka ushize wa 2022.

Umubare w’abahitanwa n’iki cyorezo muri Nigeria ushobora kwiyongera kuko ikigo gishinzwe kurwanya indwara z’ibyorezo muri icyo Gihugu kivuga ko kugeza ku itariki 24 z’ukwezi kwa Nzeri k’uyu mwaka wa 2023, hari abamaze kwandura iki cyorezo basaga 11 587.

Izindi Nkuru

Iyi indwara ifata imyanya y’ubuhumekero, uwayanduye ananirwa guhumeka, ndetse akaba yagira n’ibibazo by’umutima ari na byo bishobora guhitana uwayanduye, cyane cyane abana.

Assoumani TWAHIRWA
RADIOTV10

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IzindiNkuru