Sunday, January 25, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

MUHANGA: Abarema isoko rya Kabadaha barataka ibihombo batewe na guma mu rugo

radiotv10by radiotv10
11/08/2021
in MU RWANDA
0
MUHANGA:  Abarema isoko rya Kabadaha barataka ibihombo batewe na guma mu rugo
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gihe imirenge irindwi y’akarere ka Muhanga iri muri gahunda ya guma mu rugo, bamwe mu barema isoko rya Kabadaha riherereye mu murenge wa Mushishiro bavuga ko iyi gahunda yatumye abakiriya babura bityo imyaka yabo ikaba iri gutakaza agaciro mu buryo bukabije.

Nyiramana Jaqueline umwe mu  barema iri soko yagarutse kuri iki kibazo agira ati” Twabihombeyemo kuko ibase y’amateke yaguraga amafaranga 2500 none ubu bari kuza baduha 1000 cyangwa 800 gutyo.’’

Mukeshimana Angelique we yavuze ko byazambye kuko ibiciro by’ibyo bazanaga mu isoko byahanantutse.

“Ubu byabaye bibi kurushaho, byabaye impinduka ndende, ibase y’amateke yaguraga 1800 ariko ubu ibase ntabwo iri kurenza 1000.’’

Aba baturage bavuga ko batategereza igihe guma mu rugo izarangirira ngo babone kugurisha ahubwo ngo iyo babonye n’ubaha ayo macye barayafata kuko ahanini baba bafite ibindi by’ibanze bakeneye.

Image

Abarema isoko rya Kabadaha barataka ibihombo batewe na guma mu rugo

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Mushishiro, Musabwa Aimable yabwiye RadioTV10 ko ikintu gishoboka cyacyemura ihanantuka ry’ibiciro by’imyaka y’aba baturage ari uko bakubahiriza amabwiriza ya guma mu rugo bityo COVID-19 yagabanuka amasoko akongera kurema nk’uko byahoze.

Kuva tariki 28 Nyakanga imirenge 50 yo mu ntara y’amajyepfo iri muri gahunda ya guma mu rugo, irindwi muri yo irimo Nyamabuye, Shyogwe, Kiyumba, mushishiro, Rugendabari, Muhanga  na Cyeza yo mu karere ka Muhanga.

Inkuru ya: Sindiheba Yussuf/Radio TV10 Rwanda

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eleven − one =

Previous Post

KIGALI: Abakanishi ntibumva uburyo babuzwa gukora akazi bazira icyangombwa cy’urukingo rwa COVID-19

Next Post

Ibitekerezo by’urubyiruko ku kuboneza urubyaro ku bangavu

Related Posts

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa

by radiotv10
25/01/2026
0

Umusore witwa Mugisha Gakuba David uba muri Leta Zunze Ubumwe za America, ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) akurikiranyweho...

Perezida Kagame yahaye inshingano Abasirikare bakuru babiri barimo uwagizwe Umupilote we

Perezida Kagame yahaye inshingano Abasirikare bakuru babiri barimo uwagizwe Umupilote we

by radiotv10
25/01/2026
0

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yahaye inshingano abasirikare babiri barimo Brig Gen Godfrey Gasana, wagizwe Umupilote...

Hahishuwe byinshi byirengagizwa bituma urubyiruko rukomeza gutsikamirwa n’ubushomeri biruturutseho

Hagaragajwe igipimo gishya cy’ubushomeri mu rubyiruko rw’u Rwanda no ku bandi

by radiotv10
24/01/2026
0

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare-NISR, igaragaza ko mu gihembwe cya kane cya 2025, ubushomeri mu rubyiruko bwagabanutseho 3% kuko bwageze kuri...

Rubavu: Bashimira uburyo Leta yabatekerejeho ikabunganira ariko n’ubundi barakikoreye umutwaro

Rubavu: Bashimira uburyo Leta yabatekerejeho ikabunganira ariko n’ubundi barakikoreye umutwaro

by radiotv10
24/01/2026
0

Bamwe mu bahinzi bo mu Murenge wa Kanama mu Karere ka Rubavu bavuga ko nubwo bashyiriweho nkunganire ya Leta ku...

Ibiza byaje bibatunguye byashyize imibereho yabo mu ihurizo rikomeye

Ibiza byaje bibatunguye byashyize imibereho yabo mu ihurizo rikomeye

by radiotv10
25/01/2026
0

Abaturage bo mu Murenge wa Save, mu Karere ka Gisagara, baravuga ko bahuye n’ikibazo gikomeye mu buhinzi nyuma yuko urubura...

IZIHERUKA

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa
MU RWANDA

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa

by radiotv10
25/01/2026
0

Perezida Kagame yahaye inshingano Abasirikare bakuru babiri barimo uwagizwe Umupilote we

Perezida Kagame yahaye inshingano Abasirikare bakuru babiri barimo uwagizwe Umupilote we

25/01/2026
Hahishuwe byinshi byirengagizwa bituma urubyiruko rukomeza gutsikamirwa n’ubushomeri biruturutseho

Hagaragajwe igipimo gishya cy’ubushomeri mu rubyiruko rw’u Rwanda no ku bandi

24/01/2026
Rubavu: Bashimira uburyo Leta yabatekerejeho ikabunganira ariko n’ubundi barakikoreye umutwaro

Rubavu: Bashimira uburyo Leta yabatekerejeho ikabunganira ariko n’ubundi barakikoreye umutwaro

24/01/2026
Ibiza byaje bibatunguye byashyize imibereho yabo mu ihurizo rikomeye

Ibiza byaje bibatunguye byashyize imibereho yabo mu ihurizo rikomeye

25/01/2026
Abanyamakurukazi b’amazina azwi mu Rwanda basangije abantu amafoto bishimira igihe bamaze bakorana

Abanyamakurukazi b’amazina azwi mu Rwanda basangije abantu amafoto bishimira igihe bamaze bakorana

24/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Ibitekerezo by’urubyiruko ku kuboneza urubyaro ku bangavu

Ibitekerezo by’urubyiruko ku kuboneza urubyaro ku bangavu

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa

Perezida Kagame yahaye inshingano Abasirikare bakuru babiri barimo uwagizwe Umupilote we

Hagaragajwe igipimo gishya cy’ubushomeri mu rubyiruko rw’u Rwanda no ku bandi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.