Tuesday, December 30, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Ngoma: Barinubira gusoreshwa inshuro ebyiri ku itungo rimwe

radiotv10by radiotv10
03/11/2021
in MU RWANDA
0
Ngoma: Barinubira gusoreshwa inshuro ebyiri ku itungo rimwe
Share on FacebookShare on Twitter

Hari abaturage bo mu Karere ka Ngoma mu murenge wa Mugesera,  binubira ko iyo bagiye kugurishiriza ihene mu isoko ryo muri kariya karere, basoreshwa kabiri kandi bataranagera mu isoko.

Ni abaturage bo mu murenge wa mugesera mu karere ka ngoma, barinubira ko iyo bagiye kurema isoko ry’ihene mu baturanyi babo bo muri Rwamagana, basoreshwa kabiri.

Bavuga ko iyo bageze ku kiyaga cya mugesera mbere yo kwambuka babanza gusora,ngo bagera no hakurya mu murenge wa Karenge ho mu karere ka Rwamagana,bakahasanga undi musoresha ,bityo bagasabwa gusora isnhuro ebyiri bataranagera mu isoko.
Karamage Ephrem yagize ati ” Iyo tuvuye hano iwacu muri Mugesera, mbere yo kwambuka tubanza gusora ,twanagera hakurya muri Rwamagana bakadusoresha,ubwo se imisoro ibiri ku itungo rimwe ritaranagurishwa ,ni iy’iki koko?.”

Ugirashebuja nawe yavuze ko  ” Duhura n’igihombo kubera iyo misoro ya hato na hato,kandi mbere si ko byagendaga.”

Basaba ko ikibazo cyabo cyakurikiranwa ,kuko    ku bwabo babona nta mpamvu yo gusoreshwa inshuro ebyiri ku itungo rimwe ,ngo mu gihe kandi ahandi ho atari ko bigenda.

Umuyobozi w’umurenge wa Karenge bwana ntwali Emmanuel, avuga ko nawe ibyo atari abizi ariko kandi ngo agiye kubivugana n’abashinzwe gusora kuko nawe ubwe yumva ari ikibazo.

Ati” Icyo kibazo ni ubwambere ncyumvise kandi koko byaba ari ikibazo gikomeye niba umuntu yava hakurya asoze,yanagera hano agasora ndumva bidakwiye,ubwo twabikyrikirana n’inzego bireba tukareba uburyo uwasoze hakurya yajya ahabwa icyemezo ku buryo yagera hano ntasabwe kongera gusora.”

Ubusanzwe umuturage ujyanye itungo mu isoko, asabwa kurisorera mbere cg nyuma yo kurigurisha bitewe n’iryo soko. ku bijyanye n’iki kibazo cy’aborozi bo muri Ngoma bo, gisa n’aho ari gishya nk’uko nabo babivuga, icyakora ngo nibimara gukurikiranwa bazasobanurirwa impamvu yabyo.

Inkuru ya  Eugenie Nyiransabimana

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one × 4 =

Previous Post

Leta y’u Rwanda igiye kujya yakira impunzi zabuze ibihugu bizakira

Next Post

Abacuruzi barashinja Inyange kwigiza nkana ku biciro by’amata yabaye iyanga ku Isoko

Related Posts

Ubutumwa Perezida Kagame yageneye abasirikare b’u Rwanda n’abo mu zindi nzego z’umutekano

Ubutumwa Perezida Kagame yageneye abasirikare b’u Rwanda n’abo mu zindi nzego z’umutekano

by radiotv10
30/12/2025
0

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yashimiye abasirikare n’abo mu zindi nzego z’umutekano z’u Rwanda ku bw’akazi...

Icyo u Rwanda ruvuga ku byatangajwe n’Imiryango yateye utwatsi ivuka ry’Igihugu gishya muri Afurika

Icyo u Rwanda ruvuga ku byatangajwe n’Imiryango yateye utwatsi ivuka ry’Igihugu gishya muri Afurika

by radiotv10
30/12/2025
0

U Rwanda rwatangaje ko rushyigikiye ibyatangajwe n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe n’uwa Afurika y’Iburasirazuba, yagaragaje ko Igihugu cya Somalia kigomba...

Havuzwe ibyatumye hirukanwa abayobozi b’Ibigo by’amashuri bakabakaba 900 mu Rwanda

Havuzwe ibyatumye hirukanwa abayobozi b’Ibigo by’amashuri bakabakaba 900 mu Rwanda

by radiotv10
29/12/2025
0

Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Uburezi bw’Ibanze REB, rwatangaje ko abayobozi b’ibigo by’amashuri mu cyiciro cy’ayisumbuye n’abanza 890 bambuwe inshingano zo kuyobora,...

Eng.-Rwanda’s position on statements rejecting the recognition of Somaliland as a country

Eng.-Rwanda’s position on statements rejecting the recognition of Somaliland as a country

by radiotv10
29/12/2025
0

Rwanda has announced that it supports the statements issued by the African Union (AU) and the East African Community (EAC),...

The Painkiller Culture: Why we reach for pills at every discomfort

The Painkiller Culture: Why we reach for pills at every discomfort

by radiotv10
29/12/2025
0

In today’s fast-paced world, pain has become something we want gone immediately. A headache before work, back pain after a...

IZIHERUKA

Ubutumwa Perezida Kagame yageneye abasirikare b’u Rwanda n’abo mu zindi nzego z’umutekano
MU RWANDA

Ubutumwa Perezida Kagame yageneye abasirikare b’u Rwanda n’abo mu zindi nzego z’umutekano

by radiotv10
30/12/2025
0

Icyo u Rwanda ruvuga ku byatangajwe n’Imiryango yateye utwatsi ivuka ry’Igihugu gishya muri Afurika

Icyo u Rwanda ruvuga ku byatangajwe n’Imiryango yateye utwatsi ivuka ry’Igihugu gishya muri Afurika

30/12/2025
Icyo Igisirikare cya Congo kivuga ku magambo rutwitsi yatangajwe n’Umuvugizi wacyo n’icyemezo yafatiwe

Icyo Igisirikare cya Congo kivuga ku magambo rutwitsi yatangajwe n’Umuvugizi wacyo n’icyemezo yafatiwe

29/12/2025
Eng.-The Congolese Army has confirmed the suspension of its spokesperson

Eng.-The Congolese Army has confirmed the suspension of its spokesperson

29/12/2025
BREAKING: Umuvugizi wa FARDC yahise afatirwa icyemezo nyuma y’amagambo yanenzwe na benshi

BREAKING: Umuvugizi wa FARDC yahise afatirwa icyemezo nyuma y’amagambo yanenzwe na benshi

29/12/2025
Havuzwe ibyatumye hirukanwa abayobozi b’Ibigo by’amashuri bakabakaba 900 mu Rwanda

Havuzwe ibyatumye hirukanwa abayobozi b’Ibigo by’amashuri bakabakaba 900 mu Rwanda

29/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Abacuruzi barashinja Inyange kwigiza nkana ku biciro by’amata yabaye iyanga ku Isoko

Abacuruzi barashinja Inyange kwigiza nkana ku biciro by'amata yabaye iyanga ku Isoko

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ubutumwa Perezida Kagame yageneye abasirikare b’u Rwanda n’abo mu zindi nzego z’umutekano

Icyo u Rwanda ruvuga ku byatangajwe n’Imiryango yateye utwatsi ivuka ry’Igihugu gishya muri Afurika

Icyo Igisirikare cya Congo kivuga ku magambo rutwitsi yatangajwe n’Umuvugizi wacyo n’icyemezo yafatiwe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.