Thursday, December 18, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Nyamasheke: Ubwato bwari butwaye abari bavuye gusaba umugeni bwakoze impanuka umwe ahasiga ubuzima

radiotv10by radiotv10
28/01/2022
in MU RWANDA
0
Nyamasheke: Ubwato bwari butwaye abari bavuye gusaba umugeni bwakoze impanuka umwe ahasiga ubuzima
Share on FacebookShare on Twitter

Ubwato bwari butwaye abantu bo mu Karere ka Nyamasheke bari bavuye i Rusizi gusaba umugeni, bwakoreye impanuka mu Kivu, ihitana umwe muri bo mu gihe undi yaburiwe irengero.

Ubu bwato bwakoze impanuka ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 27 Mutarama 2022, bwari butwaye abantu 20, umwe ahita yitaba Imana naho undi ahasiga ubuzima mu gihe abandi 18 barokotse.

Nyuma y’iyi mpanuka, ubwato bw’abarobyi bwahise buza gutabara buhita bujyana abarokotse, bahita banatangira gushakisha uwaburiwe irengero.

Amakuru avuga ko ubu bwato bwakoze impanuka, bwari butwaye abantu bo mu Murenge wa Nyabitekeri mu Karere ka Nyamasheke bari bavuye gusaba umugeni mu Murenge wa Mururu mu Karere ka Rusizi.

Umuntu umwe yapfuye undi aburirwa irengero nyuma y’impanuka y’ubwato yabereye mu Kiyaga cya Kivu, bukaba bwari butwaye abantu bavuye mu bukwe mu Karere ka Rusizi.

Uwimana Damas uyobora Umurenge wa Bushenge, yatangaje ko iyi mpanuka yatewe n’umuraba wari uri mu Kivu kuko ubwo iyi mpanuka yabaga harimo hagwa imvura.

Yasabye abakora ingendo zo mu kiyaga cya Kivu, kujya Bambara imyenda yabugenewe ifasha abakoze impanuka kutarohama, gusa amakuru avuga ko abakoze iyi mpanuka yahitanye umuntu umwe, bari yambaye.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

6 + ten =

Previous Post

IFOTO: Undi mupolisi yagaragaye akora igikorwa cyakoze ku mutima abatari bacye

Next Post

Nyuma y’amasaha macye KNC yisubiyeho ahindura imvugo ati “byari umujinya”

Related Posts

Gicumbi: Umuyobozi w’Ishuri akurikiranyweho gusambanya umwana amwizeza ibitangaza adafitiye ubushobozi

Umwarimu yatawe muri yombi nyuma yo gusaba umwana kujya iwe kumusura bagatindana

by radiotv10
17/12/2025
0

Umwarimu wigisha mu ishuri ry’Imyuga n’Ubumenyingiro (TSS) rya Mutenderi mu Karere ka Ngoma, yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’umukobwa...

Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

by radiotv10
17/12/2025
0

Polisi y’u Rwanda yavuze ko Abapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri pandagari mu Karere ka Rubavu, batangiye gukurikiranwa kuko uburyo babikozemo...

Hari Akarere mu Rwanda kagiye kubarura abashomeri badafite akazi bagatuyemo

Hari Akarere mu Rwanda kagiye kubarura abashomeri badafite akazi bagatuyemo

by radiotv10
17/12/2025
0

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwamenyesheje abagatuye ko hagiye gukorwa igikorwa cyo kubarura abashomeri badafite akazi bari hagati y’imyaka 16 na...

Umusore akurikiranyweho kwicisha ishoka umukecuru nyuma yo gukora ibitemewe mu Rwanda

Umusore akurikiranyweho kwicisha ishoka umukecuru nyuma yo gukora ibitemewe mu Rwanda

by radiotv10
17/12/2025
0

Umusore wo mu Murene wa Runda mu Karere ka Kamonyi, akurikiranyweho kwica umukecuru amukubise ishoka ubwo yamusangaga iwe nyuma yuko...

Ahakekwaho kuba haraturutse igisasu cyaturikanye abana batatu bavukana b’i Gicumbi

Ahakekwaho kuba haraturutse igisasu cyaturikanye abana batatu bavukana b’i Gicumbi

by radiotv10
17/12/2025
0

Igisasu cyo mu bwoko bwa Grenade cyishe giturikanye abana batatu b’umuryango wo mu Murenge wa Cyumba mu Karere ka Gicumbi,...

IZIHERUKA

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026
FOOTBALL

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

by radiotv10
17/12/2025
0

Gicumbi: Umuyobozi w’Ishuri akurikiranyweho gusambanya umwana amwizeza ibitangaza adafitiye ubushobozi

Umwarimu yatawe muri yombi nyuma yo gusaba umwana kujya iwe kumusura bagatindana

17/12/2025
Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

Hatangajwe icyemezo cyafatiwe abarimo umunyamakuru Djihad baregwa gusakaza amashusho y’urukozasoni

17/12/2025
Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

17/12/2025
Ubutumwa AFC/M23 isigira abatuye umujyi wa Uvira bayigaragarije ko batifuza ko iwurekura

Ubutumwa AFC/M23 isigira abatuye umujyi wa Uvira bayigaragarije ko batifuza ko iwurekura

17/12/2025
Eng.-An updated list of other Countries whose citizens are banned from entering the US

Eng.-An updated list of other Countries whose citizens are banned from entering the US

17/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Nyuma y’amasaha macye KNC yisubiyeho ahindura imvugo ati “byari umujinya”

Nyuma y’amasaha macye KNC yisubiyeho ahindura imvugo ati “byari umujinya”

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

Umwarimu yatawe muri yombi nyuma yo gusaba umwana kujya iwe kumusura bagatindana

Hatangajwe icyemezo cyafatiwe abarimo umunyamakuru Djihad baregwa gusakaza amashusho y’urukozasoni

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.