Monday, November 24, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Nyamasheke: Ubwato bwari butwaye abari bavuye gusaba umugeni bwakoze impanuka umwe ahasiga ubuzima

radiotv10by radiotv10
28/01/2022
in MU RWANDA
0
Nyamasheke: Ubwato bwari butwaye abari bavuye gusaba umugeni bwakoze impanuka umwe ahasiga ubuzima
Share on FacebookShare on Twitter

Ubwato bwari butwaye abantu bo mu Karere ka Nyamasheke bari bavuye i Rusizi gusaba umugeni, bwakoreye impanuka mu Kivu, ihitana umwe muri bo mu gihe undi yaburiwe irengero.

Ubu bwato bwakoze impanuka ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 27 Mutarama 2022, bwari butwaye abantu 20, umwe ahita yitaba Imana naho undi ahasiga ubuzima mu gihe abandi 18 barokotse.

Nyuma y’iyi mpanuka, ubwato bw’abarobyi bwahise buza gutabara buhita bujyana abarokotse, bahita banatangira gushakisha uwaburiwe irengero.

Amakuru avuga ko ubu bwato bwakoze impanuka, bwari butwaye abantu bo mu Murenge wa Nyabitekeri mu Karere ka Nyamasheke bari bavuye gusaba umugeni mu Murenge wa Mururu mu Karere ka Rusizi.

Umuntu umwe yapfuye undi aburirwa irengero nyuma y’impanuka y’ubwato yabereye mu Kiyaga cya Kivu, bukaba bwari butwaye abantu bavuye mu bukwe mu Karere ka Rusizi.

Uwimana Damas uyobora Umurenge wa Bushenge, yatangaje ko iyi mpanuka yatewe n’umuraba wari uri mu Kivu kuko ubwo iyi mpanuka yabaga harimo hagwa imvura.

Yasabye abakora ingendo zo mu kiyaga cya Kivu, kujya Bambara imyenda yabugenewe ifasha abakoze impanuka kutarohama, gusa amakuru avuga ko abakoze iyi mpanuka yahitanye umuntu umwe, bari yambaye.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one × four =

Previous Post

IFOTO: Undi mupolisi yagaragaye akora igikorwa cyakoze ku mutima abatari bacye

Next Post

Nyuma y’amasaha macye KNC yisubiyeho ahindura imvugo ati “byari umujinya”

Related Posts

Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Umugabo wakekaga ko umwana umwe muri batandatu yabyaranye n’umugore we atari uwe bamusanze yapfuye

by radiotv10
24/11/2025
0

Umugabo w’imyaka 47 y’amavuko wo mu Murenge wa Murunda mu Karere ka Rutsiro, wari ufitanye amakimbirane n’umugore we amushinja kumuca...

Umuturage umaze imyaka 14 yarabuze uwamurenganura asobanuye ingaruka z’ibyamubayeho

Umuturage umaze imyaka 14 yarabuze uwamurenganura asobanuye ingaruka z’ibyamubayeho

by radiotv10
24/11/2025
0

Umuturage wo mu Murenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro, avuga ko amaze imyaka 14 abariwe inguranye y’ubutaka bwe bwubatsweho...

Two Childhoods, One Home: The Hidden Cause of Parenting Disagreements

Two Childhoods, One Home: The Hidden Cause of Parenting Disagreements

by radiotv10
24/11/2025
0

In many homes, disagreements between parents often come from one simple but powerful source: the desire to raise children the...

10 Reasons why you should visit Rwanda

10 Reasons why you should visit Rwanda

by radiotv10
24/11/2025
0

Rwanda has become one of Africa’s most inspiring destinations, a place where natural beauty, safety, culture, and progress blend into...

Perezida Kagame na Touadéra wa Centrafrique bagiranye ibiganiro

Perezida Kagame na Touadéra wa Centrafrique bagiranye ibiganiro

by radiotv10
24/11/2025
0

Perezida Paul Kagame yahuye na mugenzi we Faustin Archange Touadéra wa Repubulika ya Centrafrique, bagirana ibiganiro byagarutse ku mikoranire irimo...

IZIHERUKA

Eng.-AFC/M23 has again accused FARDC and its allies of using heavy weapons
AMAHANGA

Eng.-AFC/M23 has again accused FARDC and its allies of using heavy weapons

by radiotv10
24/11/2025
0

Andi makuru yamenyekanye kuri dosiye y’ikirego cy’amashusho y’umuhanzi Yampano n’umukunzi we bakora ibyo mu buriri

Hamenyekanye ibishya muri dosiye ifitanye isano n’amashusho yo mu buriri y’umuhanzi Yampano n’umukunzi

24/11/2025
Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Umugabo wakekaga ko umwana umwe muri batandatu yabyaranye n’umugore we atari uwe bamusanze yapfuye

24/11/2025
Uko byagenze ngo FARDC n’umwe mu mitwe iyifasha bakozanyeho mu mirwano noneho ikomeye

Uko byagenze ngo FARDC n’umwe mu mitwe iyifasha bakozanyeho mu mirwano noneho ikomeye

24/11/2025
Mu mirwano ihanganishije AFC/M23 na FARDC n’abayifasha hongeye gukoreshwa intwaro za rutura

Mu mirwano ihanganishije AFC/M23 na FARDC n’abayifasha hongeye gukoreshwa intwaro za rutura

24/11/2025
Umuturage umaze imyaka 14 yarabuze uwamurenganura asobanuye ingaruka z’ibyamubayeho

Umuturage umaze imyaka 14 yarabuze uwamurenganura asobanuye ingaruka z’ibyamubayeho

24/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Nyuma y’amasaha macye KNC yisubiyeho ahindura imvugo ati “byari umujinya”

Nyuma y’amasaha macye KNC yisubiyeho ahindura imvugo ati “byari umujinya”

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Eng.-AFC/M23 has again accused FARDC and its allies of using heavy weapons

Hamenyekanye ibishya muri dosiye ifitanye isano n’amashusho yo mu buriri y’umuhanzi Yampano n’umukunzi

Umugabo wakekaga ko umwana umwe muri batandatu yabyaranye n’umugore we atari uwe bamusanze yapfuye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.