• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Nyuma y’imyaka 5 Obama avuye muri White House agiye kongera kuyikandagiramo

radiotv10by radiotv10
05/04/2022
in Uncategorized
0
Nyuma y’imyaka 5 Obama avuye muri White House agiye kongera kuyikandagiramo
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida Barack Obama wayoboye Leta Zunze Ubumwe za America waherukaga mu Ngoro y’Umukuru w’Iki gihugu muri 2017 ubwo yayivagamo, agiye kuyigarukamo aje mu gikorwa kihateganyijwe.

NBC News dukesha aya makuru, ivuga ko Ibiro by’Umukuru wa USA byatangaje ko Barack Obama aza muri White House kuri uyu wa Kabiri aho aza kwifatanya Perezida Joe Biden na Visi Perezida Kamala Harris mu gutambutsa ijambo ryo kwishimira ubwisungane mu kwivuza buzwi nka aca (Affordable Care Act) ndetse n’ikigega mu by’ubuvuzi cya Medicaid.

White House yagize ati “Biden azashyiraho ibikorwa by’inyongera byo gutiza imbaraga ACA mu rwego rwo kuzigama ibihumbi by’amadolari yatangwaga n’imiryango myinshi buri kwezi mu bikorwa by’ubuvuzi.”

Umunyamabanga ushinzwe ubuzima, Xavier Becerra ndetse n’abandi bayobozi muri Guverinoma baraza kwitabira iki gikorwa.

Perezida Barack Obama umwe mu Baperezida ba Leta Zunze Ubumwe za America bagiriwe igikundiro haba muri USA ndetse no ku Isi yose, yaherukaga muri White House muri 2017 mbere y’uko ahasigira Donald Trump wamusimbuye ariko akaza kubura amahirwe yo kongera gutorerwa kuyobora iki Gihugu.

Obama agarutse muri White House asangamo Joe Biden wamubereye Visi Perezida akaba yaranamufashije mu bikorwa byo kwiyamamaza mu matora yatsinzemo Trump.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 + 5 =

Previous Post

Mu Rwanda abajya kwivuza indwara zo mu mutwe bikubye 2 mu myaka 3

Next Post

Umuyobozi wa Gereza ushinjwa guherana imfungwa yarangije ibihano ntiyitabye urukiko

Related Posts

Mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda barabyinira ku rukoma

Mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda barabyinira ku rukoma

by radiotv10
18/05/2026
0

Umupira w’amaguru w’abari n’abategarugori urabyinira ku rukoma kubera amafaranga ari gushyirwamo, guhera ku bihembo amakipe ari gutsindira. Mu kiciro cya...

How to spend money wisely and build a better financial future

How to spend money wisely and build a better financial future

by radiotv10
07/05/2026
0

Most people think their future depends on how much money they will make one day. But in reality, your future...

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

by radiotv10
30/03/2026
0

Komiseri mu Muryango FPR-Inkotanyi, Habonimana Charles yanenze abayobozi bo mu Karere ka Nyarugenge baranduye ibishyimbo by’abaturage, avuga ko ibyemezo nk’ibi...

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

by radiotv10
26/03/2026
0

Nyuma yuko Gasogi utd itewe mpaga y’ibitego 3-0 n’amande ya miliyoni 2 Frw nyuma yo kubura ku kibuga cya Stade...

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

by radiotv10
17/02/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wa NBA All-Star Game uhuza abakinnyi bakomeye muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe...

Next Post
Umuyobozi wa Gereza ushinjwa guherana imfungwa yarangije ibihano ntiyitabye urukiko

Umuyobozi wa Gereza ushinjwa guherana imfungwa yarangije ibihano ntiyitabye urukiko

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Umuhanzikazi France Mpundu nyuma yo kwambikwa impeta yahishuye ko agiye kwibaruka imfura

AFC/M23 iravuga ko igihe kigeze ngo igire icyo ikora kuko ibintu byafashe intera

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.