Saturday, January 10, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Perezida Biden yatewe urukingo rwa kane, abazwa ku bya Russia&Ukraine aryumaho

radiotv10by radiotv10
31/03/2022
in MU RWANDA
0
Perezida Biden yatewe urukingo rwa kane, abazwa ku bya Russia&Ukraine aryumaho
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, Joe Biden yatewe doze ya kabiri y’ishimangira y’urukingo rwa COVID-19, ubwo yakingirwaga abazwa ku bibazo by’u Burusiya na Ukraine yanga kugira icyo abivugaho.

Perezida Joe Biden yakingiye urukingo rwa kabiri rwo gushimangira kuri uyu wa Gatatu tariki 30 Werurwe 2021, nyuma y’umunsi umwe gusa ikigo gishinzwe gusuzuma ibiribwa n’imiti cyemeje ko abatewe urukingo rwa Phizer ndetse na Moderna bagomba guhabwa doze y’ishimangira ya kabiri.

Ubwo Biden yariho aterwa uru rukingo rwa kane [rukaba urwa kabiri rw’ishimangira], yagize ati “Ntabwo bibabaza cyane.”

Muri uko kumukingira, abanyamakuru bahise batangira kumubaza ibibazo byinshi bijyanye n’intambara iri kubera muri Ukraine yashojwe n’u Burusiya ariko yanga kugira icyo abivugaho.

Ibyo bibazo byanagarukaga kuri Perezida Putin w’u Burunsi na Zelensky, Biden yavuze ko adashobora kugira icyo abivugaho ati “Sinshobora.”

Perezida Biden w’imyaka 79 y’amavuko watewe urukingo rwa Phizer, yasabye Inteko Ishinga Amategeko y’Igihugu cye gutora itegeko ryongera amafaranga yagenewe kurwanya iki cyorezo cya COVID-19.

Yavuze ko iki cyiciro cyo gutera doze y’ishimangira ya kabiri, gikeneye indi ngengo y’imari. Ati “Dukene inyongera y’ingengo y’imari.”

Bamwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ya USA, bavuga ko bizeye ko mu cyumweru gitaha iyi nteko izemeza ibi byasabwe na Perezida mu rwego rwo kurwanya iki cyorezo.

Perezida Biden kandi yagiriye inama abaturage ba USA kwitabira gahunda yo guhabwa doze y’ishimangira dore ko umubare w’abikingije iyi doze ari muto.

Ubwo yariho akingirwa, yagize ati “Niba utarahabwa doze ishimangira n’imwe, ubwo utegereje iki? Witinda.”

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eighteen − seventeen =

Previous Post

Amb.Gatete yaganiriye na Ayebale wigeze kuza mu Rwanda inshuro 2 azanye ubutumwa bwa Museveni

Next Post

Iburasirazuba: Ubuyobozi busaba abaturage kubaka ibibanza bitubatse nabo bagasaba gukurirwaho amananiza

Related Posts

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

by radiotv10
10/01/2026
0

Many people struggle with money not because they earn too little, but because they confuse needs with wants. Understanding the...

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

by radiotv10
10/01/2026
0

Bamwe mu bakecuru batishoboye bo mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye, bibumbiye mu itsinda ryo kwikura mu bukene,...

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

by radiotv10
09/01/2026
0

Road safety remains a major public concern in Rwanda, especially as the number of vehicles continues to increase. In response...

VIDEO: Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagaragaye anyonga igare ry’abanyonzi

VIDEO: Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagaragaye anyonga igare ry’abanyonzi

by radiotv10
09/01/2026
0

Abatwara amagare na bo bari mu barebwa n’ubukangurambaga bugamije kurwanya impanuka zo mu muhanda. Ni ubutumwa abantu bakwiye gukura mu...

Inkuru mbi yatashye mu miryango y’abagabo babiri baguwe gitumo nyuma yo kwiba amatungo

Inkuru mbi yatashye mu miryango y’abagabo babiri baguwe gitumo nyuma yo kwiba amatungo

by radiotv10
09/01/2026
0

Ubushyamirane bwabaye hagati y’abakekwaho kwiba ihene, n’abari bazibwe mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza, bwaguyemo babiri bakekwagaho kuba...

IZIHERUKA

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life
IMIBEREHO MYIZA

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

by radiotv10
10/01/2026
0

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

10/01/2026
Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

10/01/2026
Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

09/01/2026
Eng.-AFC/M23 decides to withdraw from Uvira City after holding it for a few days

Eng.-AFC/M23 Reportedly Reinforcing Its Presence in a Certain Area

09/01/2026
Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

09/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Iburasirazuba: Ubuyobozi busaba abaturage kubaka ibibanza bitubatse nabo bagasaba gukurirwaho amananiza

Iburasirazuba: Ubuyobozi busaba abaturage kubaka ibibanza bitubatse nabo bagasaba gukurirwaho amananiza

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.