Monday, December 1, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Perezida Kagame yabonanye n’Umwami wu Bwongereza Charles III

radiotv10by radiotv10
24/10/2024
in MU RWANDA, POLITIKI
0
Perezida Kagame yabonanye n’Umwami wu Bwongereza Charles III
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida Paul Kagame uri muri Samoa aho yitabiriye Ibikorwa by’Inama ya CHOGM y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bihuriye mu Muryango ‘Commonwealth’, yitabiriye ibiganiro byayobowe n’Umwami w’u Bwongereza Charles III.

Ibi biganiro byayobowe n’Umwami w’u Bwongereza, Charles III, byagarutse kuri gahunda y’Amasoko arambye, izwi nka Sustainable Markets Initiative (SMI).

Umukuru w’u Rwanda, Paul Kagame unayoboye Umuryango w’Ibihugu bikoresha Urumimi rw’Icyongereza muri iyi myaka ibiriri iri kurangira, yanabonanye n’Umwami Charles III muri ibi biganiro.

Iyi nama ya CHOGM iri kubera mu Gihugu cya Samoa, ni na yo Perezida Paul Kagame azaherekanyamo ububasha n’ugomba kumusimbura kuri izi nshingano, aho biteganyijwe gukorwa mu Nama nyirizina y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma izaba kuri uyu wa Gatanu.

Iyi nama ya Sustainable Markets Initiative (SMI) yayobowe n’Umwami w’u Bwongereza, igamije gutera imbaraga urwego rw’abikorera mu gushora imari mu bikorwa birambye, ndetse no gushishikariza Ibihugu gukomeza gukurura abashoramari by’umwihariko mu bikorwa bitabangamira ibidukikije.

Iyi gahunda kandi inarimo inkingi zinyuranye zirimo izo mu rwego rw’Ubuhinzi no kongerera agaciro ibibukomokaho, inagaragaza imirongo yatuma ubuhinzi bukorwa mu buryo bwa kinyamwuga, kandi bukarushaho kugira uruhare mu kwihaza mu biribwa no kuzamura urwego rw’ubucuruzi bwohereza ibicuruzwa hanze.

Perezida Kagame yabonanye n’Umwami w’u Bwongereza

Iyi nama yarimo kandi na Perezida wa Ghana Nana Addo Dankwa Akufo-Addo

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five − 5 =

Previous Post

Tshisekedi arifuza impinduka ku Itegeko Nshinga rya Congo

Next Post

Amakuru agezweho ku munyamakuru Fatakumavuta ukurikiranyweho ibyaha bitandukanye

Related Posts

Eng.-Key Things to Know About the New Public Transport System in Kigali

Eng.-Key Things to Know About the New Public Transport System in Kigali

by radiotv10
01/12/2025
0

A new public transport system is set to begin operating in the City of Kigali, one that will ensure buses...

Amakuru mashya ku bayobozi bakomeye ba Nyanza na Gisagara bari baherutse gufungurwa

Hatangajwe amagambo umwe muri batatu bakekwaho kwica umuntu bamukase ijosi yakundaga kumubwira

by radiotv10
01/12/2025
0

Abagabo batatu batawe muri yombi na Polisi ikorera mu Karere ka Gisagara, bakekwaho kwica umugabo bamukase ijosi, barimo uwakundaga kumubwira...

Iby’ingenzi wamenya kuri gahunda nshya mu gutwara abagenzi muri Kigali n’icyo yitezweho

Iby’ingenzi wamenya kuri gahunda nshya mu gutwara abagenzi muri Kigali n’icyo yitezweho

by radiotv10
01/12/2025
0

Mu Mujyi wa Kigali hagiye gutangira gahunda nshya mu gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange, izatuma nta modoka zihagarara umwanya...

RDF na Polisi y’u Rwanda i Cabo Delgado bashimangiye imikoranire myiza hagati yabo n’abaturage

RDF na Polisi y’u Rwanda i Cabo Delgado bashimangiye imikoranire myiza hagati yabo n’abaturage

by radiotv10
01/12/2025
0

Mu rwego rwo gukomeza gushimangira ubufatanye n’imikoranire myiza hagati y’inzego z’umutekano n’abaturage, Inzego z’Umutekano z’u Rwanda (RSF) ziri mu bikorwa...

What every girl should know before 25

What every girl should know before 25

by radiotv10
01/12/2025
0

Turning 25 is a special milestone. It is an age where life starts to take shape, choices begin to matter...

IZIHERUKA

Eng.-Key Things to Know About the New Public Transport System in Kigali
IMIBEREHO MYIZA

Eng.-Key Things to Know About the New Public Transport System in Kigali

by radiotv10
01/12/2025
0

Amakuru mashya ku bayobozi bakomeye ba Nyanza na Gisagara bari baherutse gufungurwa

Hatangajwe amagambo umwe muri batatu bakekwaho kwica umuntu bamukase ijosi yakundaga kumubwira

01/12/2025
Iby’ingenzi wamenya kuri gahunda nshya mu gutwara abagenzi muri Kigali n’icyo yitezweho

Iby’ingenzi wamenya kuri gahunda nshya mu gutwara abagenzi muri Kigali n’icyo yitezweho

01/12/2025
RDF na Polisi y’u Rwanda i Cabo Delgado bashimangiye imikoranire myiza hagati yabo n’abaturage

RDF na Polisi y’u Rwanda i Cabo Delgado bashimangiye imikoranire myiza hagati yabo n’abaturage

01/12/2025
What every girl should know before 25

What every girl should know before 25

01/12/2025
Amagare muri Afurika: Umunya-Eritrea Biniam yabaye umukinnyi w’umwaka, Masengesho ahiga Abanyarwanda

Amagare muri Afurika: Umunya-Eritrea Biniam yabaye umukinnyi w’umwaka, Masengesho ahiga Abanyarwanda

30/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Amakuru agezweho ku munyamakuru Fatakumavuta ukurikiranyweho ibyaha bitandukanye

Amakuru agezweho ku munyamakuru Fatakumavuta ukurikiranyweho ibyaha bitandukanye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Eng.-Key Things to Know About the New Public Transport System in Kigali

Hatangajwe amagambo umwe muri batatu bakekwaho kwica umuntu bamukase ijosi yakundaga kumubwira

Iby’ingenzi wamenya kuri gahunda nshya mu gutwara abagenzi muri Kigali n’icyo yitezweho

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.