Thursday, November 27, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Perezida Kagame yarebeye hamwe umukino wa Arsenal na Maxwell Gomera

radiotv10by radiotv10
12/12/2021
in MU RWANDA, SIPORO
0
Perezida Kagame yarebeye hamwe umukino wa Arsenal na Maxwell Gomera
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa Gatandatu, Perezida Paul Kagame yarebye umukino wa Arsenal FC ari kumwe n’Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe iterambere mu Rwanda, UNDP, Maxwell Gomera wari wabimusabye.

 

Ku wa Gatandatu tariki 11 Ukuboza 2021, ubwo habaga umuhango wo guhemba abahize abandi mu irushanwa ryo guhanga udushya mu ikoranabuhanga rya Hanga Pitchfest, nibwo Maxwell Gomera yabwiye Perezida Kagame ko bahuje urukundo bafitiye Arsenal FC yo mu Bwongereza.

Maxwell Gomera yakomeje asaba Perezida Kagame ko yazamugenera umwanya bakarebana umukino umwe w’iyi kipe.

Ubu busabe bwa Maxwell Gomera bwakiriwe neza na Perezida Kagame, aramwemerera barebana umukino wahuje iyi kipe na Southampton FC, mu ijoro ryo ku wa Gatandatu.

Maxwell  Gomera abinyujije kuri Twitter yashimiye Perezida Kagame kuba yakiriye ubusabe bwe.

Ati “Wakoze Perezida ku bwo guha agaciro ubusabe bwanjye mu gihe gito!”

Perezida Kagame asanzwe ari umwe mu bakunzi bakomeye b’iyi kipe ikina muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza.

Uyu mukino Perezida Kagame yarebanye na Maxwell Gomera warangiye Arsenal itsinze Southampton FC 3-0. Igitego cya mbere cyatsinzwe na Alexandre Lacazette (21’), icya kabiri gitsindwa na Martin Ødegaard (27’), icya gatatu gitsindwa na Gabriel (62’).

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

twelve + one =

Previous Post

Guverinoma y’u Rwanda yungutse Minisitiri w’Umutekano usimbuye General Nyamvumba wavanyweho muri 2020

Next Post

Samuel Eto’o yatorewe kuyobora ruhago ya Cameroon

Related Posts

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

by radiotv10
27/11/2025
0

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ryasubitse urubanza ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo ruregwamo Ishimwe Patrick na Kalisa John bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano...

Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

Eng.-Former Israeli Soldiers injured in combat play friendly match in Rwanda

by radiotv10
27/11/2025
0

A group of former Israel Defense Forces (IDF) soldiers, including those who were injured in combat, are on a visit...

Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

by radiotv10
27/11/2025
0

Abahoze mu gisirikare cya Israel (IDF/Israel Defense Forces) barimo abamugariye ku rugamba bari mu ruzinduko mu Rwanda, bakinnye n’ikipe y’Igihugu...

Perezida Kagame yishimiye intsinzi y’ikipe ya Arsenal asanzwe akunda

Perezida Kagame yishimiye intsinzi y’ikipe ya Arsenal asanzwe akunda

by radiotv10
27/11/2025
0

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yishimiye intsinzi y’ikipe ya Arsenal FC yatsinze Bayern Munich ibitego 3-1 mu mukino w'Irushanwa ry'i...

Fast-Forward to 2050: The Opportunities and Challenges Ahead

Fast-Forward to 2050: The Opportunities and Challenges Ahead

by radiotv10
27/11/2025
0

The year 2050 may seem far away, but it is closer than most people think. For Gen Z, who today...

IZIHERUKA

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye
MU RWANDA

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

by radiotv10
27/11/2025
0

Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

Eng.-Former Israeli Soldiers injured in combat play friendly match in Rwanda

27/11/2025
Amakuru agezweho ku ba mbere bakurikinyweho gusakaza amashusho ya Yampano

Amakuru agezweho ku ba mbere bakurikinyweho gusakaza amashusho ya Yampano

27/11/2025
Agezweho: Abandi babiri barimo umunyamakuru bafunzwe muri dosiye y’amashusho y’urukozasoni y’umuhanzi Yampano

Agezweho: Abandi babiri barimo umunyamakuru bafunzwe muri dosiye y’amashusho y’urukozasoni y’umuhanzi Yampano

27/11/2025
Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

27/11/2025
Perezida Kagame yishimiye intsinzi y’ikipe ya Arsenal asanzwe akunda

Perezida Kagame yishimiye intsinzi y’ikipe ya Arsenal asanzwe akunda

27/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Samuel Eto’o yatorewe kuyobora ruhago ya Cameroon

Samuel Eto’o yatorewe kuyobora ruhago ya Cameroon

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

Eng.-Former Israeli Soldiers injured in combat play friendly match in Rwanda

Amakuru agezweho ku ba mbere bakurikinyweho gusakaza amashusho ya Yampano

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.