Sunday, January 18, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

PHOTOS: Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine

radiotv10by radiotv10
05/08/2021
in MU RWANDA, POLITIKI
0
PHOTOS: Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine
Share on FacebookShare on Twitter

Faustin-Archange Touadéra uyobora Repubulique Centre Afrique yasesekaye mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine azagirira ku butaka bw’u Rwanda, uruzinduko rubimburirwa n’ibiganiro by’iherereye abanza kugirana na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame muri Village Urugwiro kuri iki gicamunsi.

Muri ibi biganiro bibera mu muhezo birahuza Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame arakira mugenzi we uyobora Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra kongeraho abayobozi mu nzego za hafiz a buri ruhange.

Biteganyijwe ko ubwo hari bube hasojwe ibiganiro by’aba bayobozi hahita habaho igikorwa cyo gusiganyana amasezerano hagati y’ibihugu byombi mbere y’uko hakorwa ikiganiro n’itangazamakuru (Press Conference).

Nyuma, Perezida Touadéra arahita asura ingoro y’amateka y’urugamba rwo kubohora igihugu iri mu nzu y’inteko ishingamategeko.

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 6 Kanama 2021, Perezida Touadéra azasura umudugudu w’ikitegererezo uri mu karere ka Musanze (Kinigi IDP Model Village) ahatujwe imiryango 144, umudugudu watashywe ku mugaragaro tariki ya 4 Nyakanga 2021.

Kinigi IDP Model Village ni umudugudu mugari urimo ikigo cy’amashuri yisumbuye n’amashuri y’incuke, ikigo nderabuzima n’ibindi abatuye muri uyu mudugudu bakwifashisha mu buzima bwa buri munsi.

Nyuma yo gusura Kinigi IDP Model Village, Perezida Touadéra azatambagizwa bimwe mu bigize amateka n’ubukerarugendo bw’u Rwanda mbere y’uko asoza uruzinduko ku Cyumweru tariki ya 8 Kanama 2021.

Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine

Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra (Iburyo) yakirwa na Dr.Vincent Biruta (ibumsoo) Minisitiri w’ububanyi n’amahanga

Indege ya FIBA AIR ubwo yari igeze ku butaka bw’u Rwanda

Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra yururuka indege agera mu Rwanda

Perezida wa Republique Centre Afrique, Faustin-Archange Touadéra (Ibumoso) na Dr.Vincent Biruta (Iburyo)

Image

Faustin-Archange Touadéra uyobora Repubulique Centre Afrique agera mu mbuga ya Village Urugwiro

Image

Image

Faustin-Archange Touadéra (Ibumoso)  uyobora Repubulique Centre Afrique na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame (Iburyo)

Image

Image

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yakiriye Faustin-Archange Touadéra uyobora Repubulique Centre Afrique uri mu ruzinduko rw’iminsi ine

PHOTOS: Kigali Today

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one × 2 =

Previous Post

CYCLING: Nimero ya mbere mu Rwanda, Mugisha Moïse yasinye muri ProTouch

Next Post

UBUKUNGU: Ni gute u Rwanda ruzishyura ideni mu kwaka ayandi madeni?

Related Posts

Simple Habits That Improve Digestion

Simple Habits That Improve Digestion

by radiotv10
18/01/2026
0

Good digestion is the foundation of overall health. When your digestive system works well, your body absorbs nutrients properly, your...

Byinshi ku mabonekerwa atavugwaho rumwe bivugwa ko yongeye kubaho mu Rwanda n’ibyo inzego ziyatangazaho

Byinshi ku mabonekerwa atavugwaho rumwe bivugwa ko yongeye kubaho mu Rwanda n’ibyo inzego ziyatangazaho

by radiotv10
18/01/2026
0

Mu Murenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze, abaturage benshi bakoraniye ku kigo cy’ishuri bavuga ko baje kureba amabonekerwa ya...

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

by radiotv10
17/01/2026
0

Bamwe mu baturage bahingaga mu butaka bari baratijwe na Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye, baravuga ko batangajwe no kubona...

What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

by radiotv10
17/01/2026
0

When people think about dehydration, they often imagine one thing: feeling thirsty. While thirst is an early warning sign, dehydration...

Stepping in Rwandan Heroes’ Footsteps: A lesson Gen Z should always keep in mind

Stepping in Rwandan Heroes’ Footsteps: A lesson Gen Z should always keep in mind

by radiotv10
17/01/2026
0

Rwanda today stands as a peaceful, united, and hopeful nation. For many young people, especially Gen Z, this peace feels...

IZIHERUKA

Simple Habits That Improve Digestion
IMIBEREHO MYIZA

Simple Habits That Improve Digestion

by radiotv10
18/01/2026
0

Byinshi ku mabonekerwa atavugwaho rumwe bivugwa ko yongeye kubaho mu Rwanda n’ibyo inzego ziyatangazaho

Byinshi ku mabonekerwa atavugwaho rumwe bivugwa ko yongeye kubaho mu Rwanda n’ibyo inzego ziyatangazaho

18/01/2026
Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

17/01/2026
What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

17/01/2026
Stepping in Rwandan Heroes’ Footsteps: A lesson Gen Z should always keep in mind

Stepping in Rwandan Heroes’ Footsteps: A lesson Gen Z should always keep in mind

17/01/2026
Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

16/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
UBUKUNGU: Ni gute u Rwanda ruzishyura ideni mu kwaka ayandi madeni?

UBUKUNGU: Ni gute u Rwanda ruzishyura ideni mu kwaka ayandi madeni?

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Simple Habits That Improve Digestion

Byinshi ku mabonekerwa atavugwaho rumwe bivugwa ko yongeye kubaho mu Rwanda n’ibyo inzego ziyatangazaho

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.