Thursday, November 27, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Rutahizamu Lionel Messi yamaze kumvikana na PSG bihita bimwinjiza mu mwambaro wa Visit Rwanda

radiotv10by radiotv10
10/08/2021
in SIPORO
0
Rutahizamu Lionel Messi yamaze kumvikana na PSG bihita bimwinjiza mu mwambaro wa Visit Rwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’uko Lionel Messi atandukanye na FC Barcelona, Ikipe ya Paris Saint-Germain yamaze kwemeranya n’uyu rutahizamu mu masezerano y’imyaka ibiri ubu akaba agiye kujya yambara umwambaro wanditseho Visit Rwanda.

Nkuko byatangajwe n’Ibitangazamakuru bikomeye ku Isi birimo ibyo mu Bufaransa ndetse n’ahandi ku mugabane w’u Burayi biratangaza ko ubuyobozi bwa Paris Saint-Germain bwamaze kumvikana na rutahizamu Lionel Messi.

Ni inkuru yatangiye kuvugwa kuri uyu wa Mbere aho abantu uruvunganzoka bari bagiye gutegereza Lionel Messi ku kicaro cya PSG no ku kibuga cy’indege ariko birangira atahageze.

Lionel Messi, PSG Reportedly Agree to 2-Year Contract After Barcelona Exit  | Bleacher Report | Latest News, Videos and Highlights

Lionel Messi yamaze kumvikana na Paris Saint Germain

Fabrizio Romano umeneyereweho gutangaza amakuru ya za Transfer yanyujije ubutumwa kuri Twitter bwemeza ko Lionel Messi yamaze kumvikana na PSG mu masezerano y’imyaka ibiri ashobora kungerwa kugeza muri Kamena 2024.

Uyu munyamakuru w’Umutaliyani ukorera Sky Sports yatangaje ko umushahara wa Messi mu mwaka w’imikino ari Miliyoni 35 z’Amayero.

Fabrizio Romano atangaza ko nyuma y’aho Messi yumvikaniye na PSG, biteganyijwe ku mu masaha macye ari imbere, aza kuba ari i Paris gushyira umukono ku masezerano.

Inkuru ya: Jean Paul Mugabe/RadioTV10 Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

17 − 12 =

Previous Post

MINISPORTS yemereye ishyirahamwe ry’umukino wa Cricket gutangira imyitozo mbere yo kwakira Ghana

Next Post

Indwara ya Marburg yagaragaye ku muntu wa mbere muri Guinea

Related Posts

Ibizigirwa mu nama ya mbere y’ubuyobozi bushya bwa Kiyovu bwakemuye icyari kibereye umutwaro ikipe

Ibizigirwa mu nama ya mbere y’ubuyobozi bushya bwa Kiyovu bwakemuye icyari kibereye umutwaro ikipe

by radiotv10
27/11/2025
0

Nyuma yuko Kiyovu Sports yishyuye amadeni arenga miliyoni 85 Frw yari ifitiye abakinnyi n’abatoza bari barayireze muri FIFA, ubuyobozi bushya...

Ubutumwa Kapiteni wa Kiyovu ahise ashyira hanze nyuma yo guhagarikwa akanatakarizwa icyizere

Ubutumwa Kapiteni wa Kiyovu ahise ashyira hanze nyuma yo guhagarikwa akanatakarizwa icyizere

by radiotv10
26/11/2025
0

Nyuma yuko Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports buhannye Kapiteni w'iyi kipe, Amissi Cédric kubera imyitwarire ye igayitse avugwaho kugaragaza, uyu rutahizamu...

Nyuma yuko RGB yinjiye mu bibazo bya Rayon Sports ishobora kujya mu by’indi kipe

Nyuma yuko RGB yinjiye mu bibazo bya Rayon Sports ishobora kujya mu by’indi kipe

by radiotv10
26/11/2025
0

Uwari mu buyobozi bw’Ikipe ya AS Kigali iherutse kubona ubuyobozi bushya we akaba atabwemera, yandikiye Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere RGB, arusaba...

Amakuru mashya: Ibya Rayon byongeye gusubirwamo abayobozi bose bakurwaho hahita hatangazwa ab’inzibacyuho

Amakuru mashya: Ibya Rayon byongeye gusubirwamo abayobozi bose bakurwaho hahita hatangazwa ab’inzibacyuho

by radiotv10
26/11/2025
0

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere RGB, rwongeye gusesa inzego zose z’Umuryango w’Ikipe ya Rayon Sports, rushyiraho komite y’inzibacyuho iyobowe Murenzi Abdallah, yahawe...

Ubutumwa bw’umukinnyi w’Umunya-Senegal ukina i Burayi nyuma yo gukubita urushyi uwo bakinana

Ubutumwa bw’umukinnyi w’Umunya-Senegal ukina i Burayi nyuma yo gukubita urushyi uwo bakinana

by radiotv10
25/11/2025
0

Umukinnyi w’Umunya-Senegal, Idrissa Gana Gueye ukinira Everton yo mu Bwongereza waherewe ikarita itukura mu mukino wabahuje na Manchester United nyuma...

IZIHERUKA

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe
MU RWANDA

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

by radiotv10
27/11/2025
0

Mu birori birimo ibyamamare umuhanzi Niyo Bosco n’umukunzi we bateye intambwe nyuma yo kumugaragaza

Amatariki y’ubukwe bwa Niyo Bosco yamenyekanye

27/11/2025
Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Rwanda’s Digital ID first phase ends with less than half of targeted citizens served

27/11/2025
UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

27/11/2025
Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

Eng.-Former Israeli Soldiers injured in combat play friendly match in Rwanda

27/11/2025
Amakuru agezweho ku ba mbere bakurikinyweho gusakaza amashusho ya Yampano

Amakuru agezweho ku ba mbere bakurikinyweho gusakaza amashusho ya Yampano

27/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Indwara  ya Marburg yagaragaye ku muntu wa mbere muri Guinea

Indwara ya Marburg yagaragaye ku muntu wa mbere muri Guinea

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

Amatariki y’ubukwe bwa Niyo Bosco yamenyekanye

Rwanda’s Digital ID first phase ends with less than half of targeted citizens served

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.