Tuesday, July 1, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Rutahizamu Lionel Messi yamaze kumvikana na PSG bihita bimwinjiza mu mwambaro wa Visit Rwanda

radiotv10by radiotv10
10/08/2021
in SIPORO
0
Rutahizamu Lionel Messi yamaze kumvikana na PSG bihita bimwinjiza mu mwambaro wa Visit Rwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’uko Lionel Messi atandukanye na FC Barcelona, Ikipe ya Paris Saint-Germain yamaze kwemeranya n’uyu rutahizamu mu masezerano y’imyaka ibiri ubu akaba agiye kujya yambara umwambaro wanditseho Visit Rwanda.

Nkuko byatangajwe n’Ibitangazamakuru bikomeye ku Isi birimo ibyo mu Bufaransa ndetse n’ahandi ku mugabane w’u Burayi biratangaza ko ubuyobozi bwa Paris Saint-Germain bwamaze kumvikana na rutahizamu Lionel Messi.

Ni inkuru yatangiye kuvugwa kuri uyu wa Mbere aho abantu uruvunganzoka bari bagiye gutegereza Lionel Messi ku kicaro cya PSG no ku kibuga cy’indege ariko birangira atahageze.

Lionel Messi, PSG Reportedly Agree to 2-Year Contract After Barcelona Exit  | Bleacher Report | Latest News, Videos and Highlights

Lionel Messi yamaze kumvikana na Paris Saint Germain

Fabrizio Romano umeneyereweho gutangaza amakuru ya za Transfer yanyujije ubutumwa kuri Twitter bwemeza ko Lionel Messi yamaze kumvikana na PSG mu masezerano y’imyaka ibiri ashobora kungerwa kugeza muri Kamena 2024.

Uyu munyamakuru w’Umutaliyani ukorera Sky Sports yatangaje ko umushahara wa Messi mu mwaka w’imikino ari Miliyoni 35 z’Amayero.

Fabrizio Romano atangaza ko nyuma y’aho Messi yumvikaniye na PSG, biteganyijwe ku mu masaha macye ari imbere, aza kuba ari i Paris gushyira umukono ku masezerano.

Inkuru ya: Jean Paul Mugabe/RadioTV10 Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

2 × five =

Previous Post

MINISPORTS yemereye ishyirahamwe ry’umukino wa Cricket gutangira imyitozo mbere yo kwakira Ghana

Next Post

Indwara ya Marburg yagaragaye ku muntu wa mbere muri Guinea

Related Posts

Ibiteye amatsiko mu masezerano ya Cristiano Ronaldo wemewe kuguma muri Al Nassr

Ibiteye amatsiko mu masezerano ya Cristiano Ronaldo wemewe kuguma muri Al Nassr

by radiotv10
27/06/2025
0

Nyuma y'iminsi myinshi hibazwa ahazaza ha kizigenza Cristiano Ronaldo dore ko yari afite amasezerano azarangirana n’uku kwezi, byarangiye yemeye kuguma...

Volleyball: Ikipe ya Police VC yafunguye ‘academy’ igira icyo isaba abatangiranye na yo

Volleyball: Ikipe ya Police VC yafunguye ‘academy’ igira icyo isaba abatangiranye na yo

by radiotv10
27/06/2025
0

Ikipe ya Police Volleyball Club yafunguye ku mugaragaro irerero (academy) ryayo ry’abahungu n’abakobwa, mu kigo cy’Amashuri cya Lycée de Kigali,...

Rurangiranwa Kylian Mbappe yagaragaye mu isura nshya yateye impungenge abafana

Rurangiranwa Kylian Mbappe yagaragaye mu isura nshya yateye impungenge abafana

by radiotv10
26/06/2025
0

Imiterere mishya ya Kylian Mbappe iteye impungenge abafana ba Real Madrid, nyuma yo gutakaza ibilo bitanu kubera uburwayi bwa virusi,...

Zabyaye amahari hagati ya Rayon n’umukinnyi yasinyishije avuye muri mucyeba wayo

Ombolenga nyuma yo gusubira muri APR yavuze ku kuba yazagaruka muri Rayon

by radiotv10
25/06/2025
0

Myugariro Ombolenga Fitina wasubiye muri APR FC yigeze kubera kapiteni, yavuze ko igihe yazajya mu yindi kipe, bigoye ko yazasubira...

Beach Volleyball: Amakipe agiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa Nyafurika arimo iyahindutse

Beach Volleyball: Amakipe agiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa Nyafurika arimo iyahindutse

by radiotv10
23/06/2025
0

Amakipe agiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa Nyafurika (Continental Cup) mu mukino wa Beach Volleyball rigiye kubera muri Morocco, arimo...

IZIHERUKA

Rwamagana: Babona hari icyakorwa ngo abana babo badakomeza kuva mu ishuri bakiri bato
IMIBEREHO MYIZA

Rwamagana: Babona hari icyakorwa ngo abana babo badakomeza kuva mu ishuri bakiri bato

by radiotv10
01/07/2025
0

Ikirego kiregwamo umunyapolitiki Ingabire Victoire cyamaze kugezwa mu Rukiko

Ikirego kiregwamo umunyapolitiki Ingabire Victoire cyamaze kugezwa mu Rukiko

01/07/2025
Gen. Makenga wa M23 na Corneille Nagaa bagaragaye barindiwe umutekano bidasanzwe

AFC/M23 irashinja Congo gukora igikorwa cy’ubugome ndengakamere nyuma yo gusinya amasezerano y’amahoro

01/07/2025
Mu mvugo yumvikanamo icyizere Tshisekedi yagize icyo avuga ku masezerano ya Congo n’u Rwanda

Mu mvugo yumvikanamo icyizere Tshisekedi yagize icyo avuga ku masezerano ya Congo n’u Rwanda

30/06/2025
Ibivugwa kuri bombori bombori mu rugo rw’abasitari bazwi mu Rwanda Kimenyi na Muyango

Ibivugwa kuri bombori bombori mu rugo rw’abasitari bazwi mu Rwanda Kimenyi na Muyango

30/06/2025
Byemejwe ko Perezida Kagame, Tshisekedi na Ramaphosa bagiye guhurira mu nama itegerejwe

Eng.-In a hopeful tone Tshisekedi speaks on the Rwanda-DRC Peace Agreement

01/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Indwara  ya Marburg yagaragaye ku muntu wa mbere muri Guinea

Indwara ya Marburg yagaragaye ku muntu wa mbere muri Guinea

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Rwamagana: Babona hari icyakorwa ngo abana babo badakomeza kuva mu ishuri bakiri bato

Ikirego kiregwamo umunyapolitiki Ingabire Victoire cyamaze kugezwa mu Rukiko

AFC/M23 irashinja Congo gukora igikorwa cy’ubugome ndengakamere nyuma yo gusinya amasezerano y’amahoro

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.